Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda

Mu gihe u Rwanda n’Isi bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko gukoresha imbaraga zarwo mu kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda no gukomeza urugendo rw’ubwiyunge. Mu butumwa yatangaje, Mutesi Jolly wigeze kuba Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yavuze ko urubyiruko rwigeze gukoreshwa mu kubiba amacakubiri, bityo ko rukwiye no […]

Abashinwa bari kurwana intambara y’u Burusiya na Ukraine: Zelensky 

Perezida Volodymir Zelensky wa Ukraine, yatangaje ko hari abasirikare babarirwa mu 155 bari kurwana ku ruhande rw’u Burusiya buhanganye mu ntambara n’igihugu cye. Zelensky yabitangaje nyuma y’ibyumweru bibiri hari Abashinwa bafatiwe muri iriya ntambara, ibyashimangiye ko u Bushinwa buha u Burusiya ingabo zo kubufasha ku rubamba. Perezida wa Ukraine mu kiganiro yahaye abanyamakuru ku wa […]

U Bushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa biva muri Amerika kugeza ku 125%

U Bushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa biva muri Amerika kugera ku 125% mu gihe intambara y’ubucuruzi yatangijwe na Donald Trump ifata intera. Pekin yazamuriwe imisoro kugera ku 145% ku bicuruzwa bimwe na bimwe itumiza muri Amerika mbere y’uko na yo yihorera nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Perezida Xi Jinping arahamagarira Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u […]

Werurwe: Ibiciro by’ibicuruzwa byazamutseho 6.5%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko mu kwezi gushize kwa Werurwe ibiciro by’ibicuruzwa bitandukanye ku masoko yo mu Rwanda byazamutseho 6,5%, bivuye kuri 6,3% byariho muri Gashyantare. Ni ibikubiye muri Raporo nshya y’ibiciro ku masoko izwi nka Consumer Price Index (CPI) kiriya kigo cyasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Mata 2025. Iyo raporo […]

RIB yafunze umukobwa wabyaye umwana agahita amuniga

Umugore witwa Abizera Marie Assoumpta w’imyaka 27 ari mu maboko y’ubugenzacyaha, akurikiranyweho icyaha cyo kwica uruhinja yari amaze kubyara, aho bivugwa ko yarunize arwicira mu murima w’amateke. Uyu mugore ukomoka mu Karere ka Muhanga, yafatiwe mu murima uri mu Karere ka Rusizi aho yari yihishe, afite mu ntoki umurambo w’urwo ruhinja. Yari aherekejwe n’undi mugore […]

Tanzania: Umunyapolitiki Tundu Lissu yashinjwe icyaha cy’ubuhemu

Kuri uyu wa Kane, itariki 10 Mata 2025, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubuhemu cyangwa ubugambanyi, gishobora guhanishwa igihano kiruta ibindi, kubera ibisobanuro yatanze mu cyumweru gishize abashinjacyaha bavuze ko yahamagariye abaturage gutangiza imyivumbagatanyo no guhagarika amatora ateganijwe muri uyu mwaka. Ibirego Lissu, umuyobozi w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi […]

Musenyeri Vincent Barugahare yapfuye ku myaka 77

Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 Mata 2025 azize uburwayi ubwo yari ari mu Bitaro by’Umwami Faisal biherereye i Kigali. Musenyeri Barugahare yavukiye muri Diyosezi ya Byumba, Paruwasi ya Nyarurema mu Karere ka Nyagatare. Yari asanzwe akorera ubutumwa muri Paruwasi ya Butete, iherereye mu Murenge wa Cyanika mu […]

Perezida Xi Jinping yirukanye Jenerali w’igikomerezwa

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa, yirukanye Gen. He Weidong wari nimero ya kabiri mu gisirikare cy’u Bushinwa. Gen Weidong yari asanzwe ari umuyobozi wungirije wa Komisiyo ya gisirikare mu Bushinwa. Ibinyamakuru birimo The Financial Times byanditse ko iyirukanwa rye ryabaye mu byumweru bike bishize, rikaba rifite aho rihuriye n’ibyaha bya ruswa yari amaze igihe akorwaho […]

CAR: Guverineri wa Lobaye yitabiriye Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31

Kuri uyu wa Kane itariki ya 10 Mata 2025, Ingabo z’u Rwanda zoherejwe i Mbaiki na Bagandou, hamwe n’abayobozi b’inzego z’ibanze n’inzego z’umutekano bitabiriye Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Ibirori byitabiriwe na Guverineri w’Intara ya Lobaye, Lydie Georgette Gahoro, Umuyobozi wa Mbaiki, Abayobozi ba FACA, aba Polisi na […]

New York: Impanuka ya kajugujugu mu Ruzi rwa Hudson yahitanye 6

Abantu batatu bakuru n’abana batatu bapfuye ubwo kajugujugu yagwaga mu ruzi ruri hagati ya Manhattan na New Jersey. Umuyobozi w’akarere Eric Adams yavuze ko umuryango wa ba mukerarugendo bo muri Espagne wishwe. Abayobozi b’Umujyi wa New York bavuze ko abantu batandatu bapfuye nyuma ya kajugujugu yaguye mu Ruzi rwa Hudson kuri uyu wa Kane, itariki […]

Tariki 11 Mata 1994: Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu

Ku itariki nk’iyi ya 11 Mata mu 1994, mu Rwanda hari hakomeje Jenoside yakorewe hirya no hino mu gihugu nk’aho kuri Paruwasi ya Hanika hiciwe Abatutsi basaga 15,000, nk’aho Ingabo z’Ababiligi zari muri ETO Kicukiro zisiga abari bazihungiyeho.   1.  Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo […]

M23 yateguje ko igiye gukubita ingabo za RDC zikomeje kuyirasaho

Umutwe wa M23 watanze integuza y’uko ugomba gusubira mu mirwano n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kuburizamo ubitero zikomeje kugaba ku birindiro byawo. Kuva mu kwezi gushize M23 yafashe icyemezo cyo gusubiza inyuma ingabo zayo, ziva mu mujyi wa Walikale uriya mutwe waherukaga kwigarurira. Ni icyemezo uyu mutwe […]