Mugisha Moïse yahanwe muri Tour du Rwanda 2025

Umukinnyi w’Umunyarwanda Mugisha Moïse yahanwe n’ubuyobozi bwa Tour du Rwanda 2025 nyuma yo kunyura ahatemewe mu gace ka Gatandatu (Nyanza – Kigali Canal Olympia). Nk’uko byatangajwe n’abategura irushanwa, Mugisha yaciwe amande y’ama-CHF 200 (angana n’ibihumbi 315 by’amafaranga y’u Rwanda) ndetse anakurwaho amasegonda 20 ku bihe yakoresheje muri iri siganwa. Uretse ibyo bihano, Mugisha Moïse yanakuweho […]
M23 Yakabidhi Jenerali wa FDLR na Wenzake kwa Rwanda

Jumamosi, Machi 1, 2025, kundi la waasi la M23 limekabidhi kwa Rwanda Brigedia Jenerali Gakwerere Ezéchiel wa FDLR pamoja na wenzake waliokamatwa vitani. Gakwerere, anayejulikana pia kwa majina mengine kama Sibomana Stany, Julius Mokoko au Sibo Stanys, alikuwa mkuu wa ofisi ya kijeshi ndani ya FDLR. M23 ilimkamata pamoja na Meja Ndayambaje Gilbert na wapiganaji […]
Le M23 remet au Rwanda un général des FDLR et ses compagnons capturés au combat

Ce samedi 1er mars 2025, le groupe rebelle M23 a remis au Rwanda le Général de Brigade Gakwerere Ezéchiel des FDLR ainsi que ses compagnons capturés sur le champ de bataille. Gakwerere, également connu sous les noms de Sibomana Stany, Julius Mokoko ou Sibo Stanys, était le chef du bureau militaire au sein des FDLR. […]
M23 Hands Over FDLR General and His Companions to Rwanda.

On Saturday, March 1, 2025, the M23 rebel group handed over Brigadier General Gakwerere Ezéchiel of the FDLR and his companions, who had been captured in battle, to Rwanda. Gakwerere, also known by other names such as Sibomana Stany, Julius Mokoko, or Sibo Stanys, was the head of the military office within the FDLR. M23 […]
M23 yashyikirije u Rwanda Jenerali wa FDLR na bagenzi be yafatiye ku rugamba

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Werurwe 2025, yashyikirije u Rwanda Général de Brigade Gakwerere Ezéchiel wo mu mutwe wa FDLR na bagenzi be wafatiye ku rugamba. Gakwerere uzwi ku yandi mazina arimo Sibomana Stany, Julius Mokoko cyangwa Sibo Stanys, yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ibiro bya gisirikare muri FDLR. M23 yamufatiye […]
Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza

Hari imyumvire ivuga ko abagabo b’abana beza (nice guys) bakunze kugira ibibazo mu rukundo kuko hari imyitwarire ibatandukanya n’abagabo bifitiye icyizere cyangwa badatinya gufata ibyemezo bamwe bazwi nka bad boys. Abagore ntibishimira abagabo bagaragara nk’abana beza kubera izi mpamvu zikurikira tugiye kukurondorera muri iyi nkuru. 1. Ntibagaragaza intego zabo nyakuri Aba bagabo bakunda guhisha ibyo […]
Yasanzwe ari gusambanya inka ihaka

Abaturage bo mu mujyi wa Kalamega, mu Majyepfo ya Kenya, baguye mu kantu nyuma yo gufata umugabo asambanya inka ihaka mu masaha y’ijoro. Uyu mugabo bivugwa ko yitwikiriye ijoro, akinjira mu rugo rw’umuturanyi maze agahohotera inka ye. Umuturage witwa Agrrey Imbumi ni we wamufatiye mu cyuho, avuga ko yumvise urusaku rutangaje ruvuye mu kiraro, akibwira […]
Mwarimu yateye inda abanyeshuri 4 yigisha

Kaminuza ya Nigeria i Nsukka (UNN) yahagaritse by’agateganyo umwarimu wayo, Chigozie Odum nyuma y’iperereza ryagaragaje ko yateye inda abanyeshuri bane mu gihe cy’imyaka ine. Ibi birego byatangiye kumenyekana mu mwaka w’amashuri wa 2019/2020, aho bivugwa ko Odum yakoresheje ububasha bwe nk’umwarimu agasaba abanyeshuri imibonano mpuzabitsina. Nyuma y’ifatwa rye na polisi, ubuyobozi bwa kaminuza bwafashe icyemezo […]
Morocco, Kazakhstan Seal Stronger Cooperation Ties

The Kingdom of Morocco and the Republic of Kazakhstan sealed, on Friday in Rabat, an ambitious and multidimensional roadmap to enhance their bilateral cooperation. In a Joint Statement signed by Deputy Prime Minister, Minister of Foreign Affairs of the Republic of Kazakhstan, Murat Nurtleu, during his first official visit to the Kingdom, and Minister of […]
CPS de l’UA : La présidence du Maroc pour le mois de mars s’inscrit dans la continuité des engagements du Royaume pour une Afrique pacifique, stable et prospère

Addis-Abeba – Le Maroc assure à partir de samedi la Présidence du Conseil de Paix et de Sécurité (CPS) de l’Union Africaine (UA) pour le mois de mars, une présidence qui s’inscrit dans la continuité des engagements du Royaume pour une Afrique pacifique, stable et prospère. En effet, il s’agit de la quatrième fois que […]
Visa Exemption Agreement Between Morocco & Kazakhstan Takes Effect

Morocco and Kazakhstan announced on Friday in Rabat the upcoming coming into effect of the Visa Exemption Agreement for holders of ordinary passports. During the visit of the Deputy Prime Minister and Minister of Foreign Affairs of the Republic of Kazakhstan, Murat Nurtleu, at the invitation of the Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and […]
Bebe Cool yaciye Alex Muhangi miliyoni 570 y’indishyi

Umuhanzi Bebe Cool yandikiye umunyarwenya Alex Muhangi amumenyesha ko azamurega mu nkiko kubera gukoresha ibihangano bye mu nyungu ze bwite atabiherewe uburenganzira. Abinyujije ku munyamategeko we, Me Timothy Sentongo wa RSK Associates, Bebe Cool yamushinje kwerekana no gukwirakwiza ibitaramo bye kuri YouTube no kuri televiziyo NTV Uganda hagati ya Ukwakira 2017 na Ugushyingo 2024 nta […]
Uwahawe imbabazi na Perezida yishwe arashwe

Umugabo witwa Matthew Huttle, wababaririwe na Donald Trump ku byaha bya January 6 byibasiye inyubako ya capitale, yarashwe n’umupolisi wa Jasper County muri Leta ya Indiana ku itariki ya 26 Mutarama 2025, nyuma yo kugirana amakimbirane n’uyu mupolisi mu muhanda. Nk’uko amashusho ya bodycam abigaragaza, Huttle yari atwaye imodoka ku muvuduko wa 70 mph mu […]
Ndayishimiye yatangiye gusaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda intambara ishobora guhuza ibihugu byombi. Ingingo yerekeye ibiganiro n’u Rwanda Perezida w’u Burundi yayizamuye ku wa Kane tariki ya 27 Gashyantare, ubwo yari yakiriye mu biro bye abadipolomate bahagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga itandukanye mu Burundi. Mu minsi […]
Zelensky yashwaniye na Trump mu biro bye

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yavuye imburagihe muri Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo guterana amagambo na Perezida Donald Trump. Ishwana ry’aba bombi ryanatumye ikiganiro bagombaga kugirana n’itangazamakuru nyuma yo guhura kitaba. Trump abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Truth Social, yashinje Zelensky wari wamugendereye kutubaha Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse […]
M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Gashyantare, washyizeho Manu Birato Rwihimba nka Guverineri mushya w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. Birato yahoze ari umurwanashyaka ukomeye w’Ishyaka Parti du peuple pour la reconstruction et la démocratie (PPRD) rya Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu kandi ubwo umunyapolitiki Vital […]