Sebastian Hertner yapfuye

Isi y’umupira w’amaguru, by’umwihariko mu Budage, yibasiwe n’agahinda gakomeye nyuma y’urupfu rubabaje rwa Sebastian Hertner, wahoze ari umukinnyi mpuzamahanga w’Abadage. Hertner w’imyaka 34 y’amavuko yitabye Imana ku wa Kabiri tariki ya 23 Ukuboza 2025, azize impanuka ikomeye yabereye ku gikoresho cyo kuzamura abantu ku misozi mu kigo cy’imikino ya ski cya Savin Kuk, mu majyaruguru […]
Kitoko muri Rayon Sports

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ikipe ya Rayon Sports yakiriye, Umunye-Congo Faustin Likua Kitoko Pizzalo wakiniraga Flambeau du Centre yo mu Burundi, aho aje gushyira umukono ku masezerano. Faustin Likua w’imyaka 23 ukina mu kibuga hagati yugarira ashobora gusinya amasezerano y’imyaka ibiri atanzweho miliyoni 21 z’amafaranga y’u Rwanda. Likau Faustin yavuye muri AC […]
U Rwanda rwavuze kuri Meya wa Kindu waciye imyambaro yanditseho ‘Visit Rwanda’

Umuyobozi w’Umujyi wa Kindu wo mu ntara ya Maniema muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Atibu Mulamba, yatangaje ko yamaze kubuza burundu kwambara, kugurisha, gutunga no gukwirakwiza imyambaro cyangwa ibirango byose byanditseho ijambo “Visit Rwanda”. Ni icyemezo yatangaje ku mugaragaro mu mpera z’icyumweru gishize, mu kiganiro yahaye itangazamakuru ryo muri ako gace. Uyu mugabo […]
Lt. Col Manirakiza wari wararashwe na M23 yapfuye

Lieutenant-Colonel Patrice Manirakiza wayoboraga batayo ya 18 y’ingabo u Burundi bwari bwarohereje kurwana na AFC/M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfuye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Ukuboza 2025. Uyu ofisiye yaguye mu bitaro bya Tanganyika Care Hospital by’i Bujumbura azize ibikomere, aho yari amaze ibyumweru birenga bibiri arwariye. Ku wa 6 Ukuboza […]
Dore ibihugu 10 Noheli ifatwa nk’ikizira

Buri mwaka tariki ya 25 Ukuboza, mu bihugu byinshi byo ku isi by’umwihariko mu Burengerazuba bw’isi, hizihizwa umunsi mukuru wa Noheli, abakristo bakawufata nk’umunsi wo kwizihiza ivuka rya Yezu/Yesu Kristu, ukaba umwanya wo gusangira, kwishimana, gutanga impano no kwibutsa urukundo n’amahoro. Mu mijyi myinshi ku isi, uyu munsi urangwa n’imirimbo itandukanye, indirimbo za Noheli, amatara […]
Kindu: Umuyobozi w’umujyi yaburiye umuntu wese uzafatwa yambaye Visit Rwanda

Umuyobozi w’Umujyi wa Kindu, Augustin Atibu Mulamba, yatangaje ko bibujijwe kwambara, kugurisha, gutunga, no gukwirakwiza imyenda cyangwa ibindi bintu byanditseho “Visit Rwanda.” Iki cyemezo cyatangajwe ku mugaragaro mu mpera z’icyumweru gishize ubwo umuyobozi w’umujyi yari mu kiganiro n’abanyamakuru baho. Nk’uko Augustin Atibu Mulamba abitangaza, ngo serivisi z’umutekano ziherutse gusenya umuyoboro ugira uruhare mu kugurisha no […]
Minisitiri Bizimana yutse inabi umudipolomate waburiye Ndayishimiye ku bubi bw’intambara y’u Burundi n’u Rwanda akomeje kwifuza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Edouard Bizimana, yutse inabi umuturage w’u Burundi akanaba umudipolomate uheruka kwandikira Perezida Evariste Ndayishimiye amumenyesha ububi bw’intambara akomeje kwifuza hagati y’igihugu cye n’u Rwanda. Perezida Evariste Ndayishimiye n’abantu ba hafi ye bamaze igihe batangaza amagambo gashozantambara ku Rwanda, nyuma y’uko u Burundi bumaze igihe butakaje abasirikare benshi mu ntambara yo […]
Umunsi nzaba ndi ku rugamba nta muntu uzemererwa guhunga – Gen. Kapend

Umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Eddy Kapend, yatangaje ko yazamuye urwego rwo kuba maso ku mitwe ye yose yo mu ntara za Haut-Katanga, Lualaba, Tanganyika, na Haut-Lomami, mu rwego rwo guhangana n’ibitero bishoboka by’inyeshyamba za AFC / M23, ashimangira ko igihe azaba ari ku rugamba […]
Moscow: Abapolisi 2 baturikanwe n’igisasu hafi y’aho Gen. Sarvarov yiciwe

Abashinzwe iperereza baravuga ko aba bapolisi bombi begereye umuntu wari uteye amakenga i Moscow igihe igisasu cyaturikaga. Iri turika bivugwa ko ryabereye hafi y’aho igisasu cyari giteze mu modoka cyahitaniye undi mujenerali w’u Burusiya muri iki cyumweru. Kuri uyu wa Gatatu, Komite ishinzwe Ubugenzacyaha mu Burusiya yatangaje ko abapolisi babiri n’undi muntu umwe baguye […]
Amerika ntabwo yemera ko AFC/M23 yavuye muri Uvira uko bikwiye

Umuyobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko ubuyobozi bwa Trump n’uko inyeshyamba za AFC/M23 zavuye mu mujyi w’ingenzi mu burasirazuba bwa Congo, mu gihe kuwa Kabiri habaye imirwano hafi yaho nk’uko abaturage babitangaje. M23 yigaruriye umujyi wa Uvira, hafi y’umupaka n’u Burundi, ku itariki ya 10 Ukuboza, nyuma y’iminsi […]
Walikale: Wazalendo yasabye buri mudugudu ihene bazarya mu minsi mikuru

Abatuye mu midugudu ya Baruko, Mukondoli, Banamatumo, na Banankoyo muri Gurupoma ya Kisimba (Teritwari ya Walikale) iherereye muri Kivu y’Amajyaruguru, barimo gutabaza bamagana ihohoterwa bari gukorerwa n’inyeshyamba za wazalendo zo mu mutwe wa NDC-Rénové. Nk’uko aba baturage babitangaza, mu cyumweru gishize, basabwe gutanga umusanzu wihariye wo kugura ihene kuri buri mudugudu, zizahabwa NDC-Rénové mu minsi […]
Cabo Delgado: Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yasuye ingabo n’abapolisi b’u Rwanda

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Mozambike, Margarida Adamugi Talapa, kuwa Kabiri yasuye Abashinzwe umutekano b’u Rwanda (RSF) boherejwe i Mocímboa da Praia, Intara ya Cabo Delgado. Yari aherekejwe n’intumwa zo mu rwego rwo hejuru zirimo Guverineri w’Intara ya Cabo Delgado, Valige Tauabo, hamwe n’umuyobozi w’ingabo za Mozambike (FADM), Maj. Gen. André Rafael Mahunguane. […]
The Ben ni umuhanzi w’ikirangirire udakwiye kugereranywa n’undi wese: Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje Mugisha Benjami uzwi mu muziki nyarwanda nka The Ben nk’umuhanzi w’ikirangirire udakwiye kugereranywa n’undi wese. Minisitiri Nduhungirehe yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X, asubiza abakomeje guhanganisha The Ben na Itahiwacu Bruce uzwi mu muziki nka Bruce Melodie. Uyu muyobozi uheruka gushyira indirimbo ‘Police’ ya Bruce […]
RCS na ADEPR baganiriye ku bimaze kugerwaho mu bufatanye hagati y’impande zombi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Ukuboza 2025, Komiseri mukuru wa RCS CG Evariste Murenzi yakiriye Umushumba Mukuru w’Itorero ADEPR Rev. Ndayizeye Isaie ku Cyicaro Gikuru cya RCS, bagarira ku Ntambwe imaze guterwa ku masezerano y’ubufatanye bagiranye mu mwaka wa 2023 ajyanye n’ivugabutumwa mu Magororero, iterambere n’imibereho myiza y’abagororwa no guteza imbere uburezi n’ikoranabuhanga […]