Reka ibi bintu 5 nyuma yo gutera akabariro

Mu rukundo rw’abashakanye, igikorwa cy’ubusabane (akabariro) ni ingenzi kuko gituma urukundo ruramba, ubwumvikane bukiyongera. Ariko hari ibikorwa bimwe na bimwe bishobora kwangiza ibi bihe byiza, cyane iyo bikozwe ako kanya nyuma yo gutera akabariro. Dore ibintu 5 by’ingenzi ukwiye kwirinda: 1. Guhita wambara Guhita wambara ukirangiza bishobora gutuma uwo mwashakanye yumva wikunze kurusha uko wamwitayeho. […]

Goma: Hatangiye “inama nyunguranabitekerezo” zatangijwe na Joseph Kabila

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 28 Gicurasi 2025, uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila, yatangaje “inama n’abaturage”, i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagamijwe gukusanya impungenge n’ibyifuzo by’imiryango inyuranye mu gihugu mu guhangana n’ibibazo by’umutekano biriho mu burasirazuba bwa DRC. Izi nama zirakurikira gutangaza gahunda ye y’ibikorwa yarangije gutunganya na bagenzi be […]

Abagore 3 bashatse gufatira Jacky ku ngufu mu bwiherero

Usanase Shalon uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Jacky yatangaje ko yigeze guhura n’akaga ubwo abagore batatu bashakaga kumufata ku ngufu mu bwiherero bw’akabari bari basohokeyemo. Ibi yabitangaje mu kiganiro Popcorn Podcast gica kuri YouTube, aho yagarukaga ku buzima bwe bwite, imyitwarire yo ku mbuga nkoranyambaga, n’ibibazo yagiye ahura na byo mu buzima busanzwe. Jacky […]

Perezida Ruto yasabye imbabazi Tanzania

Perezida William Ruto wa Kenya yasabye imbabazi Tanzania, nyuma y’iminsi hatutumba umwuka mubi hagati ya kiriya gihugu n’icye. Ruto yasabiye imbabazi mu masengesho yo gusabira igihugu cye azwi nka National Prayer Breakfast. Ni imbabazi yanasabye Uganda. Yagize ati: “Ku baturanyi bacu ba Tanzania, niba twarabakoshereje mu buryo ubwo ari bwo bwose, turasaba imbabazi. Kuri bagenzi […]

Perezida Kagame yasabye Tokayev kuzasura u Rwanda 

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gicurasi, yahaye ubutumire mugenzi we wa Kazakhstan, Kassym-Jomart Tokayev bwo kuzasura u Rwanda. Umukuru w’Igihugu ari i Astana muri Kazakhstan, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri ari kugirira muri iki gihugu cyo ku mugabane wa Aziya. Kuri uyu wa Kane we na mugenzi we bagiranye ibiganiro […]

Walikale: M23 yakozanyijeho n’Abawazalendo bo mu mutwe wa CMC muri Gurupoma ya Kisimba

Imirwano yongeye gusubukurwa muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za Wazaledo zo mu ihuriro ry’imitwe iharanira impinduka (CMC) i Kalonge, mu gace ka Banamulema (Gurupoma ya Kisimba), muri Teritwari ya Walikale, muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko Wazalendo ari yo yagabye igitero […]

Umwana w’imyaka 10 yafashwe atwaye imodoka yibye mwarimu

Polisi yo mu Ntara ya Morogoro muri Tanzaniya yataye muri yombi umwana w’imyaka 10 witwa Jonathan Yohana Sebastian, nyuma yo kumufata atwaye imodoka yo mu bwoko bwa Spacio ifite pulake T 807 BVV, itari iye. Nk’uko byatangajwe n’Umukuru wa Polisi w’Intara, Kamanda Alex Mkama, uyu mwana wiga mu mwaka wa gatanu w’amashuri abanza yafashwe mu […]

Kayikwamba mu bitabiriye inama y’Abaminisitiri i Kampala yigaga ku mutekano mu karere

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’Umunyamabanga wa Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Madamu Thérèse Kayikwamba Wagner, yitabiriye  inama yahuje ba minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byasinye ku masezerano y’Amahoro, Umutekano n’Ubufatanye arebana na Congo  ndetse n’akarere muri rusange. Ni inama yabaye ku munsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya  27 Gicurasi 2025 ibera I Kampala […]

Abasirikare 2 ba RDF baguye muri Centrafrique bagiye gushimirwa

Sergent Major Fiston Murwanashyaka na Caporal Eliakim Niyitegeka bombi bo mu ngabo z’u Rwanda (RDF), bagiye gushimirwa n’Umuryango w’Abibumbye kubera ubwitange bagiye bagaragaza mu bikorwa byo kugarura amahoro bakaza no kubiburiramo ubuzima. Aba basirikare bazashimirwa ejo ku wa Kane tariki ya 29 Gicurasi 2025, mu birori bizabera ku cyicaro cya Loni i York York muri […]

Mozambique: Ibibazo 3 by’ingutu Perezida Chapo agomba guhangana nabyo

Amajyaruguru ya Mozambike, ahakorera abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda, haracyavugwa ibibazo by’umutekano byaje kwiyongeraho n’ibiza byongeye gukura mu byabo abantu 25.000 mu cyo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi (UNHCR) ryise “ikibazo cy’ubutabazi kirushaho kuba kibi”. Uhagarariye UNHCR muri Mozambique, Xavier Creach, yabwiye abanyamakuru mu kiganiro i Geneve mu Busuwisi ati: “Ibintu ni bibi cyane muri Cabo […]

Minecofin yasabwe kwita ku nama zatanzwe ku mbanzirizamushinga y’ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/26

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yasabye Minisiteri y’Imari kwita ku nama n’ibitekerezo byatanzwe ku mbanzirizamushinga y’ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/26 hamwe n’ingamba z’igihe giciriritse (MTEF2025/26-2027/28), bigakorwa mu gihe cyo gutegura umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2025/26. Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Gicurasi, watangaje ko uzakomeza gukurikirana binyuze muri Komisiyo […]

Wezi Wavamia Kanisa Kenya, Wakunywa Divai ya Meza Takatifu, Waiba Piano

Katika kaunti ya Kirinyaga nchini Kenya, tukio la kushangaza limeripotiwa ambapo wezi walivamia kanisa la ACK St. Matthew’s Mutithi, wakanywa divai ya meza takatifu, wakala mkate mtakatifu unaotumika kwenye sakramenti, na wakaiba vifaa vya ibada ikiwa ni pamoja na piano ya waimbaji wa kanisa. Tukio hili lilifahamika alfajiri baada ya waimbaji wa kanisa kufika na […]

Thieves Break into Kenyan Church, Drink Communion Wine and Steal Worship Instruments

In Kirinyaga County, Kenya, a strange incident has been reported where thieves broke into ACK St. Matthew’s Mutithi Church, drank communion wine, ate the holy bread used in sacraments, and stole church property including a piano used by the choir. The incident was discovered in the morning when choir members arrived at the church and […]

Abajura batoboye urusengero banywa divayi barya n’imigati yo guhazwa

Mu karere ka Kirinyaga muri Kenya, haravugwa inkuru itangaje y’abajura binjiye mu rusengero rwa ACK St. Matthew’s Mutithi Church, aho banyweye divayi, barya imigati yera isanzwe ikoreshwa mu masakaramentu, banatwara ibikoresho by’urusengero birimo na piano ikoreshwa n’abaririmbyi. Ibi byamenyekanye mu gitondo ubwo abaririmbyi bageraga ku rusengero bagasanga piano yaburiwe irengero, bagahita batabaza ubuyobozi bw’urusengero. Umuyobozi […]

Marina yemeza ko amabuno ye yazanwe no kurya igitoki aho kuyitereshaho

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi Marina Deborah yahakanye amakuru amaze igihe acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba yaribagishije kugira ngo yongere amabuno. Mu kiganiro yagiranye na BB Kigali, Marina Deborah yavuze ko amabuno ye atari ay’ubuvuzi cyangwa ikoranabuhanga, ahubwo ngo ari ingaruka z’indyo yo mu Rwanda, by’umwihariko igitoki. Ati “Njye simbizi aho byavuye […] abantu bavuga byinshi, […]

Jose Chameleone agiye kongera gutaramira Abanyarwanda muri Stade Amahoro, ashimira APR FC ku gikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28 Gicurasi 2025, umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, Dr. Jose Chameleone, arataramira Abanyarwanda muri Stade Amahoro, mu gitaramo cyo kwifatanya n’ikipe ya APR FC kwizihiza igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2024/2025. Iki gitaramo gitegerejwe na benshi kije gikurikirwa n’icyabaye ku Cyumweru, tariki ya 25 Gicurasi 2025, […]

Senegal: Ambasaderi wa Israel yasohowe nabi muri Kaminuza yari yasuye

Ku wa Kabiri, itariki ya 27 Gicurasi 2025, Ambasaderi wa Israel muri Senegal, Yuval Waks, yahatiwe gusohoka muri campus ya kaminuza i Dakar nyuma y’uko abanyeshuri bigaragambirije kuhagera kwe baririmba indirimbo zo gushyigikira Palestine, nk’uko amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga abigaragaza. Ambasaderi Waks yari yatumiriwe kuvuga ijambo mu nama yerekeye imikorere y’ububanyi n’amahanga muri Kaminuza […]

Messi na Suarez bashinze ikipe

Lionel Messi na Luis Suárez, abakinnyi b’abahanga bazwi cyane ku isi yose, batangaje ishingwa ry’ikipe nshya y’umupira w’amaguru bise Deportivo LSM, izaba ifite icyicaro muri Uruguay, igihugu cy’amavuko cya Suárez. Izina “LSM” rikomoka ku nyuguti za mbere z’amazina yabo bombi, Luis, Suárez, Messi  nk’ikirango cy’ubufatanye bwabo bw’igihe kirekire, bwatangiye mu myaka myinshi ishize ubwo bakinaga […]

Umutwe wa M23 watanze integuza ko witeguye gufata vuba umujyi wa Uvira muri Sud-Kivu

Ubuyobozi bw’ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23 na Twirwaneho, bwatangaje ko abarwanyi baryo biteguye gufata umujyi wa Uvira wimuriwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rwa Leta ya Congo Kinshasa. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wungirije wa AFC/M23 mu bya politiki, Dr.. Oscar Barinda, mu kiganiro yagiranye n’umuyoboro wa YouTube ya BMC Africa. Muri […]

Abapolisi bitabiriye igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake

Abapolisi bakorera ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali, giherereye mu murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Gicurasi, bitabiriye igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake cyateguwe ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC).  Iki gikorwa cyitabiriwe kandi n’abagize Urwego rwunganira akarere mu gucunga umuteakano (DASSO) […]

Amnesty International Yashutumu M23 kwa Uhalifu wa Vita Mashariki mwa Congo

Amnesty International imetoa ripoti mpya ikishutumu kundi la waasi la M23 kwa kutekeleza vitendo vinavyoweza kuchukuliwa kuwa uhalifu wa vita katika mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Congo (DRC). Ripoti hiyo, iliyochapishwa Jumatatu, Mei 27, 2025, inategemea ushuhuda wa watu 18 waliokamatwa kinyume cha sheria na M23, baadhi yao wakiteswa na wengine kupotezwa kwa nguvu. […]

Amnesty International Accuse le M23 de Crimes de Guerre dans l’Est du Congo

Amnesty International a publié un nouveau rapport accusant le groupe rebelle M23 de commettre des actes pouvant constituer des crimes de guerre dans l’est de la République démocratique du Congo (RDC). Le rapport, publié le lundi 27 mai 2025, repose sur les témoignages de 18 personnes détenues illégalement par le M23, certaines ayant été torturées […]

Amnesty International Accuses M23 of War Crimes in Eastern Congo

Amnesty International has released a new report accusing the M23 rebel group of committing acts that may constitute war crimes in eastern Democratic Republic of Congo (DRC). The report, published on Monday, May 27, 2025, is based on testimonies from 18 individuals who were unlawfully detained by M23, with some subjected to torture and others […]

Amnesty International irashinja M23 Ibyaha by’Intambara mu Burasirazuba bwa Congo

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, wasohoye raporo nshya ishinja umutwe w’inyeshyamba wa M23 gukora ibikorwa bifatwa nk’ibyaha by’intambara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Raporo yasohotse ku wa Mbere, tariki ya 27 Gicurasi 2025, ishingiye ku buhamya bw’abantu 18 bagiye bafatwa n’uyu mutwe, bagafungwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bamwe […]

Burundi Yapiga Marufuku Viongozi Wake Kusafiri kwa Ndege za RwandAir

Habari kutoka Burundi zinaeleza kuwa viongozi wote wa serikali wamepigwa marufuku kusafiri kwa ndege za Shirika la Ndege la RwandAir wanapokwenda nje ya nchi. Taarifa hizo zilitolewa na Dkt. Frank Habineza, kiongozi wa Chama cha Kijani cha Kidemokrasia cha Rwanda, ambaye alisema aliambiwa na rafiki yake aliye karibu na serikali ya Burundi. Alisema: “Juzi, ndugu […]

Tensions régionales : Le Burundi interdit à ses responsables d’emprunter RwandAir

Des informations en provenance du Burundi indiquent que tous les responsables gouvernementaux du pays ont reçu l’interdiction formelle de voyager à bord des avions de la compagnie RwandAir, même pour les déplacements à l’étranger. Cette révélation a été faite par Dr Frank Habineza, président du Parti Démocratique Vert du Rwanda, qui dit avoir obtenu cette […]

Burundi Bans Its Officials from Flying RwandAir: A New Sign of Tension

Information coming out of Burundi reveals that all government officials have been prohibited from using RwandAir flights when traveling abroad. The revelation was made by Dr. Frank Habineza, President of the Democratic Green Party of Rwanda, who was informed by one of his close contacts linked to the Burundian government. He said: “Just the other […]

U Burundi bwabujije abayobozi babwo gutega RwandAir 

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abayobozi bose bo muri iki gihugu babujijwe gutega indege za RwandAir, mu gihe bari gukorera ingendo mu mahanga. BWIZA yabihishuriwe na Dr. Frank Habineza, umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, na we wabibwiwe n’umwe mu nshuti ze zegereye ubutegetsi bw’u Burundi. Ati: “Ejobundi hari […]