Jose Chameleone kusherehekea ushindi wa mataji matatu na APR FC!

Msanii maarufu wa Afrika Mashariki, Jose Chameleone kutoka Uganda, anatarajiwa kuongoza sherehe kubwa ya kuadhimisha ushindi wa mataji matatu yaliyotwaliwa na APR FC katika msimu huu wa michezo. Tukio hili litafanyika siku ya Jumatano, tarehe 28 Mei 2025, katika Uwanja wa Amahoro huko Remera, baada ya mechi ya mwisho ya Ligi Kuu ambapo APR FC […]
Jose Chameleone va célébrer le triplé d’APR FC en musique !

La star musicale d’Afrique de l’Est, Jose Chameleone, originaire d’Ouganda, est attendue lors d’une grande cérémonie pour célébrer les trois titres remportés par l’APR FC au cours de cette saison sportive. Cet événement se tiendra le mercredi 28 mai 2025 au Stade Amahoro à Remera, après le match de clôture du championnat national de première […]
Jose Chameleone to Celebrate Triple Victory with APR FC!

East African music star Jose Chameleone from Uganda is set to headline a grand celebration honoring APR FC’s three championship titles won this football season. The event will take place on Wednesday, May 28, 2025, at Amahoro Stadium in Remera, following the final match of the Premier League season where APR FC will face Musanze […]
Jose Chameleone azaterurana igikombe na APR FC

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone ukomoka muri Uganda, ategerejwe mu birori bikomeye byo kwizihiza ibikombe bitatu APR FC yegukanye muri uyu mwaka w’imikino. Iki gikorwa giteganyijwe ku wa Gatatu, tariki ya 28 Gicurasi 2025 kuri Stade Amahoro i Remera, kizakurikirana n’umukino wa nyuma wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, aho APR FC […]
Epuka Vyakula Hivi Kama Hutaki Kuwa Dhaifu Kitandani

Watafiti wa afya wamegundua kuwa kuna vyakula na vinywaji fulani vinavyoweza kudhoofisha mwili wakati wa tendo la ndoa, hasa kwa kusababisha unene kupita kiasi, kupunguza nguvu, na kuharibu homoni zinazohusika na hamu ya ngono. Hii husababisha wanaume na wanawake wengi kukosa nguvu au kupoteza hamu ya kushiriki tendo. Haya ndiyo unapaswa kuzingatia au kuepuka kwenye […]
Évitez ces aliments si vous ne voulez pas faiblir au lit

Des chercheurs en santé ont découvert que certains aliments et boissons peuvent affaiblir le corps lors des rapports sexuels, en particulier à cause de la prise de poids excessive, de la baisse d’énergie et du dérèglement hormonal lié au désir sexuel. Cela conduit de nombreux hommes et femmes à souffrir de fatigue ou de manque […]
Avoid These Foods If You Don’t Want to Be a Bedroom Weakling

Health researchers have found that certain foods and drinks can weaken the body during sexual activity, mainly by causing excessive weight gain, reducing energy, and disrupting hormones responsible for sexual desire. This leads many men and women to suffer from fatigue or lack of libido. Here are the foods you should avoid or be cautious […]
Reka ibi biribwa niba udashaka kuba icyigwari mu gutera akabariro

Abashakashatsi mu by’ubuzima basanga hari ibiribwa n’ibinyobwa bishobora kugira uruhare mu kunaniza umubiri igihe cy’imibonano mpuzabitsina, cyane cyane binyuze mu gutera umubyibuho ukabije, kugabanya imbaraga, no guhungabanya imisemburo ishinzwe ubushake bw’igitsina. Ibi bituma bamwe mu bagabo n’abagore bibasirwa n’ikibazo cyo gucika intege vuba cyangwa kubura ubushake. Dore ibyo wagombye kwitondera cyangwa kwirinda mu ifunguro ryawe […]
Jenerali Muhoozi Amuomba Msamaha Gen. Saleh: ‘Sitajata Tena Ujerumani!’

Kamanda Mkuu wa Jeshi la Uganda, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, ameomba msamaha kwa mjomba wake, Jenerali Salim Saleh, na kuahidi kwamba hatataja tena jina la Ujerumani mdomoni mwake. Tangu mwishoni mwa wiki iliyopita, mvutano umeongezeka kati ya Uganda na Ujerumani baada ya jeshi la Uganda kumshutumu Balozi wa Ujerumani kwa kuunga mkono makundi yanayojitokeza kwa nia […]
Le Général Muhoozi s’excuse auprès du Général Salim Saleh : “Je ne reparlerai plus jamais de l’Allemagne !”

Le Chef d’État-Major des Forces de Défense de l’Ouganda, le Général Muhoozi Kainerugaba, a présenté ses excuses à son oncle, le Général Salim Saleh, promettant de ne plus jamais mentionner l’Allemagne. Depuis le week-end dernier, les tensions sont croissantes entre l’Ouganda et l’Allemagne après que l’armée ougandaise a accusé l’ambassadeur d’Allemagne de soutenir des groupes […]
Gen. Muhoozi Apologizes to Gen. Salim Saleh: ‘I Won’t Mention Germany Again!’

The Chief of Defence Forces of Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, has apologized to his uncle, Gen. Salim Saleh, promising to refrain from ever mentioning Germany again. Tensions between Uganda and Germany have been rising since last weekend, after Uganda’s army accused the German Ambassador of supporting emerging rebel groups aimed at toppling President Yoweri Kaguta […]
Gen. Muhoozi yasabye imbabazi Gen. Salim Saleh

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi se wabo Gen. Salim Saleh amusezeranya ko agiye kwirinda kongera kuvuga u Budage mu kanwa ke. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Uganda n’u Budage, nyuma y’uko Igisirikare cy’iki gihugu cyo mu majyaruguru y’u Rwanda gishinje Ambasaderi w’u Budage gushyigikira […]
Nyanza: Yataburuye imbunda ari guhinga

Mu Karere ka Nyanza, abaturage bo mu Murenge wa Rwabicuma batangaje impungenge nyuma y’uko hatowe imbunda ishaje mu murima utahingwagamo imyaka myinshi. Iyo mbunda yagaragaye kuwa 25 Gicurasi 2025, mu Mudugudu wa Karambo B, Akagari ka Gishike, ubwo umugabo umwe yarimo ahinga mu murima w’umukecuru w’imyaka 70, umaze igihe udakoreshwa. Abaturage bavuga ko iyo mbunda […]
Trump yavuze impamvu yabujije Kaminuza ya Havard kongera kwakira abanyamahanga

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, biherutse kwaka kaminuza ya Havard uburenganzira bwo kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga inhbwa igihe ntarengwa cy’amasaha 72 yo kuba yamaze gutanga amakuru yose ajyanye n’abanyeshuri b’abanyamahanga ifite nk’uko byasohotse mu itangazo rya Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, ku wa 22 Gicurasi 2025. Mu gihe byavugwaga ko […]
AFC/M23 yataye muri yombi intasi ya Tshisekedi na Ndayishimiye batumye kwivugana bamwe mu bayobozi

Hari amakuru avuga ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, ryataye muri yombi umwe mubasirikari b’intasi yari yaroherejwe na Perezida Felix Tshisekedi wa Congo na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ngo yivugane bmwe mu bayobozi bo muri iryo ihuriro. Ni amakuru yashyizwe hanze n’umwe mubagize iri huriro rya […]
FDA yahagaritse inzoga yitwa “Ubutwege”

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo ikorwa n’icuruzwa ry’inzoga yitwa Ubutwege, nyuma yo gusanga itujuje ibisabwa n’amabwiriza agenga inzoga zituruka ku bimera. Mu itangazo yashyize hanze, Rwanda FDA yavuze ko Ubutwege, ikorwa n’uruganda INEZA Ayurvedic Ltd ruherereye mu Karere ka Musanze, yarenze ku bipimo by’ubuziranenge biteganywa n’amabwiriza ya […]
Robot yirukanywe mu kigo cy’ikoranabuhanga muri Amerika kubera gutangaza ibihuha ku bakozi bagenzi bayo

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya OpenMind Technologies, gifite icyicaro muri Leta ya California muri USA, cyirukanye robot y’ubwenge bw’ubukorano (AI) nyuma yo kuyigiraho amakenga ashingiye ku myitwarire idasanzwe mu kazi. Iyi robot yashinjwaga gutangaza ibihuha n’amakuru y’ibanga yerekeye abakozi bagenzi bayo. Ibi byabaye ku wa 22 Gicurasi 2025, ubwo ubuyobozi bwa OpenMind Technologies bwatangazaga ko “imikorere ya […]
Abadepite 11 b’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi bategerejwe i Kinshasa

Itsinda ry’abadepite cumi n’umwe bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ritegerejwe i Kinshasa kuva ku itariki ya 28 kugeza ku ya 30 Gicurasi mu uruzinduko rw’akazi ngo rugamije kugaragaza ko bashyigikiye iyubahirizwa ry’ubusugire bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Uru ruzinduko rw’akazi bivugwa ko ruri mu rwego rwo kugaragaza ko bashyigikiye kandi bifuza […]
Ntiyorohewe nyuma yo gukina urwenya yigize nka Perezida wa Tanzaniya

Umunyarwenya w’Umunyakenya, Eric Omondi yongeye kubyutsa impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gukora videwo isekeje isubiramo imvugo n’imyitwarire ya Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan. Uru rwenya rwashyizwe kuri Instagram na TikTok y’uyu munyarwenya maze isiga ibitekerezo bitandukanye mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Muri iyo videwo, Eric Omondi agaragara yambaye igitenge cy’amabara n’agatambaro ku mutwe, […]
Kurejea kwa Kabila: Kinshasa Yashikilia Pumzi Kati ya Mvurugiko wa Kisiasa

Rais wa zamani wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC), Joseph Kabila, amevunja ukimya wa miaka sita kwa kutoa hotuba iliyotikisa uwanja wa kisiasa wa Kinshasa. Anayejulikana kwa utulivu wake, kurejea kwa Kabila kunakuja wakati ambapo DRC inakabiliwa na changamoto kubwa, ikiwa ni pamoja na migogoro inayoendelea na hali ya kisiasa isiyo imara. Kabila, aliyeongoza […]
Le Retour de Kabila : Kinshasa Retient Son Souffle Face à la Tourmente Politique

L’ancien président congolais Joseph Kabila a rompu un silence de six ans en prononçant un discours qui a secoué le paysage politique de Kinshasa. Connu pour sa discrétion, Kabila refait surface alors que la République démocratique du Congo (RDC) est confrontée à des défis majeurs, notamment des conflits persistants et une instabilité politique. Kabila, qui […]
Kabila’s Comeback: Kinshasa Holds Its Breath Amid Political Turmoil

Former Congolese President Joseph Kabila has broken his six-year silence, delivering a speech that has sent ripples through Kinshasa’s political landscape. Known for his reserved demeanor, Kabila’s reemergence comes at a time when the Democratic Republic of Congo (DRC) faces significant challenges, including ongoing conflicts and political instability. Kabila, who led the DRC for 18 […]
Nyuma y’ijambo rya Joseph Kabila Kabange, Kinshasa iri mu gacerere harakurikiraho iki?

Joseph Kabila wayoboye Kongo n’umenyekongo utangaje, yari amaze imyaka 6 yaranze kugira icyo avuga kuri politike ya Kongo. Ni umuntu ucecetse cyane ku buryo agusha Kinshasa mu makosa y’ubuhubutsi, afite ubunararibonye bw’uko yayoboye DRC imyaka 18, igihugu cyirwanirwa n’ibihugu by’ibihangange kubera umutungo kamere. Yashoboye kwivana mu bibazo by’ingutu mu ntambara ya kabiri ya Kongo yahuje […]
Perezida Macron yakubiswe urushyi n’umugore we

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yakubiswe urushyi na Madamu we Brigitte ubwo aba bombi barimo batongana. Macron yahuriye na ririya sanganya muri Vietnam, aho we na madamu we batangiriye uruzinduko bari kugirira mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’umugabane wa Aziya. Amashusho ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga yerekana Perezida w’u Bufaransa akubitwa urushyi na Madamu we, ubwo […]
Ibizamini bya Leta bizatangira mu mpera z’ukwezi gutaha

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyasohoye ingengabihe y’ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2024-2025, biteganijwe hagati ya Kamena na Nyakanga. Nk’uko NESA ibitangaza, ibizamini bisoza amashuri abanza bizakorwa kuva ku itariki ya 30 Kamena kugeza ku ya 3 Nyakanga. Ibizamini bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye biteganijwe kuva ku itariki ya 9 Nyakanga […]
Impuruza ya M23 kuri Jenoside ingabo zirimo iz’u Burundi ziri gukorera Abanyamulenge

Umutwe wa M23 watanze impuruza kuri Jenoside uvuga ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo riri gukorera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Uyu mutwe mu itangazo waraye yasohoye, wavuze ko bariya baturage bari “gukorerwa Jenoside n’ihuriro rigizwe na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi ku manwa y’ihangu.” Umuvugizi wa M23, Lawrence […]
Samuel Gueulette ntiyitabiriye umwiherero w’Amavubi

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Samuel Gueulette usanzwe ukinira RAAL La Louvière yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, ntiyitabiriye umwiherero w’ikipe y’igihugu utegura imikino ya gicuti izaba muri Kamena uyu mwaka. Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati, yagize ikibazo cy’imvune ubwo ikipe ye yatsindaga Lommel ibitego 2-1, mu mukino wa nyuma wa shampiyona y’icyiciro cya […]
Joseph Kabila yasesekaye i Goma

Amakuru ava muri RDC aravuga ko uwahoze ari Perezida Joseph Kabila yageze i Goma kuri uyu wa Mbere, itariki ya 26 Gicurasi 2025. M23, igenzura igice cy’aka karere, imusobanurira ko ari “umusirikare w’abaturage” n’umuntu “wubahwa kandi wubaha”. Nta mashusho arajya ahagaragara amugaragaza ari muri uyu Mujyi, gusa mu itangazo rye, Corneille Nangaa, Umuhuzabikorwa wa AFC-M23, […]
Clapton Kibonke arashinjwa ubujura

Mu gihe uruganda rwa sinema nyarwanda rukomeje gutera imbere, intonganya zirakomeje hagati y’abakinnyi n’abatunganya filime. Bizimana Pamella uzwi cyane ku izina rya Innocente yashinje abahanzi b’amafilime Clapton Kibonge na AB Godwin kuba baramutwariye umushinga wa filime yari yaratangiye gukorana na Godwin, nyuma bakawukora nk’uwabo. Mu kiganiro cyabereye ku rubuga rwa X, Innocente yavuze ko ubwo […]
M23 yibasiye ibirindiro bya FDLR na Wazalendo muri Tongo

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza ngo abaturage ba Kahunga, Gurupoma ya Tongo, muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) bakanguwe n’urusaku rw’intwaro mu gitondo cyo ku Cyumweru, itariki ya 25 Gicurasi. Urwo urusaku rw’imbunda ziremereye zarashishwaga na M23 rwumvikanaga kuva Kirima ibisasu byerekeza mu midugudu ya Kirumba na Kagando rwumvikanye kugeza nyuma ya saa […]
M23 yasubije uwavuze ko kuva Goma yafatwa na yo ibintu byazambye kurushaho

Umutwe wa M23 watangaje ko wamagana wivuye inyuma icyo wise amakuru y’ibihuha ari gutangazwa na Leta ya RDC n’inshuti zayo, avuga ko kuva wafata Goma muri Mutarama uyu mwaka, umutekano muri uriya mujyi warushijeho kuzamba. Uyu mutwe wasubizaga Umujyanama Mukuru w’ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri RDC (MONUSCO) ushinzwe kurinda abasivile, Williams Teohna. Uyu […]
Gen. Nyakarundi yasabye abasirikare ba RDF bagiye kujya muri Mozambique kuzarenza ku byo bagenzi babo bakoze

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, baganirije inzego z’umutekano z’u Rwanda, zitegura kujya mu butumwa bw’ amahoro muri Mozambique. Kuri iki cyumweru tariki 25 Gicurasi 2025 nibwo aba bayobozi bakuru bo mu nzego z’umutekano basuye abasirikari n’abapolisi bari […]
Kabila twari tubizi ko ari Umunyarwanda: Umuyobozi w’ishyaka rya Tshisekedi

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka UDPS riri ku butegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Kabuya, yibasiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu kugeza agaragaje ko atari umunye-Congo. Kabuya yasubizaga Kabila, ku ijambo uriya wayoboye RDC imyaka 18 aheruka kugeza ku banye-Congo. Kabila mu ijambo rye yagaragaje ko imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Perezida Félix […]
Gufata bugwate Abanyarwanda: Nduhungirehe yasubije Kinshasa yakingiye FDLR ikibaba

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Amb. Olivier Nduhungurehe, yavuze ko bitangaje kubona guverinoma ya Kinshasa yihutira guhakana ko Abanyarwanda bari gutaha batari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, mu gihe mbere y’uko batahuka byasabye ko aho bari bacumbitse hafatwa n’umutwe wa M23. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yasubizaga Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri RDC iheruka gutangaza ko bariya […]
Intare ebyiri zizerera hafi ya Lubumbashi zateje icyoba

Umujyi wa Lubumbashi watangaje ko intare ebyiri zatorotse ifamu y’ubukerarugendo bw’ibidukikije yitwa Benjin Agri, iherereye nko mu birometero mirongo itanu uvuye mu mujyi ku muhanda ujya Kasenga, muri Teritwari ya Kipushi. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatandatu, itariki ya 24 Gicurasi, Umuyobozi w’agateganyo wa Lubumbashi, Patrick Kafwimbi, yasabye abaturage kuba maso kandi […]