Aissa Cyiza yagizwe CEO wa Royal FM

Tariki ya 6 Kanama 2025, ubuyobozi bwa Royal FM bwatangaje ko Aissa Cyiza yagizwe Umuyobozi Mukuru w’iyi radiyo, nyuma y’amezi atanu yari amaze ari Umuyobozi Mukuru Wungirije. Aissa Cyiza asanzwe azwi nk’umunyamakuru w’inararibonye wamenyekanye cyane binyuze mu kiganiro AM to PM gitangira saa Tanu kugeza saa Munani kuri Royal FM, aho amaze imyaka umunani. Yatangiye […]

Uwahoze ari Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania yapfuye

Uwahoze ari Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko mu gihugu cya Tanzania, akaba yari n’umudepite uhagarariye akarere ka Kongwa, Job Yustino Ndugai, yapfuye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Kanama 2025, aguye mu mujyi wa Dodoma, aho yari arwariye. Urupfu rwe rwemejwe na Parezida w’Inteko ya Tanzania akaba na Perezida w’Umuryango Mpuzamahanga w’Inteko Ishinga Amategeko (IPU), […]

Jules Karangwa yagizwe umuyobozi wa Rwanda Premier League

Jules Karangwa wari usanzwe ari Umujyanama mu by’amategeko mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yashyizwe ku mwanya w’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Rwanda Premier League – urwego rushya rushinzwe gutegura no kuyobora Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda. Uyu mwanya mushya ahawe ni ubwa mbere uhawe umuntu kuva uru rwego rwashyirwaho, kandi biteganyijwe ko Karangwa azagirira […]

Ibitero simusiga byiriwe mu misozi ya Minembwe bigabwe n’ ihuriro rya leta ya DRC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 06/08/2025 Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye ibitero mu duce dutandukanye dutuwe n’Abanyamulenge twa Mibunda na Rugezi two mu misozi miremire y’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko agace ka Mibunda ko muri Teritware […]

Operesheni Kitona: Shambulio la Kushtukiza la Rwanda Lililotikisa Afrika ya Kati

Rwanda yateketeza kambi ya kijeshi ya Kitona kwa dakika 20 tu, huku wanajeshi wake wakiwasili kwa ndege kutoka Kigali hadi kaskazini-magharibi mwa DRC Operesheni Kitona ni moja ya mashambulizi ya kijeshi ya kushangaza na ya kijasiri zaidi kuwahi kufanywa barani Afrika. Ilifanyika mnamo Agosti 1998, wakati Rwanda, ikishirikiana na Uganda, ilianzisha mashambulio ya haraka dhidi […]

Opération Kitona : Le Coup Audacieux du Rwanda qui a Ébranlé l’Afrique Centrale

Dans l’histoire tumultueuse de l’Afrique centrale, rares sont les événements qui ont autant captivé l’attention que l’opération Kitona. En août 1998, au début de la Deuxième Guerre du Congo, le Rwanda a exécuté une manœuvre militaire audacieuse qui a défié les probabilités et redéfini la guerre moderne sur le continent africain. 🔵 Le Contexte : […]

Kitona Operation: Rwanda’s Daring Strike That Shook Central Africa

The Kitona Operation, also known as Opération Kitona, was one of the boldest military operations conducted by the Rwanda Defence Forces (RDF), alongside Uganda, at the beginning of the Second Congo War in 1998. This operation marked a turning point in Central Africa’s geopolitics and demonstrated Rwanda’s growing military prowess. Background Following the end of […]

Operasiyo Kitona: Igitero kabuhariwe cyakozwe n’ingabo z’u Rwanda

Tariki ya 4 Kanama 1998, nibwo habaye Operation Kitona yaramamaye cyane kugeza nubwo yigishwa mu mashuri, mu mirwano yari imaze igihe irimo ingabo z’u Rwanda na Uganda  zarwanaga n’ingabo za DRC zifatanyije n’ingabo z’bihugu bya SADEC, Operasion Kitona cyari igitero kidasanzwe cyayobowe na Jenerali Jemes Kabarebe w’u Rwanda, mu ntambara ya Congo ya kabiri ubwo […]

Ghana: Minisitiri w’Ingabo n’uw’Ibidukikije bapfuye

Minisitiri w’Ingabo za Ghana ndetse n’uw’Ibidukikije, bari mu bantu umunani bapfuye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Kanama baguye mu mpanuka ya kajugujugu. Aba ba Minisitiri bombi bapfanye n’abandi bayobozi batatu ndetse n’abasirikare batatu bo mu ngabo za Ghana zirwanira mu kirere bakoraga muri iriya ndege. Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida John Mahama wa Ghana, […]

Goma: Umukwabu wa M23 wafatiwemo abatari bake bakekwaho kuba ibyitso bya FARDC na FDLR

Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Kanama, inzego z’umutekano za M23 zahakoreye umukwabu wasize hafashwe abatari bake bakekwaho guteza umutekano muke. Abafashwe biganjemo insoresore bafatiwe mu gace ka Mabanga, mu majyepfo ya Komine ya Karisimbi. Ni ku nshuro ya gatandatu M23 yari ikoreye […]

Amerika igiye kujya yishyuza Frw miliyoni 21 abanya-Malawi n’abanya-Zambia bashaka Viza

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutangira kwishyuza abaturage bava mu bihugu bya Malawi na Zambia $ 15,000 (arenga Frw miliyoni 21), kugira ngo babashe guhabwa za Viza ku bagiye kuzikoreramo ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa abagiye gutembera. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, yatangaje ko ikiguzi cya Viza ku banya-Zambia na Malawi cyazamuwe […]

Hakim Sahabo yagize uruhare rukomeye mu gushyingura ‘Mama Mukura’

Hakim Sahabo, umukinnyi w’Amavubi ukinira Standard de Liège, ni we watanze byinshi mu gutegura no gutanga ibikenewe byose kugira ngo Mukanemeye Madeleine, benshi bazi nka “Mama Mukura”, ashyingurwe mu cyubahiro gikwiye. Mukanemeye yitabye Imana ku cyumweru tariki ya 3 Kanama 2025, ashyingurwa ku wa kabiri tariki ya 5 Kanama. Amakuru avuga ko Hakim Sahabo yatanze […]

Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iperereza (ANR)

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashyizeho abayobozi bakuru babiri bashya b’amashami y’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza (ANR). Iteka rya perezida ryasomwe kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Kanama 2025, kuri Radio na Televiziyo bya Congo, RTNC, rivuga ko uwitwa Kalala Musungu Théophile Charles yagizwe umuyobozi mukuru, w’ishami ry’imbere mu gihugu, naho […]

Gasopo ya Polisi y’u Rwanda ku bishora mu byaha muri Expo

Kuri uyu wa 5 Kanama 2025, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yagaragaje ko inzego z’umutekano zafashe ingamba zikomeye zo kurinda umutekano mu Imurikagurisha Mpuzamahanga riri kubera i Kigali, ahazwi nk’i Gikondo, riri kuba ku nshuro ya 28. Yavuze ko nubwo iri murikagurisha ari urubuga rw’ubucuruzi no kwidagadura, hatihanganirwa ibikorwa bishobora kubangamira ituze […]

Rwatubyaye wari waraburiwe irengero yagaragaye mu matware y’Abatalibani

Myugariro Rwatubyaye Abdul wari umaze igihe asa n’uwaburiwe irengero, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Abu Muslim Farah Football Club yo muri Afghanistan.   Uyu musore usanzwe akinira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yemeje ko ari umukinnyi w’iyi kipe biciye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ni ubutumwa bwari buherekeje amafoto yashyize kuri ruriya rubuga, arimo […]

Netanyahu ntavuga rumwe n’igisirikare cya Israel ku kwigarurira Gaza yose

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 5 Kanama, Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu yatangaje ko Israel igomba “gutsinda burundu” Hamas muri Gaza,  ariko Umuyobozi Mukuru w’Ingabo za Israel, kimwe n’igice kinini cy’ubuyobozi bukuru bwa gisirikare, barwanya igitero gishya cyo kwigarurira agace ka Palestine.  Umuyobozi Mukuru w’Ingabo za Israel, Eyal Zamir, yemeza ko Israel irimo irashaka […]

Konti zirenga miliyoni 7 za WhatsApp zafunzwe

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Kanama 2025 sosiyete Meta yatangaje ko yasibye konti za WhatsApp zigera hafi kuri miliyoni 7 zari zifitanye isano n’ubutekamutwe mu gice cya mbere cy’uyu mwaka, kandi ikomeje gufata ingamba zikomeye zo kubikumira. Clair Deevy, ushinzwe ibikorwa by’inyuma muri WhatsApp, yavuze ko: “Ikipe yacu yamenye izo konti kare, izifunga […]

Imyaka 80 irashize Amarika iteye igisasu cya kirimbuzi mu mujyi wa Hiroshima

Umujyi wa Hiroshima, ni umwe mu mijyi yo mu Buyapani ya kera kandi ifite amateka akomeye, aho kuri iyi tariki ya 6 Kanama uri kwibuka imyaka 80 ishize igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kigabye igitero cy’inkazi kuri uyu mujyi hakoreshejwe igisasu cya kirimbuzi. Kuri iyi tariki ya 6 Kanama mu mwaka w’1945, nibwo […]

Kiongozi wa M23 Akanusha Tuhuma za Mauaji Rutshuru: “Ni Propaganda Tu”

Bertrand Bisimwa, Rais wa kundi la waasi la M23, amekanusha vikali tuhuma za Ofisi ya Pamoja ya Haki za Binadamu ya Umoja wa Mataifa (UNJHRO), zilizodai kuwa M23 waliua raia 169 huko Rutshuru, mashariki mwa DRC. Akizungumza na Reuters, Bisimwa alisema tuhuma hizo zilitokana na taarifa za mtu anayejulikana kama Mulumba, msemaji wa FDLR, na […]

Le Chef du M23 Dément les Accusations de Massacre à Rutshuru: “Une Propagande Pure”

Bertrand Bisimwa, Président du mouvement rebelle M23, a rejeté catégoriquement les accusations du Bureau Conjoint des Nations Unies aux Droits de l’Homme (BCNUDH) concernant le meurtre de 169 civils à Rutshuru. S’adressant à Reuters, Bisimwa a affirmé que ces allégations reposaient sur les déclarations d’un certain Mulumba, connu pour être membre du FDLR. Il a […]

M23 Leader Denounces UN Allegations of Massacres in Rutshuru as Propaganda

Bertrand Bisimwa, President of the M23 rebel movement, has strongly rejected accusations by the United Nations Joint Human Rights Office (UNJHRO), which recently alleged that the group killed 169 civilians in Rutshuru, DRC. Speaking to Reuters, Bisimwa said these allegations are based on unverified claims from a known FDLR member named Mulumba. He criticized the […]

Bisimwa yatanze umucyo ku bwicanyi baherutse gushinjwa gukorera abasivili 169

Perezida w’Umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye ibirego by’Ibiro Bihuriweho by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu biherutse gushinja uyu mutwe kwica abasivili 169 muri Rutshuru nk’uko biherutse gutangazwa n’Ibiro Ntaramakuru Reuters, avuga ko ari ibirego bishingiye ku makuru yatanzwe n’umu FDLR uzwi witwa Mulumba, anenga Umuryango w’Abibumbye gutangaza ibintu utagenzuye kandi utabuze uburyo. Mu mpera […]

Uwakoreraga AS Kigali ashobora kuyijyana mu nkiko

Nsabimana Jean de Dieu, wahoze ari umuganga wa AS Kigali, yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe abumenyesha ko bumufitiye imishahara y’amezi 13 ndetse n’andi mafaranga agera kuri miliyoni 6,7 Frw. Naramuka atishyuwe mu gihe kitarenze icyumweru, ngo azitabaza inkiko. Uyu mugabo, wakoranaga na Muganga Rugumaho Arsène mu kwita ku bakinnyi, avuga ko nyuma yo guhagarikwa batishyuwe amafaranga […]

Ruswa inzitizi ku iterambere n’ umutekano w’ibihugu bya SADC

Umuryango w’ ibihugu bya Afurika y’ Amajyepfo SADC  watangaje ko ibihugu bigize uyu muryango bikomeje guhura n’ingaruka zikomeye zishingiye kuri ruswa, kandi ko iki kibazo gikomeje kuba imbogamizi ku mutekano no ku bukungu bw’ ibyo bihugu. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ uyu muryango wagaragaje ko nubwo hari intambwe zimwe na zimwe zimaze guterwa mu kurwanya […]

Perezida Kagame yatashye ubukwe bw’umuhungu wa Minisitiri Dr. Biruta (Amafoto)

Perezida Paul Kagame ari mu bashyitsi b’imena batashye ubukwe bwa Sous-Lieutenant Edmond Biruta, umusirikare mu ngabo z’u Rwanda akanaba umuhungu wa Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Sous-Lieutenant Biruta yashyingiranwe n’umukunzi we, Bwiza Samantha, mu birori bibereye ijisho byitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye. Amafoto n’amashusho atandukanye yerekana Perezida Paul […]

Musanze: Abanyeshuri baburiye impamyabumenyi zabo ku ishuri baratabaza ubuyobozi

Bamwe mu banyeshuri bize ku Rwunge rw’Amashuri rwa Shingiro mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze, baratabaza inzego zibishinzwe kubakurikiranira ikibazo cya Diplômes zabo zaburiye ku ishuri bikaba bikomeje kubagiraho ingaruka zo kubabuza amahirwe y’ akazi no kubura uko buzuza ibyangombwa bibimerera gukomeza amashuri ya kaminuza. Abavuga ibi ni abashoje amasomo yabo y’ amashuri […]

Ndayishimiye yagabanyije Abaminisitiri bari bagize Guverinoma y’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Kabiri tariki ya 5 Kanama yashyizeho Guverinoma nshya izaba iyobowe na Minisitiri w’Intebe mushya, Nestor Ntahontuye. Guverinoma nshya Ndayishimiye yashyizeho igizwe n’Abaminisitiri 13, ikaba yasimbuye iyacyuye igihe yari igizwe n’Abaminisitiri 15. Muri Minisiteri Ndayishimiye yakuyeho harimo ishinzwe ubucuruzi yafashe icyemezo cyo gukurikirana ku giti cye. Guverinoma nshya Perezida […]

Uganda: Umudepite yatsinze urubanza yaregagamo MTN kwanga kumusubiza ku murongo

Urukiko Rukuru i Kasese rwasanze MTN Uganda yaranze ku bushake gusubizaho umurongo wa telefone w’umudepite wa Bukonzo y’Iburengerazuba, Godfrey Atkins Katusabe, nubwo yatanze ibimenyetso bifatika byerekana umwirondoro we. Umucamanza David S.L. Makumbi, mu cyemezo cyatanzwe vuba aha, yavuze ko mu gihe ikurwaho rya mbere rya sim card ya Katusabe ryemewe kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwandikisha […]