Tshisekedi asigaje kwegura, guhunga cyangwa gukurwaho: Nangaa

Umuhuzabikorwa w’ihuriro rya AFC/M23, akoresheje urubuga rwe rwa x, yavuzek ko Parezida Tshisekedi asigaranye kwegura ku butegetsi, cyangwa agahunga bitaba ibyo agakurwaho. Nangaa yavuze ko RDC irimo ibibazo mu buryo budasubirwaho, kandi ko ibyo bibazo biri mu gihugu hose. maze ongeraho ko ikibazo cy’umutekano atari icyo kiri muri RDC gusa, ahubwo ko hari n’ibibazo bya […]
Ari umugabo n’umugore ni nde uryoherwa cyane n’imibonano mpuzabitsina y’abashakanye?

Mu muryango nyarwanda n’ahandi ku isi, imibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye ni ingenzi cyane mu kubaka urukundo, umutekano w’amarangamutima, no gutuma urugo rugira ituze. Ariko se, hagati y’abagabo n’abagore, ni nde uryoherwa cyane n’iki gikorwa? Iki kibazo cyakomeje gutera impaka, ariko ubushakashatsi bwimbitse n’ubuhamya bw’abantu batandukanye bigaragaza ko ibyishimo by’imibonano mpuzabitsina bigira aho bishingira ku buryo […]
Biratangaje: Havumbuwe igihugu cyitabamo imibu

Ubushakashatsi buherutse bwagaragaje ko Iceland ari kimwe mu bihugu bike ku isi bitabarizwamo imibu, bitewe n’imiterere yacyo yihariye. Abashakashatsi bavuga ko ubukonje bukabije bwo muri icyo gihugu butuma amagi y’imibu atabasha gukura, kandi n’igihe ubushyuhe bwiyongereye, amazi arihinduriza bigatuma umubu udakura. Ikindi gitangaje, ni uko muri Iceland nta miti yica imibu ikoreshwa, cyangwa se inzitiramibu, […]
Audia Intore yarongowe n’umunyamakuru

Ku wa 26 Nyakanga 2025, umunyamakuru Cyiza Kelly n’umuhanzikazi Audia Intore bakoze ubukwe nyuma y’igihe bari mu rukundo. Ubu bukwe bwabereye mu Murenge wa Kinyinya, mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu. Umuhango wo gusaba no gukwa waranzwe n’ibikorwa bya kinyarwanda, abashyitsi barimo abahanzi Mariya Yohana, Ange na Pamela, na Lionel Sentore. Umunyamakuru Babu […]
Masisi: M23 yakubise umwanzi, yigarurira agace k’ingenzi

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu wigaruriye agace ka Showa ko muri Teritwari ya Masisi, nyuma yo kukirukanamo umwanzi wawo bari bahanganye. M23 yafashe Showa nyuma yo kuhirukana ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC bari bahanganye ryiganjemo inyeshyamba zo mu mutwe wa APCLS wa Janvier Karairi. Ejo ku wa Gatanu impande zombi zari zarwaniye […]
Icyicaro Gikuru cya EAGF kigiye kuva muri Uganda kize mu Rwanda

Amashyaka afite amahame mu kurengera ibidukikije yo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAGF), yemeje ko Icyicaro Gikuru cyayo cyabaga muri Uganda cyihavanwa kikimurirwa mu Rwanda. EAGF yabyemereje mu nama yayo izwi nka Eastern African Greens Congress iri kubera i Kigali. Iyi nama y’iminsi ibiri yitabiriwe n’amashyaka ya Green Parties yo mu bihugu by’u […]
Tshisekedi umaze iminsi yikanga coup d’état yafatiye ingamba ba Jenerali ba FARDC

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyamenyenyesheje abasirikare bakuru bose n’abapolisi ko nta wemerewe gusohoka mu gihugu cyangwa kuva aho ari, kugeza igihe bazamenyesherezwa. Bikubiye mu butumwa FARDC yatanze biciye mu mugaba mukuru w’Ingabo zayo, Lt.Gen. Banza Jules Mwilambwe. Itangazo Lt. Gen. Banza yashyize hanze yifashishije urubuga rwa Telegrame, rimenyesha abayobozi bakuru muri […]
Aho AFC/M23 ihagaze ku kuba RDC yagabanywamo za Leta

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ufite icyifuzo cy’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagabanywamo za Leta, kuko ari bwo buryo bwonyine bushobora kuvana iki gihugu ku rwego kiriho. Byatangajwe n’Umunyamabanga Uhoraho w’uyu mutwe, Benjamin Mbonimpa, mu kiganiro yahaye abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 25 Nyakanga 2025, i Goma. Ni ikiganiro cyibanze ku nyandiko y’amahame […]
Umukinnyi mushya wa APR FC yagize ibyago

Umunya-Uganda Ronald Ssekiganda umaze igihe gito yerekeje muri APR FC, yagize ibyago byo gupfusha nyina umubyara. APR FC yemeje aya makuru mu butumwa bumwihanganisha yanyujije ku rubuga rwayo rwa X. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yagize iti: “Ubuyobozi bwa APR, abakinnyi ndetse n’abakozi, bifatanije na Ronald Ssekiganda mu gahinda ko kubura umubyeyi we (nyina). Aruhukire mu […]
U Bufaransa bwatesheje agaciro impapuro zo gufata Bashar al-Assad

Urukiko Rukuru rw’u Bufaransa rwatesheje agaciro impapuro zatanzwe mu 2023 zo guta muri yombi uwahoze ari Perezida wa Siriya, Bashar al-Assad, washinjwaga uruhare mu bitero byahitanye abasaga 1,000 mu 2013 mu mijyi ya Adra na Douma hafi ya Damasiko. Urukiko rwavuze ko ubwo izo mpapuro zatangwaga, Assad yari akiri perezida bityo akaba yari afite ubudahangarwa […]
U Burundi bwabonye Nyampinga mushya (Amafoto)

Kaneza Kellia Lagroire, ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Burundi wa 2025, nyuma yo guhigika abakobwa bagenzi be 15 bari barihataniye. Kaneza yambikiwe iri kamba mu birori byabereye i Bujumbura ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 25 Gicurasi 2025. Ni ibirori byitabiriwe n’abarimo Madamu wa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Angeline Ndayubaha […]
FDLR yoherejwe kwica Abanyamulenge nyuma yo gutozwa no guhabwa intwaro n’u Burundi: Twirwaneho

Umutwe wa Twirwaneho ushinzwe kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, watanze impuruza y’uko abarwanyi bo mu mutwe wa FDLR batangiye koherezwa mu bice by’imisozi miremire yo muri Teritwari za Uvira na Fizi, nyuma y’igihe bahererwa imyitozo mu Burundi. Twirwaneho yatanze iyi mpuruza biciye mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 25 Nyakanga. Uyu mutwe […]
Igisubizo cya AFC/M23 ku bibaza niba Kabila yaramaze kuyinjiramo

Umutwe wa AFC/M23 wahakanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari umwe mu bawugize. Uyu mutwe wemeje ko Kabila usigaye aba mu mujyi wa Goma ugenzura atari umunyamuryango wawo, mu kiganiro wagiranye n’itangazamakuru ejo ku wa Gatanu. Umunyamabanga Uhoraho wa AFC/M23, Benjamin Mbonimpa, ubwo yabazwaga niba Kabila ari […]
Ndayishimiye yagiranye inama na Capitaine Ibrahim Traoré

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Kane tariki ya 24 Nyakanga yatangaje ko yagiranye inama na Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré. Ndayishimiye abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko inama yagiranye na Traore iri mu rwego rw’ubutumwa yahawe bwo kuba intumwa idasanzwe ya Perezida wa Angola akanaba uw’Umuryango wa Afurika […]