Kigali Yaonyesha Silaha za Kisasa Zinazotengenezwa Ndani ya Rwanda

Katika Mkutano wa Kimataifa wa Usalama wa Afrika (ISCA) uliofanyika Kigali, Rwanda ilizindua rasmi silaha za kisasa zinazotengenezwa ndani ya nchi na kampuni ya REMCO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation), ambayo imekuwa ikitengeneza vifaa vya kijeshi kwa Jeshi la Ulinzi la Rwanda (RDF). Silaha zilizozinduliwa ni pamoja na bastola ndogo na kubwa, bunduki za masnipa, […]
Kigali présente ses armes modernes ‘Made in Rwanda’ au sommet africain de la sécurité”

Lors de la Conférence Internationale sur la Sécurité en Afrique (ISCA), tenue à Kigali, le Rwanda a officiellement présenté des armes modernes fabriquées localement par REMCO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation), une entreprise spécialisée dans la production d’équipements militaires destinés aux Forces de Défense du Rwanda (RDF). Les armes exposées comprenaient des pistolets, des fusils […]
Rwanda Unveils Locally-Made Modern Weapons at Continental Security Forum

At the International Security Conference on Africa (ISCA) held in Kigali, Rwanda unveiled advanced modern weapons manufactured locally by REMCO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation), a company that has long produced military equipment for the Rwanda Defence Force (RDF). The showcased weapons include small and heavy firearms, sniper rifles, ground combat weapons, and anti-terrorism gear. […]
Kigali: Hamuritswe intwaro zikorerwa mu Rwanda

Mu nama Mpuzamahanga y’Umutekano muri Afurika (ISCA) yabereye i Kigali, hamuritswe ku mugaragaro intwaro zigezweho zikorerwa mu Rwanda n’uruganda REMCO (Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation), rumaze igihe rukora ibikoresho bya gisirikare bigenewe Ingabo z’u Rwanda (RDF). Izi ntwaro zamuritswe zirimo imbunda nto n’inini, izikoreshwa na ba mudahusha, izirwana ku butaka n’izikoreshwa mu guhashya iterabwoba. REMCO […]
Hafashwe umwanzuro ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports wahagaritswe n’imvururu

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), kuri uyu wa Mbere ryanzuye ko umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports wahagaritswe n’imvururu z’abafana ugomba gukomereza aho wari ugeze. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Bugesera FC yari yakiriye Rayon Sports, mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona wabareye i Nyamata. Wahagaze ku munota wa 57 […]
Rurageretse hagati ya Sam Karenzi na KNC

Mu gihe impaka zikomeje gushyuha mu ruhando rw’imikino nyarwanda, amagambo yatangajwe na Kakooza Nkuliza Charles (KNC), nyiri Radio & TV1, yakije umuriro hagati ye na Sam Karenzi, umunyamakuru wa SK FM. Mu kiganiro cyo kuri uyu wa Mbere, KNC yavuze ko abanyamakuru ba siporo mu Rwanda bagize uruhare mu byabaye ku mukino wa Rayon Sports […]
Polisi y’u Rwanda yasubije uwashakaga kugurira umupolisi agafanta

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi batemerewe guhabwa amafaranga cyangwa impano ziturutse ku baturage, nk’agashimwe ku mikorere yabo, ivuga ko ibyo bikorwa bitajyanye n’amategeko agenga serivisi rusange. Ibi byatangajwe nyuma y’aho umuturage abinyujije ku rubuga rwa X, yifuje kuzaha umupolisi amafaranga 30,000 yo kugura Fanta, nk’ishimwe ry’uko akora neza. Uyu muturage yagize ati: “Nkunda abapolisi, […]
Tanzania: Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Tundu Lissu, yitabye urukiko bwa mbere

Umuyobozi mukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yitabye urukiko ku nshuro ya mbere kuva yatabwa muri yombi ashinjwa ubuhemu mu kwezi gushize, abwira abamushyigikiye kutagira ubwoba. Yazamuye igipfunsi nk’ikimenyetso cyo gusuzugura ubutegetsi abwira abamushyigikiye ati: “Muzamera neza. Ntimugomba gutinya.” Mu gitondo, mu mujyi munini wa Tanzaniya, Dar es Salaam, umwuka mubi wari mwinshi, […]
Amagana y’abandi Banyarwanda bari barafashwe bugwate na FDLR batahutse

U Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Gicurasi, rwakiriye icyiciro cya kabiri cy’abaturage barwo umutwe wa FDLR wari warafatiye bugwate muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abanyarwanda 796 ni bo u Rwanda rwakiriye, nyuma y’abandi 360 rwakiriye mu kwezi gushize. Umwe uri mu batashye kuri uyu wa Mbere avuga ko yagiye ahohoterwa na […]
Rais Gnassingbé wa Togo aongoza mkutano muhimu kuhusu mgogoro wa DRC

Mwezeshaji wa Umoja wa Afrika, Faure Gnassingbé, ambaye pia ni Rais wa Jamhuri ya Togo, aliongoza mkutano muhimu Jumamosi tarehe 17 Mei mjini Lomé, pamoja na jopo la wapatanishi wa Umoja wa Afrika. Kwa mujibu wa taarifa kutoka Ikulu ya Togo, majadiliano yalilenga kuratibu kwa pamoja mchakato wa upatanishi wa Nairobi na ule wa Luanda. […]
Faure Gnassingbé organise un sommet crucial à Lomé sur la crise en RDC

Le médiateur de l’Union africaine, Faure Gnassingbé, également président de la République togolaise, a tenu une réunion importante le samedi 17 mai à Lomé avec le panel des médiateurs de l’Union africaine. Selon la présidence de la République du Togo, les discussions ont porté sur l’harmonisation des processus de médiation existants de Nairobi et de […]
Togo’s President Gnassingbé Hosts Landmark Mediation Summit on Congo Crisis

The African Union Mediator, Faure Gnassingbé, who is also the President of the Republic of Togo, held a significant meeting on Saturday, May 17, in Lomé, with the AU Panel of Mediators. According to the Presidency of the Republic of Togo, the discussions focused on harmonizing the existing mediation processes of the Nairobi and Luanda […]
Togo: Umuhuza Gnassingbe yagiranye inama ya mbere n’abahuza bagenzi be mu bibazo bya Congo

Umuhuza w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Faure Gnassingbé, akaba na Perezida wa Repubulika ya Togo, ku wa Gatandatu, itariki ya 17 Gicurasi, i Lomé, yagiranye ibiganiro n’akanama k’abahuza ba Afurika Yunze Ubumwe. Nk’uko byatangajwe na Perezidansi ya Repubulika ya Togo, ibiganiro byibanze ku guhuza ibiganiro bisanzwe bya Nairobi na Luanda. Abitabiriye inama bashimangiye ko ari […]
I Kigali hateraniye Inama Mpuzamahanga y’Umutekano kuri Afurika (ISCA 2025)

Kuva kuri uyu wa Mbere, itariki ya 19 kugeza ku ya 20 Gicurasi 2025, i Kigali harateranira Inama Mpuzamahanga y’Umutekano kuri Afurika (ISCA) izabamo ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru ku bijyanye n’umutekano ugenda uhinduka muri Afurika. Imiterere y’umutekano muri Afurika iragenda ihinduka mu gihe ari nako Isi igenda ihinduka vuba. Izi mpinduka nazo zerekana […]
Ibuka Yataka Uchunguzi wa Kina Kuhusu Mauaji ya Mmoja wa Walionusurika Mauaji ya Kimbari Nyamasheke

Shirika la Ibuka, linalotetea haki za walionusurika Mauaji ya Kimbari ya 1994 dhidi ya Watutsi, limetoa wito wa kufanyika kwa uchunguzi wa kina kuhusu mauaji ya Theresie Nyirangirinshuti, aliyenusurika mauaji hayo kutoka Sekta ya Shangi katika Wilaya ya Nyamasheke. Nyirangirinshuti aliuawa kikatili usiku wa tarehe 16 Mei 2025 na watu wasiojulikana. Katika taarifa yake, Ibuka […]
Ibuka exige une enquête approfondie sur le meurtre d’une survivante du génocide à Nyamasheke

L’organisation Ibuka, qui défend les droits des survivants du génocide des Tutsi de 1994, a demandé une enquête approfondie sur le meurtre de Theresie Nyirangirinshuti, une survivante du génocide originaire du secteur de Shangi, dans le district de Nyamasheke. Nyirangirinshuti a été brutalement tuée dans la nuit du 16 mai 2025 par des assaillants non […]
Ibuka Demands Thorough Investigation into Murder of Genocide Survivor in Nyamasheke

The Ibuka organization, which advocates for the rights of survivors of the 1994 Genocide against the Tutsi, has called for a comprehensive investigation into the murder of Theresie Nyirangirinshuti, a genocide survivor from the Shangi Sector in Nyamasheke District. Nyirangirinshuti was brutally killed on the night of May 16, 2025, by unknown assailants. In a […]
Nyamasheke: Ibuka irasaba iperereza ku iyicwa ry’uwarokotse Jenoside

Umuryango Ibuka uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside wasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse ku iyicwa ry’uwarokotse mu Karere ka Nyamasheke. Theresie Nyirangirinshuti ukomoka mu Murenge wa Shangi, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yishwe atemaguwe mu ijoro ryo ku itariki ya 16 rishyira ku ya 17 Gicurasi n’abagizi ba nabi batamenyekanye. Ibuka yagize iti: […]
Jeshi la DRC Lamlaumu Thomas Lubanga kwa Mashambulizi Mapya Ituri

Mapigano yalizuka asubuhi ya Jumapili, Mei 18, karibu na Nyamamba, mji ulioko ukingoni mwa Ziwa Albert, takribani kilomita 60 kutoka Bunia, katika jimbo la Ituri. Jeshi la Congo linasema limedhibiti hali, ingawa limekuwa likikabiliwa na mashambulizi ya mara kwa mara kwa siku nne mfululizo katika eneo hilo. Kwa mujibu wa Jeshi la Jamhuri ya Kidemokrasia […]
RDC : L’Armée Accuse Thomas Lubanga d’Orchestrer de Nouveaux Attaques en Ituri

Des affrontements ont éclaté le matin du dimanche 18 mai près de Nyamamba, une ville située sur les rives du lac Albert, à environ 60 kilomètres de Bunia, dans la province de l’Ituri. L’armée congolaise affirme avoir rétabli l’ordre, même si elle fait face à des attaques répétées dans cette zone depuis quatre jours. Selon […]
DRC Army Accuses Thomas Lubanga of Launching New Attacks in Ituri

Clashes broke out on the morning of Sunday, May 18, near Nyamamba, a town on the shores of Lake Albert, about 60 kilometers from Bunia in Ituri Province. The Congolese army says it has regained control, although it has faced repeated attacks in the region for the past four days. According to the Armed Forces […]
FARDC irashinja Thomas Lubanga gutangiza ibitero bishya muri Ituri

Imirwano yadutse mu gitondo cyo ku Cyumweru, itariki ya 18 Gicurasi, hafi ya Nyamamba, umujyi uri ku nkombe z’Ikiyaga cya Albert, nko mu birometero mirongo itandatu uvuye i Bunia, mu ntara ya Ituri. Igisirikare cya Congo kivuga ko cyongeye gusubiza ibintu mu buryo, ariko kikaba kimaze iminsi ine gihura n’ibitero bya hato na hato muri […]
Mlipuko wa Kujitoa Mhanga Waua Watu 10 Waliokuwa Wakiomba Kujiunga na Jeshi Mogadishu

Jumapili tarehe 18 Mei 2025, watu wasiopungua 10 waliuawa baada ya mshambuliaji wa kujitoa mhanga kulipua bomu kati ya kundi la vijana waliokuwa wakijisajili kujiunga na jeshi katika eneo la Damanyo, jijini Mogadishu, mji mkuu wa Somalia, kwa mujibu wa mashuhuda waliolieleza shirika la habari la Reuters. Shambulio hilo limehusishwa na kundi la kigaidi la […]
Attentat-suicide à Mogadiscio : 10 morts parmi des jeunes voulant rejoindre l’armée

Ce dimanche 18 mai 2025, au moins 10 personnes ont été tuées lorsqu’un kamikaze s’est fait exploser au milieu d’un groupe de jeunes qui s’inscrivaient pour intégrer l’armée, dans le quartier de Damanyo à Mogadiscio, la capitale de la Somalie, selon des témoins ayant parlé à l’agence Reuters. L’attentat a été revendiqué par le groupe […]
Mogadishu Suicide Bomber Kills 10 at Military Recruitment Center

On Sunday, May 18, 2025, at least 10 people were killed when a suicide bomber detonated explosives among a crowd of youths who were registering to join the military in the Damanyo district of Mogadishu, the capital of Somalia, according to eyewitnesses who spoke to Reuters. The attack has been claimed by the terrorist group […]
Mogadishu: Umwiyahuzi yahitanye abantu 10 mu bashakaga kwinjira igisirikare

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 18 Gicurasi 2025, byibuze abantu 10 bishwe nyuma y’uko umwiyahuzi wiziritseho igisasu ateye umurongo w’abasore bari bari kwiyandikisha bashaka kujya mu gisirikare ahitwa Damanyo mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu, nk’uko abatangabuhamya babitangarije Reuters, mu gitero cyitiriwe umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab. Bavuze ko ingimbi n’abangavu bari batonze umurongo ku […]
Eva Apio Avunja Kimya: Sijawahi Kuwa Mpenzi wa Asake

Mwanamitindo wa Uganda anayeishi London, Eva Apio, amekanusha uvumi kuwa yuko katika uhusiano wa kimapenzi na msanii maarufu kutoka Nigeria, Asake. Alijibu tetesi hizo kupitia Twitter baada ya mtumiaji mmoja kumuita “mpenzi wa Asake.” Eva alimjibu moja kwa moja: “Sijawahi kuwa mpenzi wake.” Kauli hiyo ya Eva imekuja baada ya watu wengi kuhoji kuhusu uhusiano […]
La mannequin ougandaise Eva Apio dément toute relation amoureuse avec Asake

La mannequin ougandaise résidant à Londres, Eva Apio, a démenti les rumeurs affirmant qu’elle serait en couple avec le chanteur nigérian Asake. Elle a réagi sur Twitter à un internaute qui l’a appelée « la copine d’Asake », en répondant clairement : « Je n’ai jamais été sa copine. » Cette réponse d’Eva intervient alors […]
Ugandan Model Eva Apio Shuts Down Dating Rumors with Nigerian Star Asake

Ugandan model based in London, Eva Apio, has denied rumors claiming she is in a romantic relationship with Nigerian singer Asake. She addressed the speculation in response to someone who referred to her on Twitter as “Asake’s girlfriend.” Eva replied bluntly: “I’ve never been his girlfriend.” Her statement comes amid widespread rumors and questions about […]
Umugandekazi yahakanye iby’urukundo rwe na Asake

Umunyamideli w’umunya-Uganda uba i Londres, Eva Apio, yahakanye amakuru yavugaga ko yaba ari mu rukundo n’umuhanzi w’umunya-Nijeriya, Asake. Ibi yabivuze asubiza umuntu wamwandikiye kuri Twitter amwita “umukunzi wa Asake”, maze amusubiza ati: “Sinigeze mba umukunzi we.” Aya magambo ya Eva aje nyuma y’uko hibazwa byinshi ku mubano we na Asake, cyane cyane kubera ko bagiye […]
Joe Biden Apatikana na Saratani Kali ya Tezi Dume: Matibabu Yapangwa Haraka

Aliyekuwa Rais wa Marekani, Joe Biden mwenye umri wa miaka 82, amegunduliwa kuwa na saratani ya tezi dume ambayo tayari imesambaa hadi kwenye mifupa, kulingana na taarifa kutoka ofisi yake iliyotolewa Jumapili tarehe 18 Mei 2025. Biden alikwenda hospitalini baada ya kupata dalili zinazohusiana na mfumo wa mkojo. Uchunguzi wa kitabibu ulibaini kuwa ana aina […]
Joe Biden atteint d’un cancer avancé de la prostate : la famille et les médecins organisent les soins

L’ancien président des États-Unis, Joe Biden, âgé de 82 ans, a été diagnostiqué avec un cancer de la prostate qui s’est déjà propagé aux os, selon un communiqué de son bureau publié le dimanche 18 mai 2025. L’ex-président s’était rendu chez le médecin à cause de symptômes urinaires. Après des examens, les médecins ont découvert […]
Joe Biden Diagnosed with Advanced Prostate Cancer: Family and Doctors Map Treatment Plan

Former U.S. President Joe Biden, aged 82, has been diagnosed with prostate cancer that has already spread to his bones, according to a statement released by his office on Sunday, May 18, 2025. The former president had visited a doctor due to urinary symptoms. Upon examination, doctors found he had an aggressive form of prostate […]
Joe Biden arwaye kanseri ya porositate

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden w’imyaka 82, yagaragayeho kanseri ya porositate imaze gukwira no mu magufa, nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bye ryabitangaje ku Cyumweru tariki ya 18 Gicurasi 2025. Uyu mugabo wahoze ayobora Amerika, yari yagiye kwa muganga kubera ibimenyetso bijyanye n’inkari. Yaje gusuzumwa, basanga afite kanseri ikaze […]
Afrika Kusini Kufanya Uchunguzi wa Kijeshi Kuhusu Vifo vya Wanajeshi Wake Waliofariki Mikononi mwa M23

Naibu Waziri wa Ulinzi wa Afrika Kusini, Bantu Holomisa, ametangaza kuwa nchi hiyo itaunda tume ya uchunguzi wa kijeshi ili kuchunguza vifo vya wanajeshi wa Afrika Kusini waliouawa katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC). Holomisa alitoa taarifa hiyo wiki iliyopita alipokuwa akihutubia wabunge. Afrika Kusini ni miongoni mwa nchi wanachama wa SADC zilizotuma wanajeshi […]
Afrique du Sud : Enquête militaire sur les soldats tués par les rebelles du M23 en RDC

Le vice-ministre de la Défense de l’Afrique du Sud, Bantu Holomisa, a annoncé que son pays allait mettre en place une commission d’enquête militaire pour examiner les circonstances dans lesquelles ses soldats ont été tués en République Démocratique du Congo (RDC). Holomisa a fait cette déclaration la semaine dernière devant le Parlement. L’Afrique du Sud […]
South Africa to Launch Military Probe into Soldiers Killed by M23 Rebels

South Africa’s Deputy Minister of Defence, Bantu Holomisa, has announced plans to establish a military investigation commission to look into the deaths of South African soldiers killed in the Democratic Republic of Congo (DRC). Holomisa made the announcement last week while addressing members of the Parliament. South Africa is part of the SADC coalition that […]
Iperereza rya gisirikare ku basirikare ba Afurika y’Epfo bishwe na M23

Minisitiri w’Ingabo wungirije wa Afurika y’Epfo, Bantu Holomisa, yatangaje ko iki gihugu giteganya gushyiraho Komisiyo ishinzwe iperereza rya gisirikare mu rwego rwo gukora iperereza ku basirikare bacyo baguye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Holomisa yabitangaje mu cyumweru gishize, ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Afurika y’Epfo iri mu bihugu bigize umuryango wa SADC […]
Maombi Yasitishwa kwa Muda: Eneo la Hija la Yesu wa Huruma Lafungwa kwa Sababu za Usalama

Bodi ya Utawala ya Rwanda (RGB) imetangaza kusitisha kwa muda maombi yaliyokuwa yakifanyika katika Sanctuary ya Yesu wa Huruma iliyopo katika Wilaya ya Ruhango, kutokana na wasiwasi kuhusu usalama wa waumini. Katika barua ya tarehe 17 Mei 2025 iliyotumwa kwa Askofu Balthazar Ntivuguruzwa wa Dayosisi ya Kabgayi, RGB ilieleza kuwa eneo hilo halitimizi vigezo vya […]
Rwanda : Suspension des prières au Sanctuaire de Jésus Miséricordieux pour raisons de sécurité

Le Rwanda Governance Board (RGB) a annoncé la suspension temporaire des prières organisées au Sanctuaire de Jésus Miséricordieux situé dans le district de Ruhango, en raison de préoccupations liées à la sécurité des fidèles. Dans une lettre datée du 17 mai 2025 et adressée à Mgr Balthazar Ntivuguruzwa, évêque du diocèse de Kabgayi, le RGB […]
Popular Pilgrimage Site Suspended: Prayers at Jesus of Mercy Sanctuary Halted Over Safety Concerns

The Rwanda Governance Board (RGB) has announced a temporary suspension of prayer gatherings held at the Jesus of Mercy Sanctuary located in Ruhango District, due to concerns over the safety of worshippers. In a letter dated May 17, 2025, addressed to Bishop Balthazar Ntivuguruzwa of the Diocese of Kabgayi, RGB explained that the site where […]
RGB yahagaritse amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko ruhagaritse by’agateganyo amasengesho yaberaga ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe iherereye mu Karere ka Ruhango, kubera impungenge zijyanye n’umutekano w’abahasengera. Mu ibaruwa yo ku wa 17 Gicurasi 2025, yandikiwe Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa wa Diyosezi ya Kabgayi, RGB yasobanuye ko ahaberaga ayo masengesho hatujuje ibisabwa mu bijyanye no kubungabunga ituze n’umutekano. […]