DRC: Abarundi bahahungiye bugarijwe na Kolera
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mulongwe iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Kongo, zivuga ko zugarijwe n’icyorezo cya Korera.Imibare igaragaza ko mu kwezi kumwe gusa, abantu barenga 90 banduye icyo cyorezo. Iki kibazo kiravugwa cyane mu mpunzi z’Abarundi ziganjemo iziheruka kuvanwa mu nkambi z’agateganyo za Kavimvira na Sange zikazanwa mu nkambi ya […]
Gaza: Abanyapalisitina 17 nibo baguye mu bitero bya Isiraheli
Abayobozi bashinzwe ubuzima mu ntara ya Gaza, kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 20 Ugushyingo 2024, bavuze ko ibitero bya Isiraheli byahitanye abanyapalestina 17 . Kimwe muri ibyo bitero, Isiraheli yibasiye inzu iri mu gace ka Jabalia mu majyaruguru ya Gaza, aho cyahitanye abantu 12. Igisirikare cya Isiraheli cyatangaje kandi ko umwe mu basirikare bacyo yishwe, […]
Umukozi wa RCS wakoreraga ku Igororero rya Huye yapfuye urw’amayobera
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 20 Ugushyingo 2024, nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro y’uwari umukozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) bivugwa ko yapfuye urupfu rw’amayobera. Uyu mukozi uzwi ku izina rya Fabrice,yakoreraga ku Igororero rya Huye ari naho yapfiriye ubwo yari mu macumbi babamo ku kazi. Abaganiriye na BWIZA bavuzeko bari basanzwe bamuzi […]
RIB yatanze umuburo ku banyamakuru ba Siporo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda bakwiye gutangira kwitondera imvugo bakoresha mu biganiro byabo kuko bishobora kubaviramo ibyaha byabajyana mu butabera. Mu butumwa yahaye Radio/TV10, Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B. Murangira, yatangaje ko abanyamakuru ba Siporo badakwiye gukora ibiganiro binjira mu buzima bwite bw’abantu, kubera ko biganisha mu gukoresha […]
Nyanza: Ishuri ryigisha gukanika imodoka basanze nta n’ingorofani ryigirira
Mu Karere ka Nyanza,Umurenge wa Cyabakamyi,Ishuri rya GS Nyagisozi,Abadepite bararitabariza kuko ngo higishirizwa amasomo yo gutwara imodoka no kuzikanika ariko hakaba nta modoka n’imwe wahabona abanyeshuri bigiraho, basaba ko ikibazo cyabo cyakemurwa vuba. U Rwanda rufite intego yo kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi bijyana no guteza imbere amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro. Gusa hari amwe mu […]
Nyanza: Bamaze imyaka 10 bategereje isoko, amaso yaheze mu kirere

Hashize imyaka 10 abarema n’abakorera mu isoko rya Nyanza riherereye mu Murenge wa Busasamana babwiwe ko bazubakirwa isoko rya Kijyambere aho risanzwe riri, bemeza ko ribangamiye ubucuruzi bwabo binatuma bimwe mu byo bacuruza byibwa naho ibindi bikangirika. Isoko ry’Akarere ka Nyanza risanzwe, ricururizwamo ibiribwa, imyenda, inkweto ndetse n’ibindi bicuruzwa. Riherereye mu Mujyi wa Nyanza rwagati, […]
Kamonyi: Umunani bafatiwe mu bucukuzi butemewe
Mu bikorwa bya Polisi y’u Rwanda byo kurwanya ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’ibindi byaha mu Karere ka Kamonyi, yafashe abagabo 8 bakurikiranyweho gucukura amabuye batabifitiye ruhushya no guhungabanya umutekano w’abaturage. Bose uko ari umunani bafashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Ugushyingo, mu mirenge ya Rukoma, Ngamba na Kayenzi. Umuvugizi wa […]
Rubavu: Babiri bafatanywe caguwa
Mu Karere ka Rubavu kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Ugushyingo 2024, abagabo babiri bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Toyota Hilux, amabalo 16 y’imyenda ya caguwa bari binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu Polisi yabafashe. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko […]
Salongo yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwategetse ko Rurangirwa Wilson wamenyekanye nka Salongo, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata gufunga uyu mugabo iminsi 30 y’agateganyo kubera ko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, guhimba inyandiko mpimbano n’iyezandonke. […]
Ubwishingizi bwa Moto abari bategereje ko bugabanywa ni bahebe
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) John Rwangombwa, yagaragaje ko amafaranga y’ubwishingizi bwa moto zicibwa ari make cyane ugereranyije n’ibihombo ziba zateje ikigo cyiyemeza kuzishingira ariko ngo mu gihe hazashyirwaho ingamba zihamye zituma impanuka zigabanyuka bishobora kugira icyo bihindura kuri uru rwego. Mu mijyi itandukanye y’u Rwanda moto zirenze imwe zikunyuraho buri segonda, ariko […]
Amerika igiye gufasha ibihugu bikennye ku isi Miliyari 4 z’amadorali
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yemeye ko igihugu cye kizatanga miliyari $4 mu Kigo cya Banki y’Isi cyashyiriweho gutera inkunga ibihugu bikennye ku Isi. Reuters yanditse ko Biden yatangarije iyi nkunga y’imyaka itatu mu biganiro byabereye mu muhezo i Rio de Janeiro ahari kubera Inama y’Ihuriro ry’Ibihugu 20 bikize ku Isi, […]
Dosiye y’uwari Umujyanama wa Meya i Rulindo yageze mu bushinjacyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Ndagijimana Frodouald wari Gitifu w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo, na mugenzi we Mporanyimana Eugène wari umuyobozi w’Ishuri bafatiwe hamwe. Bafashwe tariki 12 Ugushyingo 2024 bakurikiranyweho gutanga indonke kugira ngo uwakorewe icyaha yivuguruze mu mvugo yatanze mu butabera, koshya abitabajwe mu nzego z’ubutabera no gucura […]
Urubanza rwa Rwema rwasubitswe
Kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2024, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse urubanza rwaregwagamo Mahoro Rwema Pascal ku mpamvu z’uko abaregera indishyi batabonye umwanya uhagije wo gutegura dosiye. Me Bayisabe Irene uri mu bunganira Mahoro Rwema Pascal yavuze ko urubanza rwasubitswe kugira ngo bamwe mu baregera indishyi babashe gutegura dosiye yose, bityo urubanza rwashyizwe ku itariki […]
Rusizi: Bamwe mu barimu bifuza ko bashyirirwaho Alcotest mu guca akarengane bakorerwa
Bamwe mu barimu bakorera mu karere ka Rusizi bavuga ko barambiwe guhora batotezwa bazira ko banywa inzoga bakibaza amaherezo y’aka karengane bakorerwa bikabayobera. Bamwe muri aba barezi bavuga ko batumva uburyo bagiye bandikirwa amabaruwa mu bihe bitandukanye basabwa ibisobanuro babwirwa ko basinze ,ibyo bavuga ko iyi yabaye iturufu ya bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri mu […]
Ngoma: Ukekwaho kwica Nduwamungu Pauline yatawe muri yombi
Ku itariki 15 Ugushyingo 2024,twabagejejeho inkuru y’umubyeyi wo mu Karere ka Ngoma,mu murenge wa Rukumberi,akagari ka Rubago wishwe urw’agashinyaguro, aho bamwishe bamukase umutwe igihimba bakagitaba mu kimoteri,umutwe ukaburirwa irengero. Amakuru BWIZA ikesha imboni zayo muri uyu murenge wa Rukumberi, zatubwiyeko amakuru agezweho ari uko umwe mu bakekwaho kwica uyu mukecuru Nduwamungu Pauline yatawe muri yombi. […]
Geraldine Trada Foundation calls for increase public education about diabetes, including its causes and the daily experience

Every November World Diabetes Month, a day dedicated to raising awareness about the severity of diabetes. In Rwanda, through the Ministry of Health, its affiliated institutions, partners, and those living with the condition, mark the days with various activities. This year, the Geraldine Trada Foundation commemorated the day highlighting the challenges of young people living […]
Leta irashimirwa imbaraga yashyize mu guhashya Marburg
Bamwe mu baturage baravuga ko bishimira uko inzego zibishinzwe zihutira guhangana n’ibyorezo hagamijwe kurinda abaturage. Ni mu gihe Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko hari ibimenyetso biganisha ku gutsinda iki cyorezo. Tariki ya 27 Nzeri 2024 nibwo mu Rwanda hatangajwe ko hagaragaye umuntu urwaye Murburg. Dr. Nkeshimana Menelas, avuga ko nubwo iki cyorezo cyari gikomeye ariko inzego […]
Gatsibo: Hari agatsiko kiyise “APR Imparata” kazonze abaturage
Mu karere ka Gatsibo,Umurenge wa Muhura,akagari ka Mamfu haravugwa agatsiko k’insoresore kiganjemo abakora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye mu buryo butemewe kiyise “APR Imparata” bazengereje abaturage babatega bakabakubita. Ni igikorwa usanga gikorwa n’abacukuzi b’amabuye y’agaciro muri ako karere ka Gatsibo nabo babikora mu buryo bunyuranyije n’amategeko ,uwo babonye wese bakibwira ko aje kubatangaho amakuru ajyanye n’ubucukuzi bw’amabuye […]
Iminsi yabo ni mbarwa- Perezida Kagame avuga ku bagihohotera abarokotse Jenoside
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko bidakwiye ko mu 2024 umuntu ashobora kuzira icyo ari cyo cyangwa icyo abandi bazize mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko abantu batagomba kwicara ngo babifate nk’aho ari uko bigomba kugenda. Ubwo yari mu Ihuriro rya 17 ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Umukuru w’Igihugu yavuze ko abagica mu rihumye inzego […]
Urumogi na telefoni bimwe mu byasanzwe mu magereza basaka
Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, bwatangaje ko mu bikorwa byo gusaka ibitemewe muri gereza zitandukanye zo mu gihugu, batahuye mo urumogi, telefone, imisemburo, ibyuma n’ibindi byasanzwe muri gereza eshanu zo umu gihugu. Amabwiriza agenga amagereza mu Rwanda ateganya ko hakorwa isaka ku bantu bose binjira n’abasohoka kugira ngo harebwe niba nta kintu kitemewe yinjiranye […]
Polisi yaganiriye n’abanyamakuru bakorera mu Majyaruguru

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2024, Polisi y’u Rwanda yagiranye ibiganiro n’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Ntara y’Amajyaruguru. Ni ibiganiro byateguwe n’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru (PRM) bigamije kurebera hamwe n’abanyamakuru bakorera hirya no hino mu gihugu, uko umutekano wifashe no kunoza ubufatanye mu gukumira no kurwanya ibyaha. […]
Mutesi Scovia niwe wasimbuye Cleophas Barore muri RMC

Umunyamakuru Mutesi Scovia yatorewe kuyobora Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda (RMC). Ni amatora yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ugushyingo, yitabirwa n’abanyamakuru bafite ibyangombwa byemewe n’uru rwego. Mutesi Scovia yari ahanganye na Rwanyange Anth?re ariko Rwanyange aza guharira Mutesi avuga ko igihe kigeze Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura rukayoborwa n’umugore. Inteko y’abatoye Chairperson […]
Gitega: Habonetse umurambo w’umugore w’imyaka 57,hakekwa umugabo we
Umurambo wa Gloriose Ruranditse w’imyaka 57 wabonetse ku wa Kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2024, mu muferege. Ibyo byabereye mu mudugudu wa Muremera mu murenge wa Giheta, mu Ntara ya Gitega mu Burundi. Umugabo we, ukekwa bwa mbere, yatawe muri yombi n’abapolisi. Nk’uko abatangabuhamya babivuze, “umurambo wari uri mu kidendezi cy’amaraso menshi.” Ni amakuru yemezwa […]
21,4% bakoze ikizamini gisoza ay’isumbuye baratsinzwe
Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2024,Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023-2024, aho muri rusange, batsinze ku gipimo cya 78,6% hakaba n’icyiciro hatsinzemo 67,5% by’abakoze ibi bizamini. Muri rusange hari hiyandikishije abanyeshuri 91 713, hakora abanyeshuri 91 289 bangana na 99,5% by’abagombaga gukora. Muri aba bakoze, hatsinze […]
Kazungu Claver yasezeye Radio TV 10
Umunyamakuru w’imikino Kazungu Claver yamaze gutangariza iki kinyamakuru ko atazakomezanya na cyo nyuma y’imyaka ine amaze agikorera by’umwihariko mu kiganiro ‘Urukiko rw’Imikino’. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Ugushyingo 2024, ni bwo Kazungu yanyujije ubutumwa bwe ku mbuga nkoranyambaga ze atangaza ko kubera impamvu ze bwite yasezeye. Ati :“Nyuma y’imyaka ine hafi n’igice nkorera […]
Kayonza: Abayobozi b’ishuri batawe muri yombi bakekwaho guha abanyeshuri ikigage cyateye urupfu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Rwinkwavu, bakekwaho kugira uruhare mu guha abanyeshuri ikigage, bikekwa ko aricyo cyateye urupfu rw’umwe mu banyeshuri bakinyweye uvuka mu Karere ka Gatsibo. Abatawe muri yombi ni Soeur Kasine Marcianne ari nawe Muyobozi […]
Kicukiro: Nyuma yo kwica umubyeyi we yigemuye kuri Polisi
Mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umusore ukekwaho kwica ise umubyara arangije yishyikiriza Ubugenzacyaha. Uwishwe yitwa Abdul Muhire akaba yari afite imyaka 48 y’amavuko naho uwo muhungu we afite imyaka 25. TV 1 ivuga ko byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu […]
Huye: Umugabo akurikiranyweho kwica umwana we amukubise umwase mu mutwe
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 38 wishe umwana we w’amezi 8 amukubise umwase mu mutwe. Ibyo byabaye ku itariki ya 09 Ugushyingo 2024 mu gihe cya saa sita zijoro mu mudugudu wa Kinyonzwe, akagari ka Zivu, umurenge wa Save ho mu karere ka Gisagara, nyuma y’uko umugore we atashye mu gicuku […]
Gicumbi: Uwakoze impanuka yishe umuhungu n’umukobwa ari gushakishwa
Umugabo wakoze impanuka y’imodoka igapfiramo abantu babiri, hagakomereka undi umwe, ariko we agahita atoroka, kuri ubu ari gushakishwa na Polisi y’u Rwanda ngo hamenyekane icyateye impanuka. Ku wa 10 Ugushyingo 2024 ni bwo hamenyekanye impanuka y’imodoka yahitanye umukobwa n’umusore bari bayirimo, gusa uwari uyitwaye akibona ibibaye yahise atoroka. Byabereye mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka […]
RCS yirukanye abakozi bayo 411 barimo na Komiseri
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Ugushyingo 2024,Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) rwirukanye abakozi 411. Nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki ya 09 Ugushyingo 2024. Aba bakozi bakaba birukanywe kubera imyitwarire mibi mu kazi, ruswa n’ibindi byaha. Abirukanywe harimo Komiseri 1, aba Ofisiye bakuru 26, aba Ofisiye bato 20, ba su Ofisiye n’aba […]
Uburusiya na DRC basinyanye amasezerano anyuranye y’ubufatanye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Thérèse Kayikwamba Wagner, hamwe na mugenzi we w’Uburusiya , Sergey Lavrov, basinyanye amasezerano y’ubufatanye ku wa Gatandatu tariki ya 9 Ugushyingo 2024, mu rwego rwa gisirikare, ubuhinzi, ingufu, ibikorwaremezo n’ubuhahirane. Iyi gahunda yo gusinya aya masezerano yabereye muri kaminuza y’ubumenyi n’ikoranabuhanga ya Sirius mu gihugu cy’Uburusiya, […]
DRC: Muri Tanganyika hari amashuri yashegeshwe n’imyuzure
Umuyobozi w’ishami ry’uburezi muri Tanganyika I, Nicolas Prince Baeleay, yatangaje ko ku wa Kane tariki ya 7 Ugushyingo 2024, i Kalemie ko amashuri 108 mu gace ayobora yasenywe n’imyuzure yatewe n’amazi y’ikiyaga cya Tanganyika. Aya mashuri yangiritse aherereye mu mujyi wa Kalemie, ndetse no mu turere twa Kalemie, Moba, na Nyunzu. Nk’uko uyu muyobozi w’uburezi […]
Ituri: Ishuri ryagize ubwiyongere bitewe n’intebe
Ishuri ribanza rya Bogoro, riri mu gace ka Bahema-Sud mu ntara ya Ituri, ryagize ukwiyongera gukomeye kw’abanyeshuri muri uyu mwaka kugera hafi kuri 40%. Abayobozi b’iri shuri bavuga ko uku kwiyongera kwaturutse ku nyubako nshya leta yatanze, muri gahunda y’Igenamigambi ry’iterambere ry’uturere 145. Iyo nyubako nshya, yubatse neza, ifite ibyumba by’amashuri bitandatu bifite umwanya uhagije, […]
Gatsibo: Imashini yapfuye yazanye ingaruka ku bahinzi
Abahinzi bahinga imboga, ibigori n’ibindi bihingwa ku butaka bwahujwe buri ahitwa Ntete mu Mumurenge wa Kiramuruzi ho mu Karere ka Gatsibo, baravuga ko babangamiwe n’uko imashini ikogota amazi mu kiyaga cya Muhazi bikabafasha muri ubwo buhinzi ubu yapfuye, bikaba bibateza igohombo ari naho bahera basaba ko bafashwa iyo mashini igasanwa. Ni ikibazo ubuyobozi bw’Akarere buvuga […]
Gatsibo: Abayobozi 9,amafaranga ya Mutuweli na Ejo Heza bariye abakozeho
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru ya ba Gitifu b’Utugari n’abakozi bashinzwe Iterambere mu kagari basezeye mu mirimo y’abo bakoraga. Abasezeye biganjemo abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari ndetse na ba SEDOs bakorera muri kano karere ka Gatsibo bakoreraga mu tugari: Gatsibo,Butiruka,Rubira,Mpondwa,Murambi,Mbogo,Taba,Bibare ndetse na Kageyo. Amakuru BWIZA yahawe n’umwe muri aba ariko tutatangaza imyirondoro ye ni uko ku […]
Huye: Umugore watwitse umugabo we amusutseho amazi ashyushye ari mu bushinjacyaha
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore w’imyaka 37 watwitse umugabo babanaga w’imyaka 32 y’amavuko, amusutseho amazi ashyushye. Ibyo yabikoze ku itariki ya 23 Ukwakira 2024, mu gihe cya saa moya z’umugoroba mu Mudugudu wa Kigusa, Akagari ka Mutunda, Umurenge wa Mbazi, Akarere ka Huye. Mu ibazwa rye, ukurikiranywe yemera ko ari we wamutwitse, […]
Dosiye ya Salongo yahinduye isura hiyongeramo ibyaha 2
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Rurangirwa Wilson wamamaye nka Salongo. Dosiye y’uyu mugabo watawe muri yombi ku wa 31 Ukwakira 2024, yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 6 Ugushyingo 2024, aho akurikiranyweho ibyaha bitandatu. Mu byaha Salongo akurikiranyweho harimo; kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, gukoresha inyandiko mpimbano, kwiyitirira urwego rw’umwuga, impamyabushobozi, impamyabumenyi cyangwa […]
Abahisha n’abahindura Plaque Polisi yababuriye
Polisi y’u Rwanda yongeye kuburira abatwara moto bagerageza guhindura cyangwa guhisha nimero iranga ibinyabiziga byabo (Plaque) bagamije guhishira ibyaha n’amakosa bikorerwa mu muhanda. Ni nyuma y’uko moto 2019 zafatiwe mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali; biturutse ku guhimba, guhisha cyangwa guhindura plaque, izafashwe zihetse imizigo irenze ubushobozi bwazo, izakoze impanuka n’izafatiwe kutishyura amande. […]
Gakenke: Diregiteri arakekwaho gusambanya umusore w’imyaka 19
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Diregiteri Ntawukuriryayo Jean d’Amour uyobora GS Bitaba,w’imyaka 48 y’amavuko ukurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umuhungu w’imyaka 19. Diregiteri akorera mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Muzo mu Mudugudu wa Bitaba, yatawe muri yombi ku wa Gatatu tariki 6 Ukwakira 2024, ubwo yari agarutse mu kazi yari […]
Gisagara: Gitifu wa Mugombwa yatawe muri yombi akekwaho ruswa
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha,RIB rwatangaje ko rwafunze Bigwi Alain Lolain, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara ukurikiranyweho icyaha cyo kwaka indonke. Uyu akaba yarasabye umuturage ruswa amwizeza kumufasha kubona icyangombwa cyo kubaka. Afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo mu gihe dosiye irimo gutunganywa ngo yoherezwe mu Bushinjacyaha. RIB iributsa abitwaza inshingano […]
The Ben yababariye Fatakumavuta binyuze mu nyandiko
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben mu muziki, yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta. Mu ibaruwa yashyizweho umukono na Noteli, The Ben yagize ati: “Njye Mugisha Ben uzwi nka The Ben, nandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ndumenyesha ko ntanze imbabazi ku makosa yankoreye, nkaba nsaba ko Sengabo Jean […]
Kirehe: Uwagiye gukorera undi “Provisoire” yatawe muri yombi
Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Kirehe yatawe muri yombi nyuma yo kujya gukorera undi ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo ruzwi nka Provisoire. Uyu musore agifatwa yemeye ko yari yahawe ibihumbi 50 Frw n’undi muntu benda gusa kugira ngo amukorere iki kizami kuko cyari cyaramunaniye. Uyu musore yatawe muri yombi kuri uyu wa […]
RDC: Umusore w’imyaka 25 w’umucuruzi yiciwe i Minova
Abantu bitwaje intwaro bataramenyekana bishe umusore w’imyaka 25 i Minova mu karere ka Kalehe, mu birometero 50 uvuye i Goma ndetse n’ibirometero 150 uvuye i Bukavu (muri Kivu y’Amajyepfo). Ibi byago byabaye ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024, nk’uko byatangajwe n’Inama y’abagize sosiyete sivile ya Kalehe. Delphin Birimbi, Perezida w’inama […]
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yo kubwirwa n’umugabo we ko inguzanyo bahawe yibwe
Umugore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Burindi, Akagari ka Nyaruka mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, yishwe n’ibinini byica imbeba yanyoye, aho bivugwa ko byaturutse ku madeni y’inguzanyo. Byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2024. Uyu mugore abamubonye bwa mbere atabaza bihutiye kumujyana ku kigo Nderabuzima cya Cyumba. Mu […]
RBA yirukanye abakozi 12,abandi 6 baragabirwa
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) kirukanye abari abakozi bacyo 12 biganjemo abari abayobozi mu nzego zitandukanye, barimo Umwanditsi Mukuru, Umuyobozi wa Radiyo Rwanda, abayobozi ba Radiyo Musanze na Rusizi, Uwari ukuriye ishami rishinzwe abakozi n’abandi. Mu itangazo ryahawe abakora muri urwo rwego rigaragaza abirukanywe barimo Gakuru Sammy wari uyoboye ishami ry’Imari muri RBA, Ndahiro Uwase Liliane […]
La Corniche: Hari kubera ibiganiro bihuza u Rwanda, DRC na Angola

Ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, DRC, uzwi nka La Corniche, hagiye kubera ibiganiro bihuje intumwa z’u Rwanda, DRC n’iza Angola nk’umuhuza w’ibi bihuguku rwego rw’abaminisitiri. Izi ntumwa ziraganira ku ngingo zirimo umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC, gusenya Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR no guhagarika imirwano hagati y’Ingabo za […]
Ngororero: Umwalimu yituye imbere y’abanyeshuri arapfa
Umwarimu witwa Nsengimana Juvénal wigishaga ku kigo cy’amashuri abanza cya Mukingi mu Murenge wa Bwira, yituye hasi imbere y’abanyeshuri arapfa. Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero buvuga ko bwatunguwe n’urupfu rw’Umurezi witwaga Nsengimana Juvénal wagiye kwigisha ari muzima, yatangira gutangaa isomo akitura hasi agapfa. Umuyobozi wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Ngororero, Mukunduhirwe Benjamini yavuze […]
RCS ishinjwa gukata amafaranga abakozi no kubahemba badakora
Mu Rwanda abacungagereza barenga 100 barasaba ubutabera bakava mu gihirahiro barimo hashize amezi icumi bahagaritswe n’Urwego rw’amagereza bakavuga ko batazi igihe bazasubirira ku kazi cyangwa se barirukanywe. Muri Gicurasi 2024, nibwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwemeje ko rwarekuye abacungagereza 135 bari bamaze igihe kigera ’ku mezi atanu’ bafungiwe mu ishuri ry’amahugurwa ryarwo riherereye mu […]
Kirehe:Gitifu ukekwaho kurya ruswa yafashwe
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kigarama mu Murenge wa Kigarama, Akarere ka Kirehe, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke y’amafaranga ibihumbi 10 RWF. RIB yatangaje ko uyu muyobozi yafatiwe mu cyuho amaze kwakira indonke y’amafaranga ibihumbi 10 RWF yahawe n’umuturage kugira ngo akore ikinyuranyije n’itegeko aho yari kuzamufasha […]
RIB yataye muri yombi Salongo

Rurangirwa Wilson wamamaye nk’umupfumu Salongo, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho ibyaha bitandukanye. RIB yatangaje ko yataye muri yombi uyu mugabo uzwi nk’umupfumu Salongo, ku wa 31 Ukwakira 2024. Salongo yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano, kwiyitirira urwego rw’umwuga, impamyabushobozi, impamyabumenyi […]
Muhoozi Kainerugaba yagaruje abanjenyeri 2 bashimuswe na Sudani y’Epfo
Abanjenyeri babiri bo muri Uganda bashimuswe n’abasirikare ba Sudani y’Epfo mu mezi make ashize barekuwe nyuma y’ibiganiro byahuje Umugaba Mukuru w’Ingabo, Gen Muhoozi Kainerugaba. Abo benjenyeri, aribo Joachim Musinguzi na Julius Kitende, barekuwe nyuma y’inama yabaye hagati ya Gen Muhoozi na Gen Santino Deng Wol, mugenzi we wo muri Sudani y’Epfo. Abayobozi bemeje ko abo […]
Rusizi:Babiri bari kuri moto bakoze impanuka barapfa
Mu Karere ka Rusizi,Umurenge wa Muganza ikamyo yagonganye na moto,abantu babiri bari kuri moto bahita bapfa. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Bugarama-Cimerwa mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Shara ku wa 1 Ugushyingo 2024. Saa mbili n’iminota 20 nibwo ikamyo yerekezaga ku Ruganda rwa Sima yagonze moto yari itwawe na Iradukunda Moise, ayitwayeho Tuyiramye Neilla […]
Kiruhura hari amashuri ari mu kangaratete

Mu gihugu cya Uganda baratabariza Ishuri Ribanza rya Rwenjubu rifite abanyeshuri bagera kuri 300,rifite ibibazo birimo kubona amazi meza bigoranye, inyubako zidahagije, kubura amacumbi y’abakozi, no kubura ubwiherero butandukanyijwe ku byiciro by’abakobwa n’abahungu. Amashuri afashwa na leta yo mu Karere ka Kiruhura, harimo n’Ishuri Ribanza rya Rwenjubu Church of Uganda ryo mu Murenge wa Kashongi, […]
Abafatiwe mu myigaragambyo muri Nigeria barashinjwa ubugambanyi
Muri Nijeriya ubushinjacyaha bwareze abantu 76 barimo abana 30 bubashinja icyaha cy’ubugambanyi no gushishikariza igisirikare guhirika ubutegetsi. Ni nyuma y’uko bagize uruhare mu myigaragambyo ikomeye yabaye mu kwezi kwa munani yamagana izamba ry’ubukungu muri icyo gihugu. Icyo gihe, abantu bigaragambirije mu mijyi ya Abuja, Lagos n’iyindi itandukanye mu gihugu, bagamije kwerekena ko batishimiye amavugurura mu […]
Karongi:Abantu 13 nibo bakomerekeye mu mpanuka

Mu Murenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, habereye impanuka y’ikamyo yagonganye na Coaster yari itwaye abagenzi, hakomereka abantu 13 bari muri iyo Coaster. Iyo mpanuka yabereye ku muhanda uturuka ku Rutare rwa Ndaba werekeza i Rubengera, aho mu bagenzi 13 bakomeretse, bane muri bo bakomeretse bikomeye bagejwejwe mu bitaro, abandi bajyanywe mu Kigo Nderabuzima cya […]
Ibihugu bya COMESA,Perezida Evariste Ndayishimiye yabikuriyeho VISA
Perezida Evaliste Ndayishimiye wemejwe nk’umuyobozi mukuru w’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo [COMESA], yatangaje ko yakuriyeho Visa abaturage bo mu bihugu bigize uwo muryango. Inama ya 23 ya COMESA yabereye i Burundi kuri uyu wa Kane tariki 31 Ukwakira 2024, Perezida Ndayishimiye yahawe inshingano nk’umuyobozi mushya wa COMESA, anaboneraho gutangaza ko u Burundi bukuriyeho viza abaturage […]
Amashuri 650 akora nta byangombwa yavumbuwe
Urwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri ari mu gihugu harimo arenga 650 akora atagira ibyangombwa, ndetse ngo mu bihe biri imbere bazatangira kuyasura bareba ayujuje ibisabwa yemererwe gukora, andi ahagarikwe. Hashize iminsi hakorwa ubugenzuzi ku mashuri hirya no hino mu gihugu, harebwa niba yubahiriza ibisabwa bituma atanga uburezi bufite ireme. […]
Fatakumavuta ntabwo yiteguye kuburana
Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Ukwakira 2024, yabwiye urukiko ko atiteguye kuburana kuko batabashije kubona dosiye ngo amenye ibyo akurikiranwaho. Urubanza rwe rwahise rusubikwa nyuma y’uko umwunganira yagaragaje ko batabashije kubona dosiye ngo amenye ibyo akurikiranyweho, bagaragaza ko batiteguye kuburana. Umunyamategeko yasabye urukiko ko rwabaha umwanya wo […]
Miss Muheto yaburanye asabirwa n’igihano
Kuri uyu wa 31 Ukwakira 2024, Miss Nshuti Muheto Divine yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, aho ari kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha. Uyu mukobwa waburanaga yunganiwe n’abanyamategeko batatu, yabwiye Urukiko ko yemera ibyaha ari kuregwa uvanyemo icyo guhunga nyuma yo gukora impanuka. Ubushinjacyaha nyuma yo guhabwa umwanya, bwavuze ko uyu mukobwa […]
Kirehe: Padiri Diregiteri ushinjwa gusambanya umwana yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarubuye rwategetse ko Padiri Katabogama Phocas wayoboraga Lyc?e de Rusumo mu Karere ka Kirehe ukurikiranyweho gusambanya umwana, akurikiranwa afunzwe iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza ku byo ashinjwa rigikomeje. Uwo mupadiri acyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 15 wigaga muri icyo kigo yayoboraga, yatawe muri yombi ku wa 9 Ukwakira 2024. Ubushinjacyaha […]