Rutahizamu wa Amavubi yerekeje mu Barabu

Rtahizamu w’Umunyarwanda wigeze gukinira Marine FC, Gitego Arthur yamaze gusinya amasezerano y’imyaka itatu mu ikipe ya FUS Rabat yo mu Cyiciro cya Mbere muri Maroc. Uyu mukinnyi w’imyaka 24 yari amaze umwaka akinira Clube Ferroviário da Beira yo muri Mozambique, aho yahavuye ajya kugerageza amahirwe muri Raja Casablanca ariko ntibyakunda. Ubu yahise yerekeza muri FUS […]
Itariki ya “Rayon Day” yamenyekanye

Bidasubirwaho, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko umunsi ngarukamwaka wayo uzwi nka Rayon Day uzaba ku wa Gatanu, tariki ya 15 Kanama 2025, ukabera kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu munsi uzasozwa n’umukino wa gicuti ukomeye uzahuza Rayon Sports na Young Africans SC yo muri Tanzania, umukino wiswe “uw’Amatsinda”, bitewe n’ubucuti n’amateka yihariye hagati y’aya […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku ntambwe AFC/M23 na RDC byateye

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry’inyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro ihuriro AFC/M23 ryasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga ni bwo inyandiko y’ariya mahame yasinyiwe i Doha , nyuma y’ibiganiro impande zombi zari zimaze amezi atatu zigirana muri uriya murwa mukuru wa Qatar. […]
Capitaine Traoré yakuyeho Komisiyo y’Amatora mu gihugu cye

Perezida wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré, yasheshe Komisiyo y’Amatora mu gihugu cye avuga ko kuba yari iriho byari “gupfusha ubusa amafaranga y’igihugu”. Televiziyo ya Leta ya Burkina Faso (RTB), yatangaje ko Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Burkina Faso ari yo izajya itegura amatora mu bihe biri imbere. Traoré ayobora Burkina Faso kuva muri 2022 ubwo […]
Rayon Sports yasinyishije undi mukinnyi mushya

Ikipe ya Rayon Sports yakomeje gahunda yo gukomeza kubaka ikipe ikomeye izahangana mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, isinyisha umukinnyi mushya. Kuri uyu wa Gatandatu nibwo bamenyekanye ko Rayon Sports yasinyishije umukinnyi mushya, Aimable Ntarindwa wakiniraga Mukura Victory Sports. Uyu mukinnyi yamenyekanye mu mikino ikomeye ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka […]
M23 Yapinga Vikali Kuondoa Jeshi Baada ya Makubaliano

Kikundi cha waasi cha M23 kimepinga vikali taarifa za Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) kuwa kinatakiwa kuondoa majeshi yake kutoka maeneo ya mashariki mwa nchi inayoyashikilia kwa sasa. Jumamosi hii, M23 na serikali ya DRC walitia saini waraka unaoweka misingi ya msingi (“maadili ya msingi”), kabla ya kutiwa saini kwa makubaliano kamili […]
M23 dément tout retrait militaire prévu dans l’accord signé

Le mouvement rebelle M23 a réfuté les déclarations du gouvernement de la République démocratique du Congo (RDC) selon lesquelles il devrait retirer ses troupes des zones qu’il contrôle à l’Est du pays. Ce samedi, le M23 et le gouvernement congolais ont signé un document établissant des « principes fondamentaux », étape préalable à un futur […]
M23 Denies Peace Deal Requires Troop Withdrawal

The M23 rebel group has dismissed claims by the Government of the Democratic Republic of Congo (DRC) that it must withdraw its troops from eastern regions it currently controls. On Saturday, M23 and the DRC signed a document laying out “fundamental principles” as a step toward a future peace agreement between the two sides. Following […]
M23 yanyomoje Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura

Umutwe wa M23 wabeshyuje Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ugomba kuvana ingabo zawo mu bice byo mu burasirazuba bwa RDC ugenzura. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo uriya mutwe na RDC byashyize umukono ku nyandiko y’amasezerano agena “amahame y’ibanze”, mbere y’uko impande zombi zisinyana amasezerano y’amahoro. Nyuma y’uko ariya iriya nyandiko […]
Makubaliano ya Kihistoria Yasainiwa Doha: Serikali ya DRC na M23 Waanza Njia ya Amani

Muungano wa AFC/M23 na Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wamesaini makubaliano Jumamosi hii yanayoweka “kanuni za msingi” kwa ajili ya kumaliza vita vilivyodumu kwa zaidi ya miaka mitatu kati ya pande hizo mbili. Hafla ya utiaji saini iliongozwa na Waziri wa Nchi katika Wizara ya Mambo ya Nje ya Qatar, Dkt. Mohammed bin […]
Percée à Doha : Le Gouvernement Congolais et le M23 Signent un Accord de Principes pour la Paix

La coalition AFC/M23 et le Gouvernement de la République Démocratique du Congo ont signé ce samedi un accord définissant les “principes de base” visant à mettre fin à la guerre qui oppose les deux parties depuis plus de trois ans. La cérémonie de signature a été présidée par le Ministre d’État au Ministère des Affaires […]
Breakthrough in Doha: DRC and M23 Sign Principles Agreement Toward Peace After Years of Conflict

The AFC/M23 coalition and the Government of the Democratic Republic of Congo signed an agreement this Saturday establishing the “basic principles” to end the war the two parties have been engaged in for more than three years. The signing ceremony was led by Qatar’s Minister of State at the Ministry of Foreign Affairs, Dr. Mohammed […]
M23 na RDC byateye intambwe igana ku guhagarika intambara

Ihuriro AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu byashyize umukono ku masezerano agena “amahame y’ibanze”, mu rwego rwo gushyira iherezo ku ntambara impande zombi zimaze imyaka irenga itatu zirwanamo. Umuhango wo gushyira umukono ku nyandiko y’ariya masezerano wayobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Dr. Mohammed […]
Sadate Munyakazi Akana Kugombea Uongozi wa FERWAFA: “Sina Muda”

Aliyekuwa rais wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, ametangaza kuwa hatawania nafasi yoyote katika uchaguzi ujao wa Shirikisho la Soka la Rwanda (FERWAFA). Tangazo hili limekuja baada ya ujumbe alioweka kwenye mtandao wa X kuzua mkanganyiko kwa watu wengi, waliodhani huenda alikuwa anajiandaa kuwania uongozi wa FERWAFA. Mwandishi wa habari Oswald Mutuyeyezu wa Radio & TV10 […]
Sadate Munyakazi écarte toute candidature à la tête de la FERWAFA : « Je n’ai pas le temps »

L’ancien président de Rayon Sports, Sadate Munyakazi, a annoncé qu’il ne se portera pas candidat à la présidence de la Fédération Rwandaise de Football (FERWAFA), alors que de nouvelles élections sont en préparation. Cette déclaration intervient après un message publié sur le réseau social X, qui a semé la confusion parmi les internautes, certains pensant […]
Sadate Munyakazi Rules Out Candidacy for FERWAFA Presidency: “I Don’t Have Time”

The former president of Rayon Sports, Sadate Munyakazi, has announced that he will not run for office in the upcoming elections of the Rwanda Football Federation (FERWAFA). This announcement comes after a post on social platform X caused confusion among the public, with many speculating that he might be planning to run for the top […]
Munyakazi yahakanye ibyo kuba yayobora FERWAFA

Uwahoze ayobora Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yatangaje ko atazatanga kandidatire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu gihe hari gutegurwa amatora mashya y’ubuyobozi. Ibi yabitangaje nyuma y’ubutumwa bwo ku rubuga rwa X bwari bwashyize abantu mu rujijo bibaza niba yaba agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu wa Radio& TV10 yanditse kuri X abaza […]
Mafanikio Makubwa Yapigwa: Serikali ya DRC na M23 Wakaribia Kusaini Makubaliano ya Kusitisha Vita Doha

Muungano wa AFC/M23 na Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wanatarajiwa kusaini makubaliano Jumamosi hii yanayobainisha “kanuni za msingi” kama hatua ya kumaliza vita vilivyodumu kwa zaidi ya miaka mitatu kati ya pande hizo mbili. Makubaliano hayo yatasainiwa mjini Doha, Qatar, ambapo pande hizo zimekuwa zikifanya mazungumzo chini ya upatanishi wa familia ya kifalme […]
Accord Historique en Vue : Le Gouvernement Congolais et le M23 s’apprêtent à Signer un Cessez-le-feu à Doha

La coalition AFC/M23 et le Gouvernement de la République Démocratique du Congo devraient signer ce samedi un accord définissant les « principes de base » visant à mettre fin à la guerre que se livrent les deux parties depuis plus de trois ans. L’accord doit être signé à Doha, au Qatar, où les deux camps […]
Historic Deal on the Horizon: DRC Government and M23 Set to Sign Ceasefire Agreement in Qatar

The AFC/M23 coalition and the Government of the Democratic Republic of Congo are expected to sign an agreement this Saturday outlining the “basic principles” aimed at ending the war the two sides have been fighting for more than three years. The agreement is to be signed in Doha, Qatar, where both parties have been holding […]
RDC na AFC/M23 birasinyana imbanzirizamasezerano yo kurangiza intambara

Ihuriro AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu byitezwe ko basinyana amasezerano agena “amahame y’ibanze” mu rwego rwo gushyira iherezo ku ntambara impande zombi zimaze imyaka irenga itatu zirwanamo. Ni amasezerano aza gushyirirwaho umukono i Doha muri Qatar, aho impande zombi zimaze igihe ziganirira ku buhuza bwa buriya bwami. […]
Paul Biya, Miaka 92, Awania Urais kwa Mara ya Nane: Je, Cameroon Yaongozwa na Wazee Pekee?

Rais Paul Biya wa Cameroon alitangaza wiki iliyopita kuwa atawania urais kwa muhula wa nane, hatua ambayo inaweza kumfanya aongoze hadi atimize umri wa miaka 100. Biya, mwenye umri wa miaka 92, ndiye rais mzee zaidi duniani aliye madarakani kwa sasa. Kupitia ukurasa wake wa X, Biya alisema atagombea kwenye uchaguzi unaotarajiwa kufanyika Oktoba mwaka […]
Paul Biya, 92 ans, veut briguer un 8e mandat : le leadership du troisième âge au Cameroun sous les projecteurs

Le Président camerounais Paul Biya a annoncé la semaine dernière son intention de se présenter pour un huitième mandat, ce qui pourrait le maintenir au pouvoir jusqu’à l’âge de 100 ans. À 92 ans, Biya est le doyen des chefs d’État en exercice dans le monde. Dans une publication sur son compte X, Biya a […]
Paul Biya, 92, Eyes 8th Term as Cameroon’s President Amid Criticism Over Aging Leadership

President Paul Biya of Cameroon announced last week that he plans to run for an eighth term, which could see him remain in power until he reaches the age of 100. At 92, Biya is the world’s oldest serving president. Posting on his X account, Biya said he intends to run in the upcoming elections […]
Cameroun: 6 b’urungano rw’umukambwe Biya ni bo bayoboye inzego zikomeye kurusha izindi (Amafoto)

Perezida Paul Biya wa Cameroun, mu cyumweru gishize yatangaje ko ateganya kwiyamamariza kuyobora iki gihugu muri manda ya munani ishobora gutuma yuzuza imyaka 100 y’amavuko ari ku butegetsi. Biya w’imyaka 92 y’amavuko, ni we Perezida ukuze kurusha abandi ku Isi. Uyu mukambwe acyandika ku rubuga rwe rwa X ko ateganya kwiyamamaza mu matora ateganyijwe mu […]