M23 Yapata Wanajeshi Wapya 8,000 Baada ya Mafunzo ya Miezi Sita

Kundi la waasi la M23 limeongeza zaidi ya wanajeshi 8,000 wapya baada ya kumaliza mafunzo ya kijeshi ya miezi sita. Mafunzo hayo yalifanyika katika kambi ya kijeshi ya Chanzu, iliyoko katika eneo la Rutshuru. Wanajeshi hao ni pamoja na maafisa wa zamani wa jeshi la serikali ya Congo (FARDC) waliokimbilia M23 mwezi Januari mwaka huu, […]

M23 Boosts Its Forces with Over 8,000 New Soldiers After Six-Month Training

The M23 rebel group has added over 8,000 new soldiers to its ranks after they completed a six-month military training program. The training took place at the Chanzu military camp located in the Rutshuru Territory. The new recruits include former members of the Congolese national army (FARDC) who surrendered to the M23 in January this […]

Walikale: Abavuga rikijyana 2 batawe muri yombi na Wazalendo bashinjwa gukorana na AFC/M23

Ibibazo by’umutekano biragenda bigora ku baturage batuye mu turere tugenzurwa n’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo muri Kivu y’Amajyaruguru muri rusange, cyane cyane mu Teritwari ya Walikale. Abaturage bari ku mande zombi kuva aho uduce twose two muri Gurupoma ya Ikobo twigaruriwe, ngo ntibazi uruhande bakwiye kuyoboka. Bakekwaho gukorana n’uruhande rumwe cyangwa urundi nk’uko […]

M23 Yapata Wanajeshi Wapya 8,000 Baada ya Mafunzo ya Miezi Sita

Kundi la waasi la M23 limeongeza zaidi ya wanajeshi 8,000 wapya baada ya kumaliza mafunzo ya kijeshi ya miezi sita. Mafunzo hayo yalifanyika katika kambi ya kijeshi ya Chanzu, iliyoko katika eneo la Rutshuru. Wanajeshi hao ni pamoja na maafisa wa zamani wa jeshi la serikali ya Congo (FARDC) waliokimbilia M23 mwezi Januari mwaka huu, […]

M23 Boosts Its Forces with Over 8,000 New Soldiers After Six-Month Training

The M23 rebel group has added over 8,000 new soldiers to its ranks after they completed a six-month military training program. The training took place at the Chanzu military camp located in the Rutshuru Territory. The new recruits include former members of the Congolese national army (FARDC) who surrendered to the M23 in January this […]

M23 yungutse abasirikare 8,000 biganjemo abahoze muri FARDC

Umutwe wa M23 wungutse abasirikare barenga 8,000; nyuma yo gusoza imyitozo bari bamazemo amezi atandatu. Ni imyitozo aba basirikare bakoreraga mu kigo cya gisirikare cya Chanzu giherereye muri Teritwari ya Rutshuru. Ni abasirikare barimo abahoze mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bishyikirije M23 muri Mutarama uyu mwaka, ubwo yabatsindiraga mu ntambara yasize […]

Jenerali Mkuu wa Jeshi la Uganda Aamuru Kukamatwa kwa Brigedia Jenerali kwa Kesi ya Rushwa

Mkuu wa Majeshi ya Ulinzi ya Uganda (UPDF), Jenerali Muhoozi Kainerugaba, ameagiza kukamatwa na kufungwa kwa Brigedia Jenerali Cyrus Besigye Bekunda. Brig. Gen. Bekunda alikuwa kamanda wa brigedi ya ujenzi ya UPDF. Yeye pamoja na maafisa wengine kadhaa wa jeshi wanachunguzwa kwa makosa ya rushwa. Kupitia chapisho kwenye akaunti yake ya X (zamani Twitter), Gen. […]

Le Chef de l’Armée Ougandaise Ordonne l’Arrestation d’un Général pour Corruption

Le Chef d’État-Major des Forces armées ougandaises (UPDF), le Général Muhoozi Kainerugaba, a ordonné l’arrestation et la détention du Brigadier-Général Cyrus Besigye Bekunda. Le Brig. Gen. Bekunda était à la tête de la brigade de construction de l’armée ougandaise. Lui et plusieurs autres officiers de l’UPDF sont accusés de faits de corruption. Dans une déclaration […]

Ugandan Army Chief Orders Arrest of Brigadier General over Corruption Allegations

The Chief of Defence Forces of Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, has ordered the arrest and detention of Brig. Gen. Cyrus Besigye Bekunda. Brigadier General Bekunda was the commander of the Uganda People’s Defence Forces (UPDF) Construction Brigade. He, along with several other UPDF officers, is under investigation for corruption-related crimes. In a statement shared on […]

Gen. Muhoozi yategetse ko Brig Gen. Besigye atabwa muri yombi

Umugaba Mukuru w’Ingabo Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Brig. Gen Cyrus Besigye Bekunda atabwa muri yombi agafungwa. Brig. Gen Besigye yari asanzwe ari umuyobozi wa Brigade y’Ingabo za Uganda ishinzwe ubwubatsi. We n’abandi basirikare benshi ba UPDF bakurikiranweho ibyaha bya ruswa. Gen. Muhoozi Kainerugaba mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X, yashinje uriya […]

U.S. Halts Some Military Aid to Ukraine Amid Russian Escalation

The United States has suspended the delivery of certain weapons to Ukraine that were pledged during President Joe Biden’s administration, as Russia intensifies its attacks on Ukrainian territory. Among the arms promised under Biden’s leadership were various defense weapons meant to reinforce Ukraine’s resistance — but these are now under review as the Pentagon reassesses […]

Amerika yahagaritse kohereza intwaro zimwe muri Ukraine

Amerika iravuga ko yahagaritse kohereza intwaro zimwe muri Ukraine zasezeranijwe ku butegetsi bwa Joe Biden, mu gihe u Burusiya bwakajije umurego mu bitero kuri Ukraine. Mu byo Amerika yari yemeye mu gihe cya Biden, harimo ibisasu bitandukanye byo gushimangira ubwirinzi bwa Ukraine, ubu birimo kongera gusuzumwa mu gihe Pentagon yongeye gusuzuma urwego rw’intwaro igihugu gifite […]

Concorde Yarejea: Safari za Kasi Zaidi Kurudi Mwaka 2026

Baada ya miongo kadhaa ya kimya, ndege maarufu ya Concorde inajiandaa kurudi tena kwenye anga za biashara mwaka 2026, ikiwa ni maadhimisho ya miaka 50 tangu kuzinduliwa kwake kwa mara ya kwanza. Fly-Concorde Limited inalenga kufufua huduma za usafiri wa ndege za kasi kubwa kati ya miji ya Marekani, kufuatia mabadiliko ya sera za anga. […]

Le Concorde revient : le vol supersonique de retour en 2026

Après plusieurs décennies de silence, l’emblématique avion Concorde s’apprête à faire son retour dans le ciel commercial en 2026, pour célébrer les 50 ans depuis son premier vol. La société Fly-Concorde Limited a pour objectif de rétablir le service de transport supersonique entre destinations aux États-Unis, dans un contexte de révision des politiques aériennes. Le […]

The Concorde Is Coming Back: Supersonic Travel to Return in 2026

After decades of silence, the legendary Concorde jet is on track to return to commercial skies by 2026, marking the 50th anniversary since its original debut. Fly-Concorde Limited aims to relaunch supersonic passenger service between destinations in the U.S. amid shifting aviation policies. On June 6, 2025, at Washington Dulles International Airport (IAD), U.S. President […]

Indege ya Concorde yamamaye ku isi igiye kugaruka

Nyuma y’imyaka mirongo iri mu gacerere, indege ya Concorde iri mu nzira zo kugaruka mu ruhando rw’indege zifite umuvuduko urenze uwijwi zabayeho za gisivile. Concorde yamamaye cyane iri kwitegura gusubira mu kirere cy’ubucuruzi mu 2026 mu kwizihiza imyaka 50 kuva iyi indege ya mbere yasohoka. Fly-Concorde Limited igamije kongera serivisi zitwara abagenzi ziva muri Amerika […]

Hashyizweho amezi 3 yo gusenya FDLR

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, byashyize umukono ku masezerano y’amahoro i Washington ku ya 27 Kamena 2025, bayobowe na Amerika, mu gihe hagitegerejwe gusinywa amasezerano hagati ya Congo na AFC-M23, kuriyi nshuro i Doha, inyandiko ya Washington yashyize hanze ingenga bihe igomba kubahirizwa vuba,nkuko byagarutsweho na bimwe mu bitangazamakuru byo mu burengerazuba bw’isi. […]

Iran Yazima Ushirikiano na IAEA Baada ya Mashambulio ya Anga ya Marekani-Israel

Katika Jumatano, Rais wa Iran Masoud Pezeshkian ametoa agizo la kusitisha ushirikiano na IAEA (Shirika la Kimataifa la Nishati ya Atomiki), kufuatia sheria mpya iliyopitishwa bungeni. Hatua hii inakuja baada ya mashambulio ya anga ya Marekani na Israel kulenga maeneo muhimu ya nyuklia—Fordow, Natanz, na Isfahan—na madai kuwa IAEA iliruhusu mashambulio hayo. Kwa mujibu wa […]

L’Iran Suspend sa Coopération avec l’AIEA après les Attaques Aériennes américano-israéliennes

Ce mercredi, le président iranien Masoud Pezeshkian a ordonné la suspension de la coopération avec l’Agence internationale de l’énergie atomique (AIEA), suite à l’adoption d’une nouvelle loi au Parlement. Cette décision intervient après des attaques aériennes américaines et israéliennes ayant ciblé des sites nucléaires clés—Fordow, Natanz et Ispahan—et alors que l’Iran accuse l’AIEA d’avoir facilité […]

Iran Suspends IAEA Ties After US-Israel Airstrikes on Nuclear Sites

On Wednesday, Iranian President Masoud Pezeshkian ordered a suspension of cooperation with the International Atomic Energy Agency (IAEA), following a new law passed by parliament. The decision comes after US and Israeli airstrikes damaged key Iranian nuclear facilities—Fordow, Natanz, and Isfahan—and amid accusations that the IAEA’s leadership enabled these attacks. Under the new legislation, IAEA […]

Iran yahagaritse ubufatanye n’Ikigo gishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ingufu za nikeleyeri (IAEA)

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yategetse guhagarika ubufatanye n’Ikigo gishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ingufu za nikeleyeri, IAEA (International Atomic Energy Agency), nyuma y’umushinga w’inteko ishinga amategeko. Ibi, Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yabitegetse nyuma y’uko ibitero by’indege bya Israel na Amerika byibasiye ibigo byayo bitunganya ingufu za nikeleyeri, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bya […]

Makubaliano ya Washington: Rwanda Yafaidi Zaidi Katika Mkataba wa Kihistoria

Baada ya kutiwa saini kwa makubaliano ya Washington kati ya Congo, Rwanda na Marekani kama mpatanishi, mijadala imeendelea kupamba moto—hasa huko Kinshasa. Kwa upande wa Rwanda, Balozi Olivier Nduhungirehe alisema: “Hatua ya kwanza ni kutekeleza mpango wa CONOPS wa kuvunja kikundi cha FDLR, kisha Rwanda iondoe mikakati yake ya kujilinda.” Hata hivyo, mwenzake wa Congo, […]

L’Accord de Washington : Une Victoire Silencieuse du Rwanda dans les Grands Lacs

Après la signature de l’accord de Washington entre la République Démocratique du Congo, le Rwanda et les États-Unis comme médiateur, les réactions restent vives, surtout à Kinshasa. Du côté rwandais, l’Ambassadeur Olivier Nduhungirehe a déclaré : « La première étape est la mise en œuvre du plan CONOPS pour démanteler le FDLR, suivie de la […]

Washington Deal: What’s in It for Rwanda? A Historic Shift in Regional Power

After the signing of the Washington Agreement between Congo, Rwanda, and the U.S. as mediator, the deal continues to spark intense controversy—especially in the Democratic Republic of Congo (DRC). On the Rwandan side, Ambassador Olivier Nduhungirehe stated after the signing: “The first step is to begin implementing the CONOPS plan to dismantle the FDLR, followed […]

Amasezerano ya Washington Intsinzi yu Rwanda

Nyuma y’isinywa y’amasezerano ya Washington ari hagati ya Congo, u Rwanda ndetse n’umuhuza Amerika, akomeje kutavugwaho rumwe cyane cyane muri Congo Kinshasa, ku Rwanda Ambasederi Olivier NDUHUNGIREHE, nyuma isinywa,yatangaje ko “Igikorwa cya mbere ni ugutangira gushyira mu bikorwa gahunda (CONOPS) yo gusenya umutwe wa FDLR, hagakurikiraho gukuraho ingamba z’ubwirinzi z’ u Rwanda.” Mu gihe mugenzi […]

Kesi ya Baltasar Yazua Gumzo: Kashfa ya Ngono na Ufisadi Yashtua Guinea ya Ikweta

Mahakama Kuu ya Malabo imeanza kusikiliza kesi kubwa inayofuatiliwa kwa karibu na raia na wachambuzi wa siasa. Mshitakiwa ni Baltasar Ebang Engonga, maarufu kama Bello, mwana wa Baltasar Engonga Edjo’o, Rais wa CEMAC, na binamu wa Rais Teodoro Obiang Nguema. Baltasar, ambaye alikuwa Mkurugenzi Mkuu wa Shirika la Kitaifa la Uchunguzi wa Mali (ANIF), amekuwa […]

Baltasar au Cœur du Scandale : Procès Explosif de Corruption et de Sextapes Secoue la Guinée Équatoriale

La Cour Suprême de Malabo a entamé un procès très suivi par l’opinion publique et les analystes. L’accusé, Baltasar Ebang Engonga, surnommé Bello, est le fils de Baltasar Engonga Edjo’o, président de la CEMAC, et cousin du président Teodoro Obiang Nguema. Ancien directeur général de l’Agence Nationale d’Investigation Financière (ANIF), Baltasar est détenu depuis 10 […]

Baltasar waryamanye n’abagore barenga 400 yasabiwe gufungwa imyaka 18

Urukiko Rukuru rwa Malabo rwatangiye kuburanisha urubanza rurimo gukurikirwa cyane n’abaturage n’abasesenguzi. Uregwa ni Baltasar Ebang Engonga, uzwi ku izina rya Bello, umwana wa Baltasar Engonga Edjo’o, Perezida w’akanama gashinzwe ubukungu muri Afurika yo hagati (CEMAC), akaba na mwene wabo wa Perezida Teodoro Obiang Nguema. Baltasar wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iperereza ku […]

Burundian Soldiers in Rwanda Join EAC Troops to Support Vulnerable Families

Burundian soldiers deployed in Rwanda have teamed up with the Rwandan Defence Forces (RDF) and the Rwanda National Police to provide aid to vulnerable families. Burundi is one of the East African Community (EAC) member states that sent troops to Rwanda as part of activities marking the 5th edition of the EAC CIMIC Week, aimed […]

Abasirikare b’u Burundi bafashije RDF kuremera imiryango itishoboye

Abasirikare b’u Burundi bari mu Rwanda, bafashije ingabo z’u Rwanda na Polisi y’Igihugu guha ubufasha imiryango itishoboye. U Burundi ni kimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bifite ingabo mu Rwanda, aho zitabiriye ibikorwa bigamije iterambere ry’abaturage biri kuba ku nshuro yabyo ya gatanu. Ibi bikorwa bizwi nka EAC CIMIC Week, byatangiye ku […]

Un Avion Militaire Ougandais S’écrase à l’Aéroport de Mogadiscio – Déclenchement d’un Incendie, Enquête en Cours

Un avion militaire ougandais s’est écrasé dans la matinée du mardi 2 juillet à l’aéroport international Aden Adde, situé à Mogadiscio, la capitale de la Somalie. L’autorité de l’aviation civile somalienne a confirmé que l’appareil transportait huit personnes et provenait de la base militaire de Balidogle, dans la région de Lower Shabelle. Des témoins sur […]

Indege y’Igisirikare cya Uganda yakoreye impanuka muri Somaliya

Indege y’igisirikare cya Uganda yakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu wa 2 Nyakanga ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Aden Adde, giherereye mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu. Ubuyobozi bwa gisivile mu bijyanye n’indege bwatangaje ko indege yari itwaye abantu umunani, ikaba yari ivuye ku kigo cya gisirikare cya Balidogle, mu ntara ya Lower Shabelle. […]

“Rwanda Controls M23, Not Just Fights FDLR” – UN Experts Expose Kigali’s Strategy

A confidential UN expert report, shared with the UN Security Council sanctions committee in early May, reveals that Rwanda has exercised command and control over the M23 rebel group in eastern DR Congo. It also documents Kigali’s training, deployment of high-tech military gear, and personnel support to M23 as they seized Goma and Bukavu. According […]

Raporo nshya ya Loni yongeye kwibasira u Rwanda irushinja gukoresha no kugenzura M23

Raporo bivugwa ko ari iy’ibanga yakozwe n’itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye iravuga ko u Rwanda rwayoboye kandi rugenzura inyeshyamba za M23 mu gihe zateraga imbere mu burasirazuba bwa Congo, zigenda zigira ijambo mu bya politiki ndetse zigera ku butaka bukungahaye ku mabuye y’agaciro. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, bivuga ko raoro byabonye igaragaza birambuye amahugurwa abahanga bavuga […]

“Mimi? Binti wa Kirigwajjo Mweupe Kama Maziwa?” – Zari Hassan Ajivunia Uzuri Wake, Awe na Shakib au Bila Yeye

Mwanamitindo maarufu Zari Hassan ameonyesha tena kujiamini kupita kiasi, akisema kwamba ingawa anampenda kwa dhati mume wake Shakib Lutaaya, bado ana hakika kuwa wanaume wengi watamtaka iwapo watatengana. Katika mahojiano ya hivi karibuni, Zari alisema kuwa Shakib “anamshika kwenye kamba ya mapenzi,” lakini hata kama mapenzi hayo yatafikia mwisho, uzuri wake hautamwacha bila wachumba. Akasema […]

Zari yishongoye ku mugabo we ko atabura abamutereta

Umunyamideli w’icyamamare Zari Hassan yongeye kugaragaza icyizere afite ku bwiza bwe n’ubushobozi bwo gukundwa, avuga ko n’ubwo akundana bya hafi n’umugabo we Shakib Lutaaya, atabura abamutereta mu gihe baba barandukanye. Mu kiganiro aherutse gutanga, Zari yavuze ko Shakib amufite “mu mugozi w’urukundo”, ariko ko n’iyo byarangira, atari ntiyabura abandi bagabo bamukunda kubera ubwiza bwe. Ati: […]

Le Groupe Rebelle Twirwaneho Réorganise Sa Direction Pour Renforcer Son Combat Contre Kinshasa

Le groupe armé Twirwaneho, qui dit défendre les Congolais de l’ethnie Banyamulenge, a annoncé ce mardi la nomination de nouveaux dirigeants, dont un nouveau président. Twirwaneho fait partie de l’Alliance Fleuve Congo (AFC), une coalition qui lutte contre le gouvernement de la République Démocratique du Congo. Dans un communiqué publié mardi, le groupe a déclaré […]

Twirwaneho Rebel Group Appoints New Leadership to Bolster Its Fight Against Kinshasa

The Twirwaneho rebel group, which claims to protect Congolese citizens of Banyamulenge ethnicity, announced its new leadership on Tuesday, including the appointment of a new president. Twirwaneho is part of the Alliance Fleuve Congo (AFC), a coalition fighting against the government of the Democratic Republic of Congo. In a statement released Tuesday, the group confirmed […]

Twirwaneho yashyizeho abayobozi barimo Perezida

Umutwe wa Twirwaneho ushinzwe kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ku wa Kabiri watangaje abayobozi bashya barimo Perezida wawo bashyizweho. Twirwaneho isanzwe iri mu mitwe igize ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Itangazo uyu mutwe wasohoye ku wa Kabiri, ryerekana ko Prof. Freddy Rukema Kaniki  wari usanzwe ari […]

Majaji Wakwama Kwa Shtaka Kuu Linaloweza Kufunga Diddy Maisha Jela

Majaji katika kesi ya Sean “Diddy” Combs bado wako kwenye mvutano baada ya kutangaza kuwa wameshindwa kukubaliana kuhusu shtaka kuu la jinai, ambalo linaweza kusababisha kifungo cha maisha jela. Katika jiji la New York, mahakama kuu ilielezwa kuwa baraza la majaji 12 lilifikia uamuzi kwa mashtaka manne kati ya matano, lakini wameshindwa kuelewana kuhusu shtaka […]

Jury Stalls on Key Charge That Could Send Diddy to Prison for Life

Judges in the trial of Sean “Diddy” Combs remain divided after declaring they failed to reach a consensus on the most serious charge in a complex case that could result in a life sentence. In New York, the Supreme Court was informed that the 12-member jury had reached a verdict on four out of five […]

Abacamanza bananiwe kwemeza P Diddy icyaha

Abacamanza mu rubanza rwa Sean “Diddy” Combs baracyakomeje kujya impaka nyuma yo gutangaza ko bananiwe kumvikana ku cyaha gikomeye cy’urusobe rw’ibyaha, gishobora gutuma afungwa burundu. I New York, urukiko rukuru rwabwiwe ko inteko y’abacamanza 12 yageze ku myanzuro kuri bine mu byaha bitanu Diddy akurikiranyweho, ariko bananirwa kumvikana ku cya gatanu, aricyo gikomeye kurusha ibindi. […]