RMC yatabarije itangazamakuru nyarwanda

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), rwasabye abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuvuganira itangazamakuru rikabona amikoro, kugira ngo rizashobore kujya rikora kinyamwuga. Uru rwego rwabisabye kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Mata 2025, ubwo Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside mu nteko ishinga amategeko yagiranaga ikiganiro na RMC ku ruhare rwayo […]

Why Is Belgian Foreign Minister Prevot Visiting the Region Amid Progress in Doha Peace Talks?

Following the ceasefire agreement between the Government of the Democratic Republic of Congo (DRC) and the AFC/M23 coalition during the Doha negotiations, aimed at addressing the root causes of the eastern DRC conflict, Belgium’s Foreign Minister Maxime Prevot announced he will be visiting the Great Lakes region this week. The announcement came on Thursday, April […]

M23 na Serikali ya DRC Wakubaliana Kusitisha Mapigano Katika Mazungumzo ya Doha

Kikundi cha waasi cha M23 na serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) wametangaza matokeo ya mazungumzo ya ana kwa ana yaliyofanyika Qatar. Pande hizo mbili zilikuwa kwenye majadiliano kwa takriban wiki tatu, chini ya usimamizi wa ufalme wa Qatar, kwa lengo la kutafuta suluhisho la mzozo uliodumu tangu Novemba 2021. Kupitia taarifa iliyotiwa […]

RDC et M23 conviennent d’un cessez-le-feu lors des pourparlers de Doha

Le groupe armé M23 et le gouvernement de la République Démocratique du Congo (RDC) ont annoncé les conclusions de leurs discussions directes tenues au Qatar. Ces négociations, d’une durée d’environ trois semaines, ont été facilitées par la monarchie qatarie dans le but de résoudre le conflit armé en cours depuis novembre 2021. Dans un communiqué […]

M23 and DR Congo Agree on Ceasefire in Doha Talks

The M23 rebel group and the government of the Democratic Republic of the Congo (DRC) announced the outcomes of their direct talks held in Qatar. The two parties had been in negotiations for nearly three weeks, mediated by the Qatari monarchy, aiming to resolve the conflict that has persisted since November 2021. In a statement […]

DRC:Abasirikare ba SADC biganjemo aba Tanzania baba barazimiriye muri Congo

Abasirikare bo mu ngabo z’umuryango wa SADC biganjemo abanya-Tanzania, amakuru aravuga ko baburiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho barwaniraga na M23. Abasirikare babuze bari mu bo uriya muryango wari warohereje mu burasirazuba bwa Congo ngo bafashe ku rugamba ingabo za Leta ya kiriya gihugu zimaze imyaka irenga itatu ziri mu ntambara n’umutwe wa […]

Urubanza rwa Fatakumavuta rwasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwimuriye urubanza rwa Jean-Bosco Sengabo, uzwi cyane nka Fatakumavuta ku wa 15 Gicurasi 2025 aho iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko inteko y’abacamanza itari yuzuye ndetse n’umwunganizi we mu mategeko atarabonaga dosiye yose. Me Jean Pierre Fatikaramu, wunganira Fatakumavuta yasabye ko urubanza rusubikwa kuko atari yahura n’umukiriya we kubera amabwiriza agenga imibereho […]

Uvira: Imirwano ikomeye hagati ya FARDC na Wazalendo

Amakuru aturuka mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko kuri uyu wa Kane habaye imirwano ikaze yasakiranyije ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro izwi nka Wazalendo. Ni imirwano yabereye ku musozi witegeye umujyi wa Uvira nk’uko amakuru yemezwa na Sosiyete Sivile abivuga. FARDC Wazalendo ndetse n’Ingabo z’u Burundi […]

Kota-Koli: Imirwano hagati y’abasirikare n’abasivili nyuma y’inkuba yishe bagenzi babo

Hashize iminsi itatu, hari impagarara nyinshi muri Kota-Koli, umujyi uherereye mu birometero 90 uvuye i Gbadolite, umurwa mukuru w’Intara ya Nord-Ubangi. Abasirikare boherejwe mu kigo cy’imyitozo cya Kota-Koli kugira ngo bongere batyazwe, bagabye igitero ku baturage bashaka guhora urupfu rwa bagenzi babo babiri, bishwe n’inkuba ku mugoroba wo ku wa Kabiri rwagati mu isoko. Ikiza […]

Amatiku y’abanyamakuru ba Siporo yahagurukije RMC

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda (RMC) rwasabye abanyamakuru bakora inkuru za siporo kwirinda guterana amagambo ku mugaragaro, kuko bishobora guteza umutekano muke no gusubiza inyuma isura y’itangazamakuru. Mu itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwa X (yahoze ari Twitter), RMC yibukije ko umunyamakuru agomba gukora kinyamwuga, yubahiriza amahame ngengamyitwarire y’itangazamakuru. Bati: “Tuributsa abanyamakuru bose, cyane cyane abakora […]

Tanzania: Polisi yafashe abayobozi ba CHADEMA bari bagiye mu rubanza rwa Tundu Lissu

Kuri uyu wa Kane, Abapolisi bo muri Tanzaniya bafunze abantu babiri bakuru mu batavuga rumwe n’ubutegetsi ubwo bari mu modoka berekeza mu rukiko kumva urubanza rw’umuyobozi w’ishyaka CHADEMA, Tundu Lissu, ukurikiranyweho icyaha cy’ubuhemu, nk’uko ishyaka ryabo ryabitangaje. Umuyobozi wungirije w’ishyaka CHADEMA, John Heche n’Umunyamabanga Mukuru, John Mnyika, bafunzwe ubwo berekezaga ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kisutu […]

Minisitiri Prevot azanwe n’iki mu karere mu gihe Ibiganiro bya Doha bitangiye gutanga umusaruro?

Nyuma y’uko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 bamaze kumvikana ku guhagarika imirwano no kubikomeza mu rwego rwo gukemura impamvu muzi zakomeje guteza ibibazo no gushaka amahoro arambye mu biganiro bya Doha, Minisitiri w’ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi aravuga ko agiye kuza mu karere muri iki cyumweru. Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi […]

Ese Perezida Macron yaba yarafashe uruhande mu kibazo cya RDC?

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Mata, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ku makimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho yari yatumiwe mu kiganiro na TV5. Umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa yashimangiye ko ashyigikiye kubaha imipaka mpuzamahanga, yamagana uburyo Umuryango Mpuzamahanga witwara mu makimbirane mpuzamahanga ugendeye ku turere tw’Isi. Emmanuel […]

Umugore yabyaye abana 6 icyarimwe

Glorious Betonde, umugore w’imyaka 40 utuye mu kagari ka Nyamufumura, mu karere ka Sheema ho muri Uganda, yibarutse abana batandatu, abahungu batanu n’umukobwa umwe ku bitaro bya Neo Care Fertility Centre biherereye i Mbarara. Abana bavukiye amezi arindwi, bivuze ko ari imburagihe, bakaba barahise bajyanwa ku bitaro bya Holy Innocents Children’s Hospital aho barimo kwitabwaho […]

Taliki 24 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu

Tariki ya 24 Mata 1994 ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi bwarakomeje hirya no hino mu gihugu, hicwa Abatutsi benshi. Abasirikari bagize uruhare rukomeye mu kwihutisha Jenoside mu majyepfo, ku isonga hari abasirikari abarindaga uwahoze ari perezida, Habyarimana Juvenal, bafatanije n’abandi basirikari ndetse n’abajandarume. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi barenza ibihumbi ijana na mirongo itanu […]

Kigali: Hatangijwe inama y’amashami agize Umuryango wa EAPCCO

Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mata, hatangijwe inama y’amashami agize umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO organs meeting). Umuryango wa EAPCCO ugizwe n’ibihugu 14 aribyo; u Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, u Burundi, Ibirwa bya Comores, Ethiopia, Eritrea, Djibouti, Sudani, Sudani y’Epfo, […]

Ku isi hari ahantu izuba ritajya rirenga ahubwo rikomeza kwaka na nijoro

Mu gihe isi yose igira amasaha 24 y’umunsi, benshi bamenyereye ko izuba rimara hafi amasaha 12 ryaka, andi masaha ari nijoro. Ariko se, wari uzi ko hari ibice bimwe na bimwe ku isi aho izuba ritajya rirenga mu gihe kirenga iminsi 70? Dore ibihugu 5 bizwiho kugira izuba ritajya rirenga: 1. Finland Mu gihe cy’izuba, […]

Se wa Niyo Bosco yapfuye

Umuhanzi w’Umunyarwanda Niyo Bosco ari mu kababaro gakomeye nyuma y’urupfu rwa se umubyara witabye Imana ku wa 23 Mata 2025. Uyu muhanzi yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yavuze amagambo yuzuyemo intimba n’agahinda ati: “Ukomeze kuruhukura mu mahoro mubyeyi, umunsi w’agahinda uba muremure kuruta umwaka w’ibyishimo.” Se wa Niyo Bosco yaherukaga kwitabira ibirori bya […]

Ibyavuye mu biganiro by’i Doha bya M23 na RDC

Umutwe wa M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ibyo bemeranyijeho nyuma yo guhurira mu biganiro bitaziguye byabereye muri Qatar. Impande zombi zari zimaze ibyumweru bibarirwa muri bitatu ziri mu biganiro zahurijwemo n’ubwami bwa Qatar; mu rwego rwo gukemura amakimbirane yatumye zisanga mu ntambara zirimo kuva mu Ugushyingo 2021. RDC biciye mu […]