Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri iki gicamunsi yasenye ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Kigali birimo inzu z’abaturage, amashuri n’ibindi bikorwaremezo. Kugeza ubu ntiharamenyekana ingano y’ibyangiritse nk’uko RBA yabitangaje. Umunyamakuru wa BWIZA wari i Musanze avuga ko hari umuyaga mwinshi ku gicamunsi ahagana saa munani, bitazwi niba hari ibyo wangirije. Umwe mu baturage ati ” Ntiwabura kugira ibyo wangiriza.”
Related



