Umupolisi wishe Ojwang washenguye abarimo Perezida Ruto yatawe muri yombi

Umupolisi witwa James Mukhwana ukekwaho kwica impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwa muntu, Albert Ojwang wapfiriye muri kasho ya Polisi azize gukubitwa, yatawe muri yombi. Kuri uyu wa 12 Kamena, ni bwo Polisi ya Kenya yatangaje ko yataye muri yombi uriya mupolisi. Itangazo yasohoye rivuga ko “James Mukhwana wo kuri sitasiyo ya Polisi Nkuru ya Nairobi yatawe muri […]

Rulindo: Rurageretse hagati y’umugabo na mushiki we umushinja kumusambanya akamukomeretsa

Mu karere ka Rulindo, umurenge wa Mbogo, akagali ka Mushali mu mudugudu wa Nyakabuye, haravugwa inkuru y’umugore witwa Mukantagwera Janvière uri kurega atabaza ubuyobozi ngo bumurenganure, nyuma yo gusambanywa ku ngufu na musaza we. Nyirubwite avuga ko musaza we Ntaganda Evariste yamusambanyije ku wa Kabiri tariki ya 5 Kamena. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko […]

Uko umugenzi umwe rukumbi yarokotse impanuka y’indege yahitanye abarenga 240 mu Buhinde

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Buhinde aravuga ko umuntu umwe wenyine ari we washoboye kurokoka impanuka y’indege yahitanye abarenga 240. Kuri uyu wa Kane ni bwo indege yo mu bwoko bwa Boeing 787 Dreamliner ya sosiyete ya Air India yakoze impanuka, nyuma y’iminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cy’i Ahmedabad yerekeza i Londres mu […]

Ubwoko burya abantu bapfuye aho kubashyingura bukomeje gutangaza benshi

Mu bice bimwe na bimwe byo ku isi, hari amoko akomeza umuco wo kurya abapfuye aho kubashyingura, umuco usanzwe utandukanye n’imigenzo y’ahandi. Mu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu mateka n’imyemerere y’imiryango gakondo, byagaragaye ko mu bwoko bumwe bwo muri Papua New Guinea no mu bice bimwe by’Amajyepfo y’Amerika, habaho imigenzo yo kurya abapfuye. Ababikora bavuga ko […]

RDC: Bintou Keita wa MONUSCO mu matware ya M23

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 12 Kamena 2025 ahagana mu masaha ya Saa cyenda z’amanywa, nibwo ndege yo mu bwoko bwa Kajugujugu yari ikandagiye ku kibuga cy’indege cya Goma, izanye umuyobozi w’ubutumwa bw’ingabo z’umuryango w’abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo MONUSCO. Ni uruzinduko rwari ruteganijwe ku munsi w’ejo kuwa gatatu tariki […]

Human Rights Watch yagaragaje impungenge ku kubuza itangazamakuru gukora inkuru za Kabila

Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu ( Human Rights Watch), wagaragaje ko uhangayikishijwe n’icyemezo cyo kubuza itangazamakuru gukurikirana ibikorwa by’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila n’ishyaka rye rya politiki, PPRD, nk’uko byatangajwe n’Inama Nkuru ishinzwe Itangazamakuru (CSAC). Uyu muryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, uvuga ko iki cyemezo gishobora kugira “ingaruka mbi”. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe […]

Abasirikare barenga 700 ba SADC banyuze mu Rwanda bataha

Icyiciro cya mbere cy’abasirikare barenga 700 Umuryango wa SADC wari warohereje kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane cyanyuze mu Rwanda gitaha. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ni bwo imodoka zitwaye bariya basirikare zinjiye mu Rwanda ziturutse mu mujyi wa Goma babagamo, mbere yo gutangira urugendo ruberekeza iwabo. Bisi […]

U Rwanda rukomeje kumurikira Isi ibyiza bya rwo muri Expo2025 ibera Osaka

Mu Mujyi wa Osaka, mu Buyapani, hakomeje kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Gutegura Umuryango w’ejo hazaza kubw’ubuzima bwacu,’ kuva ku itariki ya 13 Mata kugeza ku ya 13 Ukwakira 2025.   Imurikagurisha ryahuje ibihugu bitandukanye ku Isi kugira ngo habeho gutegura ejo hazaza, hibandwa ku nsanganyamatsiko z’ingenzi zo kurokora ubuzima, kongerera ubushobozi abaturage, […]

WTTC: Ubukerarugendo mu Rwanda bwaciye agahigo mu 2024

Ubukerarugendo mu Rwanda bwatanze umusaruro wa miliyari 1.9 z’amafaranga y’u Rwanda mu 2024, nk’uko byagaragajwe na raporo nshya y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ryita ku Bukerarugendo n’Ingendo (WTTC), yashyizwe ahagaragara mu ntangiriro z’icyumweru. Uyu musaruro ungana na 9.8% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP), wiyongereyeho 17.7% ugereranyije n’umwaka wa 2019 mbere y’icyorezo cya COVID-19, bityo uhindura 2024 nk’umwaka ubukerarugendo bwungutsemo […]

Mgombea wa Burundi alalamika: “Hata kura yangu nimeibiwa

Niyongabo Jules, mmoja wa wagombea waliowania nafasi katika Bunge la Burundi, amelaani jinsi uchaguzi wa hivi karibuni ulivyofanyika, akisema kuwa kulikuwa na wizi wa kura. Alitoa kauli hiyo baada ya kutangazwa kwa matokeo ya uchaguzi wa bunge uliofanyika Juni 5, ambapo ilibainika kuwa chama tawala cha CNDD-FDD kilishinda kwa asilimia 100. Hii ina maana kwamba […]

Un candidat burundais dénonce : “Même ma propre voix a été volée

Niyongabo Jules, candidat aux élections législatives au Burundi, a vivement dénoncé le déroulement du scrutin tenu ce mois-ci, affirmant qu’il y a eu fraude électorale. Ses déclarations ont suivi l’annonce des résultats des élections du 5 juin, publiés hier, qui indiquent que le parti au pouvoir, le CNDD-FDD, a remporté 100% des suffrages. Cela signifie […]

Burundian Candidate Cries Foul: “Even My Own Vote Was Stolen

Niyongabo Jules, one of the candidates who ran for a seat in Burundi’s National Assembly, has condemned the manner in which the country’s recent elections were conducted, asserting that vote rigging took place. Niyongabo made these remarks after the results of the June 5 parliamentary elections were announced yesterday, revealing that the ruling party, CNDD-FDD, […]

N’ijwi rimwe nari nihaye ryaribwe: Umurundi wari wiyamamarije kuba umudepite

Niyongabo Jules uri mu bari biyamamarije kujya mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, yamaganye uko amatora yo muri iki gihugu yabaye muri uku kwezi yagenze, ashimangira ko yabayemo ubujura bw’amajwi. Niyongabo yabitangaje nyuma y’uko ibyavuye muri ariya matora yabaye ku wa 5 Kamena byatangajwe ejo hashize, byerekana ko ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi ryatsinze amatora […]

Waziri wa Fedha Azindua Bajeti ya 2025/26: Zaidi ya Trilioni 7 Kutarajiwa Kutumika

Leo tarehe 12 Juni, Waziri wa Fedha na Mipango ya Uchumi, Yusuf Murangwa, anawasilisha ripoti ya bajeti kwa Bunge, akionyesha jinsi serikali inapanga kutumia zaidi ya trilioni 7 za faranga za Rwanda katika mwaka wa fedha 2025/26. Waziri anatarajiwa kuelezea jinsi serikali itakavyopata mapato na kutumia fedha hizo, kufuatia mapendekezo ya wabunge mwezi Mei, ambapo […]

Le ministre des Finances dévoile un budget record de plus de 7 000 milliards pour 2025/26

Ce 12 juin, le ministre des Finances et de la Planification économique, Yusuf Murangwa, présente devant le Parlement le rapport budgétaire, exposant comment le gouvernement prévoit de dépenser plus de 7 000 milliards de francs rwandais pour l’année budgétaire 2025/26. Le ministre devrait expliquer comment l’État va mobiliser et dépenser ces fonds, après que les […]

Finance Minister Unveils Rwanda’s 2025/26 Budget: Over Rwf 7 Trillion to Be Spent

Today, June 12, the Minister of Finance and Economic Planning, Yusuf Murangwa, is presenting the national budget report to Parliament, outlining how the government plans to spend over Rwf 7 trillion in the 2025/26 fiscal year. The Minister is expected to explain how the government will raise and spend money in the upcoming fiscal year, […]

Minisitiri w’imari aramurika uko leta izinjiza n’uko izasohora mu ngengo y’imari y’uyu mwaka

Uyu munsi, ku itariki 12 Kamena, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Yusuf Murangwa, aramurikira inteko ishinga amategeko raporo y’ingengo y’imari, aho guverinoma iteganya gukoresha amafaranga arenga tiliyari 7 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26. Biteganijwe ko Minisitiri aza kugaragaza uko guverinoma izinjiza n’uko izasohora amafaranga mu mwaka w’ingengo y’imari utaha, nyuma y’ibyifuzo by’abagize inteko […]

Ghafla! Gari la Bianca laibwa mchana kweupe

Mwandishi wa habari na MC maarufu, Bianca, ana huzuni baada ya gari lake aina ya Hyundai kuibwa mchana kweupe. Taarifa zinasema kuwa gari hilo liliibwa mchana wa Jumatano, wakati Bianca akiwa nyumbani akijiandaa kuendesha kipindi chake cha redio katika SK FM. Alitoa taarifa kwa Rwanda Investigation Bureau (RIB) mara moja ili uchunguzi uanze. Awali, Bianca […]

Vol en plein jour : Bianca, célèbre animatrice, se fait dérober sa voiture

La journaliste et animatrice Bianca est en détresse après avoir été victime du vol de sa voiture Hyundai en plein jour. Selon les informations, le vol a eu lieu mercredi après-midi, alors que Bianca se trouvait chez elle en train de se préparer pour son émission sur SK FM. Elle a immédiatement déposé une plainte […]

Broadcaster Bianca’s Car Stolen in Broad Daylight

Journalist and MC Bianca is in distress after her Hyundai car was stolen in broad daylight. Reports say the car was stolen on Wednesday afternoon while Bianca was at home preparing to host a radio show on SK FM. She immediately filed a complaint with the Rwanda Investigation Bureau (RIB) to initiate a search. Bianca […]

Umunyamakuru Bianca yibwe imodoka izuba riva

Umunyamakuru ndetse n’umushyushyarugamba Bianca ari mu gahinda nyuma y’uko yibwe imodoka ye yo mu bwoko bwa Hyundai, ku manywa y’ihangu. Amakuru avuga ko iyi modoka yibwe ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, ubwo Bianca yari mu rugo yitegura kujya gukora ikiganiro kuri radiyo SK FM. Nyuma y’ibi, yahise atanga ikirego muri RIB kugira ngo hafatwe […]

She-Amavubi ya Rwanda Haishiriki CECAFA ya 2025

Timu ya taifa ya wanawake ya Rwanda katika mpira wa miguu, inayojulikana kama She-Amavubi, haitashiriki katika Mashindano ya Wanawake ya CECAFA 2025, yatakayofanyika nchini Tanzania kuanzia tarehe 12 hadi 21 Juni 2025. Nchi zitakazoshiriki ni Tanzania (wenyeji), Uganda, Kenya, Burundi, na Sudani Kusini. Rwanda haipo kwenye orodha ya timu zitakazoshiriki, na taarifa zinaonyesha kuwa sababu […]

Pas de CECAFA 2025 pour les She-Amavubi du Rwanda

L’équipe nationale féminine de football du Rwanda, connue sous le nom de She-Amavubi, ne participera pas au Championnat CECAFA Senior Féminin 2025, prévu en Tanzanie du 12 au 21 juin 2025. Les pays qui prendront part à cette compétition sont : la Tanzanie (pays hôte), l’Ouganda, le Kenya, le Burundi et le Soudan du Sud. […]

No Show: Rwanda’s She-Amavubi Out of CECAFA 2025 Women’s Championship

Rwanda’s National Women’s Football Team, known as She-Amavubi, will not take part in the 2025 CECAFA Senior Women’s Championship, which will be held in Tanzania from June 12 to 21, 2025. Participating countries include host Tanzania, Uganda, Kenya, Burundi, and South Sudan. Rwanda does not appear on the list of competing teams, and reports suggest […]

She-Amavubi ntizitabira CECAFA 2025

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore mu mupira w’amaguru, izwi nka She-Amavubi, ntizagaragara mu irushanwa rya CECAFA Senior Women’s Championship 2025 rizabera muri Tanzania kuva ku wa 12 kugeza ku wa 21 Kamena 2025. Ibihugu bizitabira iri rushanwa ni Tanzania yakiriye, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudan y’Epfo. U Rwanda ntiruragaragara ku rutonde rw’amakipe azakina, ndetse […]

Tahadhari ya Vita: Marekani Yaondoa Baadhi ya Wafanyakazi Katika Ubalozi wa Mashariki ya Kati

Rais wa Marekani, Donald Trump, ametangaza kuwa baadhi ya wafanyakazi wa Marekani wameondolewa katika Mashariki ya Kati kutokana na mazungumzo ya silaha za nyuklia na Iran ambayo huenda yasifanikiwe na kuhatarisha maisha yao. Alipoulizwa kuhusu taarifa hizo za kuondolewa kwa wafanyakazi, Trump aliwaambia waandishi wa habari mjini Washington:“Ni kweli wanaondolewa kwa sababu eneo hilo linaweza […]

Tensions Rise: U.S. Begins Evacuating Embassy Staff from the Middle East

The President of the United States, Donald Trump, announced that some American embassy staff have been withdrawn from the Middle East due to nuclear weapon talks with Iran that may not go well and could lead to danger. When asked about reports of the evacuation, Trump told reporters in Washington:“Yes, they are being moved because […]

Amerika yatangiye gucyura Abakozi bamwe muri za Ambasade mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko abakozi ba Amerika bakuwe mu Burasirazuba bwo Hagati kubera ibiganiro ku ntwaro za kirimbuzi na Iran bishobora kutazagenda neza bakisanga mu kaga.   Abajijwe ku makuru avuga ko abakozi bimuwe, Trump yabwiye abanyamakuru i Washington ati: “Nibyo barimurwa kuko hashobora kuba ahantu hateye akaga.” […]

Bugesera: Viongozi wa Mitaa Watakiwa Kuweka Mbele Maendeleo ya Raia

Zaidi ya viongozi 800 wa ngazi za mitaa, kuanzia mtaa wa kijiji (Umudugudu) hadi wilayani, walihudhuria mkutano wa mwaka wa Kamati ya Ushirikiano katika Wilaya ya Bugesera siku ya Jumatano, tarehe 11 Juni. Mkutano huo ulikuwa na lengo la kubadilishana mawazo kuhusu maendeleo ya wananchi na ya wilaya kwa ujumla. Ulihudhuriwa na Gavana wa Mkoa […]

Bugesera: Local Leaders Urged to Champion People-Centered Development

More than 800 local leaders, from village (Umudugudu) to district level, gathered on Wednesday, June 11, for the annual Joint Action Development Forum (JADF) meeting in Bugesera District. The meeting aimed to exchange ideas on both citizen-centered and district-wide development. It was attended by the Governor of the Eastern Province, Pudence Rubingisa. Also present were […]

Bugesera: Inzego z’ibanze zasabwe kugira uruhare mu kwihutisha iterambere rishingiye ku muturage

Abayobozi barenga 800 bahagarariye inzego z’ibanze, kuva ku Mudugudu kugera ku Karere, kuwa Gatatu, itariki 11 Kamena bitabiriye inama ngarukamwaka ya Komite Mpuzabikorwa mu Karere ka Bugesera. Inama yari igamije kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’abaturage n’iry’Akarere. Yitabiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburasizuba, Pudence Rubingisa. Hari kandi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara, Nyirahabimana Jeanne, n’Umuyobozi wa RIB mu Ntara, […]

Rayon Sports na APR FC Wazi Macho: Kuusaka Winga na Kiungo Bora

Rayon Sports tayari wametuma ofa yao kwa Samuel Pimpong, mchezaji wa kushoto wa kigeni kutoka Ghana mwenye umri wa miaka 25, baada ya kuachana na FC Shiroka ya Albania mwishoni mwa msimu wa 2024/25. Pimpong, aliyewahi kucheza kwa Mukura Victory Sports chini ya kocha Afhamia Lotfi, alimvutia kwa kasi yake na ujuzi kwenye upande wa […]

Rayon Sports & APR FC in a Transfer Frenzy: Sweep for Wingers & Star Midfielders

Rayon Sports has already made its move to sign Samuel Pimpong, a 25-year-old Ghanaian right-winger, after his departure from Albania’s FC Shiroka at the end of the 2024/25 season. Pimpong, who previously played for Mukura Victory Sports under coach Afhamia Lotfi, impressed with his speed and skill on the right flank. According to Times Sport, […]

Kigali: Umushinjacyaha yasambanyije umukobwa wafunzwe na RIB

Urukiko rwategetse ko Mbonyinshuti Camarade Gilbert, umushinjacyaha mu Rwanda, afungwa by’agateganyo iminsi 30 mu gihe iperereza rikomeje ku byaha akekwaho byo gusambanya umukobwa. Ib byatangiye ubwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwakiraga ikirego cy’umudiaspora wavugaga ko umukobwa (utatangajwe amazina) yamuriganyije amafaranga. RIB yahise ifata uwo mukobwa, imushyikiriza ubushinjacyaha. Icyakora, nyuma yo gushyikirizwa dosiye, Umushinjacyaha Mbonyinshuti […]

SANDF igiye kwakira abasirikare ba mbere M23 yakubitiye i Goma

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF), cyatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 13 Kamena kizakira icyiciro cya mbere cy’abasirikare bari baroherejwe kurwanya umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. SANDF yemeje ayo makuru biciye mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Kamena. Muri iri tangazo, Igisirikare cya Afurika […]

Rayon Sports na APR FC Wazi Macho: Kuusaka Winga na Kiungo Bora

Rayon Sports tayari wametuma ofa yao kwa Samuel Pimpong, mchezaji wa kushoto wa kigeni kutoka Ghana mwenye umri wa miaka 25, baada ya kuachana na FC Shiroka ya Albania mwishoni mwa msimu wa 2024/25. Pimpong, aliyewahi kucheza kwa Mukura Victory Sports chini ya kocha Afhamia Lotfi, alimvutia kwa kasi yake na ujuzi kwenye upande wa […]

Rayon Sports & APR FC in a Transfer Frenzy: Sweep for Wingers & Star Midfielders

Rayon Sports has already made its move to sign Samuel Pimpong, a 25-year-old Ghanaian right-winger, after his departure from Albania’s FC Shiroka at the end of the 2024/25 season. Pimpong, who previously played for Mukura Victory Sports under coach Afhamia Lotfi, impressed with his speed and skill on the right flank. According to Times Sport, […]

Rayon Sports na APR FC ziri kurambagiza umuhisi n’umugenzi

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutanga icyifuzo cyo gusinyisha Samuel Pimpong, umukinnyi ukomoka muri Ghana ukina ku ruhande rw’iburyo, nyuma yo gutandukana na FC Shiroka yo muri Albania ku mpera z’umwaka w’imikino wa 2024/25. Pimpong w’imyaka 25 y’amavuko yigeze gukinira Mukura Victory Sports ubwo yatozwaga na Afhamia Lotfi, aho yigaragaje nk’umukinnyi wihuta kandi ufite ubuhanga […]

Mwanamke Mrefu Zaidi Duniani Hulipia Viti 6 Ndege Ili Asafiri

Rumeysa Gelgi, mwanamke mrefu zaidi duniani, amefichua kuwa lazima alipe viti sita kwenye ndege kila anaposafiri. Kwa kawaida, Rumeysa mwenye umri wa miaka 28, ana urefu wa mita 2.15 na anahitaji kulala wakati wote wa safari kwa sababu ya hali yake ya kiafya isiyo ya kawaida. Rumeysa anatoka katika Wilaya ya Karabük nchini Uturuki na […]

La femme la plus grande du monde paie 6 sièges d’avion pour pouvoir voyager

Rumeysa Gelgi, la femme la plus grande au monde, a révélé qu’elle doit payer six sièges dans un avion à chaque fois qu’elle voyage. En effet, Rumeysa, âgée de 28 ans, mesure 2,15 mètres et doit rester allongée pendant tout le vol en raison de son état de santé particulier. Originaire du district de Karabük […]

Tallest Woman on Earth Pays for 6 Plane Seats Just to Fit

Rumeysa Gelgi, the tallest woman in the world, revealed that she must pay for six seats on a plane every time she travels. Normally, Rumeysa, who is 28 years old, stands at 2.15 meters tall and must lie down during the entire flight due to her unique medical condition. Rumeysa, who hails from Karabük District […]

Umugore muremure ku isi yishyura imyanya 6 mu ndege kugira ngo akwirwemo

Rumeysa Gelgi, umugore muremure kurusha abandi ku isi, yagaragaje ko agomba kwishyura imyanya itandatu mu ndege buri gihe agiye gukora urugendo. Ubusanzwe, Rumeysa w’imyaka 28, afite uburebure bwa metero 2.15, kandi agomba kugenda aryamye mu gihe cyose cy’urugendo kubera ubuzima bwe budasanzwe. Rumeysa, ukomoka mu Karere ka Karabük muri Turikiya, yifashisha intebe y’abamugaye cyangwa agakenera […]

Doha: Kinshasa Iwe Tayari Kukata Kisaada kwa FDLR na Kuzichukua Silaha?

Wiki hii, wajumbe kutoka DRC na Rwanda wanatarajiwa kukutana tena Washington, lengo likiwa kuendeleza mazungumzo ya amani kati ya nchi hizo mbili. RFI imepata rasimu ya pili ya makubaliano, ambayo ni ya kina zaidi kuliko masharti yaliyosainiwa Aprili yaliyopita huko Washington na mawaziri wa nchi zote mbili. Katika rasimu hii, Rwanda lazima iwe imeondoa majeshi […]

Doha Talks: Will Kinshasa Agree to Halt FDLR Aid and Disarm Them?

This week, delegations from the DRC and Rwanda are expected to reconvene in Washington, aiming to continue peace talks between the two countries. A second draft agreement, obtained by RFI, goes beyond the April principles signed in Washington by the foreign ministers of Congo and Rwanda. Under the current draft, Rwanda must withdraw all troops, […]

Doha: Ese Kinshasa izemera guhagarika inkunga yose igenewe FDLR no kuyirandura?

Muri iki cyumweru biteganijwe ko intumwa za DRC n’u Rwanda zizongera guhurira i Washington. Intego ni ugukomeza ibiganiro by’amahoro hagati y’ibihugu byombi.   Inyandiko y’umushinga wa Kabiri w’amasezerano yabonwe na RFI ijya kure yo gutangaza amahame yashyizweho umukono muri Mata umwaka ushize i Washington na ba minisitiri b’ububanyi n’amahanga ba Congo n’u Rwanda.   Muri […]