Anita Pendo arwariye mu bitaro bya Horebu Medical Clinic

Umunyamakuru Anita Pendo uzwi mu itangazamakuru no mu bitaramo bikomeye mu Rwanda ari kwivuriza mu bitaro bya Horebu Medical Clinic aho yageze ku wa 24 Werurwe 2025 kubera uburwayi. Anita Pendo yemeje ko amaze iminsi arwariye mu bitaro ariko akaba afite icyizere cyo gukira mu kiganiro yagiranye na IGIHE. Yagize ati: “Nibyo maze kwa muganga […]
RIB yahawe umuyobozi mushya

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, yashyizeho abayobozi mu nzego zirimo urw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwahawe Umunyamabanga Mukuru mushya. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri ryerekana ko Col. Pacific Kayigamba Kabanda ari we wagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB. Ni inshingano yasimbuyeho Col (Rtd) Jeannot Ruhunga wayoboraga uru rwego kuva muri Mata 2018. Col. […]
Abadepite basabye ko ba MC bajya basora

Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, yasabiye abakora umwuga wo gusangiza amagambo mu birori kujya batanga umusoro. Byagarutsweho ubwo abadepite bagize iriya Komisiyo basuzumaga imishinga irimo uw’itegeko rihindura itegeko n°027/2022 ryo ku wa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro. Irimo kandi uw’itegeko rihindura itegeko n° 049/2023 ryo ku wa 05/09/2023 rishyiraho imisoro […]
Gén. Frank Rusagara yapfiriye muri gereza

Frank Rusagara wahoze ari Général de Brigade mu ngabo z’u Rwanda, biravugwa ko yapfuye aguye muri gereza. Amakuru avuga ko Rusagara yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe. Rusagara akiri umusirikare yabaye Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ingabo, ndetse anaba defence attaché muri Ambasade y’u Rwanda i Londres. Muri 2013 ni […]
Umujyi wa Liège wafashe icyemezo cyo kutazibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umujyi wa Liège muri uyu mwaka ntuzizihiza isabukuru y’imyaka 31 ishize habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata-Nyakanga 1994. Imihango yo kwibuka yagombaga kuba ku itariki ya 12 Mata, ariko ngo uko ibintu byifashe ku rwego mpuzamahanga byakonjesheje umujyi n’abapolisi bawo. Umwaka ushize, ku isabukuru y’imyaka mirongo itatu, habaye inama yabereye kuri City Hall. […]
Tshisekedi yongeye kwakirwa kwa Lourenço

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe yari i Luanda aho yahuriye akanagirana ibiganiro na Perezida João Lourenço. Ibiganiro by’aba bombi byabereye mu muhezo, ndetse nta byinshi mu byo baganiriye biramenyekana. Tshisekedi yari i Luanda nyuma y’igihe kitageze ku byumweru bibiri avuyeyo, dore ko […]
U Rwanda rwafashe mu mugongo Koreya y’Epfo

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango y’abaguye mu nkongi y’umuriro yibasiye Amajyepfo y’Uburasirazuba bwa Koreya y’Epfo, aho abantu 24 bamaze kugwa muri iyi mpanuka naho 26 bagakomereka, barimo 12 barembye. Ambasade y’u Rwanda muri Koreya y’Epfo yatangaje ko u Rwanda rwifatanyije n’abaturage n’ubuyobozi bw’iki Gihugu muri ibi bihe bikomeye. Iyi nkongi yatangiye ku wa Gatanu w’icyumweru […]
Nigeria: Nibura abasirikare 4 barimo komanda wa brigade biciwe mu bitero by’ibyihebe

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko byibuze abasirikare bane ba Nigeria bishwe ubwo abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bagabaga ibitero icya rimwe ku birindiro bibiri bya gisirikare byo mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Borno. Abarwanyi ba Boko Haram na Leta ya Kisilamu mu Ntara ya Afurika y’Iburengerazuba (ISWAP) bakunze […]
Ninafikiri Serikali ya Congo Iko Katika Hali Mbaya – Mheshimiwa Ronny Baada ya Kutembelea Kinshasa na Kigali

Mbunge wa chama cha Republican nchini Marekani, Mheshimiwa Ronny Jackson, ambaye hivi karibuni alitembelea Kinshasa na Kigali kwa ziara maalum, amesema kuwa haamini kama serikali ya Congo ina uwezo wa kudhibiti sehemu ya mashariki ya nchi hiyo. Pia alionya kuwa ikiwa suala la Wakongo wanaozungumza Kinyarwanda halitatatuliwa, hali itaendelea kuwa mbaya zaidi. Ronny Jackson, ambaye […]
Je Pense que le Gouvernement Congolais est en Mauvaise Position – Hon. Ronny après sa Visite à Kinshasa et Kigali

Je Pense que le Gouvernement Congolais est en Mauvaise Position – Hon. Ronny après sa Visite à Kinshasa et Kigali Le député républicain américain Ronny Jackson, qui a récemment effectué une visite spéciale à Kinshasa et Kigali, a déclaré qu’il ne croit pas que le gouvernement congolais ait la capacité de contrôler l’est du pays. […]
I Think the Congolese Government is in a Bad Position – Hon. Ronny after Visiting Kinshasa and Kigali

American Republican Congressman Ronny Jackson, who recently visited Kinshasa and Kigali on a special mission, has stated that he does not believe the Congolese government has the ability to control the eastern part of the country. He also warned that if the issue of Kinyarwanda-speaking Congolese is not resolved, the situation will continue to worsen. […]
Angola Yaacha Kazi ya Umedi kati ya Rwanda na DRC

Serikali ya Angola, Jumatatu tarehe 24 Machi, ilitangaza kuwa imeacha jukumu lake la kuwa mpatanishi katika mzozo wa muda mrefu kati ya Rwanda na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC). Habari hizi zilithibitishwa na Ikulu ya Angola kupitia ujumbe uliowekwa kwenye ukurasa wake rasmi wa Facebook. Rais wa Angola, João Lourenço, alikuwa amepewa jukumu na […]
L’Angola cesse d’être le médiateur entre le Rwanda et la RDC

Ce lundi 24 mars, le gouvernement angolais a annoncé qu’il renonçait à son rôle de médiateur dans le conflit de longue date entre le Rwanda et la République Démocratique du Congo (RDC). L’information a été confirmée par la présidence de l’Angola dans un message publié sur sa page Facebook officielle. Le président João Lourenço de […]
Angola Stops Being the Mediator Between Rwanda and the DRC

On Monday, March 24, the Government of Angola announced that it has relinquished its role as a mediator in the long-standing conflict between Rwanda and the Democratic Republic of the Congo (DRC). The news was confirmed by the Angolan Presidency through a message posted on its official Facebook page. President João Lourenço of Angola had […]
Rais wa Burundi, Evariste Ndayishimiye, ametangaza kuwa ana mpango wa kushambulia Rwanda na kufika Kigali endapo Bujumbura itashambuliwa.

Rais wa Burundi, Evariste Ndayishimiye, ametangaza kuwa ana mpango wa kushambulia Rwanda na kufika Kigali endapo Bujumbura itashambuliwa. Ndayishimiye alisema haya katika mahojiano ya hivi karibuni na BBC Gahuzamiryango. Chombo hicho cha habari kilimnukuu akisema kuwa Rwanda inapanga kushambulia Burundi kwa kutumia kundi la waasi la RED-Tabara. Alisema kuwa endapo kundi hilo litashambulia Bujumbura, naye […]
Le Président du Burundi, Evariste Ndayishimiye, a déclaré qu’il prévoit d’attaquer le Rwanda et d’atteindre Kigali si Bujumbura est envahie.

Le Président du Burundi, Evariste Ndayishimiye, a déclaré qu’il prévoit d’attaquer le Rwanda et d’atteindre Kigali si Bujumbura est envahie. Ndayishimiye a fait cette déclaration lors d’une récente interview avec la BBC Gahuzamiryango. Ce média a repris ses propos affirmant que le Rwanda prépare une attaque contre le Burundi en utilisant le groupe rebelle RED-Tabara. […]
Burundi’s President Evariste Ndayishimiye Declares Readiness to Attack Rwanda if Bujumbura is Invaded

Burundi’s President, Evariste Ndayishimiye, has announced that he has a plan to attack Rwanda and reach Kigali if Bujumbura is invaded. Ndayishimiye made this statement during a recent interview with BBC Gahuzamiryango. According to the media outlet, he claimed that Rwanda is preparing to attack Burundi through the RED-Tabara rebel group. He stated that if […]
Nyarugenge: Umugore akurikiranweho gukubita umugabo we bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we bikamuviramo urupfu. Icyaha akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 03 Gashyantare 2025 ubwo nyuma yo gushyamirana n’umugabo we, yafashe icyuma akimukubita mu gatuza ku ruhande rw’iburyo aramukomeretsa. Abari ku irondo […]
Abatutsi b’Abanyekongo bari bafungiwe i Goma nta n’umwe wahasanzwe M23 ihafata

Amakuru atangazwa n’imiryango y’Abanyekongo b’Abatutsi aravuga ko Abatutsi bari mu magereza atandukanye yo mu Mujyi wa Goma, bamwe bafatiwe muri uyu mujyi, abandi baturuka i Kalehe, Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, bimurirwa i Goma nyuma yo gufatwa na FARDC, Wazalendo na FDLR, nta n’umwe wahasanzwe ubwo M23 yinjiraga mu Mujyi wa Goma. Nk’uko bitangazwa n’umuryango ukurikiranira […]
U Burusiya na Ukraine byemeranyije guhagarika imirwano mu Nyanja Yirabura

U Burusiya na Ukraine byiyemeje guhagarika intambara mu mazi mu Nyanja Yirabura mu masezerano atandukanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’iminsi itatu y’ibiganiro by’amahoro muri Arabia Saoudite. Washington yavuze ko impande zose zizakomeza gukora kugira ngo hagerwe ku “mahoro arambye ” mu matangazo avuga kuri ayo masezerano, azafungura inzira y’ubucuruzi y’ingenzi. White House […]
Abanyeshuri mu bice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta

Nubwo byari bigoye kwitegura, abanyeshuri bo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo barekana ko biruhukije kuko uyu mwaka w’amashuri utakibabereye impfabusa, nyuma y’aho bemerewe gukora ibizamini bya leta byari byarasubitswe. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Werurwe, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye ibizamini bidasanzwe bya Leta ku banyeshuri bize amasomo y’amashuri yisumbuye […]
M23 yashyizeho abayobozi bashya ba CADECO

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya b’ikigo cy’imari cya Caisse générale d’épargne du Congo (CADECO) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni icyemezo uriya mutwe wafashe mu rwego rwo gufasha kiriya kigo gukomeza gutanga serivisi. Itangazo rihuriweho ryashyizeho umukono na Corneille Nangaa usanzwe ari umuhuzabikorwa wa AFC cyo kimwe […]
Umugabo yakubise intosho umugore we wanze ko bifotozanya

Polisi yo muri Leta ya Hawaii yafashe umuganga witwa Gerhardt Konig w’imyaka 46 akurikiranyweho kugerageza kwica umugore we, Arielle Konig nyuma yo kumutera intosho mu mutwe no kugerageza kumuta ku kayira ngo ahapfire. Nk’uko byatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano, ibi byabereye ku musozi wa Nuuanu Pali Lookout aho uyu mugabo yaba yararakaye kubera ko umugore we […]
Spice Diana ntakozwa ibyo kubyara

Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko ataragera igihe cyo kubyara abana aho yashimangiye ko akiri gushishikazwa n’umuziki we. Ibi yabitangaje nyuma y’uko inkuru z’abahanzikazi batwite zikomeje kuganirwaho cyane by’umwihariko nyuma y’uko Sheebah Karungi abyaye kandi yari yaratangaje ko atazigera abyara. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Spice Diana yavuze ko azabyara igihe kigeze, ariko kuri ubu ntaritegura. Yagize […]
Rusizi: Ushinjwa n’abarimo umwana we kwicisha amarozi abana babo yasabiye imbabazi imbere ya Padiri

Umukecuru w’imyaka 80 utuye mu Mudugudu wa Gashagwa, Akagari ka Butambamo , umurenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi, kuwa Gatandatu tariki ya 22 Werurwe nibwo yasabye imbabazi imbere ya Padiri n’abakirisitu ndetse ibyo yakoreshaga aroga biratwikwa. Aganira na Radio One dukesha iyi nkuru, uwo mukecuru yatangiye asobanura aho amarozi bamushinja yaturutse. Ati” Iyo hene najyanye […]
Michel Platini na Sepp Blatter ntibigeze barya ruswa ukundi

Urukiko Rudasanzwe rw’Ubujurire rw’Ubusuwisi rwagize abere Sepp Blatter wahoze ari Perezida wa FIFA na Michel Platini wahoze ari Perezida wa UEFA ku byaha bya ruswa bari bakurikiranyweho. Iyi dosiye yari ishingiye ku mafaranga angana na miliyoni ebyiri z’amafaranga y’Abasuwisi (hafi miliyoni 2.21$) Sepp Blatter yahaye Michel Platini mu 2011. Ubushinjacyaha bwashinjaga bombi uburiganya, ariko bo bavugaga ko ayo […]
King Saha yigaramye ibyo gusebya ishyaka NRM rya Perezida Museveni

Umuhanzi w’Umunya-Uganda King Saha yigaramye ibyo gusebya ishyaka NRM rya Perezida Museveni nyuma y’uko agaragaye mu mvururu mu gitaramo yakoreye mu karere ka Ibanda, mu Burengerazuba bwa Uganda, mu mpera z’icyumweru gishize bikavugwa ko byatewe n’indirimbo isebya ishyaka rya perezida yari yaririmbye. Iki gitaramo cyatangiye neza, ariko nyuma haje kuvuka akaduruvayo kagaragaye mu mashusho yacicikanye […]
Nta kuvanga cyangwa gusubizwamo, FARDC izasenywa yose – Corneille Nangaa

Ubuyobozi Mukuru w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, arameza ko Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kizasenywa cyose uko cyakabaye kandi ishami rya gisirikare rya M23, Armée Révolutionnaire Congolaise (ARC) ari yo izasigara ari igisirikare cy’igihugu. Ibi Corneille Nangaa yabitangaje kuwa Mbere, itariki ya 24 Werurwe 2025 ubwo hasozwaga amahugurwa ku ngengabitekerezo y’ihuriro muri Kivu […]
Umuhuro wa Kagame na Tshisekedi i Doha wateje Serwakira ya dipolomasi

Inama yo ku wa 18 Werurwe yabereye i Doha muri Qatar hagati ya Perezida Félix Tshisekedi RDC na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, ikomeje gutera guteza Serwakira ya dipolomasi ya Luanda, Gitega na Pretoria kuri Kinshasa. Luanda yari isanzwe ari umuhuza mu makimbirane y’u Rwanda na Congo yabanje gutungurwa n’uyu muhuro binyuze muri Minisitiri […]
Huye: Uwari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Umugabo w’imyaka 44 wishe umugore babanaga amutemesheje umuhoro rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Uwari ukurikiranweho icyaha, mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Mutarama 2025, ari iwe mu rugo mu mudugudu wa Gisagara, Akagari ka Shyembe, Umurenge wa Maraba, […]
Ndatekereza ko Guverinoma ya Congo ihagaze nabi – Hon. Ronny ukubutse Kinshasa na Kigali

Umudepite w’Umunyamerika w’Umurepubulikani, Ronny Jackson, uherutse gusura Kinshasa na Kigali mu buryo bwihariye yatangaje ko atizera ko ifite ubushobozi bwo kugenzura uburasirazuba bw’igihugu kandi ko niba ikibazo cy’Abanyekongo baho bavuga Ikinyarwanda kidakemutse ibintu bizakomeza kugorana. Ibi Ronny Jackson ukuriye Komisiyo ya serivisi za gisirikare y’inteko ishinga amategeko ishinzwe ubutasi n’ibikorwa bidasanzwe yabitangarije mu nteko kuri […]
RED-Tabara yitandukanyije n’u Rwanda

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wamaganye Perezida Evariste Ndayishimiye ukomeje kuwuhuza n’u Rwanda, uvuga ko nta bufasha na buke uhabwa na rwo. Uyu mutwe wasubizaga Perezida w’u Burundi uheruka gushinja u Rwanda kuba ruri gutegura gutera igihugu cye rubiwucishijemo, avuga ko nirubikora na we azahita arugabaho igitero. Ndayishimiye aheruka kubwira BBC ati: “Turabizi […]
Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo

Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa M23 ugizwe n’abanye-Congo, bitandukanye n’ibivugwa na leta ya RDC yakunze kuwuhuza n’u Rwanda. Dr. Ronny usanzwe ari intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump mu karere k’ibiyaga bigari, yabitangaje nyuma y’uruzinduko muri […]