Rwamagana: Abayoboke ba ADEPR basabwe gushyira ku mutima kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Kuwa Kane tariki ya 29 Gicurasi 2025, ku Itorero rya ADEPR Paruwasi ya Rwikubo mu karere ka Rwamagana habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31, ku rwego rwa Paruwasi. Mbere y’icyo gikorwa, Mukagihana Alphonsine warokotse Jenoside yashyikirijwe inzu yubakiwe n’iryo torero ku bufatanye n’inzego z’ibanze. Igikorwa cyo kwibuka cyabanjirijwe […]
Iburasirazuba: Abamotari bahawe umukoro kugira ngo ikiguzi cy’ubwishingizi kigabanuke

Kuwa Gatatu tariki ya 28 Gicurasi 2025, kuri Sitade ya Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba hakomereje ubukangurambaga bwateguwe muri gahunda ya” Gerayo Amahoro” mu butumwa bwahatangiwe, abamotari basabwe kubahiriza amabwiriza no gukoresha kasite zijuje ubuziranenge. Umwe mu bamotari witwa Gad Niyomukunzi ukorera akazi ko gutwara moto mu mujyi wa Nyagatare, yasabye Inzego za Leta zateguye ubwo […]
Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwo gutangiza Umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice,mu butumwa yatangiye mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba ahatangirijwe ubukangurambaga bwo gutangiza Umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante ) yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli ndetse asaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Akarere ka Rwamagana katangirijwe ubukangurambaga bwo […]
Nyagatare: Bagaragaje ibanga bakoresha kugira ngo Umudugudu wabo ube indashyikirwa mu midugudu ntangarugero

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Gakoma ,mu kagari ka Rwisirabo Umurenge wa Karangazi ,bagaragaza ko guhanga udushya n’imiyoborere myiza byahinduye imibereho y’abawutuye binahindura uwo Mudugudu ishuri abandi baturage bigiramo impinduka ziterwa n’ubufatanye bw’abaturage n’abayobozi. Uwo Mudugudu ibikorwa abawutuye bakoze birimo kurandura burundu ibiyobyabwenge ,kurwanya amakimbirane n’ibindi bikorwa bibangamira umudendezo w’abaturage. Ubuyobozi bw’Umudugudu buvuga ko Mbere […]
Iburasirazuba: Abayobozi bahawe umukoro wo guharanira inyungu z’umuturage

Ibi babisabwe kuwa Gatanu Tariki ya 25 Mata 2025, ubwo habaga igikorwa cyo kwibuka abari abakozi bakoreraga amaperefegitura na superefegitura byahujwe akaba Intara y’Iburasirazuba no kwibuka abari abakozi bakoreraga amakomini yahujwe akaba Akarere ka Rwamagana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu kiganiro cyatanzwe na Karasira Theophile, yagarutse ku ruhare rw’abari abayobozi bayoboraga amakomini 11 […]
Rwamagana: Perezida wa IBUKA yasabye ko ibikorwa byo guhuza inzibutso byihutishwa

Ku cyumweru Tariki ya 13 Mata 2025, ubwo habaga igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , i Musha mu Karere ka Rwamagana, Perezida wa IBUKA ku rwego rw’Akarere, yasabye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, gukora ubuvugizi kugira ngo ibikorwa byo guhuza Inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Karere ka Rwamagana […]
Rwamagana: Guverineri Rubingisa yasabye ababyeyi kubwiza ukuri urubyiruko ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Mu Murenge wa Gishari, niho habereye igikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31 Ku rwego rw’Akarere ka Rwamagana,mu butumwa bwatanzwe na guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Pudence Rubingisa yasabye ababyeyi gufasha abakiri bato gusobanukirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Icyo gikorwa cyo gutangiza icyumweru […]
Muhanga: Umugeni yaburiye irengero umugabo wamushatse nyuma y’iminsi itatu abenzwe n’undi musore

Aisha Christine wo mu karere ka Kamonyi yagiye mu Murenge wa Nyamabuye,Akarere ka Muhanga gushakayo umugabo we yaburiye irengero nyuma y’iminsi ibiri bashyingiranywe. Uwo mugeni wo Murenge wa Rugobagoba n’umugabo we Kitabazonga Leonard bakunda kwita Kevin,bakoze ubukwe butunguranye kuwa Gatandatu tariki ya 29 Werurwe 2025, nyamara nyuma y’iminsi agahunga urugo ndetse atwaye imyenda y’abasore bari […]
Bugesera: Abantu 28 batawe muri yombi bazira gutera urugo rw’umuturage bashinja kuroga

Kuwa Kabiri Tariki ya 1 no kuwa Gatatu mu gitondo tariki ya 2 Mata 2025, abaturage batuye mu kagari ka Batima mu Murenge wa Rweru, mu Karere ka Bugesera, bateye urugo rwa mugenzi wabo bashaka kugirira nabi umugore we bashinja kuroga. Aba baturage, bigabye mu rugo rwe nyuma y’urupfu rwa mugenzi wabo Ishimwe Samuel ufite […]
Rwamagana: Umugore aravugwaho gutangaza ko umugabo we yapfuye ari mutaraga

Mu Kagari ka Cyanya, mu Murenge wa Kigabiro , Akarere ka Rwamagana, haravugwa amakuru y’umugabo watunguwe no kumubika bivugwa ko yapfuye kandi ari mutaraga . Amakuru Bwiza.com yahawe na bamwe mu baturage avuga ko batunguwe no kubona umugabo usanzwe akorana n’ibigo by’itumanaho ( Agent) ari mu kazi ke mu Mujyi wa Rwamagana, nyamara Ku gicamunsi […]
Rwamagana: Hafunguwe uruganda rw’inshinge zo kwa muganga rwitezweho kuba igisubizo muri Afurika

Kuwa Kabiri Tariki ya 1 Mata 2025, mu karere ka Rwamagana hafunguwe ku mugagararo uruganda rukora inshinge zikoreshwa kwa muganga. Minisitiri w’Ubuzima wari umushyitsi Mukuru muri uwo muhango yatangaje ko urwo ruganda ari igisubizo ku Banyarwanda no ku Banya Afurika bose. Urwo ruganda TKMD ,ruherereye mu Kagari ka Bushenyi, Umurenge wa Mwulire mu Cyanya cy’inganda […]
Rwamagana: Bagaragarije perezida wa Sena ibyifuzo byabo banamusaba kubakorera ubuvugizi

Nyuma y’umuganda rusange wabereye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 rwa Mwulire ,kuwa Gatandatu tariki ya 29 Werurwe 2025, abatuye mu Murenge wa Mwulire bagaragarije abagize Ishinga Amategeko, ibikorwa remezo bifuza . Uwo muganda witabiriwe na perezida wa Sena Kalinda Francois Xavier na Senateri Bibiane Gahamanyi Mbaye ndetse visi perezida w’inteko Ishinga Amategeko umutwe […]
Musanze: Bahangayikishijwe n’inzoga yitwa Akamashu n’iyiswe Muhenyina

Abatuye mu Murenge wa Gataraga mu karere ka Musanze, baravuga ko bahangayikishijwe n’inzoga y’inkorano bise akamashu, bivugwa ko ibyo ikorwamo birimo ifumbire mvaruganda, isabune n’amatafari ahiye. Abatuye mu Murenge wa Gataraga bavuga ko ariyo mbarutso y’urugomo rukorwa n’abanywa iyo nzoga bamara kuyisinda bagategera abaturage mu nzira bakabambura ibyabo. Umwe mu baturage utuye mu Kagari ka […]
Rusizi: Ushinjwa n’abarimo umwana we kwicisha amarozi abana babo yasabiye imbabazi imbere ya Padiri

Umukecuru w’imyaka 80 utuye mu Mudugudu wa Gashagwa, Akagari ka Butambamo , umurenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi, kuwa Gatandatu tariki ya 22 Werurwe nibwo yasabye imbabazi imbere ya Padiri n’abakirisitu ndetse ibyo yakoreshaga aroga biratwikwa. Aganira na Radio One dukesha iyi nkuru, uwo mukecuru yatangiye asobanura aho amarozi bamushinja yaturutse. Ati” Iyo hene najyanye […]
Rwamagana: Baratabariza umukobwa bivugwa ko yakubiswe n’umugore w’umucuruzi uvugwaho kwigamba kumugura

Abatuye mu Kagari ka Sasabirago, mu Karere ka Rwamagana, barasabira ubutabera umukobwa uvuga ko yakubiswe n’umugore w’umucuruzi akamuvuna ukuguru none akaba arembeye mu nzu. Uwo mukobwa witwa Ntakirutimana Divine ufite imyaka 22, utuye mu Mudugudu wa Birembo, Akagari ka Sasabirago, Umurenge wa Fumbwe, Akarere Rwamagana, avuga ko ku itariki ya 11 Werurwe 2025, yakubiswe n’umugore […]
Rwamagana: Bahangayikishijwe n’insoresore zibiba zikanabakubita

Abatuye mu Murenge wa Gishari bavuga ko bahangayikishijwe cyane n’ikibazo cy’umutekano muke baterwa n’urugomo rukorwa n’insoresore zabaswe n’ubusinzi ndetse n’ibiyobyabwenge. Umwe mu baturage yagize ati “ Mu Murenge wacu wa Gishari tugira umutekano muke kuko nko mu minsi mike ishize hari umusore bateze baramukubita baramukomeretsa ajyanwa mu bitaro, nkatwe ducuruza tuba tuzi neza ko amahirwe […]
Kigali: RIB yafatiye mu cyuho abakozi b’umurenge bakekwaho kwakira ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko abakozi babiri bakora mu Murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge bafashwe bakekwaho kwakira ruswa kugira ngo rwiyemezamirimo yongere guhabwa isoko mu Murenge. Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rubinyujije kuri rukuta rwa X rwagize ruti “RIB yafunze Mutware Francois ushinzwe imari n’ubutegetsi mu Murenge wa Kigali na Uwimana Jean ushinzwe […]
Muhazi United yahagaritse Mugiraneza Jean Baptiste

Ikipe ya Muhazi United F.C., ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo umutoza wayo wungirije biturutse ku majwi yumvikanye mu itangazamakuru asaba myugariro wa Musanze gufasha Kiyovu ikabona amanota mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona. Iyi kipe ibarizwa mu karere ka Rwamagana yemeje ko kubera iperereza irimo gukora kuri Mugiraneza Jean Baptiste […]
Rwamagana: Umutesi ushinjwa n’abakozi be kubacuruza mu kabari arafunzwe

Umugore witwa Umutesi Béyonce ufite akabari mu kagari ka Nkomangwa, umurenge wa Munyiginya ho mu karere ka Rwamagana akaba ashinjwa n’abari abakozi be bamukoreraga mu kabari kubacuruza ku bakiriya banywera mu kabari ke, yafashwe n’inzego z’ibanze ashyikirizwa RIB ikorera ku Murenge wa Gishari. Umutesi yatawe muri yombi mu ijoro ryo ku wa Kane Tariki ya […]
Kirere: Abahinzi baherutse gusaba Leta kubarenganura bagasubizwa ubutaka bwabo barafunzwe

Abaturage bo mu murenge wa Mushikiri w’akarere ka Kirehe baherukaga gusaba Leta kubarenganura bagasubizwa ubutaka bwabo bavuga ko bwatwawe n’aborozi, batawe muri yombi. Amakuru BWIZA yamenye ni uko aba baturage uko ari batatu batawe muri yombi ku wa Kane tariki ya 23 Mutarama, kuri ubu bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyarubuye. Uwahaye amakuru […]
Ibibazo by’amikoro muri Muhazi United FC byabaye agatereranzamba

Abanyamuryango n’abakunzi ba Muhazi United FC iterwa inkunga n’uturere twa Rwamagana na Kayonza, barasabira iyi kipe gutabarwa kugira ngo izatangirane ingamba imikino yo kwishyura ya shampiyona y’icyiciro cya mbere, dore ko bamwe muri bo bavuga ko hatagize igikorwa yamanuka mu cyiciro cya kabiri kubera uburangare bw’abayobozi. Ubusanzwe iyi kipe ihabwa Frw miliyoni 400 isaranganya na […]
Umusifuzi wibasiye Liverpool n’uwahoze ari umutoza wayo yirukanwe burundu mu mwuga wo gusifura
Umwongereza witwa David Coote ufite imyaka 47 ,wari umusifuzi mu Gihugu cy’u Bwongereza,kuwa Mbere tariki ya 9 Ukuboza 2024 , yahagaritswe burundu mu mwuga wo gusifura amarushanwa y’umupira w’amaguru nyuma y’amashusho yagaragaye ku mbuga nkorambaga, avuga amagambo arimo kwibasira gusenya no kwibasira ikipe ya Liverpool n’uwahoze ari umutoza wayo . Uyu musifuzi wasifuraga shampiyona iri […]
Rwamagana: Umuturage ushinja abanyerondo kumuvuna igufwa arasaba kurenganurwa
Umugabo witwa Iriboneye Didas ufite imyaka 47 utuye mu Mudugudu wa Kabindi, Akagari ka Rweri , Umurenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana, arasaba ubutabera avuga ko muri Nzeri yakubiswe n’abanyerondo bakamuvuna igufwa ariko bakaba bidegembya . Iriboneye avuga ko abanyerondo bagiye iwe mu ijoro baramubyutsa bashaka kumujyana ku Murenge wa Gahengeri, ariko yanze kujyanwa […]
Muhanga: Umwarimu uvugwaho gushinja umunyeshuri w’imyaka 9 kumuroga arasabirwa kwimurwa aho yigisha
Umubyeyi w’umwana w’imyaka 9 wiga mu mwaka wa Kabiri mu Ishuri Ribanza rya Gatenge mu Murenge wa Cyeza Akarere ka Muhanga aravuga ko gushinjwa uburozi na mwarimu we byagize ingaruka Kuri uwo mwana , kuburyo abandi bana bamwitira umwana umurozi. Nyina w’umwana, usaba ko umwarimu wavuze ko umwana we yamuroze yimurwa ku kigo yigishaho, anagaragaza […]
Ngororero: Umuyobozi arashinjwa gukubita umuturage urembeye mu bitaro
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rwamiko , Akagari ka Rwimiko mu Murenge wa Matyazo, mu Karere ka Ngororero barashinja umuyobozi ushinzwe umutekano mu mudugudu wabo gukubita umuturage akamugira intere azira kwiba telefoni . Abaturage barimo abo mu muryango wa Ngendahimana Jean Damascene, bavuga ko uwo mugabo arembeye mu bitaro bya Kabaya amaze iminsi igera ku […]
Burundi : Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri wari woherejwe mu butumwa yasabye ubuhungiro mu Buburigi

Umuyobozi muri Minisiteri y’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi witwa Germain ,Ndayishimiye ,wari wagiye mu butumwa bw’akazi yafashe icyemezo cyo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’u Bubiligi aho gusubira mu gihugu cye . Leta y’u Burundi ibinyujije kuri Havyarimana Francois Minisitiri w’Uburezi muri icyo gihugu yemeje ko uwari umuyobozi mukuru muri iyo Minisiteri ushinzwe amasomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro […]
Nyanza : Umugabo wicishije icupa mugenzi we amuziza kumunywera inzoga yatawe muri yombi
Mu kagari ka Shyira , Umurenge wa Busoro mu karere ka Nyanza , haravugwa amakuru avuga ko umugabo yishe mugenzi we amuziza kumunywera inzoga . Ibi byabaye mu masaha ya saa yine mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo umugabo witwa Rukundo yishe mugenzi we bakunda kwita Rubyogo. Abatuye muri ako […]
Umugabo yafatiwe mu Misa afite icyuma mu mufuka nyuma y’ibyumweru bitatu umupadiri atewe icyuma
Polisi yo mu mujyi wa Bukit Timah ,yatangiye iperereza ku mugabo watahuwe mu Kiliziya afite icyuma mu mufuka w’umwenda yari yambaye . Iperereza ry’ibanze rivuga ko uwo mugabo w’imyaka 49 yafatiwe mu Misa yo ku Cyumweru Tariki ya 1 Ukuboza 2024 ,mu masaha ya Saa tanu za mu gitondo afashwe n’abakorerabushake bashinzwe umutekano muri Kiliziya […]
Australia: Umugore wari utwaye imodoka yahungabanyijwe n’inzoka ifite ubumara yamwizingiyeho
Polisi yo mujyi wa Melbourne mu Gihugu cya Australia yatangaje ko yatabajwe nyuma y’uko umugore wari utwaye imodoka inzoka imwinjiranye mu modoka yaratwaye yizingazingira ku kaguru. Uwo mugore yabwiye abapolisi ko yari atwaye imodoka ku muvuduko wa kilometero 80 ku isaha mu muhanda munini wa Monash, yumva ikintu ku kirenge cye arebye asanga n’inzoka yo […]
Ruhango: Abantu bane batawe muri yombi bakekwaho gusenya imva no kugura ibyuma byari bizubakishije
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Ruhango ,zataye muri yombi abantu bakekwaho gusenya imva mu irimbi no kugura ibyuma byari byubakishije izo mva zashyinguwemo riherereye mu Murenge wa Ruhango . Abantu bane bari hagati y’imyaka 18 na 44, nibo bafashwe na Polisi y’u Rwanda ibashyikiriza Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha mu Murenge wa Ruhango . Abatuye ahari […]
Bugesera FC yatsinze Muhazi United FC Haringingo akeza rutahizamu watanze ibitego bibiri
Umukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wahuzaga ikipe ya Muhazi United yatsindiwe kuri stade ya Ngoma na Bugesera FC ibitego 2 kubusa . Muri uwo mukino wakurikiwe n’abafana bake ,ikipe ya Muhazi United yarushije iya Bugesera FC Igice cya Mbere cyarangiye ikipe ya Bugesera FC itsinze abaturanyi babo bo mu karere […]
Nyagatare: Amazi y’ibirohwa bavoma abatera indwara ziterwa n’umwanda
Abatuye mu mirenge ya Rukomo na Gatunda mu karere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe no gukoresha amazi mabi abatera indwara ,bagasaba ubuyobozi gukemura ikibazo cy’amazi muri iyo mirenge . Bamwe mu baturage bavuga ko nubwo hari hashyizwe amavomo ariko yangiritse kuburyo babura aho bavoma amazi meza bakavoma amazi yo mu gishanga nayo arimo isayo . […]
Burundi:65% by’imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Ndayishimiye ziracyari mu buroko mu buryo budasobanutse
Umuyobozi w’Ishyirahamwe Aluchoto Burundi mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru yatangaje ko mu mfungwa zahawe imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye abagera kuri 35 % nibo bonyine bamaze kurekurwa mu gihe 65% bakiri mu buroko . Muri icyo kiganiro cyabaye ku wa Gatatu, tariki 27 Gashyantare 2024, Ndayisaba Vienney uyobora Ishyirahamwe rirwanya ibikorwa by’iyicarurubozo Aluchoto Burundi,yagaragagaje ko abagororwa […]
Papa Francis yemeje ko uwari umuyobozi wa Gasutamo ya Goma agirwa Umuhire
Nkuko byatangajwe na Vatican news,Papa Francis yatanze uruhushya rwo gushyirwa mu rwego rw’Abahire Floribert Bwana Chui ,umusore wishwe akire muto ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.Uwo Murayiki azaba abaye Umunyekongo wa Kane ubaye Umuhire . Floribert Bwana Chui, wari komiseri mukuru kuri gasutamo ku mupaka wa Goma, yishwe ku itariki ya 8 Kamena mu […]
UN yasabye abatuye Isi guhangayikishwa n’Impfu z’abagore zifitanye isano n’amakimbirane yo mu miryango
Mu gihe uyu munsi Ku wa Mbere tariki ya 25 Ugushyingo 2024, hatangiye iminsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ,Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryatangaje ko mu mwaka ushize abagore barenga 50.000 bishwe n’abo bakundanaga cyangwa abo mu miryango yabo,ibihugu binasabwa guhangana n’ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa . Mu gihe ku isi hose hishwe abantu 51.000 […]
Uruguay: Uwahoze ari Umwalimu utavugaga rumwe n’Ubutegetsi yatsinze amatora

Ku cyumweru Tariki ya 24 Ugushyingo 2024 , uwahoze ari umwalimu wigishaga amateka utavugaga rumwe n’Ubutegetsi niwe wabaye Perezida wa Repubulika ya Uruguay nyuma yo gutsinda ibyiciro cy’amatora yabaye muri icyo Gihugu . Yamandu Orsi w’imyaka 57 , usanzwe ari Inkoramutima ya Jos? Mujica, wabaye Perezida wa Uruguay kuva 2015 kugeza 2020 . Orsi wari […]
Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n’umugore we guta urugo yatawe muri yombi
Rev. Past. Nkundabandi Jean Damasc?ne, afungiwe kuri Sitasiyo y’Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma yo gufatirwa iwe bikavugwa ko yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we. Umuryango w’uwari umushumba w’Itorero Ebenezer ,riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y’Ubugenzacyaha i Bumbogo mu karere ka Gasabo, […]
SIMBA SPORTS CLUB yatandukanye na Uwayezu
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024 ,Ikipe ya Simba sports Club yo mu Gihugu cya Tanzania,yamenyesheje abakunzi bayo ko yatandukanye n’Umunyarwanda wari umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’iyo kipe . Iyi kipe ikunzwe muri Tanzania,ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo , iyi kipe ibarizwa ahitwa Kariokoo mu mujyi wa Dar- es- salaam,yatangaje ko ,Uwayezu […]
Garrett wize amashuri abanza yonyine hashize imyaka 101 avumbuye Feu Rouge
Mu 1922, Garrett Morgan, ari kumwe na murumuna we John Morgan mu modoka, babonye impanuka ikomeye ihuriro ry’imihanda. Babonye imodoka igonga akamadoka kakururwaga n’amafarasi,abantu bari bakarimo baranapfa . Garrett Morgan amaze gutaha byamuteye gutekereza ukuntu imodoka zajya zihana umwanya aho imihanda ihurira. Ni bwo ahimbye icyapa cyahinduye burundu iby’umutekano mu muhanda . Kiriho ubwoko butatu […]
Nyamasheke: Abatekera abanyeshuri bambuwe amezi 8 bararira ayo kwarika
Abakora akazi ko gutekera abanyeshuri mu Ishuri Ribanza rya Saint Ubald Ruhengeri mu Murenge wa Cyato barataka gukora badahembwa umushahara wabo mu gihe mugenzi wabo watekeraga abanyeshuri bo ku ishuri Ribanza rya Rwaramba nawe avuga ko ryamwambuye umushahara w’amezi ane. Abo bakozi bakora akazi ko gutekera abanyeshuri bavuga ko ikigo cy’ishuri Ribanza rya Saint Ubald […]
Rwamagana: Ikamyo yagonze moto yari itwawe n’Umupolisi DASSO yari ahetse ahita apfa
Mu masaha ya Saa munani kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Ugushyingo 2024,mu murenge wa Muhazi , akagari ka Ntsinda ,ikamyo yo mu bwoko bwa Sikaniya ( Scania ) yagonze moto yari itwawe n’umupolisi witwa Munyaneza Silas arakomereka, umuhuzabikorwa wa DASSO mu murenge wa Gishari barikumwe yahise apfa . Iyo modoka yari itwawe na […]
FA yahanishije Bentancur Rodrigo kudakina imikino 7 no gutanga arenga 150.000.000
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Gihugu cy’u Bwongereza, ryahanishije umukinnyi wa Tottenham , Bentancur Rodrigo, kumara imikino 7 adakina nyuma yo kwibasira mugenzi we bakinana mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo mu gihugu akomokamo. Uyu mukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Tottenham Hotspur witwa Bentancur ,Rodrigo ,yazize amagambo y’ivangura ruhu yavugiye mu kiganiro yibasiyemo umukinnyi mugenzi […]
Rwamagana: Urubyiruko rwahuguwe mu bwubatsi rurasaba leta gufashwa kubona ibikoresho
Abasore n’inkumi bo mu karere ka Rwamagana,basoje amahugurwa ajyanye n’umwuga w’Ubwubatsi ,barasaba Leta kubafasha kubona ibikoresho bazifashisha mu gukora kinyamwuga ibyo bize . Aya mahugurwa ajyanye n’umwuga w’Ubwubatsi bahawe ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amashuri ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro RTB, yasojwe ku wa Gatanu Tariki ya 15 Ugushyingo 2024 . Urubyiruko rwahuguwe rwatangaje […]
Tanzania: Isoko ryagwiriye abari baririmo
Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo mu gihugu cya Tanzania avuga ko isoko rusange rya Kariakoo riherereye mu mujyi wa Dar- es- Salaam mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tarariki ya 16 Ugushyingo 2024,ryagwiriye abariremye ndetse n’abaricururizamo. Iri risoko ry’amagorofa ane ,bimwe mu bice byaryo byaguye bikomeretsa abantu 28 undi umwe ahita ahasiga ubuzima nkuko Ibinyamakuru […]
Ngoma :Uwarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yishwe n’abataramenyekana banatwara umutwe
Amakuru dukesha bamwe mu babyeyi bakoranye na Nyakwigendera Nduwamungu Pauline wari ufite imyaka 65,avuga ko urupfu rwe rwamenyekanye ku wa Gatanu tariki ya 15 Ugushyingo 2024, hagati ya Saa tatu na saa tanu za mu gitondo. Umwe mubaniriye na BWIZA yavuze ko Nduwamungu Pauline,umubiri we wabonetse mu kimoteri bari bamushyizemo bashyiraho itaka . Abaturage batuye […]
Rwamagana: Indwara y’amayobera yagaragaye ku banyeshuri
Mu Rwunge rw’Amashuri rwa Nawe rwitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa 2 , mu Murenge wa Rubona mu Karere ka Rwamagana , haravugwa indwara imaze gufata abana b’abakobwa ituma batitira igice cy’umubiri cyo hasi, ntibabashe kugenda no guhagarara. Uburyo ubwo burwayi bufata byatumye bamwe mu baturage bavuga ko buterwa n’amadayimoni . Iyi ndwara bahimbye” Tetema” abakobwa […]
Burundi: Umugore bivugwa ko amaze imyaka 30 apfuye yabonetse mu buryo bw’amayobera arafungwa
Mu gicuku cyo mu ijoro ryo ku cyumweru Tariki ya 3 rishyira kuwa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024 , abaturage bari barinze intoryi zo mu mirima yabo kugira ngo zitibwa, batabaje inzego z’ibanze muri Komini ya Mutambu mu Ntara ya Bujumbura, bavuga ko hari umugore babonye wageze aho bari bari aje mu murabyo. Ibi […]
USA: Umuririmbyi w’icyamamare mu njyana ya Jazz wanakoranye na Michael Jackson yapfuye
Umunyamerika waririmbaga injyana ya Jazz akaba n’umuhanga mu bijyanye no gutungana indirimbo, yapfuye afite imyaka 91 . Amakuru avuga Quincy Jones wagize uruhare mu ndirimbo nyinshi akanatwara ibihembo 28 muri Grammy awards yapfiriye iwe , muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri Leta ya Los Angeles. Ushinzwe itumanaho mu bikorwa bya Quincy Jones witwa Arnold Robinson, […]
Uganda : Abantu 14 bari mu masengesho bapfuye bakubiswe n’inkuba
Polisi yo mu Gihugu cya Uganda yatangaje ko abantu 14 bari mu masengesho bakubishwe n’inkuba barapfa mu gihe abandi 34 barikumwe nabo bakomeretse . Abana 13 n’umugabo w’imyaka 21 nibo bapfuye nyuma yo gukubitwa n’inkuba . Abapfuye ndetse n’abakomeretse 34, bose baba mu nkambi y’impunzi ya Palabek mu karere ka Lamwo , inkuba yabakubise urusengero […]
Gakenke : Babiri bafatanywe amabalo 40 ya caguwa bari bapakiye mu mashu
Abagabo babiri b’imyaka 30 na 31 y’amavuko bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Daihatsu, amabalo 40 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu, bafatiwe mu Karere ka Gakenke bayapakiye hagati y’amashu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Superintendent of Police (SP) Jean Bosco Mwiseneza yemeje amakuru y’ifatwa ryabo, avuga ko […]
Rwamagana: Baratabariza umwana w’imyaka 15 wahungabanyijwe n’uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rutonde,Akagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro , barasabira ubufasha umwana w’imyaka 15 nyuma y’uko umuvandimwe yishwe ,mu gihe hari hashize imyaka 10 ababyeyi be bombi bishwe n’umuhungu ise yabyariye mu Gihugu cya Uganda yari yarahungiyemo akiri muto . Amakuru dukesha abatuye mu Mudugudu wa Rutonde, avuga ko ise na nyina b’uwo mwana wiga mu mwaka […]
Gasabo: Umwana w’umunyeshuri yishwe na mugenzi we amukubise ingumi
Amakuru yatanzwe n’abatuye ahitwa mu Birembo bya Bumbogo mu gace bakunda kwita ku Byapa mu karere ka Gasabo, avuga ko mu masaha ya saa yine kuri uyu wa Mbere, tariki ya 28 Ukwakira 2024, umwana w’umunyeshuri yishe mugenzi amukubise ingumi nyuma yo kurwana nawe bapfuye umwembe yari yakuye mu gikapu cy’uwo munyeshuri wapfuye. Umwana wakubise mugenzi we […]
Rwamagana: Minisitiri w’Ibidukikije yakebuye abigabiza amashyamba ya Leta n’abasarura ateze
Ubwo hatangizwaga igihembwe cyo gutera ibiti ,mu karere ka Rwamagana, Minisitiri w’Ibidukikije wari umushyitsi mukuru muri icyo gikorwa yabwiye abaturage bo mu mirenge ya Munyaga na Kigabiro ko kubungabunga amashyamba bireba buri wese ndetse anababwira ko abasarura amashyamba ateze ko hari amategeko abahana, abasaba kwirinda icyatuma bahanwa ahubwo bagakangurira abandi kuyabungabunga . Gutangiza igihembwe cyo […]
Kirehe: Imvura ivanze n’umuyaga yasenyeye abaturage inangiza inyubako mu bigo by’amashuri
Mu karere ka Kirehe,imvura ivanze n’umuyaga yaguye mu Murenge wa Mpanga,ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 26 Ukwakira 2024, yangije ibikorwa remezo birimo ibyumba by’amashuri inasenyera abaturage ndetse bamwe muribo bakaba badafite aho bakinga umusaya. Amakuru BWIZA ikesha abaturage batuye mu Murenge wa Mpanga avuga ko imvura nke yari ivanze n’ umuyaga mwinshi […]
Kirehe: Inkuba yishe umuturage n’amatungo yari mu rwuri
Mu masaha ya Saa Saba n’igice kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira 2024,mu mudugudu wa Remera Akagari ka Nyarutunga , Umurenge wa Nyurubuye,inkuba yishe umuturage wari mu rugo ndetse yica n’inka 8 n’intama 15 zari mu rwuri. Amakuru BWIZA yahawe n’abaturage batuye mu Murenge wa Nyurubuye avuga ko umugore witwa Murekatete Solange ufite imyaka […]
Gakenke : Batatu bakoraga mu kirombe bagwiriwe n’igiti umwe arapfa
Ku gicamunsi cyo kuwa Gatandatu tariki ya 19 Ukwakira 2024, mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cya kompanyi yitwa Cyabingo Mining, giherereye mu Kagari ka Rukore, mu Murenge wa Cyabingo, Akarere ka Gakenke, igiti cyagwiriye abantu batatu umwe ahitanwa nacyo . Amakuru avuga ko ubwo abasore batatu bubakaga kuri icyo kirombe cy’amabuye y’agaciro, baje kugwirwa n’igiti bari […]
CHAN 2025 :Hamenyekanye abakinnyi b’Amavubi bazakina na Djibouti

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru Tariki ya 20 Ukwakira 2024, Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryashyize ahagarara abakinnyi 26 bazakina imikino y’ijonjora rya mbere ry’amarushanwa Nyafurika y’abakina imbere mu bihugu byabo CHAN . Ni urutonde rw’abakinnyi bahamagawe Kugira ngo baangire umwiherero barimo abanyezamu 4 ;Adolphe Hakizimana,Gad Muhawenaho,Patience Niyongira na Fils Habineza.Ba myugariro ni;Fitina […]
Rwamagana: Basabye ko urubyiruko rwitabwaho mu kwimakaza Ubumwe n’Ubudaheranwa
Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje abagize ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa, mu karere ka Rwamagana, yabaye kuwa Kane tariki ya 17 Ukwakira 2024, mu bitekerezo batanze birimo gusaba ko urubyiruko rwakitabwaho muri gahunda yo kwimakaza Ubumwe n’Ubudaheranwa. Nyuma y’ibiganiro byari biyobowe n’umunyamakuru Titien Mbangukira nawe uvuka mu karere ka Rwamagana, ababyibitabiriye bagarutse ku ruhare rwa buri wese mu […]
Fatakumavuta umaze igihe yibasira Meddy na The Ben arafunzwe
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Sengabo Jean Bosco uzwi mu myidagaduro nka Fatakumavuta rukurikiranyeho ibyaha birimo gukoresha imvugo zishyamiranya abantu mu myidagaduro, gutukana ndetse no kubuza amahwemo abandi hifashishijwe imbuga nkoranyambaga. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu mugabo yemejwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry wavuze ko Fatakumavuta yafashwe ku wa Gatanu Tariki 18 […]
Perezida wa Mali yahawe ipeti riruta ayandi anazamura abo bafatanyije guhirika ubutegetsi
Inama y’abaminisitiri mu gihugu cya mali yateranye kuwa Gatatu tariki ya 17 Ukwakira 2024, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bagize uruhare mu guhirika ubutegetsi barimo Perezida Col. Assimi Goita wagizwe G?n?ral. Inama y’abaminisitiri yo muri Mali kandi yazamuye mu ntera abandi basirikare bagize uruhare mu guhirika ubutegetetsi ndetse bahawe imyanya muri guverinoma y’inzibacyuho bamwe; abandi […]