Kenya: Abapolisi n’abacungagereza bongerewe umushahara

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Kenya, yatangaje ko abakozi bo mu nzego zirimo Polisi, urwego rushinzwe imfungwa n’urwego rw’igihugu rushinzwe urubyiruko bagiye kuzamurirwa umushahara. Kuri ubu Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amavugurura muri izo nzego eshatu iyobowe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Umutekano w’Imbere mu Gihugu n’Ubutegetsi, Dr Raymond Omollo, ku wa Gatatu yatangaje ko […]
I Karongi hagiye kubakwa ishuri rya mbere ryigisha gutegura ‘Cuisine Française’ muri EAC

Umushoramari Pasteur Kayumba Jean Baptiste usanzwe aba ku mugabane w’u Burayi, yatangaje ko agiye kubaka mu karere ka Karongi ishuri mpuzamahanga rizajya ryigisha gutegura indyo y’Abafaransa izwi nka ‘Cuisine Française’. Pasteur Kayumba yatangaje iyi gahunda ku Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare, ubwo mu karere ka Karongi haberaga inama yiga ku ishoramari n’ubukerarugendo. Ni inama yitabiriwe […]
RMC yashinje MIGEPROF gutererana umuryango nyarwanda

Ku wa Kabiri tariki ya 30 Ukuboza 2025, abagize Inteko Ishinga Amategeko, abayobozi mu nzego za Leta, sosiyete sivile n’urubyiruko bahuriye mu biganiro bigamije kubaka umuryango utekanye utegura abayobozi b’ejo hazaza. Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia, yagaragarije abagize Inteko n’inzego zitandukanye zirimo Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, ko yatereranye umuryango biciye mu bakoresha […]
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bongeye gusaba impinduka ku itegeko rigena igihembo cyabo

Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bongeye gusaba ko itegeko rigena igihembo bahabwa mu irangizwa ry’imanza rihinduka, rikajyana n’igihe. Batanze ubwo busabe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo, mu nama y’Inteko Rusange y’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga yabereye i Kigali. Ni inama yasize batoye inzego shya zigomba kubayobora. Ubusabe bw’uko itegeko rigena igihembo gihabwa Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bukunze […]
‘Huye Half Marathon 2025’ yahumuye

Irushanwa rya ‘Huye Half Marathon’ rigomba kubera mu karere ka Huye ku nshuro yarwo ya gatatu, rirabura amasaha abarirwa ku ntoki mbere yo gutangira ku Cyumweru tariki ya 30 Ugushyingo 2025. Iri rushanwa ryo gusiganwa ku maguru, risanzwe ritegurwa na Cercle Sportif de Butare ifatanyije n’Akarere ka Huye riberamo, cyo kimwe n’abafatanyabikorwa barimo Minisiteri ya […]
Abadepite basabye RGB gushakira umuti ibibazo byugarije Rayon Sports mu maguru mashya

Abadepite kuri uyu wa Gatatu basabye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) kugira icyo rukora ku bibazo byugarije ikipe ya Rayon Sports mu maguru mashya. Ni ubusabe bwatanzwe ubwo RGB yagezaga ku bagize Inteko Ishinga Amategeko raporo y’ibikorwa y’umwaka wa 2024/2025 na gahunda y’ibikorwa by’umwaka wa 2025/2026. Rayon Sports imaze iminsi ivugwamo ibibazo bikomeye, ahanini kubera ubwumvikane […]
Ibyishimo by’abakunda imikino biri kure mu gihe federasiyo zikiyobowe nabi: Abadepite

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC), kuri uyu wa Gatatu yaganiriye na Minisiteri ya Siporo ku ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro y’Inteko Rusanye y’Umutwe w’Abadepite, ubwo yagezwagaho raporo ya PAC ku isesengura rya raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta mu mwaka wa 2022/2023. Mu byo abadepite bagaragarije Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, harimo […]
Abaramyi Chandler Moore na Naomi Raine basezeye muri Maverick City Music

Abahanzi babiri Chandler Moore na Naomi Raine bamenyekanye mu itsinda rimenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryitwa Maverick City Music, ko batangaje ko barisezeyemo. Mu itangazo banyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo ku wa Mbere taliki ya 6 Ukwaki 2025, batangaje ko bafashe umwanzuro wo kuva muri Maverick […]
PM Dr. Nsengiyumva yasabye abarangije muri RICA umusanzu mu kongera umusaruro w’ubuhinzi

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye abanyeshuri barangije muri Kaminuza y’Ubuhinzi n’Ubworozi (RICA) kuzaba umusemburo w’impinduka nziza n’iterambere ry’imibereho myiza y’Abanyarwanda. Yabibasabye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nzeri, ubwo RICA yatangaga ku nshuro ya gatatu impamyabumenyi ku banyeshuri 83 bayirangijemo. Minisitiri w’Intebe yashimiye iyi Kaminuza ku bw’uruhare igira mu iterambere ry’ubuhinzi bw’u Rwanda […]
Impamvu ingendo z’indege zihenze muri Afurika kurusha ahandi

Mu nama yiga ku terambere ry’iby’indege muri Afurika, Aviation Africa Summit and Exhibition 2025 iri kubera i Kigali, hagarutswe kuri zimwe mu mbogamizi zituma ku mugabe wa Afurika ubwikorezi bwo mu kirere bugihenze ugereranyije n’indi migabane. Umwarimu muri Kaminuza uzobereye iby’indege uri mu bitabiriye iriya nama, yagarutse ku bikigoranye bijyanye n’amafaranga acibwa indege muri buri […]
Abatishoboye bagobokwa na Leta boroherejwe kujya babikuza amafaranga yabo

Ikigo gishinzwe Guteza imbere Imishinga y’Inzego z’Ibanze (LODA), cyashyizeho uburyo abagenerwa ubufasha na leta bazajya babuhabwa hifashishijwe Telefoni. Iyi gahunda yatangirijwe Murenge wa Mutete w’Akarere ka Gicumbi, ku wa 30 Kanama 2025. Ni gahunda yiswe Telefone yanjye, amafaranga yanjye. Abagenerwabikorwa ba VUP bahabwa inkunga y’ingoboka igenerwa abatishoboye bageze mu zabukuru, abakora imirimo y’amaboko n’abakora imirimo […]
Amerika igiye kujya yishyuza Frw miliyoni 21 abanya-Malawi n’abanya-Zambia bashaka Viza

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutangira kwishyuza abaturage bava mu bihugu bya Malawi na Zambia $ 15,000 (arenga Frw miliyoni 21), kugira ngo babashe guhabwa za Viza ku bagiye kuzikoreramo ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa abagiye gutembera. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, yatangaje ko ikiguzi cya Viza ku banya-Zambia na Malawi cyazamuwe […]
Abadepite basabye ubushinjacyaha gukurikirana ibigo birimo WASAC na Minisiteri ya Siporo

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye ubushinjacyaha gukurikirana ibigo birimo icya WASAC gishinzwe amazi na Minisiteri zirimo iya Siporo, kubera amafaranga yatanzwe ntihagaragazwe uburyo yagiye akoreshwa. Abadepite babisabye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Kanama, ubwo bagezwagaho raporo ya Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) ku isesengura rya raporo y’Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru […]
Abadepite ntibumva impamvu ikoranabuhanga rya IEBMIS rya UR rikomeje guhombya leta za miliyoni

Abadepite bagize Komisiyo y’uburezi, ikoranabuhanga, umuco, siporo n’urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, bagaragaje ko batiyumvisha impamvu ikoranabuhanga rya IEBMIS ribitse amakuru ya Kaminuza y’u Rwanda (UR) rikomeje guhombya leta. IEBMIS (Integrated Education Business Management Information Systems), ni sisitemu yaguzwe muri 2011 n’icyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (UNR), ishorwaho abarirwa muri Frw 1,269,000,000. […]
FONERWA yisobanuye imbere ya PAC ku biti byaburiwe irengero muri Gicumbi

Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kuri uyu wa Mbere yakiriye Ikigega cy’u Rwanda cyita ku bidukikije (FONERWA), mu rwego rwo kugisaba ibisobanuro kuri imwe mu mishinga yacyo yagiye igaragaramo ibibazo mu kubungabunga ibidukikije. Imishinga yagarutsweho irimo uwa Green Gicumbi ukorera mu karere ka Gicumbi, ahari abaturage FONERWA […]
Rep. Guard ya Ian Kagame yegukanye RDF Liberation Cup 2025″

Kuri uyu wa Kane nibwo hasojwe irushanwa ngarukamwaka rya RDF Liberation Cup 2025, ryahuriyemo ingabo mu mikino itandukanye mu rwego rwo kwizihiza Kwibohora ku nshuro ya 31. Mu mupira w’amaguru, umukino wa nyuma wabereye kuri Kigali Pele Stadium saa Kumi z’umugoroba, wahuje ikipe y’Abasirikare barinda Perezida wa Repubulika n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu (Republican Guard) n’iyitwa […]
RAB igiye kugura moteri za Frw miliyari 2.5 izakoresha ukwezi kumwe

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC), ntibavuga rumwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) kuri moteri zifite agaciro ka Frw miliyari 2.5 giteganya gutumiza kugira ngo kizikoreshe mu kwezi kumwe. Iby’izo moteri byagarutsweho ubwo abayobozi ba RAB bitabaga PAC ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena. Ubwo aba bayobozi bari imbere […]
Umupolisi wishe Ojwang washenguye abarimo Perezida Ruto yatawe muri yombi

Umupolisi witwa James Mukhwana ukekwaho kwica impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwa muntu, Albert Ojwang wapfiriye muri kasho ya Polisi azize gukubitwa, yatawe muri yombi. Kuri uyu wa 12 Kamena, ni bwo Polisi ya Kenya yatangaje ko yataye muri yombi uriya mupolisi. Itangazo yasohoye rivuga ko “James Mukhwana wo kuri sitasiyo ya Polisi Nkuru ya Nairobi yatawe muri […]
Umunyarwanda ufite ubumuga bw’ingingo, yitabiriye KPM 2025 (Amafoto)

Rugerinyange Athanas, ukomoka mu Karere ka Muhanga ariko utuye mu Karere ka Gasabo, ni umwe mu bitabiriye Kigali International Peace Marathon 2025. Rugerinyange afite ubumuga bw’ingingo, aho yacitse ukuguru, ariko ibyo ntibyabaye imbogamizi ngo amwime amahirwe yo kwitabira iri rushanwa. Kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Kamena 2025, ni bwo habaye Kigali International Peace Marathon, […]
Nyarugenge: Abadepite basabwe ubuvugizi ku kibazo cya bisi zitinda kugera ku bagenzi

N’ubwo mu minsi ishize ikibazo cy’imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali cyasaga nk’icyavugutiwe umuti, abagize Inteko Ishinga Amategeko ubwo basuraga abaturage bo mu murenge wa Gitega bagaragarijwe ko hari byinshi bitaranozwa muri urwo rwego. Ni muri gahunda aho abadepite bazasura imirenge igize Umujyi wa Kigali, mu gikorwa cyo kwegera abaturage harebwa imitangire ya serivisi. […]
KIPM: Abanya-Rwanda Biteguye kwegukana umudari wa zahabu

Irushanwa Mpuzamahanga ryo gusiganwa ku maguru ryitiriwe amahoro (Kigali International Peace Marathon), rigiye kuba ku nshuro ya 20 mu buryo budasanzwe. Irushanwa Mpuzamahanga rizwi nka (Kigali International Peace Marathon), risigaje iminsi 4 kugirango ritangire aho riratangira ku wa 8 Kamena 2025, kuri Stade Amahoro ( BK Arena) Ni irushanwa ritegurwa na RAF ku bufatanye na […]
Ni byiza kuba dufite akazi, ariko amafaranga dukorera ni make: Abagenerwabikorwa ba VUP

Abaturage bo mu karere ka Gicumbi bahawe akazi biciye muri gahunda ya VUP, barishimira kuba hari byinshi bamaze kugeraho, gusa bakagaragaza impungenge z’uko amafaranga basigaye bakorera ari make cyane. Babigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Gicurasi, ubwo intumwa zaturutse muri Ambasade zitandukanye zagiriraga uruzinduko mu karere ka Gicumbi, mu rwego rwo gusura imishinga […]
Amajyepfo: Umugabo akurikiranweho kwica umwana we wiga mu mashuri abanza

Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyepfo, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 32 akekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 11 y’amavuko. Uwatawe muri yombi yafatiwe mu kagari ka Rwesero, umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza. Kuva ku wa 05 Gicurasi 2025, Ubuyobozi bw’Ishuri ry’Urwunge rw’Amashuri rwa Hanika ruri mu murenge wa Busasamana mu karere […]
RMC yatabarije itangazamakuru nyarwanda

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), rwasabye abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuvuganira itangazamakuru rikabona amikoro, kugira ngo rizashobore kujya rikora kinyamwuga. Uru rwego rwabisabye kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Mata 2025, ubwo Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside mu nteko ishinga amategeko yagiranaga ikiganiro na RMC ku ruhare rwayo […]
Pasiteri yakubise urushyi umuyoboke we amuziza gusinzira mu rusengero

Pasiteri wo mu itorero Neno Evangelism Church ryo muri Kenya, yabaye ikimenyabose nyuma y’amashusho amugaragaza akubita umuyoboke we inshyi ebyiri akanamusohora mu rusengero. Ayo mashusho yavugishije benshi agaragaza Pasiteri Ng’ang’a ava ruhimbi, mbere yo gukubita umugabo wicaye ku murongo w’imbere. Uyu muvugabutumwa agaragara akubita uwo umugabo inshuro ebyiri, akanamutegeka kuva ku ntebe ye, kandi akabaza […]
RIB yasabye abakoresha telefoni kugira amakenga

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB), rurasaba abantu kugira amakenga ndetse bakanamenya uko bakoresha telefoni zabo, kuko hari abatekamutwe basigaye bashuka abaturage bikarangira babacucuye. RIB yatanze uwo muburo ku wa Kane tariki ya 20 Werurwe, ubwo yari mu bukangurambaga bugamije gukangurira abaturage kurwanya ibyaha birimo iby’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ibyifashisha ikoranabuhanga n’ibindi. Ni ubukangurambaga bwabereye mu murenge […]
Perezida Paul Kagame yemereye ubwenegihugu DJ Ira

Kuri iki cyumweru tariki 16 Werurwe 2025, Grace Divine, wamenyekanye nka Dj Ira , wabimusabye ubwo perezida yarimo aganira n’abatuye Umujyi wa Kigali muri BK Arena. DJ Ira yashimye uko yakiriwe mu Rwanda ndetse anageza ku mukuru w’igihugu icyifuzo cyo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda. DJ Ira usanzwe ari umurundikazi ukorera umurimo wo kuvanga umuziki, yashimiye […]
Itangazamakuru ryo mu Rwanda ribayeho nk’imfubyi: KNC

Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere n’Uburinganire bw’Abagabo n’Abagore mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, basabye Urwego Ngenzuramikorere (RURA) kugira icyo rukora ku kibazo cy’ibiciro by’ubukode bw’iminara ikoreshwa n’amaradiyo bivugwa ko bihenze bityo bikagora ibitangazamakuru bito. Bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda bivuga ko gukodesha iminara isakaza amajwi bihenda cyane, ibituma amaradiyo amwe adashobora gukomeza gukora. Bamwe […]
Abadepite batabarije itangazamakuru nyarwanda ryatereranwe

Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere n’Uburinganire bw’Abagabo n’Abagore mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda, batabarije itangazamakuru nyarwanda ritagira uwo kurireberera. Babigarutseho kuri uyu wa 12 Werurwe ubwo bagiranaga ikiganiro na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Mugenzi Patrice, ku bibazo bireba Minisiteri ayobora biri muri raporo y’Ibikorwa by’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) by’umwaka wa 2023-2024. Abadepite bagaragaje ko itangazamakuru ryatereranwe, […]
Abadepite basabye gushyiraho urugereko rwihariye ruburanisha imanza z’abana basambanywa

Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside basabye ko hashyirwaho urugereko rwihariye mu nkiko ruzajya ruburanisha imanza zijyanye no gusambanya abana. Ibi byagarutsweho mu biganiro byabaye ku wa 11 Gashyantare 2025, aho Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yagaragaje ko mu mwaka wa 2024 abangavu 22,454 batewe inda, ibintu byerekana ubukana […]
Gusobanukirwa ihame ry’uburinganire bizafasha kubaka imiryango itajegajega: Perezida wa Sena

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda isanga ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi rizarushaho gutanga umusaruro mu muryango bigizwemo uruhare numugore n’umugabo, bafasha mu guhindura imyumvire iganisha kuri ejo hazaza. Byagarutsweho ubwo Abagize Inteko Ishinga Amategeko bahugurwaga ku ihame ry’uburinganire no kongera ubushobozi bw’umugore mu ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya NST2. Umutoni Gatsinzi Nadine, Umugenzuzi mukuru […]
Abadepite babajije Meya Dusengiyumva aho abarigisije umukumbi w’ihene za koperative bageze bakurikiranwa

Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu basabye Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali gusobanura aho bugeze bukurikirana abarigisije umukumbi w’ihene w’imwe muri Koperative ziwubarizwamo. Impande zombi zaganiraga kuri raporo y’Ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi by’umwaka wa 2023-2024 na gahunda y’ibikorwa by’umwaka wa 2024-2025 abadepite bamaze igihe baganiraho […]
Abadepite basabye RIB kurwanya gusambanya abana nk’uko yarwanyije kanyanga

Abadepite kuri uyu wa Kane basabye Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kurwanya icyaha cyo gusambanya abana gikomeje kwiganza mu muryango nyarwanda, nk’uko rurwanya ibiyobyabwenge. Babisabye ubwo ubuyobozi bwa RIB bwagiranaga ibiganiro n’abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside ku bibazo byagaragaye muri raporo y’ibikorwa bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu by’umwaka […]
Rusizi: Akarere kishyuye Frw 722,000 kari karambuye abaturage mbere yo kwitaba abadepite

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwishyuye ikubagahu abaturage bo mu murenge wa Bweyeye kari kamaze imyaka 15 bwarambuye amafaranga y’ingurane, mbere y’uko kuri uyu wa Gatanu bwitaba abadepite. Ikibazo cy’aya mafaranga abadepite baherukaga kukigeza kuri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, bayibaza icyabuze ngo abaturage umunani bangiririjwe imitungo ubwo hakorwaga umuhanda Matyazo-Mudasomwa ngo bishyurwe. Kuri uyu wa Gatanu ubwo ubuyobozi […]
REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha

Depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mvano Nsabimana Etienne, yagaragaje ko kuba ibigo bya REG na WASAC byaraje ku isoga mu kurangwamo ruswa, biteye isoni ku bigo nk’ibi bitanga serivisi z’amashanyarazi n’amazi abaturage bakenera umunsi ku wundi. Raporo y’ibyavuye mu bushakashatsi bwa Transparency International Rwanda kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index) ya 2024, […]
Hari abakozi ba Leta n’abifite bahabwa shisha kibondo batayigenewe: Umuvunyi Mukuru

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine ubwo yaganiraga Komisiyo y’Imiyoborere mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yagaragaje ko hari aho basanze ifu ya shisha kibondo ihabwa abakozi ba leta ndetse n’abifite itari igenewe Yabivuze kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Mutara 2025, ubwo we n’iriya Komisiyo inashinzwe Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore baganiraga kuri raporo y’Ibikorwa by’Urwego […]
Kamonyi: Abangavu babyaye imburagihe biyemeje kubyaza umusaruro ubumenyi bahawe na Zoe Foundation bakivana mu bukene

Abangavu babyaye imburagihe bo mu murenge wa Nyarubaka w’akarere ka kamonyi, basezeranyije ubuyobozi ko bagiye kubyaza umusaruro ubumenyi bahawe n’umuryango utegamiye kuri Leta wa Zoe Faundation; bityo bakavana imiryango yabo mu bukene. Babigarutseho kuri uyu wa Kane tariki 19 Ukuboza 2024, ubwo Zoe Foundation wabashyikirizaga impamyabumenyi, nyuma y’amezi atandatu bari bamaze bigishwa kuboha uduseke. Abakobwa […]
Ubujurire bwa Tumukunde wari ufite akabyiniro k’abambaye ubusa bwatewe utwatsi
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira rwateye utwatsi ubujurire bwa Tumukunde Epiphanie uzwi nka Kabebe wahoze afite akabyiniro k’abambaye ubusa na bagenzi be. Urukiko mu mwanzuro w’ubujurire rwasomye kuri uyu wa 20 Ugushyingo, rwavuze ko ubujurire bwa Kabebe na bagenzi be bane nta shingiro bufite, rutegeka ko bakomeza gukurikiranwa […]
Amajyepfo: Polisi yarahiriye guhiga bukware abiyita Abasheretsi

Polisi y’u Rwanda yibukije abaturarwanda ko biri mu nshingano zabo gufata neza ibikorwaremezo Leta y’u Rwanda ibagezaho, kuko ari gahunda y’iterambere ryabo n’iry’igihugu muri rusange. Byagarutsweho n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru bakorera mu ntara y’amajyepfo. Ni nyuma y’uko muri iyi ntara hagaragaye ibibazo bijyanye no kwangiza ibikorwa […]
Imvune zituruka ku mirimo yo mu rugo mu bituma abagore bo mu cyaro batiteza imbere
Bamwe mu bagore batuye mu cyaro bagaragaza imvune baterwa n’imirimo yo mu rugo idahabwa agaciro uko bikwiye nk’imwe mu nzitizi ibabuza kugera ku iterambere. Abaganiriye na BWIZA babigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukwakira, ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro. Ku rwego rw’akarere ka Huye uyu munsi wizihirijwe mu murenge wa […]
Ruhango: Abana banyagiwe n’imvura y’amahindu barwana ku ibendera ry’igihugu bashimiwe

Abana icyenda bo mu Ishuri Ribanza rya Cyobe riherereye mu Mudugudu wa Cyobe, Akagari ka Mbuye ko mu murenge wa Mbuye w’akarere ka Ruhango, bashimiwe ku bw’igikorwa cyafashwe nk’icy’ubutwari baheruka gukora. Ku wa Mbere tariki ya 7 Ukwakira 2024, ni bwo ubuyobozi bwa Polisi y’igihugu bufatanyije n’ubw’akarere ka Ruhango bahembye aba bana. Ni nyuma y’uko […]
Dikembe Mutombo uri mu Banyafurika bakanyujijeho muri Basketball yapfuye
Dikembe Mutombo uri mu Banyafurika bakanyujijeho muri Basketball, yaguye mu bitaro byo mu mujyi wa Atlanta yari arwariyemo ikibyimba ku bwonko. Dikembe yegukanye inshuro umunani mu mikino ya All-Star ndetse yatowe nk’umukinnyi mwiza inshuto eshatu. Ni umwe mu bakinnyi beza bakina bugarira babayeho mu mateka ya NBA. Uyu munyabigwi wari ufite imyaka 58 y’amavuko, yavukiye […]
APR BBC yisubije igikombe cya shampiyona

Ikipe ya APR Basketball Club yisubije igikombe cya shampiyona, nyuma yo gutsinda Patriots BBC bari bahuriye mu mukino wa gatandatu wa kamarampaka amanota 73-70. Ni umukino waraye ubereye muri BK Arena i Remera. APR yatwaye igikombe nyuma yo kugira intsinzi 4-2. Patriots nk’uko imyinshi mu mikino yagiye iyihuza na APR yagiye igenda, yatangiye iyobora umukino […]
Mu mafoto 70, ihere ijisho ibirori byaranze #kwibohora30

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024, Abanyarwanda n’incuti zabo bizihije imyaka 30 ishize ingabo zari iza RPF-Inkotanyi zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse zikanabohora igihugu. Ku rwego rw’igihugu ibirori byo kwizihiza uyu munsi byabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) na […]
Musanze: Hamuritswe ibikorwa remezo u Rwanda rwubatse rufatanyije n’u Bubiligi (Amafoto)

Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena 2024, mu karere ka Musanze hamuritswe imishinga y’iterambere ry’ibikorwa remezo bitandukanye byubatswe na Leta y’u Rwanda ibifashijwemo n’iy’u Bubiligi. U Bubiligi bwafashije u Rwanda kubaka ibi bikorwa remezo binyuze mu kigo cyabwo gishinzwe iterambere, Enabel. Ibikorwa remezo byamuritswe harimo Ikigo cy’urubyiruko cya Musanze giherereye mu murenge wa Muhoza, […]
Everything in Bigogwe is amazing: A famous Belgian TV Presenter

A famous BelgianTelevision presenter and movie actor, Tom Yvo Adrien Waes, is super excited after visiting Ibere Rya Bigogwe tourism site in north-western region of Rwanda. Tom is generally known for his role as the brother of Bart De Pauw in ‘He Geslacht De Pauw’ comedy, released in 2005, ‘SM-rechter’ movie released in 2009 and […]
Zoe Foundation yasezeranyije ababyariye iwabo ishuri ry’imyuga

Kuri uyu wa 22 Ukuboza 2023 mu murenge wa Nyarubaka mu karere ka Kamonyi habereye igikorwa cyo gupima indwara zitandura bamwe mu bangavu babyariye iwabo bafashwa n’umushinga Zoe Foundation. Bamwe mu bitabiriye iki gikorwa basanzwe bafashwa n’uyu mushinga. Bashima igikorwa cyo kwipimisha kugira ngo bamenye uko ubuzima bwabo n’abana babo buhagaze. Uwitwa Ntakirutimana avuga ko […]
RRA yakemuye ikibazo umuturage yari amaranye imyaka 7

Kuri uyu wa 10 Ukwakira 2023 ikigo gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) cyatangije icyumweru cyahariwe gukemura ibibazo bijyanye n’imisoro n’amahoro, birimo iby’imyenda yabaye myinshi n’iby’abacuruzi ibikorwa byabo byahagaze ariko nimero iranga usora (TIN) igakomeza kugaragara ko ikora. Dusabimana Jean baptiste ni umwe mu baturage twasanze ku biro bya RRA. Yashimiye iki kigo kuba cyamukemuriye ikibazo yari […]
Nyagatare: Abakobwa batewe inda barasaba ubufasha

Abakobwa batewe inda bo mu murenge wa Karama mu karere ka Nyagatare barasaba guhabwa ubutabera kuko ngo ababahohoteye baratorotse, ntibabafasha kurera abana babyaranye. Iki kibazo cyagaragajwe n’abakobwa babiri kuri uyu wa 4 Ukwakira 2023 ubwo urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwagezaga abatuye muri Karama serivisi za Isange One Stop Center zatangiye gutangirwa mu bitaro bya Gatunda. Umuyobozi […]
Nyagatare: RIB irasaba abaturage gucika kuri ‘Ni ko zubakwa’

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rurasaba abatuye mu karere ka Nyagatare gucika ku mvugo ya “Ni ko zubakwa” kuko ihembera ihohoterwa rikorerwa abagore cyangwa abagabo mu ngo. Ni umukozi wa RIB mu ishami rishinzwe gukumira no kurwanya ibyaha, Mwenedata Philbert, wabisabye kuri uyu wa 3 Ukwakira 2023, ubwo uru rwego rwagezaga ku batuye mu murenge wa Kiyombe […]
Kutiteranya biri gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gitsina: RIB

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, ruravuga ko ingeso yo kwanga kwiteranya iri mu bitiza umurindi ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina. Ibi byavuzwe na Njangwe Jean Marie Vianney uyobora ishami ry’ububiko bw’ibirego n’iyandikwa ryabyo muri RIB kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 ubwo uru rwego rwakomezaga igikorwa cyo kwegereza ibiro ngendanwa abatuye mu murenge wa Rongi […]
Shalom Choir yasobanuye impamvu itazishyuza abazitabira igitaramo cyayo cy’akataraboneka

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Shalom Choir ikorera umurimo w’ivugabutumwa muri ADEPR Nyarugenge yatangaje ko yasanze bitari ngombwa kwishyuza abazitabira igitaramo cyayo kizabera muri B.K Arena tariki ya 17 Nzeri 2023. Shalom Choir yamenyekanye cyane mu ndirimbo nka Uravuga Bikaba n’izindi nyinshi. Ni umwe mu zubatse izina hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo. Itangaza ko igitaramo […]
Kampani ‘Ibere rya Bigogwe’ ya Ngabo Karegeya yishyuriye abaturage 577 mituweli

Abatuye mu mirenge ya Bigogwe, Kanzenze na Rambura yo mu turere twa Nyabihu na Rubavu kuri uyu wa 21 Nyakanga 2023 bashimiye ‘Ibere rya Bigogwe Company LTD’ yabishyuriye ubwisungane mu kwivuza buzwi nka ‘Mutuelle de Santé’ hamwe n’imiryango yabo. Kuri uyu wa 21 Nyakanga ni bwo Ngabo Karegeya washinze iyi kampani yashyikirije abahagarariye imiryango igizwe […]
Intumwa za Sena y’u Burundi zasuye iy’u Rwanda

Visi Perezida wa Sena y’u Burundi, Ndadaye Denise, n’intumwa ayoboye, basuye Sena y’u Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati y’inteko zishinga amategeko z’ibihugu byombi. Ndadaye Denise yagize ati: “Ibiganiro byagenze neza, twaje kuramutsa bene wacu dusangiye imirimo, twaje nk’abavandimwe kugira ngo tubashe kungurana ibitekerezo, twongere dukomeze umubano […]
Ruhango: Abanyamakuru bagabiye umuturage inka

Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, abanyamakuru bakorera mu ntara y’Amajyepfo bagabiye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi inka ndetse banatanga ubufasha burimo ibiribwa. Mu kagari ka rwoga umurenge wa Ruhango ni ho hatuye umuturage witwa Sendakize Joseph, akaba ari we wagabiwe inka. Yavuze ko byamushimishije kandi bigiye kumuhindurira imibereho. Ati: ”Nkurikije uburyo nahingaga sineze kubera kubura […]
Madamu wa Perezida Ndayishimiye ategerejwe mu nama ya Women Deliver i Kigali

Madamu wa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Angeline Ndayubaha, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kabiri aho aza kwitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere (Women Deliver). Ni inama iri kubera i Kigali kuva ejo ku wa Mbere tariki ya 17 Nyakanga 2023. Perezidansi y’u Burundi mu itangazo yasohoye yemeje ko Angeline Ndayishimiye […]
MINEDUC irasaba ababyeyi kohereza abanyeshuri mu bizamini bya Leta hakiri kare

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe ikoranabuhanga n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Irere Claudette, yasabye ababyeyi kohereza abana kare muri ibi bihe batangiye ibizamini bya leta. Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 abanyeshuri basaga ibihumbi 200 bazindukiye mu bizamini bisoza amashuri abanza. Mu ishuri rya Camp Kigali, ni hamwe mu hari gukorerwa ibizamini n’abanyeshuri 455 baturutse […]
NESA irakebura ababyeyi badaha abanyeshuri ‘tike’ ibageza mu rugo

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) kiremeza ko gihura n’imbogamizi y’uko hari ababyeyi batoherereza abanyeshuri amafaranga y’urugendo (ticket) abageza iwabo, bigatuma basiragira mu gihe imodoka zibagejeje kuri za site zagenwe, kikaboneraho kubakebura. Ibi byatangajwe n’umuyobozi w’ishami rishinzwe ireme ry’uburezi n’ubugenzuzi bw’amashuri muri NESA, Kavutse Vianney Augustin, mu kiganiro yagiranye na BWIZA kuri […]
Amafoto: Abanyakenya bihariye ibihembo bya Kigali International Peace Marathon

Kuri uyu wa 11 Kamena 2023, muri Kigali habaye irushanwa rya “Kigali International Peace Marathon 2023″ ryari mu byiciro 3 birimo Full Marathon y’ibilometero 42,1; Half-Marathon y’ibilometero 21,09 na Run for Peace cya rusange. Muri Full Marathon mu bagabo hatsinze Umunya-Kenya George Onyancha, wakoresheje amasaha abiri, iminota 17 n’amasegonda 41. Mu bagore, uwa mbere yabaye […]
Amafoto: Abana b’irerero rya PSG bageze i Kigali, batura Perezida Kagame intsinzi

Kuri uyu wa 7 Kamena 2023 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 y’amavuko barererwa mu irerero rya Paris Saint Germain (PSG) riri mu Karere ka Huye bageze i Kanombe mu masaa munani n’igice bavuye mu mu Bufaransa mu irushanwa ryahuzaga amarerero yose y’iyi kipe ku Isi rizwi nka PSG Academies World Cup […]