Senegal yohereje satellite yayo ya mbere mu kirere
Nk’uko ibindi bihugu by’ Afurika byifashisha ikoranabuhanga mu kwirinda ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere ,igihugu cya Senegal nacyo cyamaze gushyira mu kirere nanosatellite, yakozwe kandi igatezwa imbere n’abashakashatsi bo muri Senegal mu bufatanye n’abashakashatsi b’Abafaransa. Iyi satellite ya Senegal yiswe “Gainde” bisobanura intare mu rurumi rwa wolof rukoreshwa muri Senegal. La liberation dukesha iyi nkuru ivuga ko […]
Botswana: Barinubira umusanzu basabwa wo gushimira ikipe y’igihugu
Kuwa Kabiri taliki ya 12 Kanama, abantu ibihumbi n’ibihumbi bahuriye kuri stade nkuru y’igihugu cya Gaborone, aho Perezida Mokgweetsi Masisi yemeje ko uwo munsi uba umunsi w’ikiruhuko cy’igice cy’umunsi,mu rwego rwo kwishimira insinzi y’ikipe y’igihugu, yari yegukakanye umudali wa zahabu mu marushanwa ya Olempike yaberaga mu bufaransa. Letsile Tebogo,umwe mu basigana birukanka metero 200 yagejeje […]
Mali: Abantu 15 baguye mu mirwano yahuje ingabo z’igihugu n’abajihadiste
Kuwa kane abantu cumi na batanu bo mu ngabo z’igihugu za Mali (FDS) baguye mu mirwano ikaze yabahuje n’inyeshyamba z’abaJihadiste yabereye mu karere ka Mopti hafi y’umujyi wa Diallassagou. Abo Abasirikare bari ku irondo, aho bari mu gikorwa cyo gucungira umutekano abahinzi berekeza mu mirima yabo, maze bagabwaho igitero n’igico cy’aba Jihadiste bifatanije n’itsinda rishyigikiye […]
Abarenga ibihumbi mirongo ine bamaze kugwa mu ntambara ibera muri Gaza
Kuri uyu wa Kane ,Minisiteri y’Ubuzima muri Gaza yatangaje ko kuva ku italiki ya 7 ukwakira umwaka ushize,ibikorwa bya gisirikali by’ingabo za Israel muri Gaza byishe byibura Abanyapalestine 40,005 abandi bagera ku 92,401 barakomereka. Iyi ntambara yibasiye cyane abasivili mu gushaka abarwanyi ba Hamasi. Ibiganiro by’agahenge byagiye biba ntibyabujije ko nyuma y’iyubura ry’imirwano abasivile bahatikirira […]
“Nta bushobozi mfite bwo kugusha indege”_Umupilote
Nyuma y’uko indege itaye inzira ikabura ubushobozi bwo kugwa ku kibuga cy’indege, byabaye ngombwa gutegereza amasaha arenga imwe kugira ngo undi mupilote ufite ubushobozi aze kuyobora indege kugira ngo isubire ku cyerekezo cyiza. Umwe mu bagenzi bari muri iyo ndege yumvise ubutumwa buturutse ku mupilote bugira buti:”Mwihangane, nta bushobozi mfite bwo kugusha indege ku kibuga […]
Brésil: Amakosa yakozwe n’umugenzi yatumye arokoka impanuka y’indege
Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ,abantu 62 baguye mu mpanuka y’indege yabereye muri Brésil. Amakosa make yakozwe n’umugenzi ukomoka mu gihugu cy’ Ububiligi yamufashije kurokoka iyo mpanuka. Uyu mugenzi yagiye ku muryango w’indege utari wo,ayobera ku muryango w’indi kompanyi y’indege nayo yari ifite urugendo nk’urwo kuri uwo munsi . Umugenzi yategereje amasaha atari make imbere […]
Turukiya: Guverinoma yabujije abanyeshuri kwiyandikisha mu mashuri y’Abafaransa
Turukiya yahagaritse kwandika abanyeshuri bashya mu mashuri y’incuke n’iya mbere y’amashuri abanza mu mashuri y’Abafaransa ari mur Turukiya kandi ihita isaba ko ibi byubahirizwa. Minisiteri y’Uburezi yatangaje ku wa Gatandatu, tariki ya 10 Kanama, ko nyuma y’amasezerano y’igihe gito yagezweho nyuma y’ibiganiro byamaze igihe kirekire (…) ubu nta munyeshuri w’Umuturukiya uzemererwa kwandikwa mu mashuri y’abafaransa […]
Abantu ibihumbi 20 bagomba kwimurwa ku mupaka wa Ukraine n’Uburusiya
Polisi ya Ukraine, ifatanyije n’ishami ry’ubutabazi n’abayobozi b’akarere, iri gukora ibishoboka byose kugira ngo harebwe uburyo bwo gukemura ikibazo gikomeye cyo gukura abantu benshi mu bice binini biberamo intambara, ndetse n’ubufatanye bukomeye kugira ngo hashyirweho uburyo bwo kurindira umutekano abakuwe mu ngo zabo. Le soir dukesha aya makuru ivuga ko hakurikijwe uko ibintu bihagaze mu […]
Afurika y’Epfo:Abanyalibiya 95 basanzwe aho bakorera imyitozo ya gisirikari rwihishwa
Ikigo gishinzwe kugenzura ibigo bishinzwe gucunga umutekano (PSIRA) muri Africa y’epfo cyasanze inkambi y’abasirikare i Mpumalanga, aho abantu mirongo icyenda na batanu ,bakomoka mu gihugu cya Libiya bahabwaga amahugurwa n’imyitozo ya gisirikali, yakorwaga mu buryo butemewe n’amategeko. Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe kugenzura ibigo bishinzwe gucunga umutekano (PSIRA), Manabela Chauke, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu gitondo […]
Irani iravuga ko Isirayeli izicuza ikosa yakoze
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wagateganyo wa Iran,Ali Bagheri nyuma y’umunsi umwe yitabiriye inama idasanzwe y’umuryango w’ubufatanye bwa kisilamu (OIC) mu mujyi wa Jeddah uri ku nkombe za Arabiya Sawudite, yavuze ko “ igikorwa cyakozwe n’abazayonisite muri Teherani ari ikosa rikomeye bagomba kuzicuza .” N’ubwo Isiraheli ntacyo yavuze ku rupfu rw’umuyobozi mukuru wa Hamas Haniyeh, Irani yiyemeje […]
Irak: Ingabo z’Amerika zagabweho ibitero bya roketi
Ku itariki ya 5 Kanama 2024, igitero cya roketi cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’abanyamerika Ain al-Assad mu burengerazuba bwa Irak, ahakambitse ingabo z’Abanyamerika ndetse n’abakozi ba Amerika bashinzwe kurwanya umutwe w’iterabwoba w’Igihugu wa Islam (ISIS). Umuvugizi w’ingabo z’Amerika yatangaje ko, iki gitero cyagize ingaruka ku bakozi b’Abanyamerika benshi. Perezida wa Amerika Joe Biden na Visi […]
Afurika y’Epfo: Abitwaje intwaro bashimuse abanyeshuri
Abagabo batatu bafite imipanga n’umwe ufite imbunda bagabye igitero ku ishuri ry’ibanze riherereye mu karere ka Gauteng, bashimuta abana babiri, ndetse banatera ubwoba abakozi b’iryo shuri. Ibi byose byerekanywe mu mashusho yashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bw’akarere ka Gauteng .Umuyobozi w’iryo shuri, Matome Chiloane,mu butumwa yanditse kuri ayo mashusho yagize ati :“Aba bagizi ba nabi bagomba kuboneka.” […]
Mont Blanc: Irindimuka ry’urubura ryahitanye umuntu umwe
Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere, habaye impanuka ku gasongero k’umusozi wa mont-blanc , nk’uko byatangajwe n’ibiro by’intara ya haute-savoie ndetse na televiziyo ya BFM. Iyi mpanuka yatewe no kurindimuka kw’ibibumbe by’urubura byari ku gasongero k’umusozi wa Mont-Blanc. Muri iyo mpanuka yibasiye abakinnyi b’imikino bakina banyerera ku rubura ,hejuru y’imisozi bizwi […]
Bruxelles: Polisi yataye muri yombi abajura 18
Mu bikorwa birindwi byabaye mu kwezi kwa Nyakanga ,abajura cumi n’umunani bafatiwe mu cyuho n’igipolisi cya Bruxelles nyuma y’uko bashaka kwiba mu maduka , nk’uko byatangajwe ku wa gatanu n’akarere k’igipolisi ka Bruxelles-Capitale Ixelles, muri iki gikorwa hafatiwemo ibintu byibwe bifite agaciro k’amayero ibihumbi cumi na bibiri. Sudinfo dukesha iyi nkuru,ivugako uyu mukwabu wakozwe mu […]
Isiraheli: Umuntu umwe yicishijwe icyuma abandi batatu barakomereka
Mu gitero cyabereye mu muhanda no mu bice bitandukanye muri Holon, umujyi w’akarere ka Tel Aviv, kuri iki cyumweru,umuntu umwe yapfuye , abandi batatu barakomereka, barimo babiri bakomeretse bikabije, mu gitero cyakozwe hakoreshejwe icyuma I Tel Aviv . Mu itangazo ryatanzwe na Polisi ikorera muri ako karere, yavuze ko uwakoze iki gitero, akekwaho kuba ari […]
Hamas yasabye umunsi w’uburakari igihe cyo gushyingura Ismail Haniyeh
Mu muhango wo gusezera Ismail Haniyeh wahoze ari umuyobozi mukuru wa Hamas wabereye i Teheran ku rwego rw’igihugu, muri uwo muhango wari witabiriwe n’abantu ibihumbi,nyuma y’uko uwo muyobozi mukuru wa Hamas ahitanwe n’ibitero byagabwe na Israel mu gihugu cya Iran. Abayobozi ba Hamas , Hezbollah, Iran n’abafatanyabikorwa bayo bo muri Palestine na Liban basabye kugira […]
France: Umwana w’amezi icyenda yapfiriye mu modoka nyuma y’aho nyina amwibagiriwemo
Umwana w’amezi icyenda yitabye Imana nyuma y’uko nyina amwibagiriwe mu modoka ifunze ,kandi iparitse ku zuba ryinshi . Nyina w’umwana, ufite imyaka 35, yamenyesheje abashinzwe ubutabazi ko yibagiriwe umwana mu modoka ye, yari iparitse imbere y’inyubako yabo, i Mézières-les-Cléry. Abafasha mu by’ibanze bakoresheje uburyo bwose bushoboka ngo babe batabara urwo ruhinja hakoreshejwe uburyo bwa “Staying […]
Muri Afrika y’Epfo ingwe yateye ikigo cy’ingabo zirwanira mu kirere
Umuvugizi w’ingabo zirwanira mu kirere muri Afurika y’Epfo, atangaza ko umusirikali umwe, ubarizwa mu ngabo zirwanira mu kirere yagabweho igitero n’ingwe, mu gihe yari muri sport yirukanka. Undi, umusivili nawe ukorera muri icyo kigo, yahuye n’ingwe mu gihe yarimo agendagenda hafi y’aho izo ngabo zikambitse. Burigadiye Jeneral Donavan Chetty, yabwiye ikinyamakuru BBC ko aba bagabo […]
Tanzaniya iranengwa uburyo yimura abatuye mu byanya ndangamurage
Umuryango ushinzwe kurengera uburenganzira bwa muntu (human right watch) watangaje ko hashize igihe hari ubushyamirane hagati y’abayobozi bo mu gihugu cya Tanzaniya, n’umuryango w’abimukira bazwi ku izina ry’aba Masayi. Ubwo bushyamirane rimwe na rimwe bukaba bwarahitanye abantu, nyuma y’uko guverinoma itangije gahunda yo kwimura abantu bagera ku bihumbi mirongo inani na bibiri(82000) mu mwaka wa […]
Afurika y’Epfo: Abana 2000 bavuka buri munsi
Mu mibare yashyizwe ahagaragara n’ikigo gishinzwe ibarurisha mibare muri Afurika y’Epfo umwaka ushize ,yagaragaje ko abana bagera ku 2000 bavuka buri munsi, aho abaturage batuye iki gihugu bamaze kurenga miliyoni 63. Intara ya Gauteng na KwaZulu-Natal ni zimwe zigize hafi 45% by’abaturage batuye Afurika y’Epfo. Nk’uko imibare ya vuba y’ikigo gishinzwe ibarurisha mibare muri Afurika […]
Burundi: Avoka yabaye imari ishyushye
Mu minsi yashize, ikibazo cy’uburyo bwo kohereza avoka ku isoko mpuzamahanga cyabaye ikibazo gikomeye ku baturage bo mu gihugu hagati, cyane cyane mu karere ka Gitega. Minisiteri zishinzwe ubuhinzi n’ubucuruzi hamwe n’ishyaka CNDD-FDD zirasaba ko habaho amabwiriza agenga ubucuruzi ndengamipaka y’izi avoka. Hagiye gushyirwaho komite y’igihugu ishinzwe ibyerekeye avoka. Akarere ka Kirimiro kazwiho kugira imbuto […]
Kamala Harris: Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
Itangazo rishya rya Joe Biden ryo kuva mu matora ya perezida ryahinduye isura ya politiki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.Nyuma yo kwikura ku kuziyamamariza umwanya wa Perezida, Kamala Harris ubu ni we uzwi cyane mu Ishyaka ry’Abademokarate. Nk’uwari visi perezida, ashobora kwisanga ahanganye na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo, kandi natsinda amatora, yaba abaye […]
Uburusiya: Vladimir Poutine araburira ku ntambara nshya y’ubutita
Perezida w’Uburusiya Vladimir Poutine yafashe ijambo mu muhango wo kwerekana ingabo zo mu mazi wabaye ku Cyumweru i Saint-Pétersbourg, ku munsi ngarukamwaka wahariwe ingabo zo mu mazi z’Uburusiya. Ashimira abasirikare bo mu mazi baturutse mu Bushinwa, Algeria, na India kuba bitabiriye uwo muhango, cyane cyane yashimangiye ko Uburusiya bugamije gukomeza guteza imbere ingabo zabwo zo […]
Gabon: Batangiye guhamagarira Perezida w’inzibacyuho kwiyamamaza
Perezida w’inzibacyuho wa Gabon azaba umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Kanama 2025 mu gihugu cye? Brice Clotaire Oligui Nguema ntiyigeze agaragaza imigambi ye ku bijyanye n’aya matora. Ariko hari amajwi asaba Jenerali wakuye Ali Bongo ku butegetsi kwiyamamaza. Urugero ni ijwi ry’umunyamabanga wa kabiri muri guverinoma ya Gabon. Kuri uyu wa Gatandatu tariki […]
Abana biga ikoranabuhanga mu wa gatandatu n’abitegura kujya muri Kaminuza bashyiriweho amahirwe yo kubatyaza

Kuva mu 2017, Ikigo cy’ikoranabuhanga n’ibindi bijyanye naryon’igihe kizwi nka ICT FOR ALL IN ALL LTD giherereye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kimironko, akarere ka Gasabo, nyuma y’uburambe mu gukora porogaramu za mudasobwa (Software & websites), gikomeje gukingura amarembo no kubifuza gukarishya ubwenge biga ubumenyi bw’ibanze bwa mudasobwa (computer general literacy), kwiga gukora […]
Ngoma: Urubyiruko rwatoye bwa mbere rwageneye ubutumwa abazatorwa
Mu gihe abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Umukuru w’igihugu n’Abadepite, uyu munsi tariki ya 15 Nyakanga 2024, urubyiruko rutoye bwa mbere rwagaragaje ibyishimo rufite byo kuzuza izo nshingano nk’abinjiye mu cyiciro cy’abafatwa nk’abakuze. Ibynshimo byabo ariko bigeretseho n’ibyifuzo bafite ku bayobozi bitoreye. Urubyiruko rutoye bwa mbere, ni ukuvuga abujuje imyaka 18 ndetse n’abayirengejeho gato […]
Rwanda: Bazindutse iya rubika bajya gutora
Amabwiriza ya Komisiyo y’Igihugu y’amatora avuga ko itora ritangira i saa moya za mu gitondo rikaranagira i saa cyenda. Nyamara ariko hirya no hino mu gihugu, abantu bazindutse cyabe bajya gutora. Umunyamakuru Zainabu Uwamahoro wa radio Ishingiro avuga ko kuri site ya Mubuga mu karere ka Karongi saa kumi n’imwe n’igice za mu gitondo abantu […]
Rwanda: Kwitegura amatora mu bice by’igihugu byatangiye neza
Mu gihe uyu munsi ku wa 15 no ku wa 16 Nyakanga 2024 mu Rwanda amatora ya Perezida ari butangire ndetse akazakurikirwa n’amatora y’ibyiciro byihariye: abagore, urubyiruko n’abafite ubumuga, imyiteguro itandukanye mu bice by’igihugu iragenda neza. Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye mu gihugu guhera ku cyumweru taliki ya 14 Nyakanga babonye byinshi ku ma sites atandukanye […]
Hayiti: Umuyobozi w’agatsiko kitwaje intwaro arasaba ibiganiro
Nyuma yaho aba polisi ba Kenya bagereye mu gihugu cya Hayiti mu gufasha kurinda umutekano wahungabanyijwe n’udutsiko tw’abitwaje intwaro ,abo bapolisi bagaragaye ku wa gatanu, bakora irondo hanze y’inyubako y’ambasade y’Amerika mu murwa mukuru wa Haiti, Port-au-Prince,abatutage begereye abo ba polisi bababaza ibibazo, umuturage yabajije umupolisi impamvu yabazanye muri Hayiti ,umupolisi wa Kenya amusubiza agira […]
Copa Amerika: Argentine yageze muri 1/2 itsinze Ecuador kuri Penaliti
Mu mukino wabaye i saa cyenda zo muri uru rukerera mu gikombe cy’Amerika y’epfo kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikipe y’igihugu ya Argentine yatsinze bigoranye ikipe ya Ecuador. Ni umukino ikipe ya Argentine yatsinzemo igitego mu gice cya mbere cyatsinzwe na Alexis Mac Allister ku munota wa 35. Iki gitego cyaje kwishyurwa mu […]
Turikiya: Polisi yafunze abamagana impunzi zo muri Siriya
Mu myigaragambyo yabaye kuwa kabiri Kamena 2024, Polisi ya Turkiya yataye muri yombi abantu bagera ku ijana na mirongo irindwi bari mu myigaragabyo yo kurwanya abaturage b’abanyasiriya bahungiye “muri” Turukiya . Iyo myigaragambyo yatewe n’umugabo ukomoka muri Siriya ushinjwa guhohotera umwana w’umukobwa w’umunyaturukiya. Imyigaragambyo yakajije umurego mu mujyi rwagati wa Anatoliya nyuma y’uko agatsiko k’abanyaturukiya […]
Kigali: Uko wakwiga cyangwa ugahabwa serivise z’ikoranabuhanga mu gihe gito na ICT FOR ALL IN ALL LTD

Kuva mu 2017, Ikigo cy’ikoranabuhanga n’ibindi bijyanye naryon’igihe kizwi nka ICT FOR ALL IN ALL LTD giherereye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kimironko, akarere ka Gasabo, nyuma y’uburambe mu gukora porogaramu za mudasobwa (Software & websites), gikomeje gukingura amarembo no kubifuza gukarishya ubwenge biga ubumenyi bw’ibanze bwa mudasobwa (computer general literacy), kwiga gukora […]
Abatabazi babiri baguye mu burasirazuba bwa Kongo
Abakozi babiri bo mu itsinda ry’abatabazi ry’amahanga rya Tearfund bishwe ubwo imodoka yabo yagabweho igitero mu burasirazuba bwa Kongo. Uyu muryango uherutse kuvuga ko ibitero byibasiye abakozi bayo ndetse n’abaturage bo mu karere ukoreramo. Icyo gitero cyabagabweho ku cyumweru nyuma y’uko imodoka z’abatabazi zigera mu mujyi wa Butembo, mu ntara ya Kivu, aho inyeshyamba zitwaje […]
Ubusuwisi: Imvura yatumye benshi baburirwa irengero
Abantu benshi baburiwe irengero mu Busuwisi muri kanton ya Ticino, nyuma y’imvura idasanzwe yibasiye igice kinini cy’igihugu cya Alpine kuva ku wa gatandatu. Polisi ya kanton mu itangazo rigenewe abanyamakuru, yanditse ko inkubi y’umuyaga ikomeye “yateje inkangu mu karere ka Fontana (mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa kanton) kandi abantu benshi baburiwe irengero.” Ikomeza ivuga ko ibikorwa […]
Ibisasu by’abiyahuzi byahitanye abantu 18 muri Nijeriya
Ku wa gatandatu, abantu 18 barapfuye abandi 19 barakomereka bikabije mu bitero byagabwe n’abiyahuzi byibasiye abantu bari batashye ubukwe.Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi y’igihugu ya Nijeriya, ivuga ko kimwe mu bisasu bitatu byaturikiye mu mujyi wa Gwoza,ikomeza ivuga ko umugore wari ufite umwana mu mugongo yiturikirijeho igisasu hagati mu birori by’ubukwe. Nk’uko Umuvugizi wa polisi […]
Ubuhinde: Umubare w’abahitanwa n’inzoga zitemewe warazamutse
Ku wa kane, igipolisi cy’Ubuhinde cyavuze ko umubare w’abantu bahitanwa n’inzoga zitemewe zangije umujyi uherereye mu majyepfo y’Ubuhinde mu cyumweru gishize wageze kuri 63. Abantu babarirwa mu magana bapfa buri mwaka mu Buhinde bazize inzoga zakorewe mu nganda zitemewe zikora inzoga. Inzoga zakorewe mu ruganda ruherereye muri leta ya Tamil Nadu ni zimwe mu zahitanye […]
Utagira aho aba yatoye amafaranga arayasubiza akubirwa “karijana”
HadjerAl-Ali, umugabo w’imyaka 33 utagira aho aba, yatoye ikotomoni (Porte-monnaie: agafuka gato abagabo bakunda kubikamo amafaranga) n’ibyangombwa muri gari ya moshi I Amsterdam irimo amayero 2000 ayishyikiriza polisi .Ibi bikimara kumenyekana hahise hakorwa ubukangurambaga binyuze kuri murandasi hahita hakusanywa amayero arenga 34000 mu rwego rwo kumuremera. Nk’uko Hadjer Al-Ali ,yabyitangarije ubwe ,yavuzeko igikorwa yakoze cyahinduye […]
Umwamikazi Anne Royal ari mu bitaro nyuma yo gukubitwa umugeri n’ifarashi
Umwamikazi w’ubwongereza ari mu bitaro nyuma yo gukora impanuka aho yakubiswe umugeri n’ ifarashi yaratwaye ku mugoroba wo ku cyumweru, mu gihe Umwami Charles yakiraga umwami w’Ubuyapani mu ruzinduko rwe. Umwamikazi Anne Royal, ufite imyaka 73, yakomeretse byoroheje mu mutwe ndetse agira no guhungabana nyuma y’iyo mpanuka yakoreye ku ifarasi mu cyanya cya Gatcombe. Impuguke […]
OMS irasaba igisubizo mugihe DRC yibasiwe na Mpox
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ryihanangirije igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, kubera ko hamaze gupfa abantu benshi bazize virusi ihindagurika yiswe Mpox. Mpox, yahoze yitwa monkeypox, ikomoka mu muryango umwe n’indwara y’ibihara, ikaba ifite ibimenyetso bisa n’ibicurane ndetse n’ibisebe . Ibimenyetso byayo biboneka nk’ibyoroshye, ariko bishobora guhitana abantu mu gihe batayivuje neza. […]
Abapolisi ba Kenya bakiranywe ibyishimo muri Hayiti
Ku wa mbere, mu mihanda y’umurwa mukuru, Port-au-Prince abantu bishimiye Abapolisi ba Kenya ubwo bari bamaze gusesekara mu mujyi wa Port-au-Prince, abantu basagwa n’ibyishimo bareba bahagaze abandi bareba abo ba polisi mu bwitonzi. Nyuma y’imyaka hafi ibiri Hayiti isabye byihutirwa ubufasha bwo guhosha ihohoterwa rikorwa n’udutsiko twabitwaje intwaro muri Hayiti ,abatuye muri iki gihugu bagiye […]
Liège: Inkongi y’umuriro yishe umwe abandi 14 barakomereka
Inkongi y’umuriro yatangiriye ku munara wa Kennedy muri Liège ahagana mu ma saa mbiri z’ijoro kuva ku wa mbere kugeza ku wa kabiri,ihitana Umuntu umwe , abandi 14 bajyanwa mu bitaro. Iyo nkongi y’umuriro yateje abaturage benshi kuva mu byabo, mu isuzuma rya mbere ryabaye, ryerekana umuntu umwe wahitanywe n’umuriro, mu gihe abantu cumi na […]
Umuriro wahagaritse ingendo z’indenge i Manchester
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo ku cyumweru taliki ya 23 Kamena , ikibuga cy’indege cya Manchester cyavuze ko ikibazo cy’ibura ry’umuriro cyabaye mu rukerera rwo muri iryo joro cyateje ihungabana rikabije,bikaba byagize ingaruka ku ngendo z’indege. Ubuyobozi bw’ikibuga cy’indege bwavuze ko indege zitari nke zari zamaze guhagarikwa ,kandi biteganijwe ko n’izindi ndege zari […]
Ubugereki: 13 batawe muri yombi nyuma yo gutwika ikirwa cya Hydra
Ku wa gatandatu, abantu 13 baregwa kuba baratwitse ishyamba ku kirwa cy’ubukerarugendo cy’Ubugereki cya Hydra ,batawe muri yombi kandi bagomba gushyikirizwa ubushinjacyaha, nk’uko abashinzwe kuzimya umuriro babitangaza . Abashinzwe kuzimya umuriro mu kirwa cyo mu bugereki cya Hydra bamaganye abateje inkongi kuri icyo kirwa bagira bati “Inkongi y’umuriro yatewe n’ubwato bwateraga imiriro y’ibyishimo (feu d’artifice) […]
Ubusuwisi: Abantu batatu baburiwe irengero watewe n’umwuzure
Kuri uyu wa gatandatu, abapolisi bo muri canton ya Graubünden mu Busuwisi batangaje ko abantu batatu baburiwe irengero nyuma y’umwuzure mwinshi wadutse mu majyepfo y’iburasirazuba bw’Ubusuwisi.Nkuko Umuvugizi wa polisi yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP yavuze ko undi muntu wa kane wari waburiwe irengero,bamusanze ari muzima ari kwitabwaho mu bitaro. Polisi ya canton ya Graubünden yabisobanuye […]
Turukiya: Inkongi y’umuriro yahitanye batanu abandi barakomereka
Kuri uyu wa gatanu, Minisitiri w’ubuzima muri Turukiya yatangaje ko abantu batanu bishwe abandi benshi bagakomereka mu nkongi y’umuriro yibasiye ibihingwa mu midugudu myinshi yo mu majyepfo ya Turukiya. Nk’uko Fahrettin Koca yanditse ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko “hari abantu batanu bapfuye abandi mirongo ine na bane barakomereka, barimo icumi bakomeretse bikomeye, mu cyaro giherereye […]
Umuvugizi w’ingabo za Isiraheli yatangaje ko hamas idashobora kuvaho
Ku wa gatatu, umuvugizi mukuru w’ingabo za Isiraheli ,yavuze ko Hamas idashobora kuvaho, bituma guverinoma , ihita ishimangira ko ikomeje kwiyemeza kurimbura umutwe w’abarwanyi ba Palesitine. Umuvugizi mukuru w’ingabo za Israheli Daniel Hagari ,yavuze ko intego y’intambara ya Isiraheli yo kurandura burundu umutwe w’iterabwoba wa Hamas, ko idashobora kugerwaho.Ibi bikaba byarateje amakimbirane hagati ya Minisitiri […]
Abayisilamu barenga 500 baguye mu rugendo rutagatifu i Maka
Ku wa kabiri tariki ya 18 Kamena, abadipolomate b’abarabu batangaje ko byibuze abayisiramu bakoreye urugendo rutagatifu rwa Hajj muri Arabiya Sawudite bagera kuri 550 bapfuye kubera ubushyuhe bwinshi . Uru rugendo ngarukamwaka, rwabaye kuva ku wa gatanu kugeza ku cyumweru, rwongeye kuba muri uyu mwaka mu gihe cy’ubushyuhe bwinshi, muri kamwe mu turere dushyushye ku […]
Ni nde uzakemura uruhuri rw’ibibazo mu bashoferi b’amakamyo yambukiranya imipaka?
Kubona amakamyo atwara ibicuruzwa yambukiranya imipaka agenda kandi agaruka, kubona abayatwara bikoza mu ngo zabo akanya bakaba barongeye baragiye ni kimwe. Ariko gutekereza ku mibereho abayatwara bahura nayo buri munsi n’ibibazo bahuriramo ni ikindi. Iyo uganiriye nabo, nubwo batagaya ko uyu murimo ubatunze, ariko bavuga ko bawuvunikiramo: bakora amasaha y’ikirenga, bakatwa amafaranga nta mpamvu, nta […]
Abashinzwe umutekano b’Ubushinwa binjiye mu bwato bwa Filipine
Ingabo za Filipine zavuze ko abashinzwe umutekano ku nkombe z’Ubushinwa binjiye mu bwato bwa Filipine Navy, nyuma yaho mu ntangiriro z’iki cyumweru ubwato bw’Ubushinwa bwagonganye n’ubwato bwa Filipine mu nyanja y’Ubushinwa, aho umwe mu basare babwo yakomeretse. Ingabo zivuga kandi ko abahagarariye Ubushinwa na bo bafashe intwaro muri bumwe mu bwato bwa Filipine. Rear Admiral […]
Ubufaransa buri kugabanya abasirikare muri Afrika
Ubufaransa burateganya kugabanya ingufu za gisirikare muri Afurika y’Iburengerazuba no muri Afurika yo hagati hagati zikagera ku ngabo mana atandatu bijyanye na gahunda ya Perezida Emmanuel Macron yo kugabanya ibirindiro by’ingabo z’Ubufaransa muri ako karere. Nk’uko amakuru atandukanye yabitangarije ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP, avuga ko muri iki gihe gahunda irimo kuganirwaho n’abafatanyabikorwa b’Afurika, Ubufaransa burateganya […]
Amatora: Umubare w’abazatora wiyongereyeho miliyoni ebyiri zirenga ugereranije na 2017
U Rwanda ruritegura amatora kuva ku ya 14 kugeza ku ya 16 Nyakanga 2024. Abanyarwanda barahamagarirwa kugira uruhare rugaragara mu ishyirwaho ry’ubuyobozi bushya, bakagira uruhare muri ejo hazaza h’igihugu cyabo. Abatora bashya benshi Uyu mwaka, Abanyarwanda barenga miliyoni icyenda bari ku rutonde rw’abatora. Uyuni umubare wiyongereye cyane ugereranije n’amatora yo mu 2017. Mu byukuri, umubare […]
Ally Soudy yakeje impano y’umuhanzi uri mu bagezweho “Calvin Mbanda”

Ibyumweru bitatu birihiritse umuhanzi muto uri mubagezweho muri muzika nyarwanda Calvin Mbanda ashyize hanze indirimbo “Mpa Wowe” yakiriwe neza ni abamukurikira barimo, umunyamakuru wakanyujijeho mu myidagaduro Ally Soudy. Iyi ndirimbo mpa wowe yagiye hanze tariki 25 Gicurasi 2024, imaze kurebwa ni abasaga ibihumbi 483, ku rukuta rwa youtube rw’uyu muhanzi, aho yatunganyijwe na Producer Element […]
AMAFOTO:Tembera isoko rya mbere rigezweho mu Rwanda perezida Kagame yubakiye abanya Musanze

Mu karere ka Musanze ho mu ntara y’amajyaruguru huzuye isoko ry’icyitegererezo rizacururizwamo ibikomoka ku buhinzi, rukaba ryubatswe mu buryo bugezweho bijyanye n’ikoresho byakoreshejwe mu kuryubaka, ingano yaryo ndetse n’imyubakire. VIDEO: TEMBERA ISOKO RYA MBERE MU RWANDA PEREZIDA KAGAME YUBAKIYE ABANYA MUSANZE Ni isoko riherereye mu kagari ka Mpenge ho mu murenge wa Muhoza, rwagati mu […]
Niger yafunze imiyoboro ya peteroli ijya muri Benin
Kuva ku ya 6 Kamena, ubutegetsi bwa gisirikare muri Niamey bwafunze umuyoboro utwara peteroli uva mu majyaruguru ya Niger ukagera ku cyambu cya Sèmè-Kpodji cyo muri Bénin, nk’uko televiziyo y’igihugu ya Niger yabitangaje kuwa 3 Kamena. Minisitiri w’ibikomoka kuri peteroli muri Niger Mahaman Moustapha Barké, yazengurutse akarere ka Agadem ,kugira ngo agenzure ko imiyoboro ya […]
Haratutumba umwuka w’intambara hagati ya Israel na Hezbollah
Nyuma y’iminsi ibiri Isirayeli igabye ibitero by’indege kuri Hezbollah ikica benshi mu barwanyi bayo, kuri uyu wa 13 Kamena, Hezbollah yabyutse irasa ibisasu byinshi ku butaka kwa Isirayeli. Benshi bahangayikishijwe nuko ibi byafata intera ikomeye ishobora kuvamo imirwano yeruye. Ku munsi wa kabiri wikurikiranya, Hezbollah yohereje ibisasu bikaze kugira ngo byunganire Hamas muri Gaza mu […]
Amatora: Wari uziko Perezida wa Repubulika akomeza kuyobora kugeza uwatowe arahiye?
Mu Rwanda igihugu ntigishobora kubaho kidafite ukiyobora ku mpamvu z’uko hari amatora. Ntabwo umwanya wa Perezida ushobora kugira icyuho kubera ko Perezida ari kwiyamamaza cyangwa atari kwiyamamaza ngo hategerezwe undi. Perezida wa Repubulika uri ku butegetsi akomeza imirimo ye kugeza igihe Perezida wa Repubulika watowe atangiriye imirimo mishya, yaba ari uwari usanzweho agakomeza, yaba ari […]
Abantu 40 bishwe n’inkongi y’umuriro muri Koweti
Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako yari irimo abakozi b’abanyamahanga muri Koweti mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, ihitana byibuze abenegihugu 40 b’Abahinde abandi barenga 50 barakomereka. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuze ko iyi nkongi y’umuriro ifitanye isano no kurenga ku mategeko. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Sheikh Fahad Al-Yousuf Al-Sabah , yategetse ko nyir’inyubako atabwa muri yombi ,ubwo […]
Ubusuwisi: Indege za gisirikare zakoreye imyitozo mu muhanda munini
Mu myitozo ya gisirikari ya NATO idasanzwe imenyerewe,kuri uyu wa gatatu, ingabo zirwanira mu kirere z’Ubusuwisi zakoze ibitari bisanzwe bimenyerewe zigusha kandi zihagurutsa indege eshatu zo mu bwoko bwa bombardier F/A-18 mu muhanda munini (autoroute) neza. Imyitozo y’izi ndege za gisilikali ikaba yari imaze imyaka ibarirwa muri za mirongo itagaragera mu gihugu cy’Ubusuwisi. Izo ndege […]
Amatora 2024: Mu minsi itarenze itatu, umutwe w’Abadepite uraba usheshwe
Ingingo ya 79 y’itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda uko ryavuguruwe kugeza ubu riteganya uko Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abatepite useswa. Igira iti “Ku mpamvu z’amatora, Perezida wa Repubulika asesa Umutwe w’Abadepite hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga iminsi mirongo itandatu (60) ngo manda y’abawugize irangire.” Mu gihe biteganijwe ko amatora y’abadepite azaba […]
Amatora 2024: Menya Iteka rya Perezida ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite
Iteka rya Perezida n° 077/01 ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ryasohotse mu igazeti ya Leta ku wa 11/12/2023 nyuma yo gushyirwaho umukono na Perezida wa Repubulika. Mu ngingo yaryo ya kabiri iri teka ryemeje umunsi w’itora rya Perezida n’abadepite 53 batorerwa kuri lisiti y’amazina ndakuka y’abakandida batangwa n’imitwe ya politiki cyangwa biyamamaza ku […]