GIRA IHISHURIRWA MURI IBYO BIBAZO BYAWE-Rev. Nibintije

Yohani 16:13 “Uwo mwuka w’ ukuri naza azabayobora mu ukuri kose kuko atazavuga kubwe, ahubwo ibyo azumva ni byo azavuga, kandi azababwira ibyenda kuba.” Yesu yaravuze ati” Umwuka wera azabayobora mu ukuri, ntabwo azabayobora mu ukuri ku ibintu bimwe gusa cyangwa ku ibijyanye no mu uburyo bw’ umwuka gusa ahubwo azabayobora mu ukuri kuri buri […]

Imana iguha ibyo ukeneye byose- igice cya 2

Kandi Imana yange izabamara ubukene bwanyu bwose, nk’uko ubutunzi bw’ubwiza bwayo buri muri Kristo Yesu. Abafilipi 4:19 Hari icyo wifuza mu buzima? Urakereza uti, kuba mfite iki cyangwa kiriya? Ese ushaka uburyo wigerera ku cyo ushaka? Urashaka ubutunzi cyangwa amafaranga? Mu byanditswe byera havuga hati: ” Imana isezeranya abayizera ko izabaha icyo bayisaba”. Inkuru ku […]

WICIKA INTEGE ZO KWAKIRA IMIGISHA IRI INYUMA YIBYO BIGERAGEZO BYAWE-Rev. Nibintije

2 Abakorinto 4:17 “Kuko kubabazwa kwacu kw’ igihwayihwayi kw’ akanya ka none kwiyongeranya, kuturemera ubwiza bw’ Iteka ryose bukomeye.” Biroroshye kwerekeza amaso ku bibazo tuba dufite. Ariko iyo uhanze amaso ku migisha uzabona umaze gutsinda ibyo bigeragezo, ikizakurikiraho nyuma yo kubabazwa n’ ibyo bibazo ni ibyishimo n’ umunezero. Reka ngerageze ku bikumvisha neza: Mu myaka […]

KORESHA BIBLIYA NKA GPS YAWE IGOMBA KU KUYOBORA MU UBUZIMA BWAWE BUSIGIYE- Rev. Nibintije

2 Timoteyo 2:16-17 “Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’ Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, kumwemeza ibyaha bye, kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka, kugira ngo abe umuntu w’ Imana ushyitse , afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.” Umunsi umwe umwana yabwiye Papa we ati” Papa ko abanyeshuri twigana bajya bambwira ko twavuye mu igihugu […]

Ubuntu bw’Imana bwakugeza aho wowe ubwawe utakwigeza

Ikiganza cy’ubuntu bw’Imana Zaburi 44:3 “Inkota zabo si zo bakesheje kwigarurira igihugu, imbaraga zabo si zo zabahaye gutsinda; ahubwo ni indyo yawe bwite, ukuboko kwawe, n’urumuri rw’uruhanga rwawe, kuko wabikundiye.” Wigeze utekereza ku nsinzi wagize mu bihe byashize ko atari ku bwawe? Hari igihe wabashije guca mu bikomeye, ugahabwa akaruhuko wari utabyiteze, ibintu bigahinduka nta […]

Abantu benshi bitiranya umunezero n’ibitwenge-Rev. Nibintije

Umunezero wawe  ushobora gutangirana n’icyemezo wafata kuva ubu. Umunezero ni impano ikomoka ku Mana bitewe no kumenya intego y’iby’umwuka ako kanya. Ni ikintu ukwiriye guharanira kugira ngo ucyakire ndetse unaharanire kukigumana. Abantu benshi bitiranya umunezero n’ibitwenge, kwinezeza no gukora iby’ubwenge buke. Tubona abantu bitwara gutya buri gihe. Ariko se ni inshuro zingahe babikora iyo bari […]

Ni wita izina ibihe urimo cyangwa ikintu utegereje guhabwa bizakongerera ukwizera-Rev./Ev.Eustache Nibintinje

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

WIBUKE KO UBUBABARE BWAWE UTERWA N’IBIBAZO URIMO BUZASHIRA-Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

KORESHA IYI “REMOTE” MU GUSUBIZA IBITEKEREZO BYAWE MU MWANYA WABYO-Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

KORESHA IYI “REMOTE” MU GUSUBIZA IBITEKEREZO BYAWE MU MWANYA WABYO-Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Nta gihangange imbere y’Imana, nawe yakumenera ibanga-Rev./ Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Nyamasheke: Imodoka isanzwe itwara imirambo yafashwe itwaye magendu

  Mu karere ka Nyamasheke, mu burengerazuba bw’igihugu hafatiwe imodoka isanzwe itwara imirambo ipakiye magendu. Iyi modoka yafashwe ku bufatanye bwa Polisi y’igihugu n’abaturage. Nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Polisi y’igihugu CP John Bosco Kabera , yatangaje ko iyi modoka ifite puraki nomero RAD 819 G yafashwe mu ijoro rya cyeye ubwo yavaga I Rusizi igana […]

Waba uzi ahantu Imana ihoza ijisho ryayo nkuko irihoza ku muntu wayo – Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Waba uzi umwanzi wawe w’ ukuri

1Petero 5:8 “Mukomeze kugira ubwenge kandi mube maso kuko umurezi wanyu Satani azerera nk’ intare yivuga ashaka uwo aconshomera.” Ubwo nari kwibaza kuri ibi bibazo bya website yanjye yagombye kuba yaruzuye mu ukwezi gushize, nabaza abo nahaye amafaranga ngo bayikore bakansubiza ko bari baziko ari website isanzwe none bakaba barasanze atariko biri ari “Professional cyane” […]

Dukorera Imana ikunda kuduha imigisha

Soma Abaheburayo 11:1-2 Imana ikunda gutanga imigisha, kandi ikaguha imigisha myinshi. Ni Imana y’ Imigisha gusaaaaa, inzozi zayo (dream) ku ubuzima bwawe kandi mu inzira utatekereza ko yabaho.   Niba wari mu guhangayika cyangwa ufite ubibazo byo kuba wabona intsinzi mu buzima bwawe. Biroroshye kuba wabyinjiza mu ibitekerezo byawe. Ariko nabwo bikaba binoroshye kugira ngo […]

Ntukagaye igitabo kubwo ku kirebera inyuma

1 Samuel 16:7 “Ariko Uwiteka abwira Samuel ati” Nturebe mu maso he cyangwa ikirere cye ko ari kirekire namugaye kuko Uwiteka atareba nk’ uko abantu bareba. Abantu bareba ubwiza bugaragara, ariko Uwiteka we areba mu umutima.” Igihe kinshi abantu bakunda guhinyura igitabo bakirebeye inyuma. Igihe Imana yarigiye gutoranya umwami, umuhanuzi yatumye yageze kwa Yesayi kugira […]

Satani akubona nk’ikinnyabari cyangwa indwanyi?

  Kubara 13:33 “Kandi twabonye abantu barebare kandi banini, twibonaga tumeze nk’ inzige, nabo bakabona tumeze nkazo” Ni gute Satani akubona? Akubona ko uri irwanyi ikomeye y’ Imana cyangwa akubona nk’ ikinnyabari k’ urugamba cyangwa ingabo itagira umutware. Ibisubizo ntawundi wagitanga usibye wowe gusa. Ndibuka igihe narindi kwiga isomo ryitwa “amateka y’ Abisiraheli” nkitangira kwiga […]

Itangazo: NEMI yashyizeho irushanwa ryo kwiga no gusoma Bibiliya, ushobora gutsindira ibihumbi 100 buri cyumweru

NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL Ibafitiye agashya. Kurikirana inyigisho zitangwa niyi Ministry kandi unasome Bibliya maze winjire mu ibazwa rijyanye n’ ijambo ry’ Imana maze utsindire Ibihumbi ijana( 100000frw) buri weekend. Dore ibisabwa kugira ngo ubashe kwemererwa muri iyo gahunda yo gutsindira ibihumbi ijana( 100000frw) Ibisabwa: -Kuba muri umuryango wa bugufi ( ababyeyi bawe, abana bawe, […]

Shyira ijambo ry’Imana mbere ya byose

Imigani 4:7-8 “Ubwenge muri byose nibwo bw’ ingenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga Ubukuze nabwo buzagukuza, nu ubukomeza buzaguhesha icyubahiro.” Niba ushaka gutera imbere muri isi , Ndagira ngo kumenere ibanga rikomeye muri aka kanya. BIROROSHYE “Shyira ijambo ry’ Imana imbere.” Ushobora kubwira uti “ Pastor, ibyo ntabanga ririmo, narabyumvise […]

Ibibazo byawe bitereke k’ umutwe wa yesu – igice 1

Hamagara abantu wizeye bagufashe gukura ibyo bibazo biri ku umutwe wawe maze babitereke ku umutwe wa Yesu Kristo. ( igice cya 2) Abafilipi 4:6 “Ntimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’ Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima.” Yohani 14:1 “Ntimugahagarike imitima yanyu, mwizere Imana nanjye munyizere.” Matayo 6:31 “Nuko ntimukiganyire mugira ngo “ Tuzarya iki?” […]

Imana ishaka ko watera intambwe ijya imbere

Matayo 11:12 “ Uhereye ku igihe cya Yohani Umubatiza ukageza none, ubwami bwo mu ijuru buratwaranirwa, intwarane zibugishamo imbaraga.” Icyi ni igihe cyo kongera kuzura imbaraga no gutera intambwe ujya imbere mu gihe ibibazo bishaka ko usubira uko wari umeze utarasoma ijambo ry’ Imana. Ni ngombwa ko ureka ibyashize bikaba amateka kandi ugatera intambwe ijya […]

Slow down !! slow down!! imikorere y’Imana itandukanye n’ imikorere y'abapfumu

2 Peter 3:9 “ Umwami Imana ntitinza isezerano ryayo, nk’ uko bamwe babitekereza yuko iritinza. Ahubwo itwihanganira idashaka ko hagira n’ umwe urimbuka, ahubwo ishaka ko bose bihana.” Ijambo ry’ Imana ritubwira ko imikorere y’ Imana itandukanye n’ imikorere y’ abana b’ abantu cyangwa ikindi kiremwa cyose. Hari igihe twibwira ko Imana itinda kudusubiza cyangwa […]

Shyira ubuzima bwawe mu nzira z’Imana

1 Peter 2:9 “ Ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ ubwami, ishyanga ryera n’ abantu Imana yaronse kugira ngo mwamamaze ishimwe ry’ iyabahamagaye, ikabakura mu umwijima ikabageza mu umucyo wayo w’ igitangaza.” Tangira guhindura uburyo wakoraga ibintu ndetse no guhindura imwe mu imico bidahuye n’ icyo Imana yakuremeye cyangwa icyo yaguhamagariye. Kugira gahunda nziza […]

Menya uburyo bwiza bwo gutangira umunsi

Zaburi 149:5 “ abakunzi be bishimire icyubahiro ibahaye, baririmbishwe n’ ibyishimo, baririmbire mu mariri yabo” Mu gihe tubyutse mu igitondo, ni ikihe kintu ubanza kugira mu ibitekerezo byawe. Waba ubyuka ufite indirimbo mu minwa yawe? Iyo utangiye umunsi uri guhimbaza Imana, uba utangiye umunsi uri kwihuza n’ Imana y’ Inyambaraga. Iyo ubayeho mu ubuzima bwo […]

Sobanukirwa n’uburyo wa kwagura urukundo

Soma 2 Yohani 1:6 “ Uru ni rwo rukundo: Ni uko tugenda dukurukiza amategeko ye. Itegeko ry’ Imana ngiri: ni uko tugendera mu urukundo nk’ uko mwigishijwe uhereye mbere na mbere.” Imana iravuga iti” kugira urukundo ni ukubahiriza amategeko yayo. Imana yagaragaje urukundo rwayo mubyo yarangije gukora kurusha uburyo yabigusobanurira mu magambo. Yakweretse inzira wanyuramo […]

Urasabwa kuba icyitegererezo no kuzamura imyitwarire yawe

KUZAMURA IMYITWARIRE Abagabo bose bashobora guhagarara bagashikama ndetse bakomeye, ariko nushaka gupima imyitwarire y’umugabo uzamuhe ububasha. UMWANZI UKOMEYE W’ABIZERA “Samweli aravuga ati ‘Mbese nubwo wigayaga, ntiwagizwe umutware w’imiryango ya Isirayeli? Uwiteka ntiyakwimikishije amavuta ngo ube umwami wa Isirayeli?” (1 Samweli 15:17) Kumva ko wishoboye, kwishimira (kumva ko wakoze byiza), kwiyumvamo ko uri ingirakamaro ubwawe, kwiyumvamo […]

Kubaho mu ubushake bw’ Imana bifungura inzira y’ ibyo ukeneye byose – igice cya kane

Soma Abaroma 12:2 “ Ahubwo muhinduke rwose mu gize imitima mishya “ Mu ururimi rw’ icyongereza niho byumvikana neza: “Let God transform you into a new person by changing the way you think. ( Romans12:2) Ijambo guhindurwa ( transformed) rimeze nk’ Ijambo rivuga mu ubutumwa bwiza byanditswe na Matayo igice cya 17. Rivuga “Guhindurwa “(Transfigured) […]

Kubaho mu bushake bw’ Imana bifungura inzira y’ibyo ukeneye byose  ( igice cya 2)

Soma Abaroma 12 :1 “ Nuko bene data, ndabingiga kubw’ imbabazi z’ Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishomwa n’ Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Igihe wakiriye Umwami nk’Umukiza wawe, uhita ubyarwa ubwa kabiri. Uba usezeye kuba imbata y’ icyaha, icyari cyo cyose. Ariko unyumve neza ntabwo bivuga ko biba birangiye […]

Menya ibanga wakoresha kugira ngo uve mu ubwoba buterwa n’ ibibazo bikugezeho

Soma 2 Timoteyo 1:17 “Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ ubwoba ahubwo yasuhaye uw’ Imbaraga n’urukundo no kwirinda.” Ni ugute utekereza iyo umuntu akubwiye ko utakwiriye kubaho mu ubwoba.   Ushobora kunyizera muri aka kanya nkubwiye ko mu byo wabonye kuva wabyuka ndetse n’ibyo wabonye ko bitakagombye kugutera ubwoba, ahubwo ko ukwiriye kubaho mu amahoro Birashoboka ?cyangwa […]

Ibaruwa y’ ukwezi kwa gatandatu

Mbanje kubaramutsa mu izina rya Yesu Kristo umwami wacu, SHALOM Partner, Twese mu imibereho yacu, tugenda duhura n’ ibintu biza mu ubuzima bwacu biturwanya.Tugenda duhura n’ ibibazo bijyanye n’ ubuzima bwacu( Health issuers) Ibibazo bijyanye n’ amafranga dukenera buri munsi kugira ngo tubashe kubaho ( Financial challenges) Tugenda duhura n’ ibibazo bijyanye n’ amarangamutima yacu […]

Soma ku rupapuro rw’ubuzima bwawe rukurikira niho ibisubizo by’ubuzima bwawe biri

Zaburi 139:16 “ Nkiri urusoro, amaso yawe yarandebaga, mu igitabo cyawe handitswemo iminsi yanjye yose, yategetswe itarabaho n’ umwe. Waba uziko Imana mbere yuko uvuka yari yarabanje guteganya ibintu byose uzakenera mu ubuzima bwawe. “Imana ifite umugambi mwiza kuri wowe “ , Imana izi ibibazo byawe, Izi ibyo watakaje cyangwa ibyo uri kwifuza ubu ( […]

Ni murebane akajisho keza

Soma abafilipi 3:17 Nigeze kumva inkuru y’ umugabo n’ umugore bigeze bagirana ibibazo ku uburyo buri wese yari yaranze kuvugisha undi. Iryo joro ryose ryakeye nta muntu wigeze ushaka kuvugisha undi kugirango babe barangiza ibibazo byari hagati yabo. Bwarakeye umugabo abyuka mbere, agiye kujya ku kazi, ahitamo ku musira message yanditse ku gapapuro kugira ngo […]

Amahirwe yo kwiga ku buntu, Tangira wige Bibiliya uyu munsi

OUR MISSION EVANGELIZE, EQUIP, EDUCATE * Bible Institute ( Pastoral Studies, Christian Education and Christian Counseling program Bachelor degree program/4years – Tuitions FREE – BOOK FREE -Website maintenance $100/yr – Administration $5/ 1 test * Biblical Studies & Church Leadership In Kinyarwanda ( Diploma program/2years) – Tuition FREE – Administration FREE – Website maintenance $50/year […]

Hagarika gushidikanya mu gihe wizeye, kuko bikubuza umugisha wawe

Yakobo 1:8 “ Kuko umuntu w’ Imitima ibiri anamuka mu inzira ze zose” Bigenda gute mu igihe ushidikanyije mu gukora ikintu Imana yakubwiye gukora? Uwo muhanganye ahita atera intambwe ya mbere. bisobanura ko Satani ahita agusimbukiraho ako kanya. Niba ushaka kubaho mu ukwizera menya ko, gushidikanya ari umuco mubi kandi wagobye gukura mu inzira yawe. […]

Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bya gukomeza mu ibyo uhura nabyo ( igice cya gatanu)

Zaburi 34: 1 “ Nzahimbaza Uwiteka iminsi yose, ishimwe rye rizaba mu akanwa kanjye iteka” Waba uzi ururimi ruvugika mu ijambo “ GUHIMBAZA “no “GUSHIMA “ icyo bivuga? Ni ururimi ryo “KWIZERA “ kandi rukaba ururimi rwo “ KWAKIRA”, Umukristo ukomeye muri we haba huzuye” GUHIMBAZA”no “GUSHIMA” Imana. Niyo mpamvu twahamagariwe guhimbaza no gushima Imana […]

Menya icyo iryo izina rishobora gukora

Abafilipi 2:9-10 “Nicyo cyatumye Imana imushyira hejuru cyane…ikamuha izina risumba andi mazina yose kugira ngo amavi yose apfukame mu izina rya Yesu, ari ay’ ibyi juru, cyangwa iby’ ibyo mu isi, cyangwa ar’ ibyo munsi y’ isi.” Igihe cyose ushyize mu ibitekerezo byawe amategeko y’ Imana maze ugatangira kwemerera ijambo ry’ Imana gukorera muri wowe […]

Nta gihangange imbere y’Imana, nawe yakumenera ibanga

2 korinto 2: 9-10 “Ariko nkuko byanditswe ngo ibyo ijisho ritigeze kubona n’ ibyo ugutwi kutigeze kumva, ibitigeze kwinjira mu mutima w’ umuntu, ibyo byose Imana yabiteguriye abayikunda.” Mu mwaka 1997, byabaye ngombwa ko abashinzwe umutekano banjyana kuri Police Station kuko hari ibyo nagombaga gusobanura. Nkigerayo ntabwo nabashize kubonana nukuriye aho kuko yahamagawe kujya mu […]

“Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bizagukomeza mu byo uhura nabyo”: Rev. / Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye umutwe ugira uti:”Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bizagukomeza […]

Ibintu by’ ingenzi bizagufasha gukomera igihe uri mu biruhije

Imigani 8: 34-35 Hahirwa umuntu unyumvira, akaba maso mu marembo yanjye iminsi yose, agategereza ku nkomo y’ imiryango yanjye kuko umbonye aba abonye ubugingo kandi azahabwa umugisha.” Igihe cyose uzimenyereza ibintu ngiye kuzakubwira mu i SEMINAR izatangira ejo, Seminar y’ iminsi irindwi bizagufasha gukomera, ndetse no ku kurinda ibitero bya Satani maze ubashe kwakira intsinzi […]

Koresha urufunguzo wahawe uve mu ibibazo bikuzengurutse

Luka 10:19 “Dore mbahaye ubutware bwo kujyamukandagira inzoka na sikoropiyo n’ Imbaraga z’ umwanzi zose, kandi nta kintu kizagira icyo kibatwara rwose.” Ijambo ry’ Imana riboneka mu igitabo cyo gutegeka kwa kabiri tuhabona amagambo Imana yabwiye ubwoko bwayo aho yagize iti ” ni mumara kwambuka Yorodani muzahita mwambukira mu igihugu nabasezeranije kandi dore ikintu muzayita […]

Shyira ibyiringiro byawe ku ikintu wifuza ko imana yagukorera

Soma Itangiriro 15:5 “ Aramusohora aramubwira ati ” Rarama urebe mu ijuru, ubare inyenyeri niba wabasha kuzibara.” Arongera ati “ Urubyaro rwawe niko ruzangana.” Ni iki wiringiye ko Imana igomba kugukorera? Ni iki uri gusengera uyu munsi kandi ukaba wiringiye ko Imana izakiguha? Ni irihe sezerano Imana yagusezeranije? Birashoboka ko ari uguhindura umuryango wawe, Umuryango […]

Ni gute wahangana n’ibibazo urimo-igice cya 3

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Ni gute wahangana n’ibibazo urimo?

Kurikira izi Nyigisho kuva kwa kabiri kugeza kuwa Gatandatu kuko ari icyumweru cyo kumenya uburyo wahangana n’ibibazo urimo INGOMA 20: 1- POINTS: “Imana iri kugenzura ibibazo byawe, Imana ni Inyembaraga kandi nini kurusha ibigeragezo byawe, wicika intege, Shaka Imana muri ibyo bibazo kandi urusheho kuyizera” (Rev./Ev. Eustache) Buri wese agira ibigeragezo mu miberereho ye. Kuba […]

Imana ishaka kuvugurura amasezerano yawe mwagiranye

Ibyahishuwe 21:5 “Iyicaye ku intebe iravuga iti” Dore byose ndabihindura bishya” kandi iti” Andika kuko ayo magambo nay’ ukuri” kandi iti” birarangiye “ ninjye Alfa na Omega, itangiriro n’ Iherezo. ufite inyota nzamuhera ubuntu kunywa ku isoko ya’ amazi y’ubugingo.” Igihe Imana ishyize mu mutima wawe inzozi zo kugera ku kintu runaka, iba ishyize isezerano […]

Inshingano z’ Abamama zibahesha kubahwa no gushimirwa

Iri ni Ijambo ry’Imana mugezwaho n’Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.Imigani 31:11; 28 “ Umutima w’ umugabo we […]

Ibaruwa y’ ukwezi kwa Gatanu/2019

Nibintije Evangelical Ministries Pittsburgh, Pennsylvania USA Ndabaramukije mu izina ry’ Umwami wacu Yesu Kristo, Mbere yuko mbagezaho Ubutumwa mbandikiye mbanje kubashimira amasengesho yanyu mudasiba kudusengera uko bwije ni uko bukeye. Kandi tubashimira umuhate wo gukurikirana impanuro zikubiye mu inyigisho z’ ijambo ry’ Imana mugezwaho n’ umuryango w’ Ivugabutumwa wacu witwa Nibintije Evangelical Ministries International ( […]

Hagarika gutunga Imana urutoki ahubwo uyikingurire umutima

Iri ni Ijambo ry’Imana mugezwaho n’Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro. Yohani 14:9-10 “Yesu arambaza ati” Nabanye namwe […]

Iyo uri umugisha umugisha urakwizanira kandi ukiranukira Imana abikiwe ubutunzi

Iri ni Ijambo ry’Imana mugezwaho n’Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro. Mu igitabo cy’ Imigani igice cya cumi […]

Hamagara izina rya Yesu — Rev. /Ev. Eustache Nibintije

1 Korinto 6:11 “Kandi bamwe muri mwe mwari nka bo ariko mwaruhagiwe mwarejejwe, mwatsindishirijwe n’Umwuka w’Imana yacu mu izina ry’Umwami Yesu Kristo”. Hari ikintu kimanuka mu mubiri wacu gifite imbaraga zikora ibitangaza iyo duhamagaye izina rya Yesu Kristo. Cyera nkiri umwana twavaga kwiga twagera murugo ababyeyi bamaze kutugaburira, bakundaga kumbwira kujya kuragira amatungo yacu. Muri […]

Sobanukirwa no kwizera icyo aricyo n’uko wakugeraho — Rev./Ev. Eustache Nibintije 

KWIZERA NI IKI? Akamaro ko kwizera tugasanga muri Bibiliya, mu gitabo cy’Abaheburayo. “ariko utizera ntibishoboka ko ayinezeza, kuko uwegera Imana akwiriye kwizera yuko iriho, ikagororera abayishaka” (Abaheburayo 11:6). Noneho tubwiwe ko “Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby’ukuri” (Abaheburayo 11:1). Nta muntu numwe wigeze abona […]

Haranira gutsinda wifashishije ukwemera

Zaburi 144:1 Igira iti “Nihasingizwe Uhoraho, rutare rwanjye, we utoza amaboko yanjye ibyo kurwana, n’intoki zanjye ibyo kurema urugamba.” Ufite umwanzi. Shitani ashaka kukwiba buri kimwe Imana iguteganyiriza. Wimwemerera. Koresha intwaro zawe… Ijambo ry’Imana… ukwemera kwawe kugira ngo uronke umusaruro igihe utinze. Shitani atinya indwanyi. Buri kimwe uzageraho mu buzima bisaba ko habaho urugamba. Mugenzi […]