Rais Ndayishimiye Aendelea Kudai Kuwa Rwanda Inapanga Kuvamia Burundi

Rais wa Burundi, Évariste Ndayishimiye, amesisitiza tena kuwa anazo taarifa za uhakika kuwa Rwanda bado inapanga kushambulia nchi yake. Kiongozi huyo alitoa kauli hiyo hivi karibuni katika mahojiano na mwandishi wa habari Marc Perelman wa televisheni ya France 24. Mwezi uliopita, Ndayishimiye alipokuwa akizungumza na BBC, alisema tayari anayo taarifa kwamba Rwanda ina mpango wa […]

Burundi’s President Ndayishimiye Insists Rwanda Still Plotting to Attack Burundi

Burundi’s President Évariste Ndayishimiye has once again claimed to possess credible information indicating that Rwanda is still plotting to attack his country. The Burundian leader made these remarks in a recent interview with journalist Marc Perelman of France 24 television. Last month, during a conversation with the BBC, President Ndayishimiye stated he had intelligence suggesting […]

AFC/M23 Itaendelea Kupigana Hadi Tshisekedi Aondoke — Asema Corneille Nangaa

Katika mahojiano na gazeti la The Telegraph la Uingereza, Corneille Nangaa, kiongozi wa muungano wa AFC/M23, ametangaza kuwa vuguvugu hilo litaendelea na mapambano licha ya kutiwa saini kwa tamko la makubaliano kati ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) na Rwanda huko Washington — hadi Rais Félix Tshisekedi aondoke madarakani, kwa kujiuzulu au kuondolewa. “Tunapaswa […]

AFC/M23 Continuera de Combattre Jusqu’au Départ de Tshisekedi — Déclare Corneille Nangaa

Dans une interview accordée au journal britannique The Telegraph, Corneille Nangaa, leader de la coalition AFC/M23, a affirmé que son mouvement poursuivrait les combats — malgré la signature récente d’une déclaration de principes entre la République Démocratique du Congo (RDC) et le Rwanda à Washington — jusqu’au départ du président Félix Tshisekedi, que ce soit […]

AFC/M23 Will Keep Fighting Until Tshisekedi Leaves Office — Corneille Nangaa Declares

In an interview with The Telegraph, UK-based publication, Corneille Nangaa, leader of the AFC/M23 alliance, declared that his coalition would continue fighting — despite a recently signed statement of principles between the Democratic Republic of Congo (DRC) and Rwanda in Washington — until President Félix Tshisekedi leaves office, either by stepping down or being removed. […]

Rwanda yasaini mkataba wa ‘Visit Rwanda’ na Atlético de Madrid

Serikali ya Rwanda imesaini mkataba wa kushirikiana na klabu ya Atlético de Madrid kutoka Hispania kwa ajili ya kutangaza utalii wa Rwanda kupitia chapa ya ‘Visit Rwanda’. Mkataba huu umesainiwa na Bodi ya Maendeleo ya Rwanda (RDB) na utadumu hadi Juni 2028. Kupitia mkataba huu, maandishi ya ‘Visit Rwanda’ yataonekana kwenye sare za mazoezi za […]

Le Rwanda signe un partenariat ‘Visit Rwanda’ avec l’Atlético de Madrid

Le gouvernement du Rwanda a signé un partenariat avec le club espagnol Atlético de Madrid pour promouvoir la marque touristique ‘Visit Rwanda’. Cet accord, conclu à travers le Rwanda Development Board (RDB), est valable jusqu’en juin 2028. Dans le cadre de ce partenariat, le logo ‘Visit Rwanda’ apparaîtra sur les tenues d’entraînement et d’échauffement des […]

Kabila n’abarimo Fayulu basabye abacanshuro bari muri RDC kuhava

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barimo Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu, basabye ingabo z’amahanga n’abacanshuro bari ku butaka bwacyo gutaha. Ni ubusabe Kabila ahuriyeho n’abarimo Moise Katumbi Chapwe kuba Guverineri w’Intara ya Katanga, Martin Fayulu na Delly Sesanga. Ubusabe bw’aba bagabo uko ari bane bwakurikiye amasezerano Repubulika […]

Rwanda Signs ‘Visit Rwanda’ Partnership Deal with Atlético Madrid

The Government of Rwanda has signed a partnership with Spanish football club Atlético de Madrid to promote the ‘Visit Rwanda’ tourism brand. The agreement, signed through the Rwanda Development Board (RDB), will run until June 2028. Under the deal, the ‘Visit Rwanda’ logo will appear on Atlético Madrid’s training kits and pre-match warm-up shirts. The […]

Bunge la Rwanda Laidhinisha Kupandisha Kodi Kuu kwenye Mapato ya Kamari

Jumanne, tarehe 29 Aprili 2025, Bunge la Rwanda limepitisha muswada wa sheria wa kurekebisha Sheria Na. 027/2022 ya tarehe 20 Oktoba 2022 inayotoza kodi kwenye mapato mbalimbali — maarufu kama sheria ya kodi ya faida. Sheria hii mpya inapandisha kodi ya mapato ghafi ya michezo ya kamari kutoka 13% hadi 40%. Pia, kodi inayokatwa kwenye […]

Rwandan Parliament Approves Sharp Tax Increase on Gambling Revenues

On Tuesday, April 29, 2025, Rwanda’s Parliament approved a draft law amending Law No. 027/2022 of October 20, 2022, which established taxes on various revenues — popularly known as the profit tax law. The newly passed draft law raises the tax on gross gambling revenue from 13% to 40%. Additionally, the withholding tax on gambling […]

Satani ni nde? Inkomoko ye, uko Bibiliya n’abahanga bamusobanura

Mu myizerere ya gikirisitu n’ayandi madini menshi, izina Satani rihita rizamura ishusho y’ikiremwa cy’umwijima, gihora gihanganye n’Imana n’abantu. Ariko se, ni nde Satani koko? Yaturutse he? Ese Bibiliya n’abashakashatsi bamuvugaho iki? Mu Isezerano rya Kera, cyane cyane mu gitabo cya Yobu, Satani agaragara nk’urega abantu imbere y’Imana. Si nk’umwami w’icyaha nk’uko byaje kumenyekana nyuma, ahubwo […]

Davido yahaye umugore we imodoka ya miliyoni 283 Frw

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Davido, amazina ye nyayo akaba ari David Adedeji Adeleke, yateye intambwe igaragarira amaso yerekana urukundo afitiye umugore we Chioma Rowland, amuha imodoka y’agaciro k’arenga miliyoni 283 Frw. Iyi mpano y’agatangaza yayimuhaye ku isabukuru ye y’imyaka 30, mu birori byabereye i Atlanta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Gatatu tariki ya 30 […]

Rester vigilant face aux actions lancées par Doha et Washington — Prévot à Tshisekedi

Après avoir visité l’Ouganda et le Burundi, le Vice-Premier ministre et ministre des Affaires étrangères de Belgique, Maxime Prévot, a clôturé sa tournée dans la région des Grands Lacs en RDC. Il y a exhorté les dirigeants congolais à rester vigilants malgré les récentes discussions qui nourrissent l’espoir d’un cessez-le-feu. Ce lundi 28 avril à […]

Stay Vigilant on Actions Initiated by Doha and Washington — Prévot Tells Tshisekedi

After visiting Uganda and Burundi, Belgium’s Deputy Prime Minister and Minister of Foreign Affairs, Maxime Prévot, concluded his tour in the Great Lakes region with a visit to the DRC. There, he urged Congo’s leaders to remain vigilant, even though recent talks have raised hopes for ceasefire negotiations. On Monday, April 28, in Kinshasa, he […]

Alifanyiwa Upasuaji Zaidi ya Mara 100 Kutafuta Uzuri… Lakini Bado Anajiona Mbaya

Abby Wu, msichana wa Kichina aliyekuwa na miaka 14 tu alipofanyiwa upasuaji wake wa kwanza, alitaka kubadilisha mwili wake ili awe mzuri zaidi. Sasa akiwa na miaka 35, tayari amefanyiwa upasuaji zaidi ya mara 100, akitumia karibu nusu milioni ya dola za Kimarekani. Wakati wasichana wengine wa rika lake walikuwa wakifikiria kuhusu masomo au michezo, […]

Elle a subi plus de 100 opérations pour devenir belle… Mais elle se sent toujours laide

Abby Wu, une Chinoise qui n’avait que 14 ans lorsqu’elle s’est fait opérer pour la première fois, voulait transformer son corps pour être plus belle. Aujourd’hui âgée de 35 ans, elle a subi plus de 100 interventions chirurgicales, dépensant près d’un demi-million de dollars américains. Alors que les autres filles de son âge pensaient aux […]

She Had Over 100 Surgeries Chasing Beauty… But She Still Feels Ugly

Abby Wu, a Chinese girl who was only 14 years old when she underwent her first surgery, wanted to change her body to look more beautiful. Now 35 years old, she has had over 100 surgeries, spending close to half a million US dollars in the process. While other girls her age were thinking about […]

Ibihugu bya Pakistan n’u Buhinde byongeye kurasanaho

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi, ibihugu by’u Buhinde na Pakistan byongeye guhererekanya urufaya rw’amasasu muri Kashmir, agace ibihugu byombi bimaranira. Impagarara hagati y’ibihugu byombi busanzwe bidacana umwaka, yongeye kwaduka nyuma y’igitero cyahitanye ba mukerarugendo benshi b’Abahindu muri ako gace. New Delhi ishinja Islamabad kugira uruhare muri iki gitero cyo kuwa 22 Mata, […]

Ingabo zindi za SADC zirava Goma zice mu Rwanda zitaha 

Izindi ngabo umuryango wa SADC wari warohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23, ziranyura mu Rwanda uyu munsi. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Gicurasi ni bwo icyiciro cya mbere cya ziriya ngabo kiri butahe nyuma yuko habanje gutambuka ibikoresho n’ababiherekeje. Ziri buce mu Rwanda rwemeye kuziha […]

Uwari wagizwe Perezida wa Korea y’Epfo nawe yeguye

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, uwari perezida w’agateganyo wa Koreya y’Epfo, Han Duck-soo, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye. Amakuru y’iyegura ku mirimo ye aje mu gihe amakuru avuga ko ahanze amaso kuba perezida, ndetse ibitangazamakuru byo muri Koreya y’Epfo bikaba bivuga ko ateganya gutangira kwiyamamaza ku mwanya wa perezida ku […]

Abarimo Dr Denis Mukwege batakambiye Tshisekedi bamusaba kudatamba amabuye ya Congo

Mu ibaruwa yandikiwe Perezida Félix Tshisekedi, kopi yayo yakiriwe na 7SUR7.CD, Dr Denis Mukwege hamwe n’abaharanira uburenganzira bw’ibidukikije bazamuye amajwi hejuru barwanya gushyira umukono ku itangazo ry’amahame riherutse hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, igihugu bavuga ko cyateye Congo. Abashyizeho umukono kuri iyi baruwa barahamagarira byimazeyo kandi Umukuru w’igihugu kudatamba amabuye y’agaciro […]

Ibikwiye kwitabwaho ngo ubumwe n’ubwiyunge bugerweho mu mboni za IBUKA

Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Mata, bagiranye ibiganiro n’abahagarariye imiryango AVEGA-AGAHOZO, IBUKA na AEGIS TRUST ku ruhare rwayo mu ishyirwa mu bikorwa rya Politiki y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge y’umwaka wa 2020. Abahagarariye iyi miryango bagaragaje uruhare rwabo mu gufasha abanyamuryango bayo kugera ku bumwe […]

Perezida Felix Tshisekedi ategerejwe i Washington

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ategerejwe i Washington kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, kugira ngo yemeze kandi arangize ibijyanye n’ubufatanye bwa DRC na Amerika mu bijyanye n’amabuye y’agaciro. Ibi nibyo itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri, itariki ya 29 Mata, n’ishami rya Minisiteri y’Ububanyi […]

RDC: Sena yasabwe kwambura Kabila ubudahangarwa

Ubutabera bwa gisirikare bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo burashaka gukurikirana Joseph Kabila wahoze ari perezida akaba n’umusenateri ubuzima bwe bwose, kubera ubuhemu, kugira uruhare mu mutwe w’inyeshyamba, ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Mata, na Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba. Constant Mutamba ati: “Ndi hano kugira ngo mbamenyeshe […]

Kenya: Depite Charles Were yishwe arashwe i Nairobi

Umudepite wo muri Kenya mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane yarasiwe mu murwa mukuru Nairobi n’abantu bitwaje imbunda bari kuri moto bimuviramo urupfu nk’uko byatangajwe na Citizen TV. Aya makuru kandi yatangajwe n’ibindi bitangazamakuru byo muri Kenya, birimo The Nation hamwe n’ikinyamakuru The Standard. Uyu mudepite, Charles Were, uhagarariye intara […]

Abarenga 250 basoje amahugurwa ya Ba su-ofisiye i Gishari

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata, mu Ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa ya ba su-ofisiye (NCOs) 251, bari bamazemo igihe kingana n’amezi atanu (5). Ni amahugurwa y’icyiciro cya 15 yitabiriwe n’abo ku rwego rwa su-ofisiye barimo abapolisi 221 n’abo mu Rwego […]

Umuhanzi wakubise polisi yakatiwe byoroheje

Urukiko Rukuru rwa Ogun, ruri mu karere ka Ifo muri Leta ya Ogun muri Nigeria, rwakatiye umuhanzi wamenyekanye cyane kubera imyitwarire itavugwaho rumwe, Habeeb Okikiola uzwi nka Portable, igifungo cy’amezi atatu azira gukubita umupolisi. Portable yahamijwe icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umupolisi ndetse no kurwanya ifatwa rye n’inzego z’umutekano. Uyu muhanzi yafashwe muri Werurwe 2023 […]

Leta yategetswe kwishyurira umugabo uzitereshaho igitsina cy’umugore

Urukiko Rukuru rw’i Ontario mu Canada rwemeje ko umuntu utiyumva nk’umugabo cyangwa umugore byuzuye (non-binary) agomba kwishyurirwa na leta amafaranga yo gukora operasiyo yo gushyirwaho igitsina cy’umugore, ariko agasigarana n’igitsina cy’umugabo gikora neza. Uwo muntu, wahawe inyuguti K.S. mu rwego rwo kurinda ubuzima bwe bwite, yatsinze urubanza rwari rumaze imyaka ibiri ruburanwa, nyuma yo kurega […]

Amaze kwibagisha inshuro 100 kugira ngo abe mwiza ariko aracyari mubi

Abby Wu, umukobwa w’Umushinwa wari afite imyaka 14 gusa ubwo yajya kubagwa bwa mbere, agamije guhindura imiterere y’umubiri we kugira ngo ase neza kurushaho. Ubu ageze ku myaka 35, amaze kwibagisha inshuro zirenga 100, amafaranga yakoreshejwe akagera hafi ku gice cya miliyoni y’amadolari y’Abanyamerika. Mu gihe abandi bana b’igitsina gore b’iyo myaka baba batekereza ku […]

Trump Adokeza Habari Njema kwa Rwanda na Congo Kufuatia Mkataba Mpya wa Amani

Rais wa zamani wa Marekani, Donald Trump, ametangaza kwamba habari njema zinakaribia kuhusu Rwanda na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC), ishara kuwa amani huenda ikapatikana kati ya mataifa hayo mawili. Alitoa kauli hiyo siku ya Jumatatu tarehe 28 Aprili kwenye mkutano na wanahabari. Siku mbili kabla, Trump aliandika kwenye mtandao wake wa Truth Social […]

Trump Hints at Upcoming Good News for Rwanda and the DRC as Peace Agreement Sparks Hope

Former U.S. President Donald Trump has announced that positive developments concerning Rwanda and the Democratic Republic of Congo (DRC) are expected soon, hinting at a possible breakthrough for peace between the two nations. Trump made the remarks on Monday, April 28, during a media briefing. Two days earlier, Trump posted on his social platform Truth […]

Ubelgiji Waomba Museveni Kupatanisha na Rwanda

Waziri wa Mambo ya Nje wa Ubelgiji, Maxime Prevot, ambaye pia ni Naibu Waziri Mkuu, alitembelea Kampala Ijumaa iliyopita. Mbali na suala la usalama wa kanda, lengo lake kubwa lilikuwa kumwomba Rais Museveni kusaidia kuhuisha uhusiano wa kidiplomasia kati ya Ubelgiji na Rwanda. “Rais Museveni ni mpatanishi muhimu katika mazungumzo ya kidiplomasia,” alisema Prevot. Ingawa […]

Belgium Seeks Museveni’s Help to Mend Ties with Rwanda

Belgian Foreign Minister and Deputy Prime Minister Maxime Prevot visited Kampala last Friday. Besides discussing regional security, one of his key objectives was to ask President Museveni to mediate and help restore diplomatic relations between Belgium and Rwanda. “President Museveni is a valuable mediator in diplomatic discussions,” said Prevot. While Belgium still sees Rwanda as […]

La Belgique demande à Museveni d’intervenir entre Kigali et Bruxelles

Maxime Prevot, ministre belge des Affaires étrangères et vice-Premier ministre, était en visite à Kampala vendredi dernier. En plus de la question de la sécurité régionale, l’un des objectifs de sa mission était de solliciter l’aide du président Museveni pour rétablir le dialogue diplomatique entre le Rwanda et la Belgique. « Le président Museveni est un […]

Gén. Doumbouya ategerejwe i Kigali

Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Gén. Mamadi Doumbouya, ategerejwe i Kigali aho kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Gicurasi aza kugirira uruzinduko rw’akazi. Perezidansi ya Guinée yatangaje ko uruzinduko rwa Doumbouya i Kigali ruri mu rwego rw’ubucuti. Biteganyijwe ko nyuma yo kuva mu Rwanda Perezida wa Guinée agomba kwerekeza i Libreville muri Gabon, aho agomba […]

Makubaliano ya Amani? Rwanda na DRC Watia Saini Marekani Katikati ya Migogoro

Marekani imetangaza kuwa siku ya Ijumaa tarehe 25 Aprili, makubaliano yamesainiwa kati ya Rwanda na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo. Makubaliano haya yamesainiwa kati ya Waziri wa Mambo ya Nje wa Rwanda, Balozi Olivier Nduhungirehe, na mwenzake wa Kongo, Thérèse Wagner Kayikwamba. Wizara ya Mambo ya Nje ya Marekani ilitangaza kuwa mawaziri hao wawili watapokelewa […]

RDC-Rwanda : un accord diplomatique surprise signé aux États-Unis

Les États-Unis ont annoncé que ce vendredi 25 avril, un accord allait être signé entre le Rwanda et la République Démocratique du Congo. Il s’agit d’un accord signé entre le ministre des Affaires étrangères du Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, et son homologue congolaise, Thérèse Wagner Kayikwamba. Le département d’État américain a indiqué que les deux […]

Rwanda and DRC Seal Strategic Deal in the U.S. Amid Diplomatic Tensions

The United States announced that on Friday, April 25, an agreement would be signed between Rwanda and the Democratic Republic of Congo. This agreement will be signed between Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Amb. Olivier Nduhungirehe, and his Congolese counterpart, Thérèse Wagner Kayikwamba. The U.S. Department of State announced that both diplomats would be received […]