Kigali: Yarwanye n’uwamuteye inda rubura gica

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu murwa wa Kigali, haravugwa imirwano itunguranye hagati y’umugore n’umusore bivugwa ko yamuteye inda, bibera ahitwa Gatsata hafi y’ikiraro cya Nyabugogo. Uyu mugore wari uhetse umwana avuga ko amaze imyaka ibiri ashakisha uwo babyaranye umwana, ariko ntamuce iryera. Abatangabuhamya bavuga ko ubwo yahuraga n’uwo musore w’umunyonzi, yahise amufata […]
Fahari ya Rwanda: Luteni wa Pili Janet Uwamahoro Ahitimu kwa Heshima Kuu katika Chuo cha Walinzi wa Pwani Marekani

Katika sherehe ya 144 ya mahafali ya US Coast Guard Academy, kilichopo Connecticut, Luteni wa Pili Janet Uwamahoro kutoka Jeshi la Anga la Rwanda (RAF) amehitimu kwa heshima ya juu (Magna Cum Laude). Amesomea na kuhitimu kwa mafanikio makubwa katika Utafiti wa Uendeshaji na Uchambuzi wa Takwimu, akionyesha ubora wa kitaaluma na nidhamu ya hali […]
Fierté Nationale : La Sous-lieutenant Janet Uwamahoro du Rwanda diplômée avec distinction de l’Académie de la Garde-Côtière des États-Unis

Lors de la 144ᵉ cérémonie de remise des diplômes de l’US Coast Guard Academy, située dans le Connecticut, la Sous-lieutenant Janet Uwamahoro de l’Armée de l’Air du Rwanda (RAF) a obtenu son diplôme avec les félicitations du jury. Elle a décroché la mention Magna Cum Laude dans le programme Recherche Opérationnelle et Analyse de Données, […]
Soaring High: Rwanda’s 2nd Lt Janet Uwamahoro Graduates with Honors from US Coast Guard Academy

At the 144th Commencement Ceremony of the United States Coast Guard Academy, located in Connecticut, Rwanda’s Air Force officer, 2nd Lieutenant Janet Uwamahoro, proudly graduated with high honors. She earned the distinction of Magna Cum Laude in her degree program, Operations Research and Data Analytics, showcasing academic excellence and discipline. The ceremony was attended by […]
2 Lt Janet Uwamahoro wa Rwanda Air Force yasoje neza amasomo ye muri US Coast Guard Academy

Umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku nshuro ya 144 mu Ishuri ry’Ingabo za Amerika zirinda Inkombe (US Coast Guard Academy), riherereye i Connecticut, 2 Lt Janet Uwamahoro wo mu Ngabo zirwanira mu Kirere z’u Rwanda (RAF) witabiriwe n’Umunyamabanga w’Urwego rushinzwe Umutekano mu Gihugu. Yarangije n’amanota meza cyane (Magna Cum Laude) mu bijyanye n’ubushakashatsi mu gihe cy’ibikorwa […]
Minisitiri Mutamba wavuze ko azafunga Perezida Kagame mu mazi abira

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu bwasabye Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu kwambura ubudahangarwa Minisitiri wacyo w’Ubutabera, Constant Mutamba, kugira ngo akurikiranwe mu nkiko. Ni ubusabe bwatanzwe na Perezida w’Urukiko Rusesa Imanza, Firmin Mvonde. Minisitiri Constant Mutamba aregwa kunyereza abarirwa muri $ miliyoni 39 yagombaga kubaka gereza ya Kisangani mu […]
Rayon Sports inaniwe gukorera ‘Remontada’ i Bugesera

Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona amakipe yombi yari yasubukuye kuri uyu wa Gatatu. Umukino w’amakipe yombi yari wasubitswe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, nyuma y’imvururu zatejwe n’abafana ba Rayon nyuma yo kutishimira ibyemezo by’umusifuzi. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo umukino w’amakipe yombi […]
Urukiko rukuru rwa gisirikare muri Kongo rurasaba Sena gukuraho ubudahangarwa kuri Perezida Kabila

Joseph Kabila wabaye perezida wa Kongo imyaka 18,ubutegetsi bwa Felix Tchisekedi bukomeje kumushinja ibyaha byatuma mu rwego rwa politike ya Kongo hazamo igihuhusi. Mu rwego rwa Politike abanyapolitike bo mu gice kivuga igiswayiri bari kwigizwayo. Joseph Kabila usanzwe ari Senateri w’ubuzima bwe bwose, arashijwa ibyaha byibasiye inyoko muntu ndetse n’ibyaha by’intambara binyuze mu byo aregwa […]
Imbunda zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko

Mu nama mpuzamahanga y’umutekano, nibwo hamuritswe intwaro zikorerwa mu Rwanda maze zitungura abatari bacye.Intwaro zikorerwa mu Rwanda zikorwa n’ikigo cyitwa Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation (REMCO). Ni uruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda aho gisanzwe gikora ibikoresho by’ubuhinzi, by’ubwubatsi, ibyuma by’imodoka ndetse n’ibikoresho byo kwa muganga. Uruganda rwa REMCO rwinjiye mu gukora intwaro rufatanyije […]
Minisitiri yeguye nyuma yo gutangaza ko ataragura umuceri na rimwe mu buzima bwe

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto yeguye ku mirimo ye nyuma yo kuvugira mu ruhame ko atigeze na rimwe agura umuceri, mu gihe igihugu cye kiri guhangana n’ibura ryawo n’izamuka rikabije ry’ibiciro byawo. Mu ijambo yavuze ku cyumweru mu nama y’ishyaka, Bwana Eto yavuze ko “inkunga ahabwa n’abamushyigikiye yamuteye kudakenera kugura umuceri.” Aya magambo yakurikiwe […]
Kigali: Abadepitekazi mu bihugu bya Commonwealth/Afurika barakataje mu guharanira uburinganire

Abagize Inteko Ishinga Amategeko baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Commonwealth muri Afurika bateraniye mu Rwanda mu mahugurwa y’iminsi itatu yerekeye ubukangurambaga ku buringanire. Amahugurwa ni umwanya w’abanyamuryango wo gutekereza ku buryo bwo kuzamura uburinganire no kongerera ubushobozi abagore. Perezida w’ihuriro ry’Abagore bo mu Inteko Nshinga Amategeko muri Commonwealth (CWP) mu karere ka Afurika, Hon. […]
Loni igiye guha u Rwanda akabakaba Frw miliyari 1,500

U Rwanda n’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri bashyize umukono kuri gahunda y’uriya muryango igamije iterambere rirambye (UNSDCF). Ku ruhande rw’u Rwanda amasezerano yerekeye iriya gahunda yashyizweho umukono na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, mu gihe Loni yari ihagarariwe n’umuhuzabikorwa w’amashami yayo mu Rwanda, Ozonnia Ojielo. Muri iriya gahunda y’imyaka itanu biteganyijwe ko […]
Mambo Yameanza Kusonga: Marekani Yalenga Biashara, Sio Misaada, Afrika

Utawala wa Trump umetangaza mwelekeo mpya wa sera yake ya mambo ya nje barani Afrika: kuweka mkazo kwenye biashara, kutumia uwezo wa ushindani wa makampuni ya Marekani, na kuimarisha nafasi ya Marekani kiuchumi katika bara ambalo China inaendelea kujiimarisha. Mwelekeo huu mpya unatarajiwa kufungua fursa kubwa za biashara na kubadilisha vigezo vya kutathmini wanadiplomasia wa […]
Changement de Cap : Les États-Unis misent sur le commerce, pas l’aide, en Afrique

L’administration Trump annonce un nouveau cap de sa politique étrangère en Afrique : privilégier le commerce, exploiter la compétitivité des entreprises américaines et renforcer leur position économique sur un continent où la Chine s’implante de plus en plus. Ce tournant stratégique ouvre des opportunités majeures et changera les critères d’évaluation des diplomates américains en Afrique. […]
Tectonic Shifts: Behind the Curtain, U.S. Diplomacy in Africa Goes Full Business Mode

The Trump administration has announced a bold shift in its foreign policy approach in Africa: prioritize trade, leverage the competitive edge of American companies, and reinforce U.S. economic influence on a continent where China is deeply entrenching itself. This strategic pivot aims to create key opportunities for trade and reshape how U.S. diplomats are evaluated […]
Ibintu bitangiye kunyeganyega, imirimo myinshi irakorerwa inyuma y’amarido – USA

Ubuyobozi bwa Trump buravuga ko bwiyemeje umurongo mushya w’ububanyi n’amahanga muri Afurika: wo gukora ubucuruzi, gukoresha ubushobozi bwo gupiganwa bw’amasosiyete yo muri Amerika, no gushimangira umwanya wabo mu bukungu kuri uyu mugabane u Bushinwa bugenda burushaho gushingamo imizi. Uku guhindura icyerekezo bizatanga umwanya w’ingenzi mu bikorwa by’ubucuruzi. Ndetse ngo bizahindura ibigenderwaho mu gusuzuma abadipolomate b’Abanyamerika […]
Rais wa Tanzania Asemekana Amefariki kwa Uongo: Akaunti ya Polisi Yadukuliwa, Mtandao wa X Wafungwa

Serikali ya Tanzania imefunga kwa muda mtandao wa X baada ya akaunti rasmi ya Polisi (Tanpol) kudukuliwa na watu wasiojulikana waliotuma ujumbe wa uongo ukidai kuwa Rais Samia Suluhu Hassan amefariki — wakati yuko hai na mzima. Tukio hili lilitokea Mei 20, 2025, ambapo ujumbe huo wa uongo ulitolewa na kusambaa kwa kasi kupitia mitandao […]
Fausse Mort du Président en Tanzanie : Compte de la Police Piraté, X Suspendu

Le gouvernement tanzanien a temporairement bloqué l’accès à la plateforme X après que le compte officiel de la police (Tanpol) a été piraté par des individus non identifiés, qui y ont publié un faux message annonçant la mort de la présidente Samia Suluhu Hassan — alors qu’elle est bel et bien en vie. L’incident s’est […]
Tanzania President Falsely Reported Dead in Police Account Hack: X Temporarily Banned

The Tanzanian government has temporarily shut down access to the X platform after the official police account (Tanpol) was hacked by unknown individuals who posted a false message claiming President Samia Suluhu Hassan had died — although she is alive and well. This incident occurred on May 20, 2025, when the false message was published […]
SADC Yapinga Madai ya Kutelekeza Wanajeshi Wake DRC

Jumuiya ya Maendeleo ya Kusini mwa Afrika (SADC) imekanusha ripoti kutoka vyombo vya habari vya Afrika Kusini zinazodai kuwa imewatelekeza wanajeshi wake waliotumwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) chini ya Ujumbe wa SADC nchini DRC (SAMIDRC). Ripoti hizo zilidai kuwepo kwa matatizo kama vile ukosefu wa usafiri kwa wanajeshi wanaorejea kutoka Goma na kutojali […]
SADC dément les allégations de négligence envers ses troupes en RDC

La Communauté de développement de l’Afrique australe (SADC) a rejeté les informations provenant des médias sud-africains selon lesquelles elle aurait négligé ses troupes déployées en République démocratique du Congo (RDC) dans le cadre de la Mission de la SADC en RDC (SAMIDRC). Ces informations faisaient état de problèmes tels que l’absence de transport pour le […]
SADC Refutes Claims of Neglecting Troops in the DRC

The Southern African Development Community (SADC) has dismissed reports from South African media alleging that it neglected its troops deployed in the Democratic Republic of Congo (DRC) under the SADC Mission in the DRC (SAMIDRC). These reports claimed issues such as the lack of transportation for troops returning from Goma and an overall disregard for […]
SADC iramagana amakuru ava muri Afurika y’Epfo avuga ko yirengagije ingabo ziri muri DRC

Ibirego by’abasirikare “birengagijwe” birimo ikibazo cy’ibura ry’imodoka zo gucyura abasirikare boherejwe mu Butumwa bw’Umuryango w’Iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) byamaganwe n’uyu muryango wemeza ko “bidafite ishingiro kandi biyobya”. Mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwayo rwa interineti, ryanashyizwe ku mbuga nkoranyambaga z’Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) kuri uyu wa […]
Serikali ya Congo Yapokea Ripoti ya Uhalifu wa M23 Goma na Bukavu

Tarehe 20 Mei 2025, Tume ya Kitaifa ya Ufuatiliaji wa Utekelezaji wa Mkataba wa Addis Ababa nchini Ethiopia ilitoa ripoti ya kina inayoelezea uhalifu mkubwa uliotekelezwa dhidi ya raia wa Goma na Bukavu kati ya Januari na Aprili 2025, wakati wa uvamizi wa waasi wa AFC-M23. Ripoti hiyo, iliyozinduliwa katika Jumba la Makumbusho la Kitaifa […]
La RDC Reçoit un Rapport Détaillé sur les Atrocités du M23 à Goma et Bukavu

Le 20 mai 2025, la Commission nationale de suivi de la mise en œuvre de l’accord d’Addis-Abeba en Éthiopie a publié un rapport détaillant les crimes graves commis contre les civils à Goma et Bukavu entre janvier et avril 2025, lors de l’occupation par les rebelles de l’AFC-M23. Le rapport, dévoilé au Musée national de […]
Congo Government Receives Report Detailing M23 Atrocities in Goma and Bukavu”

On May 20, 2025, the National Commission for Monitoring the Implementation of the Addis Ababa Agreement in Ethiopia released a comprehensive report detailing serious crimes committed against civilians in Goma and Bukavu between January and April 2025, during the occupation by AFC-M23 rebels. The report, unveiled at the National Museum in Kinshasa, was presented by […]
Leta ya Congo yashyikirijwe inyandiko igaragaza ibyaha byakozwe na M23

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Gukurikirana Ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Addis-Abeba muri Ethiopia, yashyize ahagaragara Raporo ikubiyemo isesengura ry’ibyaha bikomeye byibasiye abaturage bo muri Goma na Bukavu hagati ya Mutarama na Mata 2025, ubwo ibyo bice byafatwaga n’inyeshyamba za AFC-M23. Umuhango wo kumurika iyo Raporo wabereye mu ngoro y’Igihugu y’Amateka (Musée National) i Kinshasa ejo kuwa […]
Kigali: Mchungaji Akabiliwa na Shutuma za Tabia Isiyofaa Wakati wa Simu za Video

Mchungaji Mbarushimana Akim, anayejulikana kwenye TikTok kama Pastor Akim, anakabiliwa na shutuma kutoka kwa wanawake watatu wanaomlaumu kwa tabia zisizofaa za kingono na mwenendo usiofaa. Mzozo huu ulijitokeza wakati wa kipindi cha moja kwa moja cha TikTok kilichoendeshwa na mshawishi Godfather, ambapo wanawake wakiwemo Gigi na Joanna walishiriki uzoefu wao. Maelezo ya Gigi: Gigi, mama […]
Kigali : Un pasteur accusé de comportements inappropriés lors d’appels vidéo

Le pasteur Mbarushimana Akim, connu sur TikTok sous le nom de Pastor Akim, fait l’objet d’une controverse après que trois femmes l’ont accusé de comportements sexuels inappropriés et de conduite déplacée. La controverse a éclaté lors d’une session en direct sur TikTok animée par l’influenceur Godfather, où des femmes, dont Gigi et Joanna, ont partagé […]
Kigali Pastor Faces Allegations of Inappropriate Conduct During Video Calls

Pastor Mbarushimana Akim, known on TikTok as Pastor Akim, is under scrutiny following allegations from three women accusing him of inappropriate sexual behavior and misconduct. The controversy emerged during a TikTok Live session hosted by influencer Godfather, where women including Gigi and Joanna shared their experiences. Gigi’s Account: Gigi, a single mother, recounted that after […]
Kigali: Umupasiteri aravugwaho kwikinishiriza imbere y’umugore bikamuviramo gutoha

Umupasiteri witwa Mbarushimana Akim, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok, yashyizwe mu majwi nyuma y’uko abagore batatu batandukanye bamushinje ibikorwa by’ubusambanyi n’imyitwarire idakwiye ku muntu wiyita umukozi w’Imana. Ibi byose byamenyekanye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubwo hatambukaga ikiganiro Live cyacishwaga kuri TikTok, kiyobowe na Godfather, cyari cyahuje Pastor Akim n’abagore bamushinja imyitwarire igayitse, […]
Wanyarwanda Wanaorejea Kutoka Congo Wampokea Waziri Murasira kwa Maswali na Matatizo Mengi

Wanyarwanda waliokuwa wakiishi katika misitu ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, ambapo walitekwa na kundi la kigaidi la FDLR lililohusika na mauaji ya kimbari dhidi ya Watutsi mwaka 1994, wanaendelea kurejea kwa wingi baada ya kundi la waasi la M23 kuwasaidia kurudi nyumbani—hasa wale waliokuwa katika maeneo yao ya udhibiti. Mnamo Jumamosi, tarehe 17 Mei […]
Retour au pays : Les Rwandais rapatriés de RDC exposent à Murasira leurs défis et espérances

Les Rwandais ayant vécu dans les forêts de la République Démocratique du Congo, pris en otage par le groupe terroriste FDLR responsable du génocide contre les Tutsi en 1994, rentrent en grand nombre après que le groupe M23 a facilité leur retour, notamment dans les zones sous son contrôle. Le samedi 17 mai 2025, un […]
Returning Rwandans from Congo Present Minister Murasira with a Plea for Help and Hope”

Rwandans who had been living in the forests of the Democratic Republic of Congo, held hostage by the FDLR terrorist group that committed the 1994 Genocide against the Tutsi in Rwanda, continue to return in large numbers after the M23 rebels facilitated their repatriation—especially those in areas under M23 control. On Saturday, May 17, 2025, […]
Abanyarwanda batahutse bava muri Congo bakirije Minisitiri Murasira uruhurirane rw’ibibazo bitabarika

Abanyarwanda babaga mu mashyamba ya Congo bari baragizwe ingwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’1994, bakomeje gutahuka ku bwinshi nyuma y’aho umutwe wa M23 uborohereje gutaha iwabo cyane cyane, abari bari mu bice igenzura. Abantu 360 bakiriwe kuwa gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025 bahise berekezwa mu nkambi […]
Umoja wa Ulaya Waondoa Vikwazo vya Kiuchumi Dhidi ya Syria ili Kusaidia Ujenzi wa Amani

Mnamo Jumanne, Mei 20, Mkuu wa Sera za Mambo ya Nje wa Umoja wa Ulaya, Kaja Kallas, alitangaza kuwa EU imeamua kuondoa vikwazo vya kiuchumi dhidi ya Syria. Kupitia ujumbe aliotuma kwenye mtandao wa X, Kallas alisema: “Leo, tumeamua kuondoa vikwazo vya kiuchumi vilivyowekwa kwa Syria.” Akaongeza: “Tunataka kuwasaidia wananchi wa Syria kujenga Syria mpya […]
L’UE lève les sanctions économiques contre la Syrie pour encourager la reconstruction pacifique

Ce mardi 20 mai, la cheffe de la diplomatie de l’Union européenne, Kaja Kallas, a annoncé que l’UE a pris la décision de lever les sanctions économiques imposées à la Syrie. Dans un message publié sur X, Kallas a déclaré : « Aujourd’hui, nous avons décidé de lever les sanctions économiques prises contre la Syrie. […]
EU Lifts Economic Sanctions on Syria to Support Peaceful Reconstruction

On Tuesday, May 20, the European Union’s High Representative for Foreign Affairs, Kaja Kallas, announced that the EU has decided to lift economic sanctions imposed on Syria. In a statement shared on X (formerly Twitter), Kallas wrote: “Today, we decided to lift the economic sanctions imposed on Syria.” She added: “We want to help the […]
EU yakuyeho ibihano by’ubukungu yari yarafatiye Syria

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Gicurasi, umuyobozi ushinzwe politiki z’ububanyi n’amahanga w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas, yatangaje ko bafashe icyemezo cyo gukuraho ibihano by’ubukungu byafatiwe Syria. Mu nyandiko Kallas yatambukije kuri X yagize ati: “Uyu munsi, twafashe icyemezo cyo gukuraho ibihano by’ubukungu byafatiwe Syria.” Yakomeje agira ati: “Turashaka gufasha abaturage ba Syria kubaka […]
Lamine Yamal Kurithi Jezi ya Messi – Nyota Chipukizi wa Barcelona Apewa Heshima Kubwa

Mchezaji kinda wa Uhispania, Lamine Yamal, anaripotiwa kuwa karibu kupewa nambari ya jezi ya hadhi ya Lionel Messi katika klabu ya FC Barcelona, baada ya kufikia makubaliano ya mkataba mpya wa muda mrefu. Kwa mujibu wa tovuti ya Memorabilia1899.co, Yamal mwenye umri wa miaka 17 anatarajiwa kusaini mkataba mpya mwezi Julai, atakapofikisha miaka 18. Mkataba […]
Lamine Yamal, le prodige de Barcelone, sur le point d’hériter du célèbre numéro de Messi

Le jeune talent espagnol Lamine Yamal est pressenti pour recevoir le mythique numéro de Lionel Messi au FC Barcelone, après avoir signé un nouveau contrat de longue durée avec le club catalan. Selon le site Memorabilia1899.co, Yamal, âgé de 17 ans, signera ce nouveau contrat en juillet, à l’occasion de ses 18 ans. Ce contrat […]
Barcelona’s Young Star Lamine Yamal to Inherit Messi’s Legendary Jersey Number

Spanish wonderkid Lamine Yamal is reportedly set to receive Lionel Messi’s iconic jersey number at FC Barcelona, following a long-term contract extension with the club. According to Memorabilia1899.co, Yamal, who is currently 17 years old, will sign a new long-term deal in July, when he turns 18. The new contract will include a release clause […]
Lamine Yamal agiye guhabwa nimero ya Messi

Umukinnyi ukiri muto w’Umunyasipanye, Lamine Yamal, aravugwaho kuzahabwa nimero y’icyamamare Lionel Messi muri FC Barcelona, nyuma yo kugirana amasezerano mashya y’igihe kirekire n’iyi kipe. Amakuru atangazwa n’urubuga Memorabilia1899.co aravuga ko Yamal, ufite imyaka 17, azashyira umukono ku masezerano mashya azamara igihe kirekire muri Nyakanga ubwo azaba yujuje imyaka 18. Ayo masezerano azaba arimo ingingo yo […]
Rwanda Yaweza Kuingiza Bidhaa kwa Miezi 4.7 Bila Kukopa – BNR Yapanga Kuhifadhi Dhahabu

Benki Kuu ya Rwanda (BNR) imetangaza kuwa nchi ina akiba ya kutosha ya dola za Marekani ambayo inaweza kutumika kuagiza bidhaa zote zinazohitajika kwa kipindi cha miezi 4.7, bila kuhitaji fedha za ziada kutoka nje. Aidha, Rwanda ipo mbioni kuanza kuwekeza kwenye dhahabu kama sehemu ya akiba ya taifa. BNR imesema kuwa Rwanda inaanza kuwekeza […]
Le Rwanda peut financer près de 5 mois d’importations sans emprunter – La BNR se tourne vers l’or pour renforcer ses réserves

La Banque Nationale du Rwanda (BNR) a déclaré que le pays détient actuellement suffisamment de réserves en dollars américains pour couvrir tous ses besoins d’importation pendant 4,7 mois, sans avoir besoin de recourir à d’autres devises étrangères. Parallèlement, le Rwanda s’apprête à constituer des réserves d’or. La BNR indique que le Rwanda va commencer à […]
Rwanda Can Cover Nearly 5 Months of Imports Without Borrowing – BNR Plans to Add Gold to Reserves

The National Bank of Rwanda (BNR) has announced that the country currently holds enough U.S. dollar reserves to finance all its import needs for up to 4.7 months without requiring any additional foreign exchange. At the same time, Rwanda is preparing to begin accumulating gold reserves. BNR revealed that Rwanda will start investing in gold […]
U Rwanda rufite amadolari yarufasha kugura ibyo rwifuza mu mezi 4.7 nta yandi rukeneye – BNR

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) ivuga ko ifite ubwizigame bw’amadovise (Amadorali ya Amerika) ahagije yafasha igihugu kugura ibyo cyifuza byose mu gihe cy’amezi 4,7, ariko igihugu kikaba kigiye gutangira no kuzigama zahabu. BNR ivuga ko u Rwanda rugiye gutangira gushora imari mu kugura zahabu zizifashishwa nk’ubwizigame bw’igihugu nka Amadovize, nkuko byari bisanzwe bikorwa mu madorali ya […]
Mapigano Makali Yarejea Minembwe: Wananchi Wakimbia kwa Wingi Kufuatia Vita

Jumanne tarehe 20 Mei, mapigano makubwa yalizuka katika eneo la Rugezi, kusini-magharibi mwa mkoa wa Minembwe, Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC). Mapigano hayo makali yaliwakutanisha jeshi la serikali ya DRC dhidi ya kundi la Twirwaneho likishirikiana na waasi wa M23. Mapigano yalianza saa kumi na mbili alfajiri (6:00 asubuhi), katika maeneo ya zamani ya […]
Minembwe en Flammes : Les Combats Redoublent et la Population Fuit en Masse

Ce mardi 20 mai, des combats violents ont éclaté dans la région de Rugezi, située au sud-ouest de la commune de Minembwe, en République Démocratique du Congo (RDC). Les affrontements intenses ont opposé une coalition des forces armées de la RDC et les milices de Twirwaneho, alliées au groupe rebelle M23. Les combats ont commencé […]
Heavy Clashes in Minembwe: Civilians Flee Massively as Fighting Escalates

On Tuesday, May 20, intense fighting broke out in the Rugezi area, located in the southwestern part of Minembwe commune, in the Democratic Republic of the Congo (DRC). The heavy and violent clashes involved a coalition of DRC government forces and the Twirwaneho militia, allied with the M23 rebel group. The hostilities began around 6:00 […]
Mu Minembwe abaturage bakomeje guhunga ku bwinshi kubera imirwano

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Gicurasi, rwabyutse rwambikanye mu gice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imirano yari ikaze cyane kandi iremereye aho yari ihanganishije ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23. Iyo mirwano […]
Mitandao ya Kijamii Yavamiwa Tanzania: Uvumi wa Kifo cha Rais Samia Wasambazwa
Mitandao mbalimbali ya kijamii inayomilikiwa na serikali ya Tanzania ilivamiwa na wahalifu wa mtandao siku ya Jumatatu, Mei 20, na kutumika kusambaza taarifa za uongo kwamba Rais Samia Suluhu Hassan amefariki dunia. Ujumbe huo wa uongo uliwekwa kwenye majukwaa kama vile akaunti ya X (zamani Twitter) ya Jeshi la Polisi la Tanzania, kituo cha YouTube […]
Pirates Informatiques Visent la Tanzanie : Fausse Mort de la Présidente Samia Annoncée sur les Réseaux
Des comptes officiels de réseaux sociaux du gouvernement tanzanien ont été piratés ce lundi 20 mai, diffusant de fausses informations annonçant la mort de la Présidente Samia Suluhu Hassan. Ces messages mensongers sont apparus sur des plateformes comme le compte X (anciennement Twitter) de la Police tanzanienne, la chaîne YouTube officielle du parti au pouvoir […]
Tanzania Social Media Hacked: False Reports of President Samia’s Death Spread Online
Various Tanzanian government social media accounts were hacked on Monday, May 20, and used to spread false information claiming that President Samia Suluhu Hassan had died. The misinformation was posted on platforms such as the X account (formerly Twitter) of the Tanzania Police Force, the official YouTube channel of the ruling Chama Cha Mapinduzi (CCM) […]
Imbuga zirimo Twitter ya Polisi ya Tanzania zabitse Perezida Samia Suluhu
Imbuga nkoranyambaga zitandukanye za Leta ya Tanzania ku wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi zagabweho ibitero by’ikoranabuhanga, zitambutswaho ubutumwa burimo ububika Perezida Samia Suluhu Hassan. Ubu butumwa bwatambukijwe ku mbuga zirimo urwa X rwahoze rwitwa Twitter rukoreshwa na Polisi ya Tanzania, umuyoboro wa YouTube w’ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) riri ku butegetsi ndetse no ku […]