Amagana y’abaturage yahinduriwe ubuzima n’Umucanga warwaniwemo n’abayobozi i Rutsiro

Abaturage basaga 400 bakorera akazi kabo ka buri munsi ko kwinura umucanga mu mugezi wa Koko no kuwupakira mu byombo, bavuga ko ubuzima bwagarutse nyuma y’igihe kinini baranambye biturutse ku mwiryane w’ubuyobozi. Aba baturage nubwo byitwa ko bakora akazi gaciriritse, buri umwe wese waganiriye na BWIZA kuri uyu wa Kane, tariki 02 Kanama 2024 ahamya […]
Rutsiro: Batatu bafunzwe bakekwaho gukubita bagakomeretsa bikabyara urupfu
Abasore batatu bo mu karere ka Rutsiro bafunzwe bakekwaho gukubita no gukomeretsa Mbahungirehe Esther bikamuviramo urupfu. Ibi byabereye mu murenge wa Mukura, akagari ka Karambo, uru rugomo rukaba rwarakozwe kuwa 1 Kanama 2024, mu masaha ashyira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Ndayambaje Emmanuel, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura avuga ko urupfu rwa Mbahungirehe bikekwa ko rwaturutse […]
Rutsiro: Imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonwe ahakorwaga imirwanyasuri
Mu karere ka Rutsiro hari amakuru avuga ko imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonwe n’abakoraga imirwanyasuri. Ibi byabereye mu murenge wa Mukura, akagari ka Kagusa ho mu mudugudu wa Gasharu, kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Kanama 2024. Amakuru BWIZA yahamirijwe na Ndayambaje Emmanuel, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura avuga ko umubiri wa Segashema Elias […]
Mbakumbuze Rubavu, iri kuzamurwamo imiturirwa yashibutse ku mpanuro abikorera bahawe n’inararibonye mu iterambere

Imyaka ibiri irashize abikorera bo mu karere ka Rubavu bagiriye urugendo shuri mu turere twa Musanze, Kayonza na Nyagatare, rwari rugamije kwigiranaho barangamiye guhindura isura y’akarere, ari nako basobanurirwa u Rwanda babona uyu munsi aho rwavuye. Ni urugendo shuri rwabaye hagati ya tariki 17-19 Nyakanga 2022, rwasorejwe mu karere ka Kayonza, maze abari barwitabiriye bahabwa […]
Rutsiro: Abakorera muri Congonil barinubira kutagira ubwiherero rusange
Abakorera mu i santere y’ubucuruzi ya Congonil mu karere ka Rutsiro barinubira ko nta bwiherero rusange buyirangwamo. Bamwe mu baganiriye na BWIZA batangaje ko ubuyobozi busa nk’aho bwabirengagije, kuko imyaka iciyemo ari myinshi baremeye kububakira ubwiherero rusange ariko uko imyaka ishira indi igataha, bose babirenza ingohe. Uyu twahinduriye izina tukamwita Maniragaba, acururiza mu i santere […]
Rubavu: Bavuga ko ubuyobozi bwasenye ibiro by’umurenge bukabyimurira ahababangamiye

Hari abaturage bo mu karere ka Rubavu bavuga ko kuva ubuyobozi bwasenya ibiro by’umurenge wa Nyundo, babangamiwe naho byimuriwe, bavuga ko ari ibutamoso kandi ari mu mfunganwa. Ibiro by’umurenge wa Nyundo byasenywe nyuma y’ibiza byibasiye aka karere muri Gicurasi 2023, byimurirwa mu nyubako ntoya yahoze ikoreramo ivuriro rito rya Bahimba, hafi mu bilometero 7 uvuye […]
Rutsiro: Umuyobozi wa Dasso yishwe n’impanuka ya Moto
Mukerarugendo Jean Pierre w’imyaka 51, wari Umuyobozi wa Dasso mu karere ka Rutsiro yapfuye azize impanuka ya moto. Ni impanuka yabereye mu murenge wa Gihango, akagari ka Congonil ho mu mudugudu wa Gashihe ku isaha ya saa munani z’amanywa. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 29 Nyakanga 2024 mu […]
Juno Kizigenza aherekejwe na Yuhi Mic bategerejwe mu gitaramo i Karongi
Umuhanzi Kwizera Bosco Junior wamamaye mu muziki nyarwanda nka Juno Kizigenza we na Yuhi Mic bazasusurutsa abatuye akarere ka Karongi mu giteramo cyateguwe West Cost Entertainmaint, cya Karongi Experience bazaba baherekejwemo n’ibihangange mu kuvanga umuziki birimo Dj Higa Sharoon & Rusam, Amy the Dj na Dj Pius. Ni igitaramo biteganyijwe ko kizaba ku wa 03 […]
Rubavu: Abakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka ntibazi ibya MonkeyPox yageze mu Rwanda

Abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya umupaka mu karere ka Rubavu, bavuga ko batazi iby’icyorezo cy’ubushita bw’inkende (MonkeyPox) cyageze mu Rwanda, kimaze iminsi cyugarije Uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo. Abaganiriye na BWIZA ni abakorera ku mupaka muto wa Gisenyi (Petite barriere), uhuza umujyi wa Gisenyi na Goma bavuga ko nta makuru bafite kuri iki cyorezo […]
Abubatse umudugudu mu manegeka i Karongi bakawusenya bakwiye ku bibazwa – CLADHO

Impuzamiryango yita ku burenganzira bwa muntu CLADHO isanga ibyakozwe n’Akarere ka Karongi, byo kubakira umudugudu abatishoboye mu manegeka ukaba uri gusenywa utamaze kabiri byapfiriye mu igenamigambi, ndetse ababigizemo uruhare bose bakwiriye kubazwa iki gihombo bateje Leta. Ibi umuyobozi muri CLADHO yabigarutseho mu kiganiro yahaye BWIZA ku murongo wa terefone, nyuma y’uko mu karere ka Karongi […]
Karongi: Abakodesherejwe na Leta ntibishyurirwe barimo gukoreshwa imirimo y’ingufu

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi bagizweho ingaruka n’ibiza byibasiye aka karere, muri Gicurasi 2023 bagakodesherezwa n’ubuyobozi, bavuga ko bumaze amezi arenga 7 butabishyurira bakaba bageze ubwo bakoreshwa n’ababacumbikiye imirimo ivunanye ngo babone aho bakomeza gukinga umusaya. Ubuyobozi bw’umurenge batuyemo buvuga ko ikibazo cyabo bukizi ndetse bwabasabiye amafaranga y’ubukode ariko akaba ataraza. Aba […]
Karongi: Abagituye ahashegeshwe n’ibiza baratabaza ubuyobozi

Hari imiryango ibiri yo mu karere ka Karongi itabaza Ubuyobozi, nyuma y’uko bwimuye abaturanyi babo bagasigara ahashegeshwe n’ibiza byibasiriye aka karere muri Gicurasi 2023. Iyi ni imiryango ya Mutabazi Stefano nuwa Mbarushimana Israel yose ituye mu murenge wa Bwishyura, akagari ka Gasura ho mu mudugudu wa Gatoki. Mu kiganiro na BWIZA,abagize iyi miryango n’abaturanyi babo, […]
Rutsiro: Hoteli abajyanama b’ubuzima bashoyemo amafaranga yabahejeje mu gihirahiro

Hari bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko baheze mu gihirahiro, nyuma yo kubwirwa ko imirimo yo kubaka Hoteli bashoyemo amafaranga igiye kurangira ariko bakaba batarayitaha, ndetse bakiyitangaho andi mafaranga. Uyu mushinga ubyara inyungu, wo kubaka Hoteli mu murenge wa Boneza ku nkenegero z’ikiyaga cya Kivu, ahazwi nko ku Kariba, abenshi […]
Rubavu: Bagiye kwiba igitaka ikinombe kirabagwira umwe arapfa
Bane barimo umwana w’imyaka 9 bo mu karere ka Rubavu, bagiye kwiba igitaka cyo kubumbamo amatafari ya rukarakara, ikinombe kirabagwira umwe ahasiga ubuzima. Ibi byabereye mu murenge wa Rugerero, akagari ka Muhira, aho amakuru yamenyekanye saa mbili z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki23 Nyakanga 2024. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’umurenge wa Rugerero, Bizimana Faustin, yahamirije […]
Bangladesh: Imihanda na interineti byafunzwe, abasirikari boherezwa mu mihanda guhosha imyigaragambyo

Abasirikare bakwirakwijwe hirya no hino mu mihanda y’umurwa mukuru Dhaka muri Bangladesh ngo bahoshe imyigaragambyo, imihanda irafungwa na murandasi (Interineti) ivanwaho. Ibi byose bikaba byarakuruwe no kuba umubare w’abashomeri uri hejuru muri iki gihugu. Iyi myigaragambyo iri kwitabirwa n’abiganjemo urubyiruko rw’abanyeshuri igamije kwamagana imikoreshereze (akazi) ya Leta yahitanye nibura abantu 110 muri iki cyumweru nk’uko […]
Karongi: Abatuye mu i Santere ya Gatoki bafite umuriro udashobora guhagurutsa Tondezi yogosha
Hari abaturage bo mu karere ka Karongi bavuga ko babwiwe ko bahawe amashanyarazi, nyuma basanga atabasha no guhagurutsa Tondezi yogosha bakaba basaba ko bahabwa afite imbaraga. Santere ya Gatoki iherereye mu murenge wa Bwishyura, akagari ka Gasura, abayikoreramo bavuga ko imibereho myiza itarimo amashanyarazi itabaho, kuko badindiye mu iterambere, nk’uko babitangarije BWIZA. Mukantagara Josephine, ni […]
ZEO TRAP agiye gutaramira abanya Musanze mu bitaramo bizenguruka byiswe “Stress Out”

François Byiringiro, ukoresha izina ku rubyiniro rya Zeo Trap, agiye gutaramira abanya Musanze mu bitaramo bizenguruka byiswe “Stress Out”, bigamije kwegera abakunzi b’injyana ya Hip Hop. N’ibitaramo bari gukora bazenguruka u Rwanda, mu kwegera abakunzi b’injyana ya RAP, nk’uko abatigegura batangarije BWIZA. Iki gitaramo giteganyijwe kuri uyu wa gatandatu, tariki 20 Nyakanga 2024, ahazwi nko […]
Canada: Igitabo cyashibutse ku ntambara z’urudaca zugarije Isi cyahembwe nkicy’umwaka

Umwanditsi w’Ibitabo, Pasiteri Jotham Ndanyuzwe utuye mu gihugu cya Canada, Alberta, muri Edmonton, waherukaga kumurika igitabo yise “Love Across All Languages” chahembwe nk’igitabo cy’umwaka muri Canada. Iki gitabo Pasiteri Ndanyuzwe yamuritse tariki ya 9 Werurwe 2024, muri Canada, ahitwa 6712 Delwood Rd Edmon. Pasiteri Jotham usengera mu Itorero rya New Jerusalem Ministries mu kiganiro yahaye […]
Inzu y’ubucuruzi y’abajyanama b’ubuzima b’i Nyamasheke ya Miliyoni 518 Frw yahinduye isura y’akarere

Bamwe mu bagana, abavuka n’abakorera mu karere ka Nyamasheke bavuga ko inzu y’ubucuruzi y’abajyanama b’ubuzima, uretse kuba yaratumye babona aho bakorera hajyanye n’igihe yanahinduye isura y’akarere kabo. Iyi nyubako yuzuye nyuma y’ubukangurambaga bumaze igihe bukorwa muri aka karere ngo abahakomoka bishakemo ibisubizo mu kuvugurura imyubakire iharangwa. Mu bateye intambwe ya mbere bagakora igikorwa ntagereranywa barimo […]
Hoteli n’Utubari byashibutse ku miyoborere myiza byabaye igisubizo ku bahinzi borozi b’i Rubengera

Abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Karongi, umurenge wa Rubengera bavuga ko iterambere ry’ama Hoteli n’Utubari bihavuka (byashibutse ku miyoborere myiza) buri munsi byabaye igisubizo ku musaruro wabo, kuko bagorwaga ko kugeza umusaruro ku isoko. Abagenda mu murenge wa Rubengera bavuga ko mu mbere y’imyaka 30 ishize nta kabari cyangwa resitora bigezweho byari bihari, kuko […]
Karongi: Umugore ntakiri uwo kubyara no kurera gusa, kuko yatinyuwe na Paul Kagame

Bamwe mu bagore bo mu karere ka Karongi bavuga ko batakiri abo kubyara no kurera gusa, ngo bahore bategeye amaboko abagabo babo, kuko Paul Kagame yabatinyuye bagasanga nabo bashoboye. Abaganiriye na BWIZA biganjemo abo mu murenge wa Rugabano, ubwo twabasangaga barimo kwamamaza umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ni abakandida Depite b’Umuryango FPR Inkotanyi, […]
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bageneye Paul Kagame impano y’Igishushanyo cy’ubugeni itangaje

Mu muhango wo kwamamaza Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, ni abakandida depite b’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yagenewe impano idasanzwe, nk’igisobanuro cy’uko Igihugu cy’u Rwanda cyaguwe kuva kera hakoreshejwe intwaro Gakondo (Umwambi, Umuheto n’Ingabo). Aba ni abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu murenge wa Bwishyura ho mu karere ka Karongi bageneye impano y’Igishushanyo cy’ubugeni […]
Karongi: Abategaga moto y’ibihumbi 6 Frw bagiye gufotoza urupapuro bararuhuwe

Abaturage bo mu karere ka Karongi bavuze imyato Paul Kagame Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika wabegereje amashanyarazi bakaruhuka gutega moto y’ibihumbi 6 Frw ngo bajye gufotoza urupapuro. Aba baturage bo mu murenge wa Ruganda, ibi babigarutseho kuri uyu wa gatatu, tariki 10 Nyakanga 2024 mu muhango wo kwamamaza Umukandida Paul […]
Umuramyi Nice Ndatabaye yasohoye indirimbo nshya ihumuriza abantu- VIDEO

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Nice Ndatabaye, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ntahinduka” yahuriyemo na Nshuti Bosco mu gitaramo Intimate Worship Live Recording yafatiyemo amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze, aho avuga ko ikubiyemo ubutumwa buhumuriza abantu mubyo banyuramo byose. Nice Ndatabaye ubarizwa muri Canada yatangarije BWIZA ko iyi ndirimbo ye nshya […]
Rutsiro: Yishe umugore we amukubise ifuni yigemura ku murenge
Semasaka Desire wo mu karere ka Rutsiro yishe umugore we amukubise ifuni yigemura ku birio by’umurenge. Ibi byabereye mu murenge wa Nyabirasi, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Nyakanga 2024. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabirasi, Mpirwa Migabo yahamirije BWIZA Aya makuru. Ati “Nibyo koko Semasaka yaraye yishe umugore we amukubise ifuni, ahita […]
Imyiteguro ya IRONMAN igeze kure i Rubavu

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu butangaza ko imyiteguro yo kwakira irushanwa ngaruka mwaka rya Thriathlon yo ku rwego rwo hejuru rizwi nka IronMan 70.3 (Umugabo ukomeye kurusha abandi) igeze kure kuko ibisabwa byose bageze kure babitegura. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere. Ni ikiganiro […]
Iburengerazuba: Barindwi bishwe n’inkuba, batandatu bakomeretse bari kwitabwaho mu bitaro
Nyirabanage Pascasie wo mu karere ka Rutsiro, Umurenge wa Murunda, akagari ka Kirwa ho mu mudugudu wa Ruhanga, ni umwe muri barindwi bapfuye bakubiswe n’inkuba mu ntara y’iburengerazuba. Mu gihe abakomerekejwe nayo ari 6 barimo kwitabwaho mu mavuriro atandukanye. Amakuru Bwiza yamenye ni uko uyu mubyeyi yakubiswe n’inkuba ubwo yari avuye mu murima guhinga, ku […]
Igishoro dusigaranye n’igitsina: Abagore bo mu Rutsiro bacuruza imboga n’imbuto

Bamwe mu bagore bacuruza imboga n’imbuto mu isoko rito rya Gihango, ho mu karere ka Rutsiro bavuga ko bagiye kuyoboka inzira yo kwicuruza, kuko igitsina aricyo gishoro basigaranye, nyuma y’ibihombo bikabije baterwa n’Ubuyobozi bwabimye amatwi, ahubwo buza buje kubamenera ibyo bacuruza. Aba bagore ibi babigarutseho mu kiganiro bahaye BWIZA, kuri uyu wa mbere tariki 08 […]
Rutsiro: Mwarimu yarohamye mu Kiyaga cya Kivu arapfa
Mwarimu mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya Kivu Hills Academy, ryo mu karere ka Rutsiro yarohamye mu Kiyaga cya Kivu arapfa. N’impanuka yabaye kuri uyu wa gatandatu, tariki 06 Nyakanga 2024, mu masaha ashyira saa 16h10′, ibera mu murenge wa Boneza, akagari ka Remera ho mu mudugudu wa Bigabiro. Amakuru BWIZA yahamirijwe na Munyamahoro Muhizi […]
Rubavu: Ubuyobozi bwateye utwatsi ibyo gutoroka kwa Gitifu

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwateye utwatsi ibyo gutoroka kwa Gitifu w’akagari ka Rwaza mu murenge wa Rugerero, byari byakomeje gukwirakwiza ko yaburiwe irengero nyuma yo gusenyera umuturage akagwa hasi agahera umwuka akajya (muri Koma). Amakuru yo kuburirwa irengero kw’uyu munyamabanga nshingwabikorwa yakwirakwiye, ku munsi w’ejo hashize nyuma y’uko asenye igipangu cy’umukecuru, yari yubatse binyuranyije n’amategeko […]
Rutsiro: Umuyobozi w’ishuri ntavuga rumwe n’abamushinja kurigisa inka
Umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Karugarika, Sahabo Faustin ntavuga rumwe n’abamushinja kurigisa inka ebyiri z’ishuri, zaguzwe mu mafaranga bari bagurishije i Kawa. Iri shuri riherereye mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Mushonyi amakuru avuga ko ubuyobozi bwaryo bwaguze inka ngo ijye ibafasha kubona ifumbire, ariko zikaza kuburirwa irengero. Umwe mu barezi bigisha kuri iri shuri utifuje […]
Ibyo kubaka Gare ya Rutsiro bikomeje kuba amayobera

Bamwe mu bagana ni abatuye akarere ka Rutungurwa no kuba ahatangijwe imirimo yo kuhubaka Gare ihagararamo imodoka muri 2016, kugeza na nubu ntawamenya ko higeze hazanwamo imashini zikahataganyura. Kuwa kane tariki ya 08 Ukuboza 2016, nibwo mu Karere ka Rutsiro hatangiye igikorwa cyari gitegerejwe igihe kitari gito cyo gutunganya ahazubakwa gare, gusa iyo uhageze uyu […]
Ubuhamya butangaje bw’Umunyamuryango wa RPF Inkotanyi waterwaga ipfunwe n’uwe wari muri FDLR

Ubuhamya butangaje bwa Nyirateganeza Yosepha, Umugore wo mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Cyanzarwe akagari ka Kinyanzovu akaba umunyamuryango wa FPR Inkotanyi waterwaga ipfunwe no kuba umugabo we yarahoze muri FDLR yavuze imyato imiyorere myiza ya Paul Kagame, uri kwiyamamariza kuyobora u Rwanda akaba umukandida uhagarariye Umuryango FPR Inkotanyi. Ubu buhamya yabugarutseho kuri iki cyumweru, […]
Ibitaro bya Kibuye: Inzu y’Ababyeyi abayigana baratabaza Leta

Bamwe mu babyeyi bagana Inzu y’ababyeyi (Materineti) yo mu bitaro bikuru bya Kibuye baratabaza Leta y’u Rwanda, ngo ibafashe iyagure kuko ikorera mu mfunganwa, abayigana bakaba bisaba ko baryama ari babiri ku gitanda kimwe. Bamwe mu baganiriye na Bwiza bavuze ko bibabaje kubona ababyeyi babiri n’impinja ku gitanda kimwe, aho bavuga ko ibyago byo kwanduzanya […]
Rutsiro: Impanuka y’ikamyo yahitanye Niyishoborabyose wari kuri Moto

Niyishoborabyose Moise w’imyaka 33 bivugwa yari Umukozi wa Arcos wari kuri Moto yaguye mu mpanuka yabereye mu karere ka Rutsiro, aho yagonzwe n’ikamyo ifite Purake z’inkongomani (CGO3623AE322). N’impanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu ahagana saa 14h00′, tariki 26 Kamena 2024, mu murenge wa Mushubati. Aya makuru BWIZA yayahamirijwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u […]
Rutsiro: Umwana w’imyaka 4 yasanzwe mu cyobo yapfuye

Hirwa Bruno w’imyaka 4, wo mu karere ka Rutsiro wari waburiwe irengero, yasanzwe mu cyobo gifata amazi y’uruganda rutunganya Kawa rwa RWACOF yapfuye. Ibi byabereye mu murenge wa Mushonyi, akagari ka Magaba, ho mu mudugudu wa Kariba, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki 25 Kamena 2024 mu masaha ashyira saa15h10. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge […]
Rutsiro: Imyaka irenze 60 amazi meza bayumva kuri radiyo

Hari abaturage bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko mu myaka irenga 60 batarabasha kubona uko amazi meza asa, uretse ayo bumva kuri radio. Ni mu gihe Minisiteri y’ibikorwa remezo itangaza ko u Rwanda rugeze kuri 80% mu kwegereza abaturage amazi meza. Aba ni abaturage bo mu murenge wa Boneza, akagari ka Remera mu midugudu […]
Rutsiro: Bamaze umwaka Ivuriro begerejwe ridakora

Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko umwaka ushize bagorwa no kubona serivisi z’Ubuzima, nyuma y’uko Ivuriro rito bari baregerejwe uwarikoreragamo agiye ntibasobanurirwe impamvu. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko buzi iki kibazo, ari nayo mpamvu bugiye gushyira Rwiyemezamirimo ku nkeke akaza gutangira kuvura abaturage bya vuba. Aba ni abaturage bo mu murenge […]
Rutsiro: Abafatanyabikorwa mu iterambere bijeje impinduka mu buhinzi n’ubworozi

Abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Rutsiro, bibumbiye muri (DJAF KOMEZIMIHIGO) baravuga ko bagiye gushyira ingufu mu bikorwa biteza imbere ubuhinzi n’ubworozi muri aka Karere. Ibi babigarutseho mu imurikabikorwa (Open Day), yatangiye kuri uyu wa gatatu, ikazamara iminsi itatu kuva 19-21 Kamena 2024, yatangijwe ku mugaragaro na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Dushimimana Lambert. Abayitabiriye baganiriye na Bwiza […]
Abaramyi Alicia na Germaine nyuma y’Urufatiro bateguje indirimbo nshya

Abaramyi bavukana Alicia na Germaine, bataramara iminsi muri muzika nyarawanda, binjiriye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana baheruka gushyira indirimbo hanze “URUFATIRO” muri Mata uyu mwaka, bateguje abakunze ibihangano byabo indirimbo ya kabiri barashyira hanze mu minsi ya vuba. Ufitimana Alicia na Ufitimana Germaine, n’itsinda ry’abavandimwe rikorera umuziki mu karere ka Rubavu, ari naho […]
Iburengerazuba: Bahawe imodoka basabwa kuyikoresha bahangana n’abacukuzi b’amabuye y’agaciro batemewe

Abaturage bo mu karere ka Rutsiro, Umurenge wa Kivumu nibo begukanye igihembo cy’imodoka mu marushanwa y’isuku n’umutekano bahigitse indi mirenge yo mu ntara y’Iburengerazuba, basabwa kuyikoresha bahangana n’abacukuzi bw’amabuye y’agaciro batemewe. Ni imodoka bashyikirijwe kuri uyu wa gatatu, tariki 19 Kamena 2024, ubwo hasozwaga ibikorwa by’Ingabo na Polisi by’u Rwanda byo gufasha abaturage mu mibereho […]
Rubavu: Umugezi wa Sebeya watumye imiryango 870 isembera

Mu karere ka Rubavu, ho mu ntara y’iburengerazuba habarurwa imiryango 870 idafite aho ikinga umusaya, ndetse ikaba itanafite ibibanza byo kubakirwamo, ibi bikaba byarakomotse ku ngaruka zasizwe n’ibiza by’umugezi wa Sebeya byibasiriye aka karere mu ijoro rya tariki 02 Gicurasi 2023. Ibi umuyobozi w’akarere Mulindwa Prosper, yabigarutseho mu ishusho y’uko aka karere gahagaze uyu munsi […]
Imbamutima z’Umworozi w’inkoko watewe inkunga ya Miliyoni 145 Frw zitishyurwa

Edouard Twizerimana, Umuyobozi wa Eddy Farm Ltd ikora ubworozi bw’inkoko zitera amagi, mu karere ka Rubavu uvuga ko yari asanzwe afite imashini zituraga amagi z’agaciro ka Miliyoni 15 Frw, agaterwa inkunga y’imashini za Miliyoni 145 Frw. Edouard akorera ubworozi bwe mu kagari ka Basa, Umurenge wa Rugerero. Kuri uyu wa gatanu, tariki 14 Kamena 2024, […]
Rusizi: Ambasaderi w’Ububiligi mu Rwanda yashimye umushinga w’ibagiro ry’ingurube rigezweho riri kubakwa

Ambasaderi w’Ububiligi mu Rwanda, Bert Versmessen yashimye umushinga w’ibagiro rigezweho ritunganya ibikomoka ku ngurube, riri kubakwa i Rusizi. Ibi yabigarutseho mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri aka karere, kuri uyu wa kane tariki 13 Kamena 2024. Umunyemari Mugambira Jean Bosco, usanzwe ari umucuruzi akaba n’Umuyobozi mukuru wa Kampani (Kime Ltd) urimo kubaka ibagiro ry’ingurube rigezweho muri […]
Rubavu: PSF yoroje imiryango 76, inatanga igishoro ku miryango 20

Urugaga rw’abikorera mu karere ka Rubavu mu kwifatanya ni abanyarwanda muri gahunda yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30, baremeye imiryango 76 itishoboye, ndetse banatanga igishoro ku miryango 20. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatatu, tariki 12 Kamena 2024 cyaherekejwe no kunamira Imiryango y’abatutsi bazize Jenoside ishinguye mu Rwibutso rwa Gisenyi rwa […]
Indege zitagira abapilote zashyize igorora aborozi b’ingurube

Uko iterembere riza niko rizana n’ibyaryo, iryo mu Rwanda ntiryibagiwe n’umworozi w’ingurube uri i Mibirizi ho mu karere ka Rusizi, aho hasigaye hifashishwa indege zitagira umupilote (Drone) kugira ngo agezweho intanga mu gihe zarinze mu gihe kitarenze isaha mu gihe imodoka ihagenda amasaha 8 uvuye i Muhanga. Binyuze muri gahunda y’ubutwererane hagati ya Leta y’u […]
Rutsiro: Arakekwaho gutema ibisheke n’imyumbati by’umuvandimwe, harakekwa Manyinya

Noheri Emmanuel, wo mu karere ka Rutsiro amaze gutabwa muri yombi akekwaho gutema umurima w’ibisheje nuw’imyubati bya Twizerimana Jean de Dieu. Ubuyobozi buvuga ko hakekwa ko yaba yabitewe n’ubusinzi. Byabereye mu murenge wa Ruhango, akagari ka Gatare ho mu mudugudu wa Gasovu, mu ijoro rya tariki 09 Kamena 2024. Amakuru avuga ko byabonywe na Nyirahanyurwimfura […]
Karongi Baratabaza, Abiyise “Abametere” ba bamereye nabi

Hari abaturage bo mu karere ka Karongi basaba ko bakizwa insoresore zashinze umutwe w’ubugizi bwa nabi wiyita “Abametere”. Aba baturage bashinja abagize uyu mutwe kubakubita, kubakomeretsa ndetse ngo babajujubije ku buryo urengeje saa moya z’umugoroba atarataha ashaka abamuherekeza. Uyu mutwe ibikorwa byabo bibi babikorera mu murenge wa Bwishyura, akagari ka Nyarusazi mu i santere y’ubucuruzi […]
Rutsiro FC yatwaye igikombe cya Shampiyona y’icyiciro cya kabiri, yegukana na Miliyoni 8 Frw

Kuri uyu wa Gatandatu ubwo hasozwaga shampiyona y’Icyiciro cya kabiri, Amakipe yahuriye ku mukino wa nyuma yari yaramaze kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere, ahura ahataniye igikombe cyaje kwegukanwa na Rutsiro FC itsinze Vision FC ibitego 2-1. Ikipe ya Rutsiro FC yatwaye igikombe ndetse ihabwa na Miliyoni 8 Frw ziherekeza igikombe, ikaba igarutse mu cyiciro cya […]
Karongi: Abimuwe kubera ibiza ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku ngingo yo kubatuza

Abaturage bo mu karere ka Karongi bimuwe mu byabo n’ibiza, ntibavuga rumwe n’Ubuyobzoi bw’akarere ku ngingo yo kubatuza, dore ko bavuga ko batishoboye bakaba barasabwe kwigurira ibibanza kugira ngo bubakirwe. Aba baturage bavuga ko batishoboye ni abakomoka mu miryango 48 yimuwe mu butaka bwibasiriwe n’Ibiza izuba riva, ubutaka aho bwiyashije bugatangira kugenda, ho mu mudugudu […]
Intare FC zatsinze, zituma imibare ku gikombe cy’icyiciro cya kabiri igorana
Nyuma yuko Imikino ya kamarampaka yo gushaka itike yo kuzamura amakipe abiri mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona y’u Rwanda igeze mu mahina, Intare FC zatsinze Vision FC ibitego 3-2 zituma imibare y’igikombe igorana. Ikipe ya Rutsiro FC na Vision zabonye itike yo gukina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, mu mwaka w’imikino wa 2024-2025, […]
Rubavu: Batatu barimo Gitifu w’umurenge bakekwagaho kurigisa umutwe w’umuntu bafunguwe
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, tariki 04 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi ruri ku cyicaro cyarwo rwahafatiye icyemezo gifungura by’agateganyo gifite RDP 00192/2024/TB/GI. Umwanzuro w’Urukiko Bwiza ifitiye Kopi uvuga ko Rwemeje ko ibyagezweho n’iperereza ry’Ubushinjacyaha bidahagije, nta mpamvu ikomeye irimo yatuma Barebereho Nsengiyaremye Emmanuel, Nzabahimana Evariste na Niyonkuru Alexandre bakekwaho icyaha cyo […]
Hari abakomeje kwitwaza amatora bagatekera imitwe abaturage
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanyomoje amakuru yavugaga ko hari urubuga ruri kwifashishwa mu kwinjiza abantu mu kazi bazakoreshwa mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu gitondo cyo kuru uyu wa Kabiri tariki 04 Kamena 2024, yanyujije ubutumwa ku rukuta rwayo rwa X bwamagana uru rubuga rwayiyitiriye. Bugira buti […]
Umuhanda uhuza Umujyi wa Karongi n’inkambi ya Kiziba ugiye kuba nyabagendwa

Umuhanda w’ibilometero 14 uhuza Umujyi wa Karongi n’inkambi ya Kiziba icumbikiye impunzi z’Abanye-Congo, ugiye gushyirwamo kaburimbo. Umunyamakuru wa BWIZA mu ntara y’iburengerazuba, wageze muri uyu muhanda, yasanzemo imashini ziwutunganya, ahazwi nko ku Musururu. Amakuru twamenye ni uko ingengo y’imari yo gukora uyu muhanda, yatanzwe na RTDA. Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto mu mujyi […]
Ngororero: Abororera mu nzuri za Gishwati bugarijwe n’ibibazo bibateza ibihombo

Abororera mu nzuri za Gishwati, ku ruhande ruherereye ku karere ka Ngororero bamaze igihe bavuga ko bugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo bikomoka ku kutagira imihanda itunganyije neza bibagusha mu bihombo. Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko hari ikiri gukorwa mu gutunganya iyi mihanda yangiritse. Aba borozi bo mu nzuri za Gishwati bavuga ko ubu bari mu gihombo gikabije cy’umukamo, […]
Uwari Gitifu w’akarere ka Ngoma yakatiwe igifungo cy’imyaka 7
Uwari Gitifu w’Akarere ka Ngoma Mutembe Tom, wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center) wabaye icyitso muri icyo cyaha akatirwa igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 3,750,000 Frw. Ku itariki ya […]
Rusiha Maurice yituye hasi arimo kurya arapfa

Rusiha Maurice w’imyaka 82 wo mu karere ka Rutsiro, yituye hasi ubwo barimo bafata ifunguro rya saa sita ahita apfa. Ibi byabereye mu murenge wa Manihira, akagari ka Haniro ho mu mudugudu wa Gitwe, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2024. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Manihira, Basabose Alex yahamirije Bwiza.com aya makuru. Ati “Rusiha Maurice yarari […]
Karongi: Bahangayikishijwe n’ibihazi bicukura amabuye y’agaciro bikabangiriza imirima yabo

Abaturage bo mu karere ka Karongi bavuga ko bamaze imyaka myinshi bangirizwa imirima yabo n’abo bita ibihazi biyacukuramo amabuye y’agaciro binyuranyije n’amategeko, Ubuyobozi bwabafata bukabafunga iminsi mike bugahita bubafungura. Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko bugorwa no kubona itegeko ribafunga igihe kirekire. Aba biganjemo abatuye mu mirenge ya Rubengera, Rugabano na Gashari ikibazo cyabo si icy’uyu munsi, […]
Tuyishime Fidel yasanzwe munzu yabagamo yimanitse mu mugozi

Tuyishime Fidel w’imyaka 22, wo mu karere ka Rutsiro yasanzwe mu cyumba yararagamo yimanitse mu mugozi yapfuye. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki 31 Gicurasi 2024, aho byabereye mu murenge wa Musasa, akagari ka Murambi ho mu mudugudu wa Syiki. Amakuru Bwiza.com yahawe n’imboni yayo muri aka karere, ni […]
Jude Bellingham ayoboye urutonde rw’abakinnyi bahenze ku Isi

Umukinnyi kabuhariwe w’umwongereza Jude Bellingham yoboye urutonde rw’abakinnyi bahenze kurusha abandi bose ku Isi, aho yabariwe agaciro ka miliyoni 238 z’amapound. Nyuma y’amezi 12 gusa aguzwe miliyoni 88 z’ama pound, ava mu ikipe ya Dortmund mu mpeshyi ishize, ubu Bellingham amaze gukuba gatatu agaciro ke ku isoko. Ikigo gikora ubushakashatsi ku mupira w’amaguru cya CIES […]