M23 yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga Kamanyola

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, tariki 18 Gashyantare 2025, Umutwe wa M23 wakiriwe n’abaturage ubwo wasesekaraga ku mupaka wa Kamanyola, abasirikari b’abarundi bari bawuriho bakwirwa imisharo mu kibaya cya Rusizi. Kuri iki gice cya kamanyola gihana imbibe na Bugarama ku ruhande rw’u Rwanda, ku munsi wejo hashize bazalendo nibo bari biriwe bakigenzura nyuma […]
U Rwanda rwahagaritse imikoranire n’u Bubiligi

Leta y’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko yahagaritse imikoranire n’u Bubiligi mu bikorwa by’iterambere, nyuma yo gushinja iki gihugu kuba gikomeje imikoranire na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu icengezamatwara rigamije kurwangisha amahanga n’abaterankunga barwo. U Rwanda rwemeje amakuru y’ihagarika ry’iriya mikoranire biciye mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga. U Bubiligi bumaze […]
U Burundi nyuma yo gukubitwa na M23 bwatangiye kuvana ingabo zabwo muri RDC

Ingabo z’u Burundi zari zimaze igihe zifatanya n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara zirwanamo n’umutwe wa M23, biravugwa ko zaba zatangiye gutaha. Ni amakuru Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko byahamirijwe n’amasoko atandukanye, arimo umwe muri ba Ofisiye bo mu ngabo z’u Burundi ndetse n’abakozi babiri b’Umuryango w’Abibumbye. Ofisiye wo mu ngabo z’u […]
Mozambique: Ambasaderi w’u Bwongereza yasuye Ingabo za RDF muri Cabo Delgado

Uyu munsi, kuwa Kabiri itariki ya 18 Gashyantare 2025, Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique, Maj Gen Emmy K Ruvusha, yakiriye Ambasaderi w’u Bwongereza muri Repubulika ya Mozambique, Madamu Helen Lewis n’intumwa yari ayoboye. Ibiganiro byabo nkuko byatangajwe na Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda, byibanze ku kibazo cy’umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru […]
Angola yaba yemereye Tshisekedi ubuhungiro bw’igihe gito

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi yaba yemerewe na Angola ubuhungiro bw’igihe gito, mu gihe byaba bibaye ngombwa ko ahunga. Tshisekedi yijejwe ubuhungiro, ubwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Gashyantare yagiriraga urugendo rw’ibanga i Luanda muri Angola. Umunyamakuru Pero Luwara ukunze gushyira […]
Nukora ibi bintu 10 ntuzigera uterwa indobo n’umugore

Mu mibanire y’abashakanye cyangwa abakundana, abashakashatsi mu bijyanye n’imibanire bagaragaza ko hari ingingo z’ingenzi zituma urukundo rukomera kandi rugahoraho. Dore inama 10 zafasha abagabo kubaka umubano ukomeye n’abo bakundana Abagore ni ibiremwa byoroshye kandi bikenera kwitabwaho Abagore baba bakeneye kwiyumva batekanye kandi bafite umuntu ubaha ubuyobozi n’imbaraga. Iyo umugabo ashoboye gucunga amarangamutima y’umugore we adahubutse, […]
Yagenze ibilometero 1,100 agiye gutwika inzu y’umuntu wavuganye n’uwahoze ari umukunzi we

Polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataye muri yombi umugabo wo muri Michigan witwa Harrison Jones w’imyaka 21, ukekwaho gutwika inzu yo muri Pennsylvania yari irimo abantu batandatu. Jones bivugwa ko yakoze uru rugendo rurerure ajya gutwika iyi nzu nyuma yo kumenya ko umwe mu bayibagamo yavuganye n’uwahoze ari umukunzi we kuri murandasi. […]
‘Special Force’ ya UPDF yinjiye mu mujyi wa Bunia

Abasirikare bo mu mutwe udasanzwe w’Ingabo za Uganda (UPDF), bageze mu mujyi wa Bunia nyuma y’iminsi mike Gen. Muhoozi Kainerugaba atangaje umugambi wo kuwigarurira. Amakuru y’uko izi ngabo zamaze kwinjira muri uriya mujyi usanzwe ari umurwa mukuru w’Intara ya Ituri iherereye mu burasirazuba bwa Congo, yemejwe n’abantu ba hafi ya Gen Muhoozi barimo umunyamakuru Andrew […]
Morocco elected as Advisory Committee of Human Rights Council chair

The Kingdom of Morocco was elected, in the person of Mrs Nadia Amal Bernoussi, to the presidency of the Human Rights Council Advisory Committee (HRCAC), during the elections held on Monday in Geneva, at the opening of the 33rd session of the HRCAC. This election underscores Morocco’s credibility within the international community, reflecting its significant […]
Le Maroc élu à la tête du CCCDH

Le Royaume du Maroc a été élu, en la personne de Mme Nadia Amal Bernoussi, à la présidence du Comité Consultatif du Conseil des Droits de l’Homme (CCCDH), lors des élections tenues lundi à Genève, à l’ouverture de la 33ème session du CCCD. Cette élection est un nouveau témoignage de la crédibilité dont jouit le […]
UDPS iravuga ko abayoboke bayo bari kwicwa mu bice byigaruriwe na M23

Ishyaka riharanira Demokarasi n’Iterambere ry’Imibereho (UDPS), riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demokarasi Congo mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki 17 Gashyantare, ryamaganye ibyo ryita ubwicanyi buri gukorerwa abayoboke baryo mu turere twigaruriwe n’inyeshyamba za M23. UDPS ivuga ko ibi byatangiye kuva muri Mutarama 2025 nyuma y’intambara muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo. […]
Imirwano ya M23 na FARDC yahinduye icyerekezo

Imirwano hagati y’umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kubura muri Teritwari ya Lubero; nyuma y’igihe kirekire cy’agahenge. Amakuru avuga ko impande zombi kuri uyu wa Kabiri zaramutse zirwanira mu duce twa Mambasa, Ndoluma na Lubango. M23 isanzwe igenzura ibice bitandukanye bya Teritwari ya Lubero nka […]
Addis-Abeba: Abakomando ba Afurika y’Epfo na FARDC bahushije Kabila

Amakuru aturuka i Addis-Abeba mu murwa mukuru wa Ethiopia, aravuga ko hari umugambi wo kwisasira Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wari wahapangiwe; gusa birangira uburijwemo. Byabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo i Addis haberaga inama isanzwe ya 38 y’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. […]
Robertinho yemeza ko bagomba gutwara ibikombe bisigaye

Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’, atangaza ko ikipe ye igomba gutsinda buri mukino usigaye kugira ngo yegukane igikombe cya Shampiyona (Rwanda Premier League) ndetse n’icya Amahoro (Peace Cup) Rayon Sports iri ku mwanya wa mbere muri shampiyona n’amanota atatu irusha iyikurikiye, kandi iri mu mwanya mwiza wo kugera muri 1/4 […]
Burundi: Imitwe 3 y’inyeshyamba yatangiye kugera Ndayishimiye amajanja

Imitwe itatu y’inyeshyamba z’Abarundi, yatangaje ko yamaze kwihuza mbere yo gutangira kurwanya Perezida Evariste Ndayishimiye n’ubutegetsi bwe. Iyi mitwe irimo uwa FRB-Abarundi, UPR ndetse na UPF; yemeje umugambi wo kurwanya Ndayishimiye biciye mu itangazo FRB yasohoye ku wa Mbere tariki ya 17 Gashyantare. Umuvugizi wa FRB-Abarundi, Major Mugisha Joab, yasobanuye ko iki cyemezo cyafatiwe mu […]
Antonio Guterres asanga ibyo Nangaa avuga byo kugera i Kinshasa ari ukwikinira

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko ibyo Umuyobozi w’Ihuriro AFC, Corneille Nangaa, avuga by’uko bazakomeza urugamba kugeza bageze i Kinshasa bagakuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi, ari ugukina bitashoboka. Ibi Guterres yabitangaje mu kiganiro yahaye France 24 kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gashyantare 2025, ubwo yabazwaga aho abona urugamba rwa AFC/M23 ruzagarukira nyuma yo […]
Jose Chameleone agiye kubagwa

Umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone agiye kujyanwa mu gikorwa gikomeye cyo kubagwa urwagashya mu masaha 12 ari imbere, nyuma y’uko ubuzima bwe bwongeye kumera nabi. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru BigEye ngo ubuzima bw’uyu muhanzi bwongeye kujya mu kaga aho abaganga bafashe icyemezo cyo kumubaga urwagashya kugira ngo barebe ko yagira ubuzima buzira umuze. Uyu muhanzi wari usanzwe […]
Yafunzwe azira kwigurisha ku giciro cyo hejuru kuri Saint-Valentin

Umunyamideli Merve Taskin w’imyaka 27 ukomoka muri Turukiy yafungiwe mu rugo nyuma yo gutangaza ko azamara ijoro rya Saint-Valentin n’umukunzi umwe uzishyura ibihumbi 9 by’amapawundi (asaga 14,000,000 Frw). Uyu mukobwa w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga zicuruza amashusho y’urukozasoni yari yatangaje ibi binyuze ku rubuga X (Twitter) aho afite abamukurikira barenga 124,000. Nyuma yo kubishyiraho, nkonti ye yahise […]
Pasiteri w’imyaka 56 wasambanyije umwana w’imyaka 4 arafunzwe

Muri Leta ya Anambra, muri Nigeria, umupasiteri witwa Emeka Mkama w’imyaka 56 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka ine inshuro nyinshi mu gace ka Obosi, Idemili North. Ibi byabaye ku wa 24 Ukuboza 2024, ariko amakuru yashyizwe ahabona ku wa 17 Gashyantare 2025 ubwo byagezwaga kuri Komiseri w’Ubuzima muri Leta ya Anambra, Dr Afam Obidike na Stanley […]
Bukavu: Abasaga 400 bari barahunze imirwano bagarutse mu byabo banyuze mu Rwanda (AMAFOTO)

Abanye-Congo basaga 400 bari barahunze kubera imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC), basubiye iwabo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Gashyantare 2025, bishimira ko u Rwanda rwabafashije kubona inzira ibasubiza mu byabo. Aba baturagebambukiye ku mupaka wa Kamanyola binjira muri Bugarama ku ruhande rw’u Rwanda binjirira ku mupaka wa […]
Impanuka ku Kibuga cy’indege cya Toronto yakomerekeje 18

Indege ya Sosiyete ya Delta yibiranduye mu gihugu cya Canada ubwo yageraga ku wa Mbere ku Kibuga cy’Indege cya Toronto Pearson nyuma y’imvura y’amahindu, hakomereka abantu 18 muri 80 bari bayirimo nkuko byatangajwe n’ubuyobozi. Abantu batatu muri iyi ndege, yari ivuye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Saint-Paul i Minneapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]
Uvira: Urujijo ku rusaku rw’amasasu rwakomeje kumvikana mu Kibaya cya Rusizi

Bamwe mu Banyekongo basaga 300 kuri uyu wa Mbere bambutse umupaka wa Bugarama – Kamanyola bavuga ko bahungiye i Bukavu kubera imirwano ibera mu Kibaya cya Rusizi yakomeje guteza urujijo. Aba Banyekongo barimo abagabo, abagore n’abana, kandi ubona ko bahangayitse cyane, bamwe bavuga ko bahunze imirwano irimo kubera mu Kibaya cya Rusizi ku ruhande rwa […]
IGP Namuhoranye yakiriye ba Ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Gashyantare 2025, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, itsinda rya ba Ofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze. Ni muri gahunda y’urugendoshuri batangiye ruzamara icyumweru imbere mu gihugu, rukubiye mu […]