Djihad n’abandi bagumishijwe gereza

Urukiko rw’Isumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo gushimangira ifungwa ry’iminsi 30 y’agateganyo kuri Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 5 Mutarama 2026, nyuma yo gusuzuma ubujurire bari batanze basaba gukurirwaho ifungwa ry’agateganyo, ariko urukiko rugaragaza […]
Yago ntakozwa ibyo gusubirana n’umugore we

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka Yago Pon Dat, yagaragaje ko adafite umugambi wo kongera gusubirana n’umugore babyaranye. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Yago yavuze ko yahisemo kubaho ari ingaragu kandi ko atifuza kongera kwinjira mu mubano wihariye n’umuntu uwo ari we wese. Yagaragaje ko yahisemo gushyira imbaraga ze zose […]
Perezida Kagame yashimiye Gen. Doumbouya watsinze amatora

Perezida Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée-Conakry, Gen. Mamadi Doumbouya, nyuma yo kwegukana intsinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu. Umukuru w’Igihugu yamushimiye abinyujije ku rubuga rwe rwa X, anamwizeza ko yiteguye gushimangira umubano ukomeye usanzwe hagati y’u Rwanda na Guinée. Yagize ati: “Ndashimira umuvandimwe wanjye, Perezida Mamadi Doumbouya ku bw’itorwa rye nka Perezida wa Repubulika […]
New York: Perezida Maduro yoherejwe mu rukiko

Umuyobozi washimuswe w’igihugu cya Venezuela, Nicolas Maduro n’umugore we kuri uyu wa Mbere baritaba urukiko i New York ku byaha bifitanye isano n’ibiyobyabwenge, mu gihe Perezida Donald Trump ashimangira ko Amerika ubu ari yo igenzura Venezuela. Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, arahamagarira umubano “ushyira mu gaciro kandi w’ubwubahane” na Washington mu gihe cy’inzibacyuho. Trump […]
Rayon Sports yaguze abanyamahanga 3 barimo umunye-Congo

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama yerekanye abakinnyi babiri b’abanyamahanga yamaze gusinyisha, ngo bazayifashe mu gice cya kabiri cya shampiyona. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yemeje ko yamaze gusinyisha umunya-Bénin Joachim VIGNINOU. Iyi kipe yavuze ko uyu mukinnyi w’imyaka 23 y’amavuko ari rutahizamu usanzwe akinisha akaguru […]
Uganda: Itangazamakuru ryabujijwe gutangaza live imyigaragambyo mu gihe cy’amatora

Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Uganda yavuze ko bibujijwe gutangaza imbonankubone “imyigaragambyo itemewe” n’ibindi bikorwa by’urugomo mbere y’amatora ateganyijwe mu minsi iri imbere, aho Perezida Yoweri Museveni ashaka kuguma ku butegetsi amazeho imyaka isaga 40. Ubutegetsi bwamaze gufunga abantu babarirwa mu magana bashyigikiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi mbere y’amatora yo ku itariki ya 15 Mutarama […]
Manchester United yirukanye Rúben Amorim

Ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, yirukanye umunya-Portugal Rúben Amorim wari umutoza wayo mukuru. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ni bwo iriya kipe yafashe icyemezo cyo kwirukana uriya mutoza. Amorim yirukanwe mu gihe mu ijoro ryacyeye Manchester United yari yaguye miswi na Leeds United igitego 1-1, ibyatumye umusaruro we ukomeza kuba mubi. […]
AFC/M23 yasabye MONUSCO kureka uburyarya bwayo

Umutwe wa AFC/M23 wasabye ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kureka uburyarya, nyuma yo kwigira nyoni nyinshi ku gitero cya drone ingabo za Leta ya Congo Kinshasa ziheruka kugaba mu mujyi wa Masisi. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo FARDC yagabye icyo gitero ikoresheje drone z’intambara, icyiciramo abaturage […]
Abagaba b’ingabo bo mu karere bagiye guhurira mu nama muri Zambia

Minisiteri y’Ingabo ya Zambia kuwa Gatandatu yatangaje ko iki gihugu kizakira inama y’abaminisitiri y’iminsi itatu izibanda ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rivuga ko iyi nama yasabwe n’Inama Mpuzamahanga ku Karere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR), izaba kuva ku itariki ya 8 kugeza ku ya 10 Mutarama ikabera […]
Rurambikanye hagati y’inyeshyamba za AFc/M23 na FARDC muri Kibati

Amakuru aturuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko imirwano ikaze ihuje kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 5 Mutarama 2026, inyeshyamba za AFC / M23 n’Ingabo za Leta (FARDC) i Kibati, muri Gurupoma ya Luberike iherereye muri Teritwari ya Walikale. Aya makuru yerekana ko Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, […]
Ukuntu Kalimpinya Queen yashutswe akisanga muri Miss Rwanda

Kalimpinya Queen, wigeze kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda mu 2017 akaza no kuba igisonga cya gatatu, yavuze ko inama yahawe yo kwinjira muri iri rushanwa yamugiriye akamaro, ariko anemeza ko kuri we byari nko gushukwa. Ibi yabivugiye mu materaniro yateguwe na Apôtre Alice Mignonne Kabera uyobora Women Foundation Ministries, yari yiswe “Girls Impact Ministry – […]
Trump yaburiye abayobozi ba Iran nyuma ya Venezuela

Ku Cyumweru, itariki 4 Mutarama 2026, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateye ubwoba Irani, ayiburira avuga ko ubwo butegetsi “buzakubitwa cyane” na Amerika niba abigaragambya bakomeje gupfa. Trump yabwiye abanyamakuru bari mu kirere mu ndege ya Air Force One, ati: “Turabikurikiranira hafi. Niba batangiye kwica abantu nk’uko babigize mu bihe byashize, […]
Umuhanzi Bill Ruzima wafatanwe urumogi, yakijijwe aba umu-ADEPR

Umuhanzi Bill Ruzima wamenyekanye mu muziki nyarwanda, yamaze guhindura ubuzima bwe nyuma yo kwigobotora ibiyobyabwenge, aho ubu yamaze kwakira agakiza agatangira gusengera mu Itorero rya ADEPR. Bill Ruzima yafashwe n’inzego z’umutekano ku wa 15 Ugushyingo 2025, akekwaho kunywa no gutunda urumogi. Icyo gihe, yemeye ko yari asanzwe akoresha iki kiyobyabwenge kuva mu mwaka wa 2022. […]
Perezida Kagame na Tinubu baganiriye ku bibazo bireba Isi

Perezida Bola Ahmed Tinubu wa Nigeria, ku Cyumweru yatangaje ko yahuye na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda bakaganira ku bibazo bireba Isi. Tinubu yemeje ayo makuru biciye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Kuri iki gicamunsi, nasangiye ifunguro rya saa sita bwite na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu rwego […]