Tanzania: Umusore ukekwaho kwica ababyeyi be yabonetse na we ari hafi gupfa

Umusore ukekwaho kwica ababyeyi be mu mujyi wa Moshi muri Tanzania yabonetse, ari ameze nabi cyane ndetse ubuzima bwe buri hafi kumucika, nyuma yo kumara igihe yihishe ubwo yamaraga kubica agahita atoroka. Uyu musore w’imyaka 26 witwa Geofrey utuye Kilimanjaro, akimara kwica ababyeyi be yahise atoroka akaba ari inkuru yababaje ndetse ikanatera ubwoba abaturage ba […]
DRC: Muri Teritwari ya Rutshuru hiriwe imirwano ikomeye yaguyemo benshi

Ihuriro ry’Ingabo rirwana ku ruhande rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ryiriwe mu mirwano basakakiraniyemo n’abarwanyi b’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23 na Twirwaneho, mu bice byo muri Teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa kabiri tariki 10 Kamena 2025, […]
DRC: Kwibisha intwaro bikomeje gufata indi ntera mu murwa mukuru Kinshasa

Polisi y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (PNC) yaraye itaye muri yombi, abantu batatu bakekwaho ubujura bukoreshejwe intwaro nk’uko byemejwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Umutekano mu gihugu, mu itangazo yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 10 Kamena 2025 Aba bakekwaho ubujura bakaba barafatiwe mu cyuho mu ijoro ry’ejo ku wa […]
Vidole Vyako Vina Sauti: Maana ya Kuvaa Pete Kwenye Kila Kidole”

Pete ni mapambo yasiyo ya kijinsia, hivyo yanaweza kuvaliwa na mwanamume au mwanamke. Lakini kila kidole pete inapovaliwa, hupewa maana tofauti ya kiishara. Tovuti ya www.RMRS.com inaeleza kuwa mikono yote miwili ina maana ya kiakili na kisaikolojia kulingana na tabia ya binadamu. Wataalamu wanasema kuwa mkono wa kulia huwakilisha nguvu, bidii, na ushawishi, wakati mkono […]
Ce que vos doigts révèlent : La signification cachée de chaque bague portée

Une bague est un ornement non genré, porté aussi bien par les hommes que par les femmes. Placée sur un doigt, elle change de signification selon le doigt choisi. Le site www.RMRS.com explique que chaque main possède une symbolique profonde liée à notre comportement et notre pensée. Les spécialistes affirment que la main droite symbolise […]
What Your Ring Finger Says About You: The Hidden Meaning of Wearing Rings on Each Finger

A ring is a gender-neutral ornament, meaning both men and women can wear it. It is worn on the finger, and depending on which finger it is placed, it changes its symbolic meaning. According to the website www.RMRS.com, both hands carry significant meanings related to human behavior and psychology. Experts say that the right hand […]
Ngibi ibisobanuro by’impeta bitewe n’urutoki uyambayeho

Impeta ni umurimbo utarobanura igitsina, bivuze ko wambara n’ umugabo cyangwa umugore. Uyu murimbo wambarwa ku rutoki kandi kuri buri rutoki uwushyizeho uhita uhindura igisobanuro. Urubuga WWW.RMRS.Com ruvuga ubundi ibiganza byombi bifite ubusobanuro buhambaye mu buryo bujyanye n’imikorere n’imitekerereze ya muntu. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bavuga ko ukuboko kw’i Buryo kwerekana imbaraga, umurava n’ubwiganze. […]
Inkura 70 zageze mu Rwanda

Ku wa 10 Kamena 2025, Pariki y’Igihugu y’Akagera yakiriye inkura 70 z’umweru zivuye muri Afurika y’Epfo mu gikorwa cyo kubungabunga no kongera umubare w’izi nyamaswa mu Rwanda. Nk’uko byatangajwe na African Parks na Rwanda Development Board (RDB), uru rugendo rwakozwe ku bufatanye bw’iyo miryango ndetse na Munywana Conservancy muri Afurika y’Epfo, mu rwego rwa gahunda […]
Congo yatse u Rwanda ubutaka yari yararuhaye

Guverinoma ya Congo-Brazzaville yemeje ko yamaze gusesa amasezerano yerekeye ubutaka yari yaratije u Rwanda, nyuma y’uko abashoramari bagombaga kububyaza umusaruro bananiwe kubahiriza ibyari bikubiye mu masezerano. Ku wa 12 Mata 2022 ubwo Perezida Paul Kagame yarimo agirira uruzinduko rw’akazi muri Congo, ni bwo amasezerano yerekeye buriya butaka yari yasinywe. Ni amasezerano icyo gihe Leta ya […]
Abanyeshuri baguye ku mashusho y’urukozasoni ya mwarimu wabo

Umwarimukazi wigishaga Physics mu ishuri rya Bannerman High School ryo muri Glasgow, muri Scotland yirukanwe burundu ku kazi nyuma y’uko abanyeshuri biga muri iri shuri bavumbuye ko afite konti ya OnlyFans acururizaho amafoto n’amashusho y’urukozasoni. Nk’uko byatangajwe n’akanama k’igihugu gashinzwe imyitwarire y’abarimu muri Scotland (GTCS), uyu mwarimukazi witwa Kirsty Buchan, w’imyaka 34, yashyiraga amafoto ye […]
Bemba arashinja Kabila, Katumbi, n’abihaye Imana gushaka kwica Tshisekedi

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 9 Kamena 2025, mu kiganiro yagiranye na Top Congo FM, Jean-Pierre Bemba, Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ubwikorezi n’itumanaho, yatangaje icyo asobanura ko ari umugambi wo gukuraho ubutegetsi wateguwe n’uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila, ku bufatanye na Moïse Katumbi wahoze ari guverineri w’icyahoze ari Katanga, ndetse […]
Autrichia: Abantu 8 bishwe barasiwe mu kigo cy’ishuri ryisumbuye

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 10 Kamena 2025, abantu umunani bapfuye abandi benshi barakomereka mu iraswa ryabereye ku ishuri mu majyepfo ya Autrichia mu mujyi wa Graz, nk’uko umuyobozi w’umujyi abitangaza. Uwakoze ubu bwicanyi na we yapfuye. Ibiro Ntaramakuru bya Autrichia byatangaje ko Umuyobozi wa Graz, Elke Kahr, yavuze ko ibyabaye ari “amahano akomeye.” […]
Mu Rwanda hagiye kubakwa urugomero ruzatanga amashanyarazi mu Burundi na Congo

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko igiye kubaka Urugomero rw’Amashanyarazi rwa Rusizi ya Gatatu rwitezweho kwegereza amashanyarazi abaturage bo mu Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Uyu mushinga w’Urugomero rw’Amashanyarazi rwa Rusizi ya Gatatu ruzatangira kubakwa mu mwaka wa 2026 hari hashize imyaka isaga 10, buvugwa ko ruzubakwa ariko ukaba wari utarashyirwa mu bikorwa. […]
Iran yatahuye amakuru y’ibanga kuri Israel bibahagarika umutima

Igihugu cya Iran cyigambye kwiba amakuru y’ibanga y’ubutasi bwa Leta ya Israel arimo ajyanye n’intwaro kirimbuzi n’uburyo iki gihugu cyirinda ibitero ndetse n’uburyo gihagaze ku mitegurire y’intambara. Ni amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Iran, aho na Televiziyo y’icyo gihugu yabitangaje ivuga ko intasi za Iran zabonye amakuru akomeye ya Leta ya Israel. Bivugwa kandi ko […]
Tavor X95: Bunduki ya Kisasa ya Israeli Inayotengenezwa Rwanda

IWI X95 (zamani ikiitwa Micro-Tavor, MTAR au MTAR-21) ni bunduki iliyoundwa na kutengenezwa na kampuni ya Israel Weapon Industries (IWI), sehemu ya familia ya bunduki ya Tavor, ikijumuisha Tavor TAR na Tavor 7. Sasa hivi, bunduki hii inatengenezwa pia nchini Rwanda kupitia kampuni ya Remico, kwa ushirikiano na IWI. Kitengo cha kupambana na ugaidi (CTU) […]
Tavor X95 : Le fusil israélien de pointe désormais fabriqué au Rwanda

Le IWI X95 (anciennement appelé Micro-Tavor, MTAR ou MTAR-21) est un fusil conçu et fabriqué par Israel Weapon Industries (IWI), faisant partie de la famille des fusils Tavor, comprenant également les Tavor TAR et Tavor 7. Ce modèle est aujourd’hui fabriqué au Rwanda, grâce à une collaboration entre Remico et IWI. L’unité anti-terroriste rwandaise (CTU) […]
Tavor X95: The Elite Israeli Rifle Now Manufactured in Rwanda

The IWI X95 rifle (formerly known as the Micro-Tavor, MTAR or MTAR-21) is a weapon designed and produced by Israel Weapon Industries (IWI) as part of the Tavor family of rifles, which includes the Tavor TAR and Tavor 7. Today, the X95 is also manufactured in Rwanda by Remico, in partnership with IWI. The Counter-Terrorism […]
Ibigwi by’imbunda ya Tavor X95, imwe mu zisigaye zikorerwa mu Rwanda

Imbunda ya IWI X95 (yahoze yitwa Micro-Tavor, MTAR cyangwa MTAR-21) ni ubwoko bw’imbunda yashushanyijwe kandi ikorwa n’uruganda rukora imbunda rwo muri Israel ruzwi nka Israel Weapon Industries (IWI) mu rwego rw’imbunda zibarizwa mu muryango wa Tavor zirimo Tavor Tar na Tavor 7, kuri ubu ubu bwoko bukaba busigaye bukorerwa mu Rwanda n’uruganda rwa Remico ku […]
Minisitiri Mutamba mu muryango winjira imbere y’ubutabera, azabanza kwegura

Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko Rusesa Imanza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu uburenganzira bwo gutangira kuburanisha Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba. Minisitiri Mutamba ashinjwa kunyereza amafaranga yari agenewe kubaka gereza ya Kisangani ndetse n’ay’impozamarira yari agenewe abagizweho ingaruka n’intambara y’iminsi itandatu. Urwandiko rw’umushinjacyaha Firmin Mvonde rwasomewe imbere y’abagize Inteko Ishinga […]
U Rwanda mu bufatanye na Benfica FC yo kwa Cristiano Ronaldo

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye kuri uyu wa Mbere intumwa za Tony Football Excellence Program hamwe n’abahagarariye ikipe ya Benfica FC yo muri Portugal. Ibiganiro byibanze ku bufatanye mu guteza imbere ruhago y’abana n’urubyiruko mu Rwanda. Inama yanitabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo MINEDUC, MINISANTE, RDB, Kaminuza y’u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe […]
Umutoza w’Amavubi yasanze abakinnyi be ari abaswa

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Adel Amrouche yatangaje ko abakinnyi b’Amavubi badafite imbaraga zihagije kandi urwego rwabo ruri hasi, kuko batabona umwanya wo gukina mu makipe yabo, ibintu atabasha gukosora mu minsi mike y’umwiherero w’Ikipe y’Igihugu. Ibi yabivuze ku wa Mbere, tariki ya 9 Kamena 2025, nyuma yo gutsindwa umukino wa kabiri wa gicuti bahuyemo […]
Hagiye gukorwa amavugurura akomeye mu rwego rw’uburezi mu Rwanda

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ireme ry’uburezi, Minisiteri y’Uburezi izashyira mu bikorwa amavugurura akurikira agamije kunoza imyigire mu mashuri yose ya leta ndetse n’afashwa na leta kubw’amasezerano. Ibi byemejwe mu nama y’abaminisitiri yayobowe na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Kamena 2025, yagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo n’uburezi. Amavugurura […]
Igisubizo cy’u Rwanda ku kuba rwazasubira muri CEEAC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudateganya gusubira mu muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), kuko utubahiriza amategeko. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yabitangaje, nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kwivana muri uriya muryango ruwushinja “kugirwa igikoresho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]
Leta yategetse ko hicwa inzovu 50, zikagaburirwa abaturage

Leta ya Zimbabwe yatangaje ko igiye kwica inzovu zigera kuri 50 mu rwego rwo kugabanya umubare wazo urenze ubushobozi bw’aho ziba. Inyama z’izi nzovu zizagaburirwa abaturage batuye hafi y’ahabereye iyi gahunda. Ubuyobozi bwa Zimbabwe Parks and Wildlife Management Authority (ZimParks) bwavuze ko bwemereye Save Valley Conservancy, ikigo kinini cyigenga gicunga inyamaswa giherereye mu majyepfo ashyira […]
Uwahoze ari Minisitiri wungirije wa Amerika yashyigikiye icyemezo cy’u Rwanda cyo kuva muri CEEAC

Tibor Nagy wahoze ari Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Afurika, yashyigikiye icyemezo cy’u Rwanda cyo kwivana mu muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), avuga ko kuwuvamo ntacyo bizigera biruhombya. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo u Rwanda rwatangaje ko rwafashe icyemezo cyo kuva muri uriya muryango, nyuma yo […]
Annette Murava yemeje ko nta kibazo afitanye na Bishop Gafaranga ufunzwe

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava yatangaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we, Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa by’agateganyo iminsi 30 akurikiranyweho ibyaha birimo guhoza ku nkeke uwo bashakanye no kumukubita. Mu butumwa Murava yanyujije kuri YouTube ku rubuga basangiye n’umugabo we bise Gafaranga na Murava, yavuze ko n’ubwo bahuye n’ikigeragezo, urugo […]
Walikale: Abaturage bivuganye umuzalendo wari umaze kwica se

Ibi byabereye i Lukumbi, muri Gurupoma ya Wassa (Teritwari ya Walikale), ho muri Kivu y’Amajyaruguru ku Cyumweru, itariki ya 9 Kamena, ubwo inyeshyamba y’Umuzalendo wari wasinze yarasaga se umubyara akamwica. Abatangabuhamya bavuga ko uwabikoze yakoresheje imbunda ye nyuma yo kunywa inzoga nyinshi, aho yayitunze se maze akurura imbarutso, arangiza ubuzima bwe ako kanya. Kubera umujinya […]
Ukraine n’Uburusiya baherekanyije imfungwa z’abasirikare: Amarira y’ibyishimo ku miryango

CHERNIHIV – Ku wa 9 Kamena 2025, Ukraine n’Uburusiya baherekanyije imfungwa z’abasirikare bari barafatiwe ku rugamba. Ni igikorwa cyateye amarira y’ibyishimo ku miryango y’abo basirikare, bamwe bari bamaze igihe kirekire baraburiwe irengero. Nk’uko byatangajwe n’ Igitangazamakuru cy’Abongereza Reuters, aya ni amasezerano yagezweho nyuma y’ibiganiro byabereye i Istanbul ku wa 2 Kamena 2025. Aho impande zombi […]
Inama y’abaminisitiri yayobowe na Dr Ngirente yashimangiye icyemezo cyo kuva muri CEEAC

Kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Kamena 2025 inama y’abaminisitiri iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yabereye muri Village Urugwiro, yaganiriye ku cyemezo cy’u Rwanda cyo kuva mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), maze ishimangira ingingo zitandukanye. Inama y’Abaminisitiri yashimangiye ko bitumvikana kandi ko bidakwiye ko ibihugu bigize CEEAC, birimo […]
Rutshuru: M23 yakozanyijeho n’ihuriro rya FDLR na Wazalendo mu mirwano ikaze

Umutuzo wongeye kugaruka kuva ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Kamena, mu mujyi wa Nyamilima, ku birometero 40 uvuye i Kiwanja, muri Gurupoma ya Binza (Teritwari ya Rutshuru), muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze yamaze amasaha arenga atatu hagati ya AFC / M23 hamwe na FDLR ifatanije na Wazalendo. Guturika kw’intwaro […]
Rwanda Yaondoka CEEAC, Uhusiano na DRC Wazidi Kuzorota

Uhusiano wa kidiplomasia kati ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) na Rwanda umezidi kuzorota baada ya serikali ya Kigali kutangaza kujiondoa kutoka kwenye Jumuiya ya Kiuchumi ya Nchi za Afrika ya Kati (CEEAC), kama ilivyoripotiwa na vyombo mbalimbali vya habari siku ya Jumapili tarehe 8 Juni. Uamuzi huu wa Rwanda umekuwa chanzo kingine cha […]
Rwanda claque la porte de la CEEAC, les tensions avec la RDC repartent à la hausse

Les relations diplomatiques entre la République Démocratique du Congo (RDC) et le Rwanda se sont à nouveau détériorées, après l’annonce faite par Kigali de se retirer de la Communauté Économique des États de l’Afrique Centrale (CEEAC), selon plusieurs médias ce dimanche 8 juin. Cette décision du Rwanda aggrave davantage les tensions avec la RDC, alors […]
Rwanda Quits CEEAC, Tensions with DRC Deepen Once Again

Diplomatic relations between the Democratic Republic of Congo (DRC) and Rwanda have once again deteriorated, following Kigali’s announcement that it is withdrawing from the Economic Community of Central African States (ECCAS), as reported by several media outlets on Sunday, June 8. Rwanda’s decision has further strained its ties with Congo, at a time when a […]
Kwivana muri CEEAC kwatumye Umubano w’u Rwanda na DRC noneho usubira irudubi

Umubano wa dipolomasi hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda wongeye kuzamo igitotsi nyuma y’uko leta ya Kigali itangaje ko yikuye mu Muryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), nk’uko byagiye bigarukwaho n’ibitangazamakuru bitandukanye ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 8 Kamena. Iki cyemezo u Rwanda rwafashe cyongeye gutuma […]