Nigute wasengera imisozi 7 (ibice) by’ ingirakamaro mu Rwanda

2 INGOMA 7:14 Niba ushaka uburyo bufatika kandi bunoze bwo gusengera u Rwanda, hari ibice birindwi bikeneye kwizera kwawe ndetse n’amasengesho yawe. Shakisha uko wasengera imisozi irindwi y’ingirakamaro mu Rwanda! Ntabwo nshaka kuvuga za Jali cyangwa za Nyawinka uzamuha ugana ku isambu Papa yansigiye cyangwa iyindi misozi dore ko dufite myinshi yatumye igihugu cyacu cyitwa […]

Umugore wanze kumvira umugabo we – Rev./Ev. Eustache

Mu buzima bwacu bwa buri munsi, buri wese agira aho abarizwa ndetse akagira n’abamukuriye bamuyobora. Urugero nka hano dutuye muri Amerika, cyangwa mu gihugu cyanjye cy’ Amavuko cy’ U Rwanda dufite Perezida nk’umuyobozi w’igihugu cyacu. Hariho ba Guverineri bayobora intara. Dufite kandi Abayobozi kuri buri mujyi, Uturere , abayobozi ba polisi, abarimu bayobora abanyeshuri, umukoresha […]

Ububiligi: Abanyarwanda baramagana Umuratwa Assumpta ugenda asebya u Rwanda na perezida Kagame

Bamwe mu banyarwanda batuye mu Bubiligi, barinubira Umuratwa Assumpta n’abandi bafatanyije bagenda basebya u Rwanda na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aho bavuga ko Abanyagihugu bayobojwe igitugu kibabuza ubwisanzure. Umunyarwanda utuye mu Bubiligi witwa Rutabana yavuze ko barambiwe Umuratwa na Emeline Munanayire batuye muri icyo gihugu bakorana n’abandi bagore bagenda mu ngo z’Abanyarwanda, bavuga nabi […]

DUKURIKIRANE UBWENGE KUGEZA TUBUGEZEHO

Imigani 4:5 “ Ronka ubwenge uronke n’ ubushobozi bwo gusobanukirwa, kandi ntukibagirwe amagambo ava mu kanwa kanjye cyangwa uyateshukeho.” Ubwenge ni ugukora icyo Imana ishaka dukora mu buzima bwacu butandukanye: • Mu ibibazo • Mu migisha • Mu mahoro cyangwa • Mu ntambara . Waba warigeze kumva bavuga ko habaho Urufunguzo rufungura inzugi zose z’ […]

Wabishobora- Rev. Nibintije

2 Abakorinto 12:9 “Ubuntu bwange buraguhagije kuko aho intege nke ziri ariho imbaraga zange zuzura.” Imana ikora umurimo ukomeye iyo dufite intege nke, nta cyo dufite ndetse nta n’icyo twakwimarira. Aho si ahantu twifuza kuba ariko ni ho Imana igaragariza imbaraga zayo. Dukunda ibyuzuye, Imana igakunda ibirimo ubusa kubera ko kubamo ubusa ari intambwe ituma […]

Ikibazo si ibyo bibazo uri kubona imbere yawe, ahubwo ikibazo ni uko ubinyuramo — Rev. Nibintije

Umubwiriza 1:9 “ Ibyahizeho ni byo bizongera kubaho, kandi ibyakozwe ni byo bizongera gukorwa, nta cyadutse munsi y’ijuru.” Ibibazo cyangwa ibyago si ibintu bibaho rimwe. Ni uruziga. Hari ibintu bigenda bigaruka. Ubuzima bushobora kutwigisha ibintu byinshi ndetse naje kubona ko ubuzima nta kindi uretse uruhererekane rw’ibigaruka. Nshobora kumenya ahazaza hanjye ndamutse ndebye ahahise hanjye, Si […]

KORA UKO USHOBOYE UFATE UMWANZURO MWIZA – Rev. Nibintije

Yakobo 1:19 «  Mumenye Ibi bavandimwe nkunda : umuntu wese ajye yihutira kumva ariko atinde kuvuga, kandi atinde kurakara. » Ubuzima bwawe bwose bumanitse k’ umwanzuro wawe ufata buri munsi. Umwanzuro wawe niwo ugukorera ibyishimo cyangwa umubabaro. Umwanzuro wawe niwo ukuzanira amarira cyangwa ibitwenge mu mibereho yawe . Umwanzuro wawe niwe ukuremera ububabare cyangwa kumererwa neza. […]

Umuragwa w’ubugingo bw’iteka- Rev. Nibintije

Soma : Tito 3:7 Niba waraguye nkanjye, ubwo wibonye mu Isi y’inzozi aho amafaranga atari ikibazo n’abaneshi bubaha uburyo wazamutse mu bukire. Niba umeze nkanjye, ubwo ntukomoka mu muryango wifashije ndetse n’ubu akaba utaba mu buzima nk’ubw’abakire bo muri ibi bihe. Hari igihe, nk’uko nanjye bimeze, ababyeyi bawe cyangwa abasogokuruza bawe batagusigiye umunani kandi nta […]

Bagenzi bacu tubabonemo ibyiza

Mu buzima, niyo haba ibyiza byinshi gute, ntuzabuburamo ikibi n’ubwitegereza neza. Uzabubonamo ibikocamye, intege nke, ibyo utumva cyangwa utishimira. Ushobora guhitamo kuzajya ubona ibyiza gusa cyangwa se ukazajya ubona ibyo kunengwa gusa, ukazajya ubona ibibi. Iyi niyo mpamvu ubona ingo z’abashakanye muri iyi minsi zimeze nabi. Umugore cyangwa bombi badukanye akamenyero ko kureba ibibi gusa. […]

Sobanura ibyifuzo byawe – Nibintije

Abafilipi 4:19 “ Kandi Imana yange izabamara ubukene bwanyu bwose nk’uko ubutunzi bw’ubwiza bwayo buri muri Kristo Yesu.” Shyira ku rutonde ibyo ukeneye bisaba amafaranga birimo amafaranga yo gukoresha mu rugo, ayo kwishyurira abana ku ishuri n’ibindi. Kwizera kwawe kuzatangira gusubiza ibi byifuzo byawe Urwo rutonde rufatire imbere y’Imana. Rurambureho kwizera maze urebe Jehova- Jireh, […]

Waba ushaka ko Imana ikubwira amabanga yayo akomeye

1 Abakorinto 2:9-10 Ibyanditswe byera biravuga ngo ”  Ariko nk’uko byanditswe ngo “Ibyo ijisho ritigeze kureba, N’ibyo ugutwi kutigeze kumva, Ibitigeze kwinjira mu mutima w’umuntu, Ibyo byose Imana yabyiteguriye abayikunda. Ariko Imana yabiduhishurishije Umwuka wayo, kuko Umwuka arondora byose ndetse n’amayoberane y’Imana.” Ese wowe ni nde ubwira amabanga yawe akomeye? Abenshi babwira amabanga yabo abantu […]

Rulindo: Umubyeyi aratabariza umwana we wakuwe mu ishuri akajyanwa mu kazi i Kigali

Mu kagari ka Gasiza, umurenge wa Bushoki muri Rulindo, hari umwana wakuwe mu ishuri ajyanwa gukora akazi ko mu rugo I Kigali. Umubyeyi we abigejeje ku nteko y’abaturage bwakeye umwana aza, ariko ntiyaharara. Ni umwana w’umukobwa ufite imyaka 14, avuka mu mudugudu wa Karambi mu kagari ka Gasiza. Abazi iby’uwo mwana ngo amaze ukwezi atwawe […]

Hari imbaraga zikugira uwa nyawe — Rev Nibintije

2 Abakorinto 12:9 Ariko arampakanira ati “Ubuntu bwanjye buraguhagije, kuko aho intege nke ziri ari ho imbaraga zanjye zuzura.” Nuko nzanezerwa cyane kwirata intege nke zanjye, ngo imbaraga za Kristo zinzeho. Igihe uhuye n’ikibazo cy’ingorabahizi, ikibazo ubona ko utakwikuramo ku bw’imbaraga cyangwa ubushobozi bwawe, Ese uhita wumva utsinzwe ugahita ubireka? Ntukabikore utyo, ahubwo uzatere hejuru […]

GANA KU ISEZERANO – Rev. Nibintije

Abaheburayo 6:12 “…mugere ikirenge mu cy’abaragwa amasezerano babiheshejwe no kwizera no kwihangana.” Ese uri guhura n’ibigerageza bisa n’ibikomeye? Mu kwizera no kwihangana, uzabona amasezerano y’Imana aje mu buzima bwawe. Menya ko iteka umwanzi arwana cyane iyo azi ko uri hafi gusoza urugendo. Azaguta natekereza ko uri mu bibazo. Iyo ukomeje guharanira isezerano ryawe mu kwizera […]

Utakurusha gusenga ntaka gutere ubwoba-Rev. Nibintije

Zaburi 27:1 “Uwiteka ni urumuri rwanjye n’ agakiza kanjye NZATINYA NDE, Imana ni igihome gikingira ubuzima bwanjye. NINDE UZANTERA UBWOBA? Mu igihe Imana iri muruhande rwacu, nta kintu cyose cyangwa umuntu uwari we wese twagobye gutinya. Reka mbikwereke Muri twe hari izindi mbaraga zikomeye kurusha ibibazo bituri mbere, hari undi muntu ukomeye kurusha uwo uri […]

Wituma ivangura rikugwingiza

1 Abakorinto 3:1-3 “ Bene Data, sinabashije kuvugana namwe nk’uvugana n’ab’Umwuka, ahubwo navuganye namwe nk’uvugana n’aba kamere, cyangwa abana b’impinja bo muri Kristo. Nabaramije amata, sinabagaburiye ibyokurya bikomeye, kuko mwari mutarabibasha. Kandi na none ntimurabibasha. kuko mukiri aba kamere. Ubwo muri mwe harimo ishyari n’amahane, mbese ntimubaye aba kamere koko ntimugenza nk’abantu?” Kugirirana ishyari, guhangana […]

Irukanka ugana Imana – Rev. Nibintije

1Yohana 1:9 “Ariko nitwatura ibyaha byacu, ni yo yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose.” Ni byiza kumenya ko utakiboshywe n’amategeko y’icyaha n’urupfu. Ni ikuzo kumenya ko utazongera na rimwe kongera kugwa mu bucakara bw’icyaha. Ese ukora iki yo utamenye iki kintu kandi hari ibyo byiza n’ukuri kuje ikuzo. Ukora iki […]

Mugenzi wange uri mu maboko yizewe-Rev. Nibintije

Luka 23:9 “ Yesu yanga kubasubiza .” Mu byanditswe byera, abantu akenshi begeraga Yesu bakamunenga. Ahenshi haranditswe ngo “ Yesu ntiyagira ijambo na rimwe abasubiza.” Ntiyajyaga asubiza abamuvugaga nabi. Ntiyigeze agerageza kubumvisha ngo bahindure imyumvire. Ntiyigeze arakazwa n’uko hari abari kumuvugaho. Oya, ntiyabihaye agaciro. Abantu nibaza bakurwanya kandi bafite ishyari, bagamije kuguharabika no kuguca intege, […]

Muvandimwe Jya uhora usengera igihugu cyawe

Mariko 3:25 “ Inzu iyo yigabanyije ubwayo ntibasha kugumaho.” Ibyaba biri kubera mu Rwanda bose, turasabwa kubaho mu bumwe nk’Abakirisitu. Aha hari isengesho ryagufasha kwizera ubumwe mu Rwanda. Politiki n’amatora bisa n’aho ari byo byabogamira ubumwe mu Rwanda no mu nsengero kurusha ibindi byose. Ariko nta gishya kirimo. Kugira ishyari, urwango n’amacakubiri byasubije Abakorinto b’Abakirisitu […]

Jya uhora usengera umugabo wawe – Rev. Nibintije

Zaburi 119:14-16 “Njya nishimira inzira y’ibyo wahamije ngo nyihwanye n’ubutunzi bwose. Sinzibagirwa amategeko wigishije kandi nzita ku nzira zawe. Nzishimira amategeko wandikishije, sinzibagirwa ijambo ryawe.” Data wo mu Ijuru, Ndagushimira umugabo wange no kuba ari impano y’ubuzima bwange. Ndagushimira kuba ari umugabo w’inyangamugayo kandi ko umuryango wose uhiriwe kubera ko ari umutware w’urugo. Mpagaze mu […]

Jya uhora usengera umugore wawe- Rev. Nibintije

Imigani 18:22 “ Ubonye umugore mwiza, aba abonye ikintu kiza, akaba agize umugisha ahawe n’Uwiteka.” Umugore ni ingenzi K’ubuzima. Ni mugenzi wawe, ni umukunzi, ni mama w’abana bawe ndetse akaba n’inshuti yawe. Ni we ugutera imbaraga mu gihe uri mu bibazo, mukanafatanya ibyishimo. Uburyo bwiza bwo kumwereka agaciro afite kuri wowe ni ukumusengera buri munsi, […]

Dukure amagambo y’ urucantege mu ntambara turimo — Rev. Nibintije

Soma: Kubara 13:32-33 Mose yohereje abagabo 12 kujya gutata igihugu Imana yari yabaye.Icumi muri bo bagaruka bavuga amagambo y’ amangambure, amagambo y’ ububwa ubwo bavuga bati ” Ntacyo turi cyo, kuko tumeze nk’ inzige imbere yabo” Abandi babiri aribo YOSUWA na KAREBU bo baza bavuga amagambo y’ Intsinzi, amagambo y’ abantu ba bagabo nyabo ubwo […]

DUHE IMANA IGIHE – Rev. Nibintije

Amaganya 3:25-26 “ Imana ibera mwiza umwiringira, abera mwiza ubugingo bukomeza kumushaka. Ni byiza ko umuntu ategereza, ndetse agategereza agakiza k’ Imana ye acecetse.” Byamfashe imyaka 21 kugira ngo ntangize ministere yanjye y’ Ivugabutumwa yitwa MENI ndetse n’ ishuri rya Bibliya ryitwa NEMI INSTITUTE Byasabye Mose imyaka 80 kugira ngo abe umuyobozi mwiza. Yesu Kristo […]

Icyo Imana ishaka ku abantu bayo ni ukubohoka – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 2 abakorinto 3:17 “Imana ni umwuka kandi aho umwuka w’ Imana uri haba hari umudendezo” Niba […]

Wari uziko ufite ingabo zikurinze zifite amahugurwa ahanitse – Rev. Nibintije

Zaburi 103:20 Wari uziko ufite ingabo zikurinze zifite amahugurwa ahanitse kurusha izirinda umukuru w’ igihugu icyari cyose ku isi “Ni musingize Uhoraho mwa bamalayika be mwe, mwebwe mufite imbaraga nyinshi kandi musohoza ijambo rye, mwumvira ijwi ry’ ijambo rye.” Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical […]

Duharanire kugirira neza abantu b’ imana yacu – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 1Abatesalonike 5:15 “Mwirinde hatagira uwo muri mwe witura umuntu wese inabi yamugiriye, ahubwo buri gihe muharanire […]

Tuzirikane imbaraga ziboneka mu guhimbaza Imana — Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Zaburi 149:6 “ Mu mihogo yazo haturuke indirimbo zo guhimbaza Imana, kandi uzitwaze mu maboko inkota […]

Tubanze Imana mbere y’ ibindi bintu byose dukora buri munsi — Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Matayo 6:33 “Nuko rero mukomeze mushake mbere na mbere ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo. Ibyo bintu […]

Soma ibitabo bivuga ku ndashyikirwa zatubanjirije nabyo biragufasha – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abaheburayo 11:33-34 “ Binyuze mu kwizera, batsinze ubwami mu ntambara , bakora ibyo gukiranuka, bahabwa amasezerano, […]

Tangira guha amategeko umubiri wawe — Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 1 abakorinto 9:27 “ Ahubwo umubiri wanjye nywukubita ibipfunsi kandi nka wutegeka nkuko umuntu ategeka umugaragu […]

Haranira kubohoza uburenganzira bwawe wanyazwe – Rev. Nibintije

Soma Yesaya 53:5 Mu myaka 2000 ishize Yesu Kristo yaje hano ku isi, mu nzira yo kwitanga ubwe nk’ igitambo cy’ Ibyaha. Ibyo yabikoze kugira ngo abashe kugarura ibyo Adamu yatakaje ubwo Satani ya mukoreshaga Penariti (icyaha) kandi yanayitera mu izamu akanayimutsinda. Yesu yaje muri iyi isi gusenya ibyo ibikorwa byose Satani yakoze. Muri ibyo […]

Biba iyo mbuto – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Hoseya 10:12 “Mwibibire imbuto zo gukiranuka, musarure ineza yuje urukundo. Muhinge ubutaka bukwiriye guhingwa mu gihe […]

Waba uhagaze gute muri ibyo bibazo ? – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abagalatia 6:7 “Ntimwishuke . Iby’ Imana ntibikerenswa, kuko ibyo umuntu abiba ari byo asarura.” Uyo umuntu […]

Hanga ijisho ryawe ku nyungu ziboneka mu kwihanganira ibiri ku kubaho – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Matayo: 10:22 “Muzangwa n’abantu bose babahora izina ryanjye, ariko uzihangana akageza ku iherezo ni we uzakizwa.” […]

Hindura uburyo bwo koga niba amazi atari ya yandi – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 2 Timoteyo 4:7 “ Narwanye intambara nziza, narangije isiganwa, nakomeje ibyo kwizera.” Mu mezi ashize nakurikiranye […]

Izere Imana yawe ko igomba guhagarika ibyo bitero

Zaburi 46:9 “Akuraho intambara kugeza ku mpera z’ isi, Umuheto arawuvunagura, n’ icumu araricagagura, Amagare y’ intambara ayatwikisha umuriro.” Imana wizeye kandi ukaba uyikorera ifite ubushobozi. N’ Imana ihindura imitima y’ abami. Ibitekerezo byayo biri kuri wowe, amarira yawe, ubusharire bwawe, ubwoba ufitiye ibibazo urimo, cyangwa icyo wifuza kubona ariko ukabona ko bidashoboka bifite akamaro […]

Tube duhagaritse kwiruka inyuma y’ amafaranga twiruke inyuma ubwenge — Rev. Nibintije

“Mushakishe ubwami bw’ Imana naho ibindi byose muzabwongererwa.” (Yesu Kristo) “Tubanze twiruke inyuma y’ ubwenge, ni tubugeraho, tukabutunga n’ amafranga nayo azatwirukaho yifuza ko twayaha uburuhukiro muri twe.” (Rev./Ev. Eustache) Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye […]

Ushobora kuva mu muhamagaro w’ Imana wibwira ko uri kuwinjiramo – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki.Soma Jeremiya 1:5 Mu minsi yashize nagize imirimo mwinshi ijyanye n’ umuhamagaro wanjye. Ubwo numvise muri njye […]

Uritonde mu guhitamo inshuti yawe — Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Soma 1Abakorinto 5:9 Abo mugendana bagira icyo bahindura ku buzima bwawe bwo mu buryo bw’ umwuka. […]

Ushobora kumbwira uwo ndiwe – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Soma Yesaya 40:29 “ Niyo iha intege abarambiwe, kandi utibashije imwongeramo imbaraga “ Nshuti y’ Imana […]

Twige ukuntu twaba intwari mu ntambara turimo – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abaheburayo 11:32-34 “None se mvuge kindi ki? Igihe cyambana gito nkomeje kuvuga ibya Gideyoni, Baraki, Samusoni, […]

Ari wowe nuwo mwaguranye ninde wahenze undi ?

2 Abakorinto 5:28 Iyo wemeye kwakira Yesu nk’umwami n’umukiza wawe uhita nawe uhinduka umwana w’Imana .Bishaka kuvuga ko uhita uhinduka ishami rya OFFICE ye, uhita wemerwa nayo. Ukongera ugahinduka umuntu uri mu bushake bwe, igikoresho cye. Bibiliya ivuga ko Yesu ariha impongano y’ibyaha byawe, gusa ahubwo inavuga ko ibyaha byawe nabyo abyishyiraho bishaka kuvuga ko […]

Sobanukirwa ibanga rihishe mu ukubaha urwego rw’ ubuyobozi – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abaheburayo 13:17 “Mwumvire ababayobora kandi muganduke, kuko bakomeza kuba maso barinda ubugingo bwanyu nk’ abazabibazwa, kugira […]

Igihe cyose Imana itega amatwi umuntu wese uyubaha- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Kubaha ni mbuto yera ibisubizo by’amasengesho yacu 1Yohani 3:22 “Icyo dusabye cyose Irakiduha kuko dukurikiza amategeko […]

Abo bana bakeneye kwerekwa urukundo rwuzuye – Rev-nibintije

Buri mwana akeneye kwerekwa ko akunzwe, kandi akeneye kwishyira akizana imbere y’ ababyeyi be. Imana yaduhaye inshingano yo gufata neza abana bacu niyo mpamvu ugomba guteganya umwanya wo kwereka abana bacu urukundo tubafitiye. Uhagarariye Imana imbere y’ abana bawe. Uko twifuza k’Umubyeyi wacu wo mu ijuru yatugirira ni nako n’ abana bacu babitwifuzaho,  uko twifuza […]

Imana yakugeneye umugisha udashobora Kunyura kuri Pastor wawe mpaka uwuhawe n’umubyeyi wawe – Rev. / Ev. Nibintije

Abayefeso 6:1 “ Bana, mvumvire Ababyeyi banyu mwunze ubumwe n’ umwami, kuko ari byo bikiranuka.”   Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. […]

Ubaha boss wawe – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abayefeso 6:5 “Namwe abagaragu, ni mwumvire ba shobuja bo mu mubiri nk’ uko mwumvira Kristo, mu […]

Gahunda y’ Imana ntabwo ijya hinduka- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abaroma 11:29 “ Kuko impano z’ Imana no guhamagara kwayo ari ibintu itazigera yicuza.” Ni izihe […]

Komera kandi ntucike integer- Rev. Nibintije

Soma Yosuwa 1:9 Kudacika intege mu bibazo bituruka mu kwizera Imana. Ntabwo biva mu bwenge cyangwa ubumenyi gusa. Muvandimwe, Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu […]

WIBUKE KO ”KUBAHA” BITANGIRA UKI “BYUKA”- Rev. Nibintije

Zaburi 5:3 “ Mana, mu gitondo uzumve ijwi ryanjye. Mu gitondo nzajya ngusenga hanyuma ntegereze.” Tangiza umunsi isengesho. Ejo hashize hari nko mu imva(tomb)naho ejo nabwo ni nko mu nda (womb). Umunsi ufite akamaro mu ubuzima bwawe ni uyu munsi. Bityo rero ni ngombwa ko wumva icyo Imana ikubwira buri munsi. Imana ikwishimire uyu munsi!!!! […]

USA : Itangazo rivuye muri Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)

Bavandimwe, Kubera imirimo yitangizwa ry’ Ishuri rya Bibliya (Bible College) na Ministere yacu, iyo gahunda ikaba Izatangira ku itariki ya 06/08/2019 Turamenyesha abantu batari group ya Ministere yacu yitwa “Prayer & Counseling Center “ ko bitaza tworohera kubageza ibyigisho nkuko byari bisanzwe. Tukaba dusaba abashaka ko bashyirwa muri iyo group, ko hari ibisabwa kugira ngo […]

Hinjirwa n’ umuntu ufite ibintu bitatu mu maboko ye- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Zaburi 100:4 “ Muze mu marembo ye mushima, muze mu bikari bye mu musingiza, Mu mushimire […]

Izere ko isaha yawe iri mu ukuboko kw’ Imana- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Zaburi 31:15 “ Ubuzima bwanjye buri mu maboko yawe. Nkiza unkure mu maboko y’ abanzi banjye […]

Ushobora kuba uri kwigishwa n’Imana -Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Mu myaka 6 ishize nigeze kugira ikibazo kijyanye n’ amafranga bitewe n’ uko nabaga ku ishuri, […]

MENYA BYINSHI KU NSHUTI YANJYE -Rev. Nibintije

Yohani 16:13   “Uwo Mwuka w’ ukuri naza azabayobora mu ukuri kose kuko atazavuga ku bwe, ahubwo ibyo azumva ni byo azavuga, kandi azababwira ibyenda kubaho.” Umwuka wera: Inshuti yanjye ya hafi kandi ingirira umumaro kuri buri kintu cyose mpuye nacyo.   Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise […]

REBERA KU “ICYANDITSWE” -Rev. Nibintije

Mu gihe cyose uhanganye n’ ibibazo runaka, cyangwa ibigeragezo. Ikintu cya mbere ugomba gushakira umutekano cyangwa kurwanaho ni ibitekerezo byawe. Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro […]

Mureke tugendane na Mwuka wera- Rev. Nibintije

Mugenzi wanjye, kuva tubeshejweho na mwuka, nimureke tugendane na we. Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Mbere yo kujya ku rugamba Jehoshafati […]

Funguza indirimbo ihimbaza Imana umuryango ukuzanira akayaga keza- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 1 Samuel 16:23 “Iyo umwuka mubi yavaga ku Mana agahanga kuri Sawuli, Dawidi yafataga inanga ye […]

SOBANUKIRWA KO GUFASHA CYANGWA KWITANGA KU UMURIMO W’ IMANA – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 1 abatesalonike 5: 14 “Nanone kandi bavandimwe, turabatera inkunga ngo mujye mucyaha abica gahunda, muhumurize abihebye, […]

IBINTU BYOSE BITANGIRIRA KU KANTU GATO- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Soma Luka 6:38 “ Mutange namwe muzahabwa. Urugero rwiza rutsindagiye, rucugushije, rusesekaye nirwo muzagererwamo, kuko urugero […]