Myugariro wa Crystal Palace wanditse “Nkunda Yesu” ku mabara y’abatinganyi ashobora guhanwa

gd3cizdwaaafh73.jpg

Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, ashobora gukurikiranwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (Football Association) nyuma yo kwambara igitambaro cy’abakapiteni gifite amabara y’umukororombya maze akandikaho amagambo agira ati: “Nkunda Yesu” mu mukino wa Premier League wahuje ikipe ye na Newcastle United, warangiye amakipe yombi anganya 1-1. Abayobozi b’amakipe yo mu Bwongereza bari basabwe kwambara amabara […]

Musenyeri yasabye Leta na Kiliziya gukurikirana abatera urwenya bigize abapadiri

musenyeri_mbonyintege_yamaganye_abatera_urwenya_bigize_abapadiri_n_abasenyeri-42fb9.jpg

Kiliziya Gatolika yamaganye ibikorwa byo gusebya imyemerere yayo, bikorwa n’abantu bakina urwenya bigize abapadiri n’abasenyeri, nk’uko Musenyeri Smaragde Mbonyintege wahoze ari Umwepisikopi wa Diyosezi Gatolika ya Kabgayi yabigarutseho. Yavuze ko ibi bikorwa bikwiye gukurikiranwa vuba na Leta, kugira ngo hatabaho gukomeza gutesha agaciro imyemerere y’Abakirisitu. Musenyeri Mbonyintege yabajijwe na Igihe uko Kiliziya Gatolika yakira ibikorwa […]

Marina yavuze ku byo kwitereshaho amabuno muri Nigeria

mrin-3279e.jpg

Marina yanyomoje amakuru yari amaze iminsi avugwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yibagishije kugira ngo yongere ikibuno, avuga ko ibyo byavuzwe bitari ukuri kandi ko byamubabaje cyane. Yavuze ko abantu babihimbye, ashimangira ko ibyo bamuvuzeho byari ibinyoma. Ibi Marina yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma yo gutaramira abakunzi be mu Karere ka Rubavu, ku wa […]

Umutoza w’ikipe y’igihugu wumgirije yagizwe umwere

Sempoma Félix, Umutoza Wungirije w’Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo gutwara amagare, na Munyankindi Benoit, ntibahamijwe ibyaha bari bakurikiranyweho mu n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Nyamara, urukiko rwahamije Nyirarukundo Claudette na Murenzi Emmanuel icyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano, rubahanisha gutanga ihazabu ya miliyoni 1 FRW kuri buri umwe. Byongeye, urukiko rwemeje ko Nyirarukundo Claudette na Murenzi […]

Dore ibisobanuro by’ibimenyetso bikoreshwa mu rukundo

Wigeze kohereza agashusho ku mutima utekereza uti: “Ni byo? Ni cyo kirebana n’ubusobanuro bw’amarangamutima yanjye?” Ibimenyetso by’urukundo ni nk’ubusobanuro bw’amarangamutima, byerekana ibyiyumvo byihariye mu buryo bworoshye bwo kohereza no kwakira. Guhera ku bishushanyo by’imitima byanditse mu bitabo by’abanyeshuri kugeza ku masaro y’urukundo yo mu muco w’Abaselti, ibi bimenyetso by’urukundo bisumba igihe, umuco, ndetse, niba tuvuga, […]

Netanyahu yakozweho filime ari mu gihome azira ruswa

1200.jpg

Filime nshya mabarankuru yitwa The Bibi Files yinjira mu buzima bwa politiki bwa Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, ahanini izirikana ibirego bya ruswa no gukoresha nabi ububasha mu gihe bimukomereye. Yakozwe n’umunyamakuru Raviv Drucker, umenyerewe mu gukora inkuru zicukumbuye ku bayobozi b’ibihugu. Filime igaruka ku bibazo Netanyahu yagize mu nzego z’ubutabera, n’ingaruka z’ibyo byemezo […]

Umuherwe wanyereje arenga tiriyoni 30 Frw yahawe igihano cy’urupfu

Urukiko rwo muri Vietnam rwemeje igihano cy’urupfu kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Ukuboza 2024, ku munyemari Truong My Lan mu rubanza rw’ubuhemu rwari rukomeye aho yashinjwaga kwiba miliyari nyinshi z’amadolari. Gusa urukiko rwavuze ko ubuzima bwe bushobora gukira aramutse yishyuye abahombejwe ¾ by’umutungo yanyereje. Truong My Lan, w’imyaka 68, w’umushoramari mu bikorwa by’ubutaka, […]

Kapiteni wa Ipswich Town yanze kwambara ibyamamaza ubutinganyi

Kapiteni wa Ipswich Town, Sam Morsy, ntabwo yambaye igitambaro cy’abakapiteni gifite amabara y’umukororombya agamije gushyigikira abatinganyi ku mukino wo ku wa Gatandatu batsinzwemo na Nottingham Forest muri Premier League kubera “imyemerere ye y’idini”, nk’uko ikipe ye yabitangaje. Amakipe yo muri Premier League ari gushyigikira gahunda ya Stonewall yitwa Rainbow Laces igamije guteza imbere kwinjiza abantu […]

Kayumba Darina yambitswe Fiançailles

dar12-2556301733129128.jpg

Kayumba Darina, wabaye igisonga cya kabiri cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2022, yagaragaje ko ari mu rukundo rukomeye n’umuraperi Kimzer, aho yambitswe impeta y’urukundo. Ibi byatangajwe nyuma y’amaso y’abakunzi be yerekanye amafoto agaragaza iyi mpeta, akomeza kwishimira intambwe bateye mu rukundo rwabo. Kuva mu byumweru bitatu bishize, Darina yashyize hanze amafoto agaragaza impeta y’urukundo, atangiza […]

Dore ibintu 5 benshi bavuga ko bazi ariko batazi

Hari ibintu byinshi abantu benshi bavuga ko bazi, ariko bitewe n’imyumvire cyangwa ibihuha byagiye byambuka, hari igihe biba ari ibinyoma. Ibi ni ibintu bituma twibaza niba ibyo twumva buri gihe ari ukuri. Muri iyi nkuru, turareba ibintu bitanu abantu bavuga ko bazi, ariko nyuma yo gusuzuma ubushakashatsi bwakozwe, twasanze bitari ukuri. Dore bimwe mu bintu […]

IMPURUZA: Ubutinganyi buri kwangiza urukundo rw’umwimerere

Ubutinganyi, cyangwa se imibanire hagati y’abantu b’igitsina kimwe mu rwego rw’urukundo cyangwa ibyifuzo by’ibitsina, ni kimwe mu bintu bimaze guhindura uburyo isi ibona urukundo n’imibanire. Mu gihe hari abakoresha uburenganzira bwabo bwo guhitamo kubana n’uwo bashaka, abahanga mu mibanire n’indangagaciro nyinshi zishingiye ku mico kavukire bemeza ko guteza imbere ubutinganyi bigira ingaruka mbi ku mibanire […]

Ese amaraso ya Yesu ni yo yonyine yeza ibyaha?

Ku musaraba wa Golgota, Yesu Kristu yamenye amaraso ye ku bw’ibyaha by’abantu bose. Ariko ni iki amaraso ya Yesu asobanura mu bugingo bw’umuntu? Abakristo ku isi yose bahuriza ku kuba aya maraso ari yo yonyine atanga agakiza gahoraho kandi agakuraho ibyaha. Amateka ya gikirisitu yerekana ko amaraso ya Yesu afite umwihariko udasanzwe. Ni igitambo cyatanzwe […]

Sheilah Gashumba arashinjwa gucuruza abakobwa mu birori bye

gdp4pnfxaaajzif.jpg

Sheilah Gashumba, icyamamare mu itangazamakuru, ari mu makimbirane akomeye nyuma y’uko ashinjwe ibikorwa bifitanye isano no gucuruza abakobwa mu birori bye. Ibi birego byaje nyuma y’uko ashyize ubutumwa kuri Snapchat yamamaza ibirori bye byihariye mu kabari, ibintu byateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga. Mu butumwa bwe, Sheilah yatangaje ko abakiriya batanga amafaranga menshi bazahabwa ibyo […]

Abafana benshi bapfiriye mu mukino wo gushyigikira kandidatire ya Perezida Mamady Doumbouya

Umubyigano wabereye mu mukino w’umupira w’amaguru muri Guinea wahitanye ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abafana bagerageza gusohoka muri sitade yuzuye abantu. Mu itangazo yasohoye, Minisitiri w’Intebe Bah Oury yagize ati: “Guverinoma ibabajwe cyane n’ibibazo byabaye muri uyu mukino wahuje amakipe Labé na Nzérékoré muri […]

Perezida Kagame yitabiriye isiganwa rya Formula 1

Ku cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, Perezida Paul Kagame, ari kumwe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bitabiriye isiganwa rya Formula 1 Qatar Airways Grand Prix ryabereye i Doha muri Qatar. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abantu benshi bafite izina rikomeye ku rwego mpuzamahanga, kikaba ari kimwe mu byari bitegerejwe cyane […]

Rayon Sports U17 yatewe mpaga

Ikipe y’abatarengeje imyaka 17 ya Rayon Sports yahuye n’undi mwuka mubi muri shampiyona y’ingimbi nyuma yo gutererwa mpaga y’ibitego 3-0 ku mukino wagombaga kuyihuza na Mukura Victory Sports kuri uyu wa Gatandatu. Impamvu yo kubura ku kibuga ntiratangazwa neza, ariko bivugwa ko byatewe n’ibibazo byo gutegura nabi. Uyu mukino wari uteganyijwe kubera ku kibuga cy’i […]

Sauti Sol yageze mu Rwanda ituzuye

Sauti Sol yageze i Kigali ku wa 30 Ugushyingo 2024 mu rugendo rwo gushimira abafana no gusezera ku buhamya bw’imyaka 17 bamaze bahesha ibyishimo abakunzi b’umuziki. Abagize iri tsinda bageze ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali ahagana saa sita z’amanywa, aho bafite igitaramo kuru uyu munsi. Uyu munsi witezweho udushya, aho Sauti Sol iraririmba ifatanyije […]

Gushaka abagore benshi ku mukirisitu ni icyaha?

Bibiliya, nk’igitabo cy’umurongo ngenderwaho ku myitwarire y’abakirisitu, igaragaza ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho kuva kera. Mu Itangiriro 2:24, haranditse ngo: “Ni cyo gituma umugabo azasiga se na nyina, akomatana n’umugore we, bombi bakaba umubiri umwe.” Uyu murongo werekana ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho. Gusa, hari abagabo benshi bo muri […]

Real Madrid yitabaje Zidane ngo afashe Mbappe kugaruka mu bihe byiza

Ikipe ya Real Madrid iri mu bibazo kubera imikinire idashimishije ya Kylian Mbappe mu mwaka w’imikino wa 2024/2025. Mbappe amaze gutsinda ibitego bibiri gusa kuva muri Nzeri, kandi aherutse guhusha penaliti y’ingenzi mu mukino wa Champions League batsinzwe na Liverpool ibitego 2-0 i Anfield. Uyu mukinnyi w’imyaka 24, witezweho byinshi kubera ubuhanga bwe, yakomeje kugorwa […]

Gatsibo: Umusore yibye inyama y’umukiriya iramuniga arapfa

Mu mudugudu wa Cyintunga mu murenge wa Murambi ho mu karere ka Gatsibo humvikanye inkuru y’inshamugongo aho umusore witwa Nyamuberwa Gervais uri mu kigero cy’imyaka 28-30 yacunze nyiri Resitora yiba inyama ku isahane arayimira iramuniga birangira apfuye. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Kane w’iki cyumweru aho uyu musore yagiye muri Resitora y’umugabo witwa […]

Ndanenga ubuyobozi, abazungu bagihari byari byiza – Areruya Joseph

Areruya Joseph, wahoze ari umukinnyi ukomeye mu mukino w’amagare, yanenze ubuyobozi bufite mu nshingano igare nyuma yo yashimiwe ku mateka yanditse muri Tour du Rwanda, cyane ko aherutse gusezera mu gukina. Ku wa Gatanu, tariki ya 29 Ugushyingo 2024, nibwo hatangajwe amakipe 16 azitabira Tour du Rwanda 2025, inzira zizanyuramo n’abafatanyabikorwa b’iri rushanwa rizaba kuva […]

Umuherwe watumiye The Ben i Burundi n’umunyamakuru wa Black Fm baburiwe irengero

gdj3b_7xyaa2ymm.jpg

Biravugwa ko Umurundi Nishishikare Jean De Dieu uzwi nka Mr the Light mu myidagaduro yo mu Rwanda no mu Burundi yaba yaraburiwe irengero nyuma yo gutangaza umushinga wo kujyana abakobwa bagera ku ijana mu gihugu cy’Uburusiya gukora akazi ko koza amasahani. Nishishikare Jean De Dieu si mushya mu matwi y’abanyarwanda, kuko yamenyekanye ku muyoboro wa […]

Dore uko imikino y’Umunsi wa 11 wa Shampiyona y’u Rwanda ipanze

Umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda mu mupira w’amaguru (Rwanda Premier League) wageze, aho amakipe akomeye arimo Police FC, Rayon Sports, APR FC, na AS Kigali, aramanuka mu kibuga. Police FC na Amagaju FC zatangiye umunsi wa 11 zesurana uuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Ugushyingo 2024, Police FC. Rayon Sports na Vision […]

Umugande ahanganiye igihembo cya FIFA n’abarimo Garnacho wa Man U

img-20241128-wa0024.jpg

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Uganda, Uganda Cranes, ndetse na Kitara FC, Denis Omedi, ari guhatanira igihembo cya FIFA Puskás Award cya 2024, nyum y’igitego yatsinze muri mu mikino ya FUFA Super 8 ahanganye na KCCA FC cyatoranyijwe nka kimwe mu bitego byiza bizahatana muri 2024. Ku itariki 26 Kanama 2023, Omedi yatsinze igitego kidasanzwe mu […]

Umuramyi Sinach yajyanwe mu nkiko ashinjwa kwiba

Ikirego nomero FHC / L / CS / 402/2024 cyagejejwe mu Rukiko rwa Leta i Lagos, cyiregwamo Osinachi Kalu Okoro Egbu, uzwi nka Sinach, umwe mu bahanzi b’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, aho yarezwe na Michael Oluwole, umuhanzi akaba n’utunganya imiziki (Producer) umushinja kumwiba indirimbo “Way Maker”, yakunzwe ku rwego mpuzamahanga. Oluwole, […]

Yasambanyije abana 70 anabafata amashusho y’urukozasoni

Ashley Paul Griffith, wahoze ari umukozi wo kwita ku bana mu gihugu cya Ositaraliya, yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo kwemera ibyaha byo gufata ku ngufu no guhohotera abana bagera kuri 70 bari hagati y’imyaka 1 na 7. Byatangajwe ko ibi byaha byakorewe mu bigo byita ku bana muri leta ya Queensland no mu mahanga, harimo […]

Filime 9 zagufasha ku ngingo yo gutera akabariro

Mu gihe benshi batekereza ko filime zigamije gutanga ibyishimo no gususurutsa gusa, izindi zikoreshwa mu gusobanura insanganyamatsiko zikomeye no kwigisha. By’umwihariko, filime zivuga ku mibanire n’imyitwarire y’imibonano mpuzabitsina zifasha cyane ababa bashaka kumenya no kwakira neza uwo bari we. Dore filime zatoranyijwe zivuga ku nsanganyamatsiko y’imibanire y’abantu mu buryo bwimbitse, zishobora gutuma umuntu yisobanukirwa cyangwa […]

Pastor Robert Kayanja ari mu Rwanda

img-20241129-072123-1080521732858903.jpg

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 29 Ugushyingo 2024, Pastor Robert Kayanja yageze i Kigali, yakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali n’itsinda rirangajwe imbere na Apostle Mignonne Kabera wamwakiriye nk’inshuti ndetse nk’umushyitsi w’imena mu giterane cya Thanksgiving. Umuryango wa Gikristo Women Foundation Ministries, washinzwe mu 2006 na Apostle Kabera Alice […]

Abafana ba Manchester United bahuriye hamwe basengera umutoza mushya

Mu gihugu cya Uganda, abafana ba Manchester United bakoze igikorwa cy’isengesho cyo gushyigikira umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim. Aba bafana, bari bambaye imyenda ya Manchester United, bihurije hamwe bafite amashusho y’umutoza w’umunyaporutugali kugira ngo bibukiranye mu buryo bw’umwuka. Nubwo hatamenyekanye aho aba bafana bakoreye ibi muri Uganda, umuryango witwa Manchester United Uganda wasangije […]

Umuhire Rebecca yasezeranye

Umuhire Rebecca, wamenyekanye cyane nk’umunyamakuru ndetse akaba n’umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2018, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Masengesho Kadudu. Uyu musore utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’uyu mukobwa basezeranye ku wa 27 Ugushyingo 2024, mu muhango wabereye ku Murenge wa Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Nyuma y’igihe […]

Ingaruka mbi zo gukundana na Sugar Mummy

Mu gihe isi ikomeje gutera imbere, imibanire y’abantu nayo igenda ihinduka. Muri ibi bihe, hari ibintu byinshi byagiye bihindura imyumvire y’abaturage, kandi imwe muri iyo mibanire ni ukugira abantu bakiri bato bakundana n’abakuze cyane, cyane cyane abagore bakuze bazwi nka “sugar mummies.” Abasore bakiri bato bashobora kubona ibi nk’amahirwe cyangwa ubufasha, ariko hari ibibazo byinshi […]

P.Diddy yagumishijwe mu gihome

Urukiko rukuru rwa New York rwongeye kwanga icyifuzo cya Sean Combs, uzwi nka P.Diddy, cyo kumurekura agasubira mu buzima busanzwe, kugira ngo asangire n’abana be iminsi mikuru isoza umwaka. Uyu muraperi w’icyamamare yari yasabye urukiko kumufungura akarekurwa, ariko urukiko rwemeza ko agomba kuguma muri gereza kugeza atangiye kuburanishwa mu mwaka utaha. P.Diddy yari yatangaje ko […]

Umunyarwandakazi yatashye imbokoboko muri Miss Planet International 2024

Umunyarwandakazi Yvonne Kabarokore, uzwi nka Ïvy, yakoze amateka yo kuba Umunyarwandakazi wa mbere witabiriye irushanwa rya Miss Planet International, ariko ntiyagize amahirwe yo kwegukana ikamba. Iri rushanwa ryabereye muri Cambodia, kuva ku wa 19 Ugushyingo rigasozwa ku wa 27 Ugushyingo 2024. Yvonne yari yerekeje muri Cambodia afite intego yo kwitwara neza, ariko abakobwa bahatanye bamurushije […]

Real Madrid yakubiswe nk’umwana wataye urukweto

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27 Ugushyingo 2024, Liverpool yakoze amateka itsinda Real Madrid ibitego 2-0 mu mukino wa UEFA Champions League wabereye kuri Anfield. Ni ubwa mbere Liverpool itsinze Real Madrid muri iri rushanwa kuva mu mwaka wa 2009. Liverpool yatangiye umukino isatira cyane. Ku munota wa 4, Darwin N??ez yahushije igitego ubwo […]

Rayon Sports irashaka Malipangou wa Gasogi United

Théodore Yawanendji-Malipangou Christian, umukinnyi ukomoka muri Centrafrique, yamaze gutandukana n’ikipe ya Gasogi United, aho bivugwa ko ari mu biganiro bigeze kure n’ikipe ya Rayon Sports iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukinnyi wari umaze gutsinda ibitego bine muri shampiyona, yari akomeje ibiganiro na Gasogi United ku bijyanye no kongera amasezerano, ariko ntibyamuhiriye, bituma afata […]

Lewis Hamilton arifuza gukinira mu Rwanda

Lewis Hamilton, umukinnyi w’icyubahiro mu mukino wa Formula 1, yashimangiye ko gukinira muri Afurika, cyane cyane mu Rwanda, ari inzozi atari kumva ko zishoboka mbere y’uko asezera mu mukino w’amasiganwa. U Rwanda rukomeje kwerekana ubushake bwo kwakira irushanwa rya Grand Prix nyuma y’imyaka 30 itabera muri Afurika, uhereye aho riheruka gukinirwa muri Afurika y’Epfo mu […]

Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yagaragaje uko iyi njyana yatumye ahindura imitekerereze ndetse n’ubuzima. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, Riderman yavuze ko umunsi yakira Hip Hop mu buzima bwe yabaye nk’uvutse bwa kabiri. Mu magambo yuje amarangamutima, uyu muraperi yasobanuye ko iyi njyana atigeze ayifata gusa […]

Amategko 5 ugomba gukurikiza mbere yo kujya mu rukundo

Abantu benshi bifuza kumenya uko bashobora kwinjira mu rukundo kandi rukababera rwiza, ariko ni ngombwa kumenya neza ibyo utegereje ndetse n’uburyo bwo gutangira urukundo rufite intego. Mu gihe ushaka urukundo, hari byinshi byo gusuzuma no gutekereza mbere yo gufata icyemezo cyo gukunda. Dore zimwe mu nama z’ibanze zagufasha gutangira umubano uhamye, mwiza, kandi wubatswe ku […]

APR FC igomba gukina mikino 4 mu minsi 11 gusa

Ikipe ya APR FC iri kwitegura gukina imikino myinshi y’ibirarane mu gihe gito, aho izakina imikino ine mu minsi 11 gusa. Uyu mwaka, ikipe y’Ingabo yari iri mu marushanwa ya CAF Champions League, ibyo bigatuma yisanga imikino imwe n’imwe mu gihugu ibaye ibirarane none ubu igomba gukina iyo mikino y’ibirarane kugira ngo igerageze kugera ku […]

Sheebah Karungi yabyariye muri Canada

Sheebah Karungi, umuririmbyi ukunzwe cyane, yinjiye mu rugendo rushya rw’ubuzima nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu witwa Armil. Amakuru y’ivuka rya Armil yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 25 Ugushyingo 2024, aho yashyizwe ahabona n’inshuti za hafi za Sheebah, arizo Kabako na Ameria Nambala. Sheebah yari amaze igihe ari muri Canada, aho yari […]

Umukecuru w’imyaka 59 yaciye agahigo ko gukora Pompage 1,575 mu isaha

0d64d766631c5649f16891f6a1223dcd.jpg

DonnaJean Wilde, umubyeyi w’imyaka 59 akaba nyirakuru w’abuzukuru 12, yakoze igikorwa cy’indashyikirwa cyanditswe mu bitabo by’amateka. Yakoze push-ups cyangwa pompage 1,575 mu gihe cy’iminota 60 gusa, ahita atsinda agahigo k’abagore ku isi ko gukora pompage nyinshi mu isaha imwe, nk’uko bitangazwa na Guinness World Records. Wilde yagize ati: “Nari ndi kugerageza guhangana n’amarira y’ibyishimo no […]

Filime zinjije agatubutse muri izi mpera z’icyumweru

Muri izi mpera z’icyumweru cya 22-24 Ugushyingo 2024, filime zirimo Wicked na Gladiator II zigaragaje ko zifite ingufu ku isoko rya “Box office” ni ijambo rikoreshwa mu bijyanye n’ubucuruzi bwa sinema, rikaba rishushanya amafaranga yose yinjijwe n’ibyerekeye filime mu gihe runaka. Ibi bishobora gukorwa mu buryo bw’ubucuruzi bwa buri munsi (nk’ibyinjijwe mu mpera z’icyumweru) cyangwa […]

Inkomoko n’impamvu yo gukomanganya ibirahure

Mu mico itandukanye y’Isi, cyane cyane mu bihugu byo mu Burayi, Amerika, ndetse no muri Afurika, habaho umuco udasanzwe wo gukomanganya ibirahure cyangwa amapuca mbere y’uko abantu basangira icyo kunywa. Ibi, usanga bikoreshwa mu birori bitandukanye cyangwa mu gihe abantu bifuza kuganira no gusabana. Iyo Abanyarwanda bakora iki gikorwa, bavuga bati “Ku buzima bwacu”, aho […]

Fatakumavuta yategetswe gukomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Fatakumavuta, umusesenguzi uzwi cyane kuri murandasi, agomba gukomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ibi byaturutse ku byaha ashinjwa birimo ivangura, gutangaza amakuru y’ibihuha, kubuza amahwemo hakoreshejwe ikoranabuhanga, no gutukana mu ruhame. Mu bujurire bwe, Fatakumavuta yari yasabye kurekurwa by’agateganyo, asobanura ko afite impamvu zikomeye zirimo uburwayi bwa diyabete ndetse n’inshingano […]

Ibihugu 10 bigoye kubamo no gukora ibyo Abakirisitu bemera

Ubukristo ni idini rinini cyane ku isi, ariko mu bihugu bimwe na bimwe, abakirisitu bahura n’ibibazo bikomeye bigira ingaruka ku buryo babayeho no ku buryo bashobora gukora ibikorwa by’idini ryabo. Hari urutonde rw’ibihugu icumi, aho Abakirisitu bahura n’ibibazo bikomeye mu kwimakaza ukwemera kwabo. 10. Ubuhinde Abakirisitu mu Buhinde bahura n’itotezwa rikomoka ku miryango ya Hindu. […]

Uko imbuga nkoranyambaga zishobora kugira ingaruka ku mubano w’Abakundana

Muri iki gihe cy’ikoranabuhanga, imbuga nkoranyambaga zifite uruhare rukomeye mu buzima bwacu. Zihindura uburyo twitwara, dukundana, ndetse n’uburyo tubona umubano mwiza w’abakundana. Nyamara, ese izi mbuga zifite uruhare nyarwo ku byerekeranye n’ibyifuzo ndetse n’ukuri ku mibanire y’abakundana? Iyo urebye imbuga nka Instagram cyangwa TikTok, uhita uhura n’amafoto ndetse n’amashusho agaragaza ibihe byiza by’abakundana: ingendo z’akataraboneka, […]

Robertinho yemeza ko Rayon imeze nka Barcelona ya Pep na Brazil ya Zagallo

Nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Gorilla fc FC ku Cyumweru, umutoza wa Rayon Sports, Robertinho, yavuze ko ari iby’agaciro kubona ikipe ye imaze kugera ku rwego rwo hejuru, aho yemeje ko Rayon Sports imeze nk’ikipe ya Barcelona yo mu 2009 ya Pep ndetse na Brazil ya Zagallo. Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’umukino, Robertinho yashimye intambwe […]

Element yinjiranye ibendera ry’u Rwanda mu gitaramo i Kampala

Ijoro ryo ku cyumweru tariki 24 Ugushyingo 2024, ryabaye iry’amateka i Kampala, aho Producer Element, umuhanga mu gutunganya amajwi akaba n’umuririmbyi ukomeye, yataramiye amagana y’abafana mu gitaramo cy’ikirenga cyabereye ahitwa Nomad Bar & Grill. Uyu muhanzi yinjiriye ku rubyiniro yitwaje ibendera ry’u Rwanda, asanganirwa n’urusaku rw’ibyishimo n’amashyi y’abitabiriye, basanganwe urukumbuzi rw’umuhanzi wari umaze igihe yigaragaza […]

Polisi yavuze ku ifungwa ry’umuhanzi waherukaga guhura na Perezida Museveni

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Alien Skin, uzwi mu ndirimbo “Fangone Forest,” agiye kugezwa imbere y’ubutabera nyuma yo gusagarira abaganga ku Bitaro bya Nsambya. Iyi myitwarire yaturutse ku gahinda k’urupfu rw’inshuti ye, Joram Tumwesigye, wapfiriye mu mpanuka y’imodoka. Polisi yataye muri yombi uyu muhanzi nyuma yo gukomeretsa abaganga n’abashinzwe umutekano. Aregwa icyaha cyo kwibasira abaganga, ariko Polisi yaje […]

Imyambarire ikwiye mu bihe by’Ubukonje

Ibihe by’ikirere bihinduka, kandi uko ikirere gihinduka, ni nako imyambarire y’abantu nayo ihinduka. Mu gihe cy’ubushyuhe (impeshyi) abantu bakambara imyenda yoroshye, mu gihe cy’ubukonje bakambara imyenda ibafasha kwirinda imbeho. Ubu mu Rwanda hari ubukonje n’imvura, bityo abantu basabwa guhindura imyambarire kugira ngo birinde imbeho. Zimwe mu nama zitangwa ku myambarire mu bihe by’ubukonje. 1. Imyenda […]

Pep Guardiola yiteguye kujyana na Man City mu kiciro cya 2

Umutoza w’ikirangirire, Pep Guardiola, yongeye kugaragaza ko urukundo afitiye Manchester City rudashingiye ku byiza gusa, ashimangira ko azakomeza kuyibera umutoza, nubwo yahanwa ikamanurwa mu Cyiciro cya Kabiri kubera ibyaha by’imari iregwa. Iki cyemezo yacyeruye mu gihe amakipe atandukanye bahanganye yishimira ko iyi kipe ishyirwa mu manza. Manchester City irashinjwa kurenga ku mategeko y’imicungire y’imari azwi […]

Salima Mukansanga yagaragaye muri tombora y’igikombe cya Afurika cy’Abagore

20241123-093324-3723931732347226.jpg

Ku wa Gatanu, tariki ya 22 Ugushyingo 2025, umusifuzi w’Umuhanga Mukansanga Salima Rhadia yakoze amateka yo kugaragara mu gikorwa gikomeye cyo gutombora amatsinda y’Igikombe cya Afurika cy’Abagore cya 2024 (WAFCON). Tombola yabereye ahitwa Mohammed VI Technical Centre i Salé, mu gihugu cya Morocco aho Mukansanga yari kumwe na Andile Dlamini, umuzamu wafashije Afurika y’Epfo gutwara […]

Minisitiri Dr. Utumatwishima yagiranye ibiganiro na Davis D na Alyn Sano

img-20241122-wa0220-9127581732279731.jpg

Ku wa Gatanu tariki ya 22/11/2024, Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yakiriye umuhanzi Davis D, waherekejwe na Basile Uwimana, umujyanama we Bagenzi Bernard ndetse n’umuhanzikazi Alyn Sano. Ibi biganiro byabaye mu rwego rwo gufasha no gushyigikira urugendo rw’umuhanzi Davis D, umaze imyaka 10 mu muziki, ndetse no kumwubakira ubushobozi bwo gukora igitaramo gikomeye kizizihiza […]

Filime nshya wareba muri izi mpera z’icyumweru (weekend)

174227-0266-89e5d7ac.webp

Sinema ni urujya n’uruza rw’ibitekerezo, amarangamutima, n’inkuru zidufasha kwinjira mu bindi bihe n’indi mibereho. Nk’uko Alfred Hitchcock, umwe mu bahanga mu bijyanye na sinema, yigeze kuvuga, “Sinema ni ubuzima buvanze n’ibyiza by’ubuhanzi n’imirongo itajegajega y’ubugeni.” Mu bihe by’iminsi y’impera z’icyumweru, abakunda sinema bagira ibyishimo byinshi, kuko ari igihe cya karuhuko cyiza cyo kureba filime nshya. […]

Thomas Partey agiye gutangiza irushanwa rye

Umukinnyi wo hagati wa Arsenal, Thomas Partey, yatangaje ko agiye gutangiza irushanwa rya mbere ryiswe Thomas Partey Tournament, rigamije kugaragaza impano nshya z’urubyiruko muri Ghana. Iri rushanwa rizabera ku kibuga cya Tuba Astroturf muri Accra, kuva tariki ya 2 kugeza kuya 5 Ukuboza, rikaba ritegurwa ku bufatanye na JJ SPORTS. Mu gusobanura impamvu yatekereje iri […]

Fatakumavuta yandikiye Gorilla FC abasaba gutsinda Rayon Sports

Sengabo Jean Bosco uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Fatakumavuta, kuri ubu afungiye mu Igororero rya Mageragere, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe ya Gorilla FC abasaba gukora ibishoboka byose bagatsinda Rayon Sports mu mukino w’ikirarane uteganyijwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 24 Ugushyingo 2024, kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru, kuko Rayon Sports iri […]

Umugore muremure cyane ku isi yahuye n’umugufi

44f936c8401d4258ba46fa70aab1add2_md.jpg

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 21 Ugushyingo 2024, umugore muremure kurusha abandi ku isi, Rumeysa Gelgi, n’umugufi kurusha abandi ku Isi, Jyoti Amge, bahuye ku nshuro ya mbere mu birori by’itangwa ry’ibihembo bya Guinness World Records. Rumeysa Gelgi, umushakashatsi akaba n’umunyamategeko wo mu gihugu cya Turukiya, afite uburebure bwa metero 2.31, naho Jyoti Amge, […]

Molan Majesty yatangiye Mata aha abakunzi be impano y’indirimbo nshya

Umuhanzi Maombe Réponse uri kuzamuka mu muziki nyarwanda nka ‘Molan Majesty’, yatangiye ukwezi kwa Mata aha abafana be impano y’indirimbo nshya. Mu gihe abantu bari kwishimira intangiriro z’ukwezi gushya, umuhanzi Molan Majesty yabafashije mu byishimo byabo abaha indirimbo nshya y’urukundo. Ni indirimbo uyu muhanzi uririmba mu njyana ya drill yise ‘Proud’, ikaba yaratunganyijwe mu buryo […]

Abakinnyi 11 beza ba Rayon Sports na APR FC mu ikipe imwe

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Werurwe 2024, kuri Kigali Pele Stadium, ikipe ya APR FC igiye kwakirwa na Rayon Sports mu mukino wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda. Uyu mukino utegerejwe na benshi hanze aho kuko ari wo mukino wa mbere urebwa n’Abanyarwanda benshi, kuva ku mwana kugera ku mukuru bose baba […]