WAri uziko amoko y’ikawa 3 ku isi ariyo anyobwa cyane?

Nubwo hari nibura ubwoko 120 bwa kawa ku isi yose, igice gito cyane cyazo ni cyo kinyobwa cyane : Robusta, Arabica na Liberica. Bivugwa ko hari ubundi bwoko bwa kawa bumwe cyangwa bubiri bushobora gukoreshwa ariko bukorwa gacye cyane ndetse budakunze kunyobwa nkuko urubuga le saviez vous rubitangaza. Arabica ni yo kawa ihingwa cyane ku […]
Sobanukirwa impamvu umujyi wa Paris bawita umujyi w’umucyo

Paris ni umujyi w’amateka ndetse ufite akabyiniriro ka Ville de lumière ( umujyi umurikira isi.Paris nk’umujyi ukundwa cyane ku isi ndetse ukaba wambaye ikamba ry’umujyi wa mbere ku isi usurwa cyane n’abamukerarugendo, muri iyi nkuru turagaruka ku mpamvu witwa umujyi w’umucyo. Paris yitwa “umujyi w’umucyo” kubera ko i Paris ariho hamenyekanye itara rya mbere rikoresha […]
Tanzania: Perezida Suluhu yashyizeho minisitiri w’intebe mushya

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yagize Mwigulu Nchemba wahoze ari minisitiri w’imari, minisitiri w’intebe mushya, nyuma y’amatora atavugwaho rumwe yo mu kwezi gushize. Biteganijwe ko inteko ishinga amategeko iza kwemeza ishyirwaho rye mu matora aba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane cyane ko Hassan yatangajwe ko yatsinze amatora yo […]
Mu bihugu Felix Tchisekedi yashimiye byamufashije ntiharimo Uburundi

Mu nama mpuzamahanga ya Global Gateway Forum, perezida Tchisekedi yarimo mu Bubiligi yashimye byimazeyo ibihugu byamufashije kurwanya umutwe wa AFC/M23. Perezida Felix Tchisekedi ubwo yari mu nama mpuzamahanga mu Bubiligi yashimiye ibihugu byamufashije mu ntambara ahanganyemo n’umutwe wa AFC/M23 aho yashimiye Afurika yepfo , Tanzaniya ndetse na Malawi. Ibi bikaba byababaje abarundi batishimiye uburyo Tchisekedi […]
Ibiganiro by’amahoro hagati ya Israel na Hamas byatangiriye mu Misiri

Amakuru yizewe aturuka hafi ya Hamas avuga ko ibiganiro bitaziguye hagati ya Isiraheli na Hamas byatangiye kuva ku wa mbere mu Misiri hagamijwe guhagarika intambara ya Gaza. Ku ya 7 Ukwakira 2023, umutwe witwaje intwaro wa Hamas wagabye igitero cy’iterabwoba cyiswe “Umwuzure wa Al-Aqsa” kuri Isiraheli. Abantu 1200 barishwe, abagore bafatwa ku ngufu, naho 251 […]
Burundi: Gen Bunyoni asigaye yumva abantu akajya munsi y’igitanda

Gen Bunyoni ubuzima bwe ngo bwaba bugeze mu kaga aho ubu afite ikibazo gikomeye cy’agahinda gakabije, ibi bitangazwa na Paciphic NININAHAZWE impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu mu Burundi. Amakuru aturuka i Burundi aratangaza ko uwahoze ari minisitiri w’intebe i Burundi, Gen Bunyoni ufungiye muri gereza ya Gitega ngo amagara ye yaba atifashe neza ku buryo ngo […]
Ihangana hagati ya Kinshasa na AFC/M23 ku kibazo cya viza riracura iki?

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice by’intara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo, uherutse kwemeza ko visa zatanzwe na wo ku banyamahanga ari zo zizaba zifite agaciro gusa. Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umutwe wa AFC/M23 urashimangira ubuyobozi bubangikanye mu turere umaze kwigarurira. Dukurikije inyandiko iherutse gusohoka ku kibazo cya Visa, igaragaza ko ubu abanyamahanga […]
U Budage: Drone zitazwi zahangayikishije ikibuga cy’indege cya Munich

Ikibuga cy’indege cy’i Münich mu Budage cyamaze amasaha atari make cyafunzwe, nyuma y’uko hari za drone zagaragaye mu kirere cyo muri uriya mujyi. Iri hungabana rije mu gihe Munich yakiriye iserukiramuco ry’inzoga rizwi cyane rya Oktober fest, rizatangira ku Cyumweru. Mu cyumweru gishize Denmark na Norvège na byo byafunze ibibuga by’indege kubera drone zitazwi, gusa […]
Tanzaniya yihanije umuryango HRW

Guverinoma ya Repubulika yunze ubumwe ya Tanzaniya yahakanye ibivugwa na HRW ko igitutu cya politiki kubatavuga rumwe na leta cyiyongereye muri iki gihugu mu gihe kigana ku matora rusange ateganijwe ku ya 29 Ukwakira 2025. Mu gusubiza raporo yatanzwe na (HRW), umuvugizi wa Guverinoma Gerson Msigwa, yavuze ko iyi raporo atari yo kandi iyobya rubanda. […]
Perezida Trump ashaka igihembo Nobel hasi hejuru

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Kanama, perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika uri kunoza umushinga w’amahoro muri Gaza, yatangaje ko adahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel byaba ari “igitutsi” kuri Amerika. Trump yabwiye abajenerali Ubwo yari yabatumiye muri Virginia hafi ya Washington, ko kutabona igihembo cy’amahoro byaba ari igitutsi ku gihugu cyabo. Trump […]
Trump na Netanyahu barahamagarira Hamas kwakira umushinga wo guhagarika intambara muri Gaza

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko ibihugu byinshi by’Abarabu bishyigikiye umugambi we wo guhagarika intambara imaze imyaka ibiri i Gaza, We na Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu bahamagariye Hamas kwemera uwo mugambi. Perezida wa Amerika Donald Trump na Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu, baganiriye kuri gahunda y’ingingo 20 […]
Ubushinwa bwubatse ikiraro cya mbere ku isi mu burebure

Ubushinwa bwubatse ikiraro Huajiang Grand Canyon kinini ku isi gitangaje kandi cyubatse hagati yimisozi ibiri kuri metero 625 z’uburebure kuko gikubye kabiri ikiraro cya Viaduct de Millau. Ikiraro cyasabye hafi imyaka itatu yo kubaka, gipima toni 22.000 za beto n’ibyuma, Huajiang Grand Canyon, imodoka zagitashye kiba kimwe mu gikorwa remezo gihambaye cyatunguye isi. Iki kiraro […]
Uburayi: Igihe cyaba kigeze ngo bwigobotore Amerika?

Imyaka irashize Uburayi bwifuza kugira igisirikare gihuriweho kandi kigenga, gusa buri guhura n’ikibazo cyo kudahuza kuri iyi ngingo, mu isesengura ryimbitse rigaragaza imbogamizi zituma budahuriza hamwe mu bwirinzi nyamara bwarahurije hamwe mu bukungu. Uburayi bumaze igihe kinini buri mu maboko y’Amerika kuko intwaro zigera kuri 64% bukoresha zituruka muri leta z’ubumwe z’Amerika ndetse bugakoresha miliyari […]
Tchisekedi yaba yarekuye burundu Kamerhe?

Nyuma yo kwegura kwa Vital Kamerhe ku mwanya wa perezida w’Inteko ishinga amategeko, umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi yagize icyo atangaza ubwo yari i New York mu nama ya 80 y’u muryango w’abibumbye. Perezida wa Repubukika iharanira demokarasi ya Congo Félix yakuyeho impungenge ku bibaza niba we na Vital Kamarhe wari perezida w’inteko nshingamategeko […]
U Rwanda-DRC: Kuva muri PSG kugera muri FC Barcelone, uko ruhago yabaye intambara ya dipolomasi

Amasezerano aherutse gusinywa hagati ya Leta y’i Kinshasa n’amakipe menshi akomeye yo ku mugabane w’u Burayi, arerekana ko RDC ishaka gukuramo icyuho cya ‘soft power’ ishingiye kuri siporo u Rwanda rukatajemo. Nyuma yo guhangana n’u Rwanda ubwo Congo yazengurukaga mu makipe yo hirya no hino i Burayi ngo ahagarike imikoranire n’u Rwanda, Congo yahinduye umuvuno. […]
Ubushinwa bwatanze ubutumwa mu kumurika ibitwaro kabombo kurubuga rwa Tiananmen i Beijing

Ubwo hizihizwaga imyaka 80 Ubushinwa butsinze Ubuyapani,umuyobozi w’Ubushinwa Xi Jinping, Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’umuyobozi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un bahuriye hamwe ku nshuro yabo ya mbere ya’karasisi gakomeye ka gisirikare kabereye i Beijing rwagati. Ni akarasisi k’isabukuru yimyaka 80 Ubushinwa butsinze Ubuyapani mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose aho bwerekanye ibikoresho byinshi […]
Uvira: Hagati ya FARDC na Wazalendo,ninde utegeka uyu mujyi?

Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Nzeri 2025, umujyi wa Uvira mu majyepfo ya Kivu wari umunsi wa karindwi wikurikiranya uyu mujyi uri mu bihe bidasanzwe byo kuba wugarijwe n’umutekano mucye yatewe n’imitwe ya Wazalendo yashyizeho imyigaragambyo no guhagarika ubuzima busanzwe mu baturage ahubwo bakayoboka inzira y’imyigaragambyo. Iyi mitwe ntikozwa no gukorana n’umuyobozi wungirije […]
Balene y’ubururu, ifi itangaje

Ni Ifi nini bitangaje yo mu muryango abahanga mu binyabuzima bita (Balænoptera musculus),na none yitwa Rorqual y’ubururu, ni ubwoko bwa cetacean mu muryango wa balænopteridae.Igikankara cya balene y’ubururu kiri Long Marine Laboratory kuri Kaminuza ya Californie, à Santa Cruz. Bimwe mu biranga Balene y’ubururu bitangaje. Iyi ifi ipima uburebure bwa metero 25 kugeza kuri 27 […]
Poutine yiteguye guhagarika intambara na Ukraine igihe intara ya Dombas yose yakwegurirwa Uburusiya

Bivugwa ko Donald Trump ashyigikiye icyifuzo cy’Uburusiya cyo kwigarurira byimazeyo Donbass agace gakikije uturere twa Donetsk na Luhansk mu burasirazuba bwa Ukraine ndetse Poutine agahagarika ibitero mu turere twa Kherson na Zaporizhia aho Moscou igenzura igice cyatwo gusa. Nk’uko ibitangazamakuru byinshi nka AFP na AP bibitangaza, Donald Trump ashyigikiye icyifuzo cy’Uburusiya cyo kwigarurira Donbass mu […]
Operasiyo Manhattan igice cya Kabiri

Imyaka 80 irashize hatewe igisasu kirimbuzi cya mbere ku isi mu ntambara ya kabiri y’isi. Mu nkuru yubushize mu gice cya mbere twababwiye uburyo igisasu kirimbuzi cyahinduye ibintu mu mateka y’isi mu mijyi ya Hiroshima na Nakasaki. Uyu munsi rero turagaruka ku mujyi wa Nakasaki nyuma yaho umwami w’Abami w’Ubuyapani yanze kumanika amaboko. Kuwa 6 […]
Ibyo wamenya kuri Palesitine nk’igihugu gishaka kwigenga

Kuva mu bwami bwa Ottoman kugeza kuri Manda y’Ubwongereza,intambara y’iminsi itadatu ,amasezerano atandukanye byagiye bikorwa, ariko kugeza nubu Palesitine iracyarwana nuko yabona ubwigenge. Amakimbirane amaze igihe kinini hagati ya Pelestine na Israel ni amwe mu yaranze akarere k’uburasirazuba bwo hagati ndetse akaba yarateje intambara zidashira muri ako karere kugeza na nubu.Kugira ngo dusobamukirwe aya makimbirane […]
Operasiyo Kitona: Igitero kabuhariwe cyakozwe n’ingabo z’u Rwanda

Tariki ya 4 Kanama 1998, nibwo habaye Operation Kitona yaramamaye cyane kugeza nubwo yigishwa mu mashuri, mu mirwano yari imaze igihe irimo ingabo z’u Rwanda na Uganda zarwanaga n’ingabo za DRC zifatanyije n’ingabo z’bihugu bya SADEC, Operasion Kitona cyari igitero kidasanzwe cyayobowe na Jenerali Jemes Kabarebe w’u Rwanda, mu ntambara ya Congo ya kabiri ubwo […]
Menya umushinga Manhattan wavuyemo igisasu kirimbuzi cyahinduye amateka y’isi

Turi mu mwaka wi 1942, Abanazi ubwo bari bamaze gufata hafi Uburayi bwose. Mu gihe ku rundi ruhande rw’inyanja ya Atalantika abantu 1400 barimo abahanga muri Siyansi, ubwubatsi, ubugenge no mu butabire bwa Atomike, bari mu gikorwa cy’ibanga kabombo ku rwego rwo hejuru. Muri iki gikorwa nubwo harimo abantu benshi ariko abari bazi uyu mushinga […]
Ejo hazaza ha AFC M23 igihe federalizime izaba yemewe-Maître Réné Abandi

Byatangajwe na Maître Irené Abandi wa AFC/M23 umwe mubari bagize intumwa zitabiriye ibiganiro i Doha, ubwo tariki ya 26 Nyakanga 2025 hari ikiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Serena Hotel i Goma. N’ikiganiro kitabiriwe n’abanyamakuru baturutse impande zose, aho umutwe wa AFC/ M23 wamurikaga ibyavuye mu biganiro i Doha muri Qatar. Umunyamakuru wa Bwiza TV na Bwiza. […]
Perezida Alassane Outtara aziyamamaza manda ya kane ku myaka 83

Amatora ya Perezida wa Côte d’Ivoire: Alassane Ouattara yatangaje ko aziyamamaza nk’umukandida kumwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yo ku ya 25 Ukwakira uyu mwaka. Alassane Ouattara kuva mu 2011, nibwo yagiye ku butegetsi, ubu aka ashaka manda ya kane ku myaka 83. Yagize ati:” Nyuma yo kubitekerezaho neza no mu mutima nama wose, ndatangaza uyu […]
RDC: Ni uruhe ruhare MONUSCO izagira mu gushyira mu bikorwa Itangazo rya Doha?

Nyuma yo gushyira umukono ku itangazo ry’amahame hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu muhango wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga, ubu amaso yose arareba ishyirwa mu bikorwa ryayo. Muri iyi nzira kandi, impande zombi zayasinye ntizizaba ziri zonyine, kuko zizunganirwa n’inkunga mpuzamahanga, harimo na MONUSCO (Ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri RDC). […]
Indege ya Concorde yamamaye ku isi igiye kugaruka

Nyuma y’imyaka mirongo iri mu gacerere, indege ya Concorde iri mu nzira zo kugaruka mu ruhando rw’indege zifite umuvuduko urenze uwijwi zabayeho za gisivile. Concorde yamamaye cyane iri kwitegura gusubira mu kirere cy’ubucuruzi mu 2026 mu kwizihiza imyaka 50 kuva iyi indege ya mbere yasohoka. Fly-Concorde Limited igamije kongera serivisi zitwara abagenzi ziva muri Amerika […]
Hashyizweho amezi 3 yo gusenya FDLR

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, byashyize umukono ku masezerano y’amahoro i Washington ku ya 27 Kamena 2025, bayobowe na Amerika, mu gihe hagitegerejwe gusinywa amasezerano hagati ya Congo na AFC-M23, kuriyi nshuro i Doha, inyandiko ya Washington yashyize hanze ingenga bihe igomba kubahirizwa vuba,nkuko byagarutsweho na bimwe mu bitangazamakuru byo mu burengerazuba bw’isi. […]
Menya ubukana bwa Misile ya Oreshnik yo mu Burusiya

Perezida Putin avuga ko Uburusiya bwongereye umusaruro wa misile Oreshnik kabombo muri Missiles Hypersonic zifite ubushobozi bwo kugera i Paris mu minota 15. Mu gihe intambara ikomeje hagati y’Uburusiya na Ukraine.Uburusiya bukomeje gukora mu bubiko ku ntwaro zabo kabombo, ibihugu by’Uburengerazuba bicungira hafi. Muri iki cyumweru dusoje, Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Uburusiya bwongereye […]
Kubera iki Irani iteye ubwoba ibihugu by’uburengerazuba bw’isi?

Tumaze uminsi twumva ibitero bikomeye byakorewe kuri Irani bigizwemo uruhare n’Amerika ndetse na Israel. Impamvu y’ibi bitero benshi bagarutse kukuvuga ko byari bigamije gusenya porogaramu z’intwaro kirimbuzi Iran yari igeze kure. Uyu munsi ndagaruka mu byukuri ku mpamvu muzi z’ibitero bya Isiraheri n’Amerika kuri Irani. Ese koko ibi bitero byari bigamije gusenya gahunda ya Irani […]
Raporo y’ubutasi ivuga ko ibitero bya Amerika bitigeze bisenya gahunda y’intwaro kirimbuzi ya Iran

Nk’uko raporo y’ubutasi y’ibanga y’Amerika ibigaragaza, ibiyikubiyemo byasobanuwe n’ibitangazamakuru n’amasoko yakurikiranye iki kibazo, mu ijoro ryo ku wa gatandatu nijoro. Ibitero bya Amerika yagabye mu bigo bya Fordo, Natanz, na Isfahan, ntibyakuyeho ububiko bwa uranium ikungahaye ishobora kuvamo ibisasu kirimbuzi, bitandukanye n’ibyo Donald Trump yashimangiye avuga. Iyi dosiye n’ihwa mu ruhande rwa Donald Trump, ukomeje […]
‘Moses Bridge’ ikiraro kinini ku isi kizaba gihuza imigabane y’Aziya n’Afurika ku nyanja itukura

Misiri na Arabiya Sawudite bigiye kubaka ikiraro cyitiriwe Moses Bridge ( Ikiraro cya Mose). kizatwara miliyari 4 z’amadolari y’Amerika,’Moses Bridge’ kizaba gihuza imigabane y’Aziya n’Afurika ku nyanja itukura. Ibi bihugu bigiye gutangiza umushinga , mu rwego rwo kurushaho kunoza umubano w’ubukungu no kuzamura umubano w’akarere.Umushinga w’ibikorwa remezo ukomeye, wiswe “Ikiraro cya Mose,” uzagira ibirometero bigera […]
Menya ubwirinzi bw’ikirere bwa Iron Dome bwa Israel na S400 ya Russia

Muri iki igihe ku isi, ibihugu bya rutura mu bwirinzi, bikomeje isiganwa mu bijyanye n’intwaro zigezweho mu guhagarika ibisasu bishobora kurimbura umujyi nkibyo turi kubona mu ntambara ya Irani na Isiraheri. Uyu munsi, turibanda ku itandukaniro riri hagati ya Iron Dome ya Israel ndetse na S400 y’Uburusiya. Iron Dome na S-400 byombi ni sisitemu zo […]
Perezida Poutine ari guhana Ukraine yihanukiriye nyuma yo kumutwikira intwaro

Nyuma y’ibitero, Ukraine iherutse kugaba ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere mu mujyi wa Bryansk, bikangiza byinshi,Perezida Vladimir Poutine akomeje guhana Ukraine. Ubu Perezida Putin abona White House nk’amahirwe adasanzwe yiboneye yo gutsinda iyi ntambara. Kuri we, Trump ashobora gufata ingamba ebyiri, kandi we na Poutine bombi baratsinze.Urugero rwa mbere: Moscou igeze aho yumvisha Trump […]
Operasiyo Orchard: Mu zitangaje Mossad yaburijemo

Mu nkuru z’uruhererekane z’urwego rw’iperereza mpuzamahanga rwa Israel, tumaze iminsi tubagezaho, uyu munsi twabahitiyemo Operasiyo Orchard, imwe muzo Mossad yagizemo uruhare rwatumye Siriya idatunga intwaro kirimbuzi , Koreya ya ruguru yabafashagamo gukora. Jenerali Muhammad Sulaiman wa Siriya yangaga Israel ku rwego ruhanitse, ku buryo yifuzaga ko igihugu cye gikora intwaro kirimbuzi zo guha gasopo Israel. […]
Ni gute Mossad yabashije gutega umutego Hezbollah mu byombo by’itumanaho ibihumbi

Tugenekereje mu Kinyarwanda, ni Urwego rw’iperereza n’Ibikorwa Bidasanzwe, Uru rwego ruzwi cyane ku izina rya Mossad mu Giheburayo,ni ikigo cy’ubutasi cy’igihugu cya Isiraheli,kimwe mu nzego z’ubutasi zunganira Aman na Shin Bet. Mossad ni urwego rw’iperereza,ruzwiho gukora Operasiyo zitangaje, rushinzwe gukusanya amakuru, ibikorwa by’ubutasi by’ibanga, no kurwanya iterabwoba. Minisitiri w’intebe wa Israel gusa niwe ufata icyemezo […]
Dusobanukirwe umuzi w’intambara ya Ukraine n’Uburusiya- Igice cya Kabiri

Mu gice cya mbere twabagejejeho imvano y’intambara ya Ukraine n’Uburusiya, ibihugu by’abavandimwe bihuje ibintu byinshi. Twagejeje mu 2014. Mu gice cya kabiri aricyo cya nyuma turagaruka uburyo perezida Poutine yabanje kwitegura iyi ntambara igihe kirekire ndetse naho yerekeza.Mu 2015, ubwo intambara yarikomeje mu ntara za Donetsk na Luhansk, OTAN n’Uburayi byarimo gukurura Kiev. Perezida w’Uburusiya […]
DRC: Ibiganiro bya Washington byaba bigeze he?

Ikinyamakuru Financial Times (FT) cyatangaje ko abayobozi bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, baba bafite icyizere ko bashobora kugirana amasezerano na Washington mu kwezi gutaha, kugira ngo bashake ishoramari ry’Amerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro hamwe n’inkunga yo guhagarika inyeshyamba za AFC/M23 Kinshasa ihora ishinja u Rwanda gutera inkunga. Mu cyumweru gishize, ibiro ntaramakuru by’Abongereza […]
Nyuma y’ijambo rya Joseph Kabila Kabange, Kinshasa iri mu gacerere harakurikiraho iki?

Joseph Kabila wayoboye Kongo n’umenyekongo utangaje, yari amaze imyaka 6 yaranze kugira icyo avuga kuri politike ya Kongo. Ni umuntu ucecetse cyane ku buryo agusha Kinshasa mu makosa y’ubuhubutsi, afite ubunararibonye bw’uko yayoboye DRC imyaka 18, igihugu cyirwanirwa n’ibihugu by’ibihangange kubera umutungo kamere. Yashoboye kwivana mu bibazo by’ingutu mu ntambara ya kabiri ya Kongo yahuje […]
Amafoto Perezida Trump yeretse Abanyamakuru avuga ku bwicanyi bw’Abazungu muri Afurika yepfo akomeje kurikoroza

Mu kubonana na perezida wa Afurika yepfo Cyril Ramaphosa, Trump yerekanye inkuru ifite ishusho yimifuka y’imibiri yarimo gushyingurwa. Trump yavuze ko iyo mibiri ari iy’abazungu bo muri Afurika y’Epfo biciwe muri iki gihugu kubera irondaruhu aho atatinye no kubyita Jenoside. Iyo nkuru iriho amashusho,yari amashusho ya videwo ya Reuters yafatiwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]
Umuyaga wa Politike muri Tanzaniya ukomeje kujegeza Mama Samia Suluhu

Ibintu bikomeje gushyuha muri Tanzaniya , nyuma yaho abatavuga rumwe n’ishyaka riri kubutegetsi CCM bashimutwa, bagatabwa muri yombi no kwicwa bunyamaswa. Abakurikirana ibintu hafi muri Tanzaniya bisa naho batangiye kubona ko muri iki gihugu urumuri rw’icyizere cya politiki cyazanywe no kuzamuka kwa Perezida Samia Suluhu Hassan mu 2021 ruri kuzima. Habaye ihumure ryinshi igihe Samia […]
Donald Trump yasebeje Ramaphosa muri White House akoresheje amashusho ahamagarira Jenoside

Perezida wa Amerika Donald Trump yatamaje mugenzi we Cyril Ramaphosa wari waje mu ruzinduko i Washington maze imbere y’abanyamakuru ati “abantu bahunga Afurika y’Epfo kubera umutekano wabo … ubutaka bwabo burafatwa kandi akenshi baricwa”. Ariko Cyril Ramaphosa ntiyemeranya niyi mvugo ya Donald Trump nubwo yeretswe Videwo igaragaza ibimenyetso simusiga. Donald Trump ntaguca kuruhande yashyize hanze […]
U Rwanda rwahawe amafaranga akubye inshuro zirenga 5 ay’Ububiligi bwatangaga

U Rwanda rwasinye amasezerana n’Umuryango w’Abibumbye kuri gahunda igamije iterambere rirambye (UNSDCF) Izaba ikubye inshuro zirenga 5 iyo rwahabwaga n’ababiligi. Mu myaka ishize, u Rwanda rwagiranye ubufatanye n’Ububiligi binyuze mu mishinga itandukanye y’iterambere. Iyo mishinga yarifite agaciro ka miliyoni 180 z’amayero mu gihe cy’imyaka itanu (2024-2029). Mu minsi ishize nibwo u Rwanda rwanze inkunga iyo ari […]
Ibyo wamenya ku cyogajuru Parker cyabashije kugera ku izuba

Abahanga bavuga ko icyogajuru Parker, cyasomye Izuba,muri kilometero miliyoni 6.1 zinyenyeri. Nta kindi cyogajuru cyari cyarageze hafi y’Izuba mu buryo butangaje gutya. Ku ya 24 Ukuboza 2024,icyogajuru Parker yanyuze mu birometero miliyoni 6.1 uvuye ku zuba, ku muvuduko wa 700 000 km/h. Parker ifite ingabo ya karubone yashizweho kugirango ihangane n’ubushyuhe bwa 1400 ° C, […]
Urukiko rukuru rwa gisirikare muri Kongo rurasaba Sena gukuraho ubudahangarwa kuri Perezida Kabila

Joseph Kabila wabaye perezida wa Kongo imyaka 18,ubutegetsi bwa Felix Tchisekedi bukomeje kumushinja ibyaha byatuma mu rwego rwa politike ya Kongo hazamo igihuhusi. Mu rwego rwa Politike abanyapolitike bo mu gice kivuga igiswayiri bari kwigizwayo. Joseph Kabila usanzwe ari Senateri w’ubuzima bwe bwose, arashijwa ibyaha byibasiye inyoko muntu ndetse n’ibyaha by’intambara binyuze mu byo aregwa […]
Imbunda zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko

Mu nama mpuzamahanga y’umutekano, nibwo hamuritswe intwaro zikorerwa mu Rwanda maze zitungura abatari bacye.Intwaro zikorerwa mu Rwanda zikorwa n’ikigo cyitwa Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation (REMCO). Ni uruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda aho gisanzwe gikora ibikoresho by’ubuhinzi, by’ubwubatsi, ibyuma by’imodoka ndetse n’ibikoresho byo kwa muganga. Uruganda rwa REMCO rwinjiye mu gukora intwaro rufatanyije […]
Urugendo rwa Perezida Donald Trump mu Barabu, ni amateka mu isi y’ubucuruzi

Perezida Trump yaramaze iminsi mu ruzinduko rw’akazi mu burasirazuba bwo hagati abashije gukurayo amasezerano y’ubucuruzi y’amamiliyari mu madorali. Politike y’ubucuruzi intwaro ikomeye, Perezida Trump ashyize imbere ngo akureho amakimbirane. Mu rugendo Trump akubutsemo Abou Dabi muri Leta z’unze Ubumwe z’Abarabu , Qatar na Arabie Saudite, yavuze kuri Iran ndetse n’intambara y’Uburusiya na Ukraine. Kuri Iran […]
Satan 2: Imwe mu ntwaro iteye ubwoba uburengerazuba bw’isi

Uyu munsi turagaruka ku ntwaro Uburusiya butunze zishobora guteza akaga isi mu gihe haba habaye intamabara ya gatatu y’isi. RS-28 Sarmat.Abarusiya bayita RS- 28 Sarmat,NATO yayihimbye Satani 2. Ni imwe mu ntwaro ziteye ubwoba isi zibarirwa muri Misile mpuzamigabane. Super Heavy Inter continental Ballistic. Sarmat cyangwa Satan 2 n’imwe mu ntwaro zitanga gasopo ku banzi […]