Umuryango wa Meddy bibarutse ubuheta

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Ngabo Médard Jobert uzwi nka Meddy hamwe n’umugore we Mimi Mehfira, barashimira Imana nyuma yo kwibaruka umwana wabo wa kabiri, umuhungu bise Zayn M Ngabo. Kuri uyu wa mbere, Meddy abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram yasangije abamukurikira amafoto abiri: imwe igaragaza umugore we atwite ndetse n’indi igaragaza uruhinja rwabo. Aya mafoto yakurikiwe […]

Trump yateguje amakuru meza u Rwanda na RDC 

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko mu minsi iri imbere hari amakuru meza yerekeye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo azamenyekana; ateguza amahoro ibihugu byombi. Trump yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mata, mu kiganiro n’itangazamakuru. Mu minsi ibiri ishize Trump yari yanditse ku rubuga nkoranyambaga […]

Tshisekedi na Habyarimana: Ingengabitekerezo zimwe n’amateka asa

Mu gihe hari imishyikirano i Doha hagati ya Leta ya Kinshasa n’umutwe wa AFC/M23 utavuga rumwe na yo, Perezida Félix Antoine Tshisekedi akomeje kuzana amananiza. Iturufu uyu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangiye gukoresha ayivoma ku isôoko y’igihe cya Habyarimana Juvenal wategetse u Rwanda. Akarere k’ibiyaga bigari ntiwavuga ikibazo cya Congo wibagiwe u […]

M23 yakubitiye ingabo z’u Burundi i Kaziba

Umutwe wa M23 wisubije agace ka Kaziba gaherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuhirukana ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa. M23 yafashe aka gace nyuma y’imirwano ikomeye yayisakiranyije n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ifatanya ku rugamba n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ejo ku Cyumweru tariki ya 27 […]

Gatera Musa n’umuzamu we bahagaritswe nyuma yo gutsindwa 5 na APR FC

Ikipe ya Rutsiro FC yamaze gufata icyemezo gikomeye cyo guhagarika by’agateganyo umutoza mukuru Gatera Musa n’umunyezamu mukuru Matumele Monzobo Arnold, nyuma yo kwitwara nabi mu mikino ya shampiyona, by’umwihariko umukino batsinzwemo na APR FC  5-0. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 28 Mata 2025, ubuyobozi bwa Rutsiro FC bwemeje ko icyemezo cyo guhagarika aba bakozi […]

Abakandida 10 ba mbere bashobora kuvamo uzasimbura Papa n’amahirwe bafite

Karidinali Pietro Parolin niwe uza mbere muri sondage yo kumenya ushobora gusimbura Papa Fransisiko nk’umuyobozi wa Kiliziya Gatolika. Reba urutonde rw’abakandida 10 ba mbere bahabwa amahirwe wasanga gusa kuri Polymarket: Papa Fransisiko yari Umushumba wa Kiliziya Gatolika akaba n’Umuyobozi wa Leta ya Vatikani kuva ku itariki ya 13 Werurwe 2013 kugeza apfuye ku itariki 21 […]

RIB yatangiye iperereza ku wise Pastor Julienne Umukozi wa Satani

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye iperereza ku magambo yavuzwe n’uwiyita “Bakame” kuri X, aho yise Pastor Julienne Kabanda “intumwa ya Satani”. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko hashyizweho itsinda riri gusesengura niba ayo magambo arimo ibimenyetso by’icyaha. Aganira na IGIHE, umuvugizi wa RIB yagize ati: “Biracyasuzumwa, harebwa niba ibyo yavuze bikurikiranwa n’amategeko, […]

Nubwo amasezerano yashyizweho umukono i Doha na Washington, imirwano irakomeje muri Kivu

Iminsi itanu irashize, Guverinoma ya Congo n’umutwe w’inyeshyamba wa AFC / M23, bigizwemo uruhare na Qatar, bashyize umukono ku itangazo rihuriweho n’impande zombi ziyemeje “guharanira amahoro” hagamijwe guhagarika intambara burundu. Nyuma y’iminsi ibiri, DRC n’u Rwanda byashyize umukono ku “Itangazo ry’amahame” i Washington, byemeranya kubahana mu bijyanye n’ubusugire bwa buri gihugu. Nyamara, nubwo ibyo byemeranyijwe, […]

Leta y’u Rwanda mu biganiro na Youtube byo kubemerera “monetize”

Abahanzi, abanyamakuru b’Abanyarwanda bashobora mu gihe cya vuba gutangira kubona inyungu kuri YouTube batagombye kwiyandikisha mu bindi bihugu byemerewe uburyo bwo kwinjiza amafaranga buzwi nka monetization. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubugeni, Jean-Népo Abdallah Utumatwishima wavuze ko Leta iri gukorana n’ubuyobozi bwa YouTube kugira ngo Rwanda yemererwe kujya ku rutonde rw’ibihugu bifite uburenganzira bwo guhabwa inyungu […]

Somalia: Uwari intasi nkuru yagizwe minisitiri w’ingabo mushya

Minisitiri w’Intebe Hamza Abdi Barre yatangaje ivugurura rikomeye muri za minisiteri, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya ikomeye ya guverinoma mu gihe Somaliya igenda ikemura ibibazo bya politiki n’umutekano. Jibril Abdirashid Haji Abdi yagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije wa kabiri, mu rwego rwo gukomeza ikipe. Uyu munyapolitiki w’inararibonye, ​​Abdirashid, mbere yabaye Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda. Abdisalam Abdi Ali […]

Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zakozanyijeho mu ijoro rya gatatu

Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zarasanyeho n’imbunda nto ku mupaka  wa Kashmir (LoC) mu ijoro rya gatatu mu gihe amakimbirane yiyongera nyuma y’igitero cy’abarwanyi cyahitanye ba mukerarugendo mu gace kayobowe n’u Buhinde mu karere katavugwaho rumwe. Kuri iki Cyumweru, u Buhinde bwavuze ko ingabo zabwo zasubije amasasu y’imbunda nto yarashwe n’abasirikare ba Pakistan ku mupaka […]

Tariki ya 28 Mata 1994: Uko jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 28  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu duce tumwe tw’Igihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 28 Mata mu 1994. 1.      Oxfam yamaganye Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu Rwanda Tariki ya 28/4/1994, Umutegetsi w’Amerika Ushinzwe Afrika muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga, PrudenceBushnell […]

Myugariro wa Police FC yapfushije nyina

Myugariro wa Police FC, Issah Yakubu ari mu kababaro nyuma y’urupfu rwa nyina, Gifty Boako, witabye Imana ku wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025. Nyakwigendera Gifty Boako yitabye Imana mu Mujyi wa Bawjiase, uherereye mu Ntara ya Central muri Ghana, aho yari asanzwe atuye. Police FC yahaye Issah Yakubu uruhushya rwihariye kugira ngo abe […]

Gen. Muhoozi agiye kubaka Arena

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko Uganda igiye kubaka inyubako y’imyidagaduro nshya yiswe Lugogo Arena, izubakwa i Kampala ahazwi nka Lugogo Cricket Oval. Uyu mushinga uzubakwa na kompanyi yo muri Turukiya, Summa Construction Company, isanzwe izwiho kubaka inyubako nk’iza Dakar Arena muri Sénégal na BK Arena yo mu Rwanda. Gen. Muhoozi […]