Umuhanzi Diamond Platnumz arashinja mugenzi we, Harmonize kugira umururumba.
Amakuru amaze gusakara ko Harmonize atameranye neza na mugenzi we akaba na bossi wa Wasafi (WCB) ari nayo bombi bakoreramo ibikorwa byabo by’umuziki.
Ubwo yari mu gitaramo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’icyumweru gishize, Diamond yavuze ko “ Harmonize ni umuhanzi ugira umururumba.”
Hagati aho, Harmonize ntiyagize byinshi avuga kuri iyi ngingo.
N’ubwo bimeze bityo, Harmonize akomeje gukora ibintu bigaragaza ko nta kibazo afitanye na bosi we Diamond.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Mu minsi mike ishize, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Yashyize hanze amashusho ari mu rugo kwa Diamond, bigaragara ko bishimanye.



