Abanyarwanda 2 biciwe muri Sudani y’Epfo n’abantu bataramenyekana barangije barabatwika

Imirambo 2 y’Abanyarwanda biciwe muri leta ya Yei River ho muri Sudani y’Epfo yagaragaye kuri uyu wa Gatandatu ushize ku muhanda wa Maridi nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Sudantribune. Birakekwa ko abo bagabo babiri b’Abanyarwanda bishwe nyuma yo gutegwa igico ku muhanda, bakaba barakoreraga ikigo cy’ishoramari mu gukora itabi cyo muri Yei. Umuyobozi w’igipolisi muri Yei, Col […]

Col Camille Karege yakomeje kugereranya Brig. Gen. Frank Rusagara nk’umusazi

Nyuma yo gushinjwa na Col Jill Rutaremera kuri uyu wa Mbere, ubushinjacyaha bwari bwitwaje umutangabuhamya wa kabiri wo gushinja Brig. Gen. (Rtd) Frank Rusagara, ari we Col Camille Karege wasubijwe mu buzima busanzwe akaba yashimangiye ko Gen Rusagara yamubwiye aya magambo “Our guy is Finished, Museveni is smart”, bivuze ko Kagame arangiye mu gihe Museveni […]

Uganda: Imyigaragambyo yo kwamagana Perezida Museveni irarimbanyije

Nyuma y’aho kandida Perezida Dr Kiiza Besigye ashimuswe na Polisi ya Uganda aregwa kuba yiyamamaje mu buryo budakwiye, abamushyigikiye nabo bahise batangira imyigaragambyo yo kumubohoza yakomeje kugeza muri iki gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 16 Gashyantare 2016. Mu gihe muri Uganda amatora asigaje iminsi ibiri ngo atangire, ku munsi w’ejo ku wa mbere taliki […]

MIFOTRA yasobanuriye inteko ingamba ifite mu kurwanya ruswa mu itangwa ry’akazi ka leta

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Gashyantare, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Judith Uwizeye yagiranye ibiganiro na Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko, byari bigamije gusobanura ingamba zashyiriweho ruswa ivugwa mu itangwa ry’akazi. Minisitiri Uwizeye Judith yasobanuriye Abadepite bagize Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, ingamba yafashe mu rwego rwo guca ruswa ivugwa mu […]

Komiseri Munyambo yagizwe umuyobozi wa Polisi muri UNMISS

​Loni yashyizeho umunyarwanda Commissioner of Police(CP) Bruce Munyambo nk’umuyobozi wa Polisi(D2) mu butumwa bwayo muri Sudani y’Epfo(UNMISS). Ishyirwa rya CP Munyambo kuri uyu mwanya , ryakurikiye gutangwaho umukandida na Leta y’u Rwanda, aho mu mpera z’uku kwezi azasimbura kuri uwo mwanya umugande witwa Frederich Yiga wari uwumazeho imyaka itatu. Ahawe iyi mirimo kubera uburambe asanganywe […]

RDC: Abarwanyi 5 ba FRPI bishwe abandi 9 bafatwa mpiri mu bushyamirane na FARDC

Abarwanyi ba b’umutwe wa FRPI ( Force de resistance patriotique de l’Ituri) barishwe abandi 9 bafatwa mpiri mu bitero byabashyamiranyije n’abasirikare ba FARDC yabereye Ituri. Aya makuru yemejwe kuri uyu wambere tariki ya 15 Gashyantare 2016 na Colonel Chico Citambo umukuru w’ingabo za FARDC wungirije mu gace ka Ituri. Kuva kuwa gatandatu w’icyumweru gishize ingabo […]

Col Jill Rutaremara yahakanye ubucuti bwe na Brig. Gen. (Rtd) Rusagara ubwo yazaga kumushinja

Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Gashyantare 2016 ubushinjacyaha mu rubanza rwa Brig. Gen. Frank Rusagara n’abo areganwa nabo, bwaje buzanye Col Jill Rutaremara nk’umutangabuhamya wabwo wo gushinja Rusagara. Col Rutaremara waje mu rukiko mu myambaro ye ya gisirikare, yavuze ibyo ashinja Rusagara atuje avuga ko abishingira kubyo yagiye amwibwirira mu bihe bitandukanye. Yabanje gusomerwa […]

Dr Kiiza Besigye mu maboko ya polisi mu gihe hasigaye iminsi mbarwa amatora agatangira

Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi umukandida w’ishyaka FDC, Dr Kiiza Besigye ubwo yageragezaga kuri uyu wa Mbere kwinjira mu karere k’ubucuruzi kari hagati mu mujyi wa Kampala akoresheje umuhanda Kampala-Jinja. Umuvugizi wa FDC, Semujju Nganda, yabwiye Daily Monitor ko Besigye yatawe muri yombi ubwo yari arimo arerekeza mu bikorwa byo kwiyamamariza muri aka karere. […]

Burundi : Ibitero bya grenade mu duce dutandukanye byahitanye 1 bikomeretsa 32

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 15 Gashyantare 2016, mu duce dutandukanye tw’umujyi wa Bujumbura haramukiye ibitero by’amagerenade byagabwe n’abantu batazwi. Ibyo bitero bikaba bimaze guhitana guhitana 1 bikomeretsa 32 nk’uko Radio BBC ibivuga Abantu 32 ni bo bakomerekeye mu bitero bya grenade mu mujyi wa Bujumbura, umunani kuri station ya Peteroli ya […]

Uganda: Abatwara abantu n’ibyabo baturutse mu Rwanda barinubira amafaranga bagenda bacibwa mu nzira

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba uravuga ko uhangayikishijwe n’amafaranga y’umurengera ya parikingi abayobozi b’inzego z’ibanze muri Uganda baca imodoka zifite ibirango byo mu mahanga by’umwihariko izifite ibirango byo mu Rwanda. U Rwanda rusaba ko amafaranga y’umurengera agenda acibwa imodoka ziturutse mu Rwanda yavanwaho Uganda igashyiraho uburyo bwo kujya yishyuza inshuro imwe. Umujyi wa Kigali wubatse gare […]

Gen.Major Biremba Merchiade yagizwe umugaba mukuru w’umutwe wa gisirikare urwanya Perezida Nkurunziza

Umutwe wa gisirikare “Red Tabara” umwe mu mitwe isaga 4 izwi ko yashinzwe igamije guhirika Perezida Nkurunziza w’u Burundi ku butegetsi, washyizeho ubuyobozi Gen Maj Biremba Merchiade agirwa umugaba mukuru w’ingabo. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye by’i Burundi, Gen Maj Biremba Merchiade wagizwe umugaba mukuru w’ingabo ntagaragarizwa umwirondoro cyangwa se ibindi yaba yarakoze. Nk’uko bigaragara mu […]

USA: Hakenewe italiki nshya y'ibiganiro by'Abarundi

Intumwa idasanzwe ya leta zunze ubumwe za Amerika mu karere k’ibiyaga bigari, Thomas Perriello azagenderera ibihugu bya Angola, Afurika y’epfo, Uburundi, Republika iharanira Demokarasi ya Kongo na Tanzaniya. Uru rugendo rwe nta kindi rugamije uretse gusubukura ibiganiro by’amahoro mu Burundi ndetse no gushyigikira amatora ateganyijwe muri RD Congo. Leta ya Amerika ivuga ko ishyigikiye ko […]

Impunzi z’Abarundi zitewe ubwoba n’icyemezo cy’u Rwanda cyo kuzimurira ahandi zivuga ko nta handi zizeye umutekano

“Mu Rwanda turatekanye. Simbona ahandi twajya”, uwo ni uwitwa Audrey, umwe mu mpunzi z’Abarundi nyinshi zahungiye mu Rwanda ariko zikaba zatashywe n’icyoba nyuma y’aho guverinoma y’u Rwanda itangarije ko igiye kwimurira izi mpunzi mu bindi bihugu. Uyu mugore w’imyaka 27, uvuga ko ubwe yatewe ubwoba iwabo azira kugira uruhare mu myigaragambyo yo kwamagana perezida Nkurunziza, […]

UGANDA: Perezida Museveni ku isonga mu bazegukana amajwi menshi

Perezida Yoweli Kaguta Museveni uri ku butegetsi muri Uganda akomeje kwanikira bagenzi mu bamushyigikiye. Mu busesenguzi buri gukorwa n’ibinyamakuru bikorera mu karere burerekana mu matora azaba kuri uyu wa kane Perezida Museveni ashobora kuzaza ku mwanya ya mbere. Radio KFM muri iki gitondo cyo kuwa mbere yatangaje tariki ya 15 Gashyantare 2016 yavuze ikinyamakuru The […]

ESI yiyemeje kurwanya ibiyobyabwenge

Ecole Sécondarire Islamique (ESI), yiyemeje kuba umufatanyabikorwa wa Polisi y’u Rwanda mu kurwanya ibiyobyabwenge. Ibi byatangajwe n’umuyobozi wayo, Nshimiyimana Haruna mu gikorwa cy’ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge cyabereye muri iri shuri ku itariki 12 Gashyantare. Nshimiyimana yagize ati:” Umuyobozi nyawe ni ureberera abo ashinzwe, akabarinda icyo ari cyo cyose gishobora kubavutsa ahazaza heza. Iyo atabikoze, aba […]

Igipolisi cyangwa igisirikare ntibikorera ubutegetsi — Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi

Igipolisi cy’u Burundi gishyirwa mu majwi n’imiryango itandukanye itegamiye kuri leta n’abaturage benshi bo mu duce twakunze kurangwamo imyigaragambyo ikomeye mu mujyi wa Bujumbura, bagishinja ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bukorwa n’ubutegetsi buriho kuva mu mezi 10 ashize. Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi ibi byose yabiteye utwatsi. Mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, […]

Uganda: ICC ntabwo ari seriye — Perezida Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yatangaje ko Uganda igomba kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kubera ko ngo uru rukiko rutari seriye. Ubwo yasubizaga ikibazo mu cyiciro cya kabiri cy’Ikiganirompaka hagati y’abakandida bahatanira kuyobora Uganda mu matora ya perezida ateganyijwe muri iki cyumweru tugiye gutangira kuri uyu wa Gatandatu, perezida Museveni yagize ati: “Turwanya kudahana, […]

Uwari umuyobozi w’umutwe ushinzwe kurinda umugaba mukuru wa FDLR yafashe icyemezo cyo gucika

Uwari ukuriye abashinzwe kurinda umukuru w’umutwe wa FDLR kuri uyu wa Gatanu yafashe icyemezo cyo kwitandukanya n’uyu mutwe arataha nyuma y’imyaka irenga 20 y’ubuzima bwo mu ishyamba. Uyu ni Capt. Nyirimpeta Aphrodice bitaga Prince, akaba yari umukuru w’umutwe ushinzwe kurinda Maj. Gen. Iyamuremye Gaston uzwi nka Byiringiro Victor akaba ari umugaba w’ingabo za FDLR . […]

Abayobozi bakuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika basuye Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro muri Sudani y'Epfo

Itsinda ry’abayobozi bakuru bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bayobowe na Brian Mckeon, Umuyobozi Wungirije Umunyamabanga w’Ingabo ushinzwe Politiki (Principal under Secretary of Defence for Policy) ryasuye ingabo z’u Rwanda zibugabunga amahoro muri Sudani y’Amajyepfo, muri iki cyumweru gishize mu kigo cyazo i Juba. Urwo ruzinduko rwari rugamije kureba ibibazo Ingabo za Loni Zibungabunga Amahoro […]

Burundi: Abantu babiri bo mu ishyaka riri ku butegetsi bishwe n’abantu bitwaje ibirwanisho

Abantu 2 biciwe mu gitero cyagabwe n’agatsiko k’abantu bitwaje ibirwanisho mu Ntara ya Mwaro iherereye hagati mu Burundi, mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuwa Gatandatu nk’uko amakuru aturuka mu buyobozi agera kuri AFP avuga. Abo bantu bitwaje ibirwanisho bageze ku gasozi ka Gacimbirigongo bahatira abaturage gusohoka mu mazu, barangije bahamagara abantu babiri mu mazina […]

FDLR yongeye gukorwa mu nda General wayo ahitanwa na Mai Mai

Gen Major Jean Damascene Ndibabaje uzwi ku izina rya Musare wo muri FDLR RUD yahitanywe n’abarwanyi ba Mai Mai mu mirwano yabashyamiranyije n’uyu mutwe mu ntangiriro z’iki cyumweru. Amakuru avuye mu barwanyi ba FDLR-RUD isanzwe ikorera mu bice bya Walikale ahitwa Mashuta, aremeza ko umuyobozi wabo Gen Maj Jean-Damascène Ndibabaje alias Musare yaguye mu bitero […]

Leta y’u Burundi ikomeje kugaragaza urwango n’umutima mubi ifitiye u Rwanda

Ibi ni ibyagaragaye kuva igihe ubwicanyi bwatangiraga gukaza umurego mu bice bitandukanye by’u Burundi, ubwicanyi bukaba bwaratangiye muri Mata umwaka ushize ubwo Perezida Nkurunziza yantagazaga ko agiye kongera kwiyamamaza kuri manda ya 3 benshi bavuga ko ihabanye n’amategeko. Iko ibintu byakomeje kugenda birushaho kuba bibi mu Burundi, abantu bicwa amanwa n’ijoro, haterwa gerenade ndetse hanagabwa […]

Ruswa y'igitsina ikomeje kuza ku isonga muri ruswa zitangwa mu Rwanda

Ubwo yari imbere y’inteko ishinga amategeko Ingabire Marie Immaculee umuyobozi w’umuryango Transperence International Rwanda yavuze ko ruswa ishingiye ku gitsina ariyo iza ku isonga muri ruswa zitangwa mu Rwanda dore ko iri ku ijanisha rya 40 %.Akaba avuga ko kuba itegeko rigenga imitangire y’ibimenyetso rituma iyi ruswa ikomeza kwiyongera. Kuba Itegeko rigenga imitangire y’ibimenyetso mu […]

U Burusiya buravuga ko nihagira ingabo z’amahanga zoherezwa muri Syria hazavuka Intambara y’Isi

Minisitiri w’Intebe w’u Burusiya, Dmitry Medvedev yavuze ko nihagira ingabo mpuzamahanga zo ku butaka zizoherezwa muri Syria hashobora kuvuka Intambara y’Isi. Ibi Medvedev yabivugiye mu kiganiro cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane n’ikinyamakuru cyo mu Budage, Handelsblatt aho avuga ko ibikorwa byo ku butaka byatuma buri wese agira uruhare mu ntambara. Abajijwe ku kijyanye n’ibyo […]

Rubavu: Abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare bashyizeho amahuriro 17 yo gukumira ibyaha

​Abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare bagera ku 1500 bakorera mu mirenge ya Kanama,Nyakiriba,Kanzenze,Mudende,Bugeshi,na Busasamana, yo mu karere ka Rubavu, ku itariki 10 Gashyantare, bashyizeho amahuriro 17 yo gukumira ibyaha (Anti-Crime Clubs). Aba bakorera uyu mwuga muri iriya mirenge uko ari itandatu, bibumbiye mu ma koperative 17, bakaba kandi ari abanyamuryango b’impuzamakoperative yabo ku […]

Nyuma yo kwanga MAPROBU noneho u Bufaransa burifuza kohereza abapolisi babwo mu Burundi

U Bufaransa bwamaze kugeza igitekerezo cyo kohereza umutwe w’abapolisi , wazakorana n’igipolisi cy’u Burundi, ku Kanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye. Ibindi buhugu bigize aka kanama ntibikumiriwe nubwo icyo aba bapolisi bamara igihe ibintu byarushaho kumera nabi kikiri icyo gusobanurwa. Iki gitekerezo cyabanje gutekerezwa n’igihugu cy’u Burusiya ariko u Bufaransa aba ari bwo bukigeza ku Kanama k’Umutekano […]

Nyagatare: Uwari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko rwo mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa gatatu rwakatiye umugabo w’imyaka 48 mu Karere ka Gasabo, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we. Uru rubanza rwabereye mu ruhame mu Murenge wa Rwimbogo, ahakorewe icyaha, kuri uyu wa Gatatu, uregwa witwa Emmanuel Niyibizi ahamwa n’icyaha cyo kwica umugore we, Jacqueline […]

Urujijo kuri Agathon Rwasa wihinduranya umunsi ku munsi kugera n’aho yitwa umugambanyi

Agathon Rwasa nk’umunyapolitiki ugaragaza ko ari mu batavuga rumwe n’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, kuri ubu akomeje gutera benshi urujijo kubera kwivuguruza mu mvugo. Uru rujijo ruje mu gihe Agathon yagaragaye bwa mbere mu biganiro bihuza abarundi, akaba yahagaragaye kandi yari yaratangaje ko adateze kuzabyitabira avuga ko yaba arimo guta umwanya we. […]

Intumwa za Loni zishinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro zasuye u Rwanda zibonana n’Umugaba Mukuru w’Ingabo

Itsinda rigizwe n’intumwa 23 bashinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro baturutse ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye bakoze uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda bareba ibijyanye no gutegura no kohereza abasirikare n’abapolisi mu butumwa bw’amahoro. Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gashyantare 2016 izi ntumwa zagiranye ikiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Patrick Nyamvumba ku cyicaro cya RDF, […]

Sudani y’Epfo: Riek Machar yongeye kugirwa Visi Perezida

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir kuri uyu wa Kane yongeye gusubiza umukuru w’inyeshyamba bari bahanganye, Riek Machar ku mwanya wa Visi Perezida n’ubundi yari ariho mbere y’uko bagira ibyo batumvikana. Itangazo ryanyuze kuri televiziyo y’igihugu rivuga ko Machar yagizwe visi perezida wa mbere ariko ntihagira ibisobanuro byinshi bitangwa nk’uko Reuters dukesha iyi nkuru ivuga. […]

RDC: Barasaba ko inkambi y’agateganyo y’abahoze muri FDLR yasenywa bakoherezwa ahandi

Sosiyete sivile muri kanyabayonga iravuga ko itagikeneye abahoze ari abarwanyi ba FDLR bacumbikiwe mu nkambi iherereye muri aka gace aho bategereje gusubizwa mu buzima busanzwe hakaba hashize umwaka. Barasaba ko iyi nkambi yasenywa aba barwanyi bakoherezwa ahandi hantu. Abahagarariye iyi sosiyete sivile babitangarije kuri uyu wa Kane Radio Okapi dukesha iyi nkuru. Kuri bo, ngo […]

Umugabo wari ugiye kwica Perezida Mugabe yakatiwe igifungo cy’imyaka 9

Owen kuchata umugabo w’imyaka 34 y’amavuko, yakatiwe igifungo cy’imyaka 9 nyuma yo guhamwa n’icyaha dore ko yashinjwa kugerageza kwica umukuru w’igihugu, Robert Mugabe akoresheje igisasu. Ubusanzwe Owen Kuchata asanzwe ari umuyobozi w’ishyaka “People Front Party ” rirwanya Leta ya Mugabe w’imyaka 92 y’amavuko, akaba yakatiwe iki gifungo ari kumwe na bamwe mu basirikare bakoraga mu […]

Icyaha cyo guca inyuma uwo mwashakanye ntikizongera gufunga uwagikoze

Komisiyo yo kuvugurura amategeko mu Rwanda iratangaza ko itazongera gufunga umuntu wese wafashwe waciye inyuma y’uwo bashakanye ahubwo uwaciwe inyuma azaba afite uburenganzira bwo kurega mu rukiko bakamutandukanya n’uwo bashakanye Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gashyantare 2016, Komisiyo y’igihugu yo kuvugurura amategeko (Rwanda Law Reform Commission, RLRC yaganiriye n’abanyamakuru ku mushinga w’ivugururwa ry’urwunge […]

U Rwanda rwafashe icyemezo cyo kwimurira mu bindi bihugu impunzi z’Abarundi ngo rurebe ko rwahumeka

U Rwanda rwafashe icyemezo cyo guhita rwimurira impunzi z’Abarundi mu bindi bihugu mu rwego rwo kugirango rurangize ibyo rumaze iminsi rushinjwa ko rutoza izi mpunzi ngo zizajye gukuraho ubutegetsi bw’igihugu cyazo. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yabitangaje kuri uyu wa Kane nimugoroba avuga ko kwiyongera k’ibyahungabanya umutekano w’u Rwanda bitewe n’ibibazo biri mu […]

Abapolisi b’Abanyarwanda muri Haiti bambitswe imidari y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 27, bari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga no kugarura amahoro mu gihugu cya Haiti, tariki ya 9 Gashyantare, bambitswe imidari yo kubashimira uruhare rwabo rw’indashyikirwa mu kubungabunga amahoro muri iki gihugu. Umuhango wo kwambika imidari aba bapolisi wabereye mu mugi mukuru wa Haiti wa Port Au Prince. Mu ijambo yagejeje ku […]

Uganda: Uwungirije Joseph Kony muri LRA yafatiwe muri Centrefrique

Sam Okot George Odek Inyeshyamba ya Lord Resistance Army (LRA) kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Gashyantare 2016 yafatiwe muri Centrefrique ashyikirizwa ingabo za Minusma ziherereye mu burasirazuba bwa Centrefrique. Okot Odek wari wungirije Joseph Kony umuyobozi mukuru wa LRA, umutwe urwanya ubutegetsi bwa Uganda ,yari amaze iminsi yarafashwe afungwa n’abarwanyi ba Seleka muri […]

Burundi: Abantu barenga 20 bakomerekejwe na grenade mu mujyi wa Bujumbura

Abantu barenga 20, harimo icyenda bababaye cyane bakomerekeye mu gitero cya grenade cyagabwe muri zone Buyenzi, mu mujyi wa Bujumbura, igitero cyagabwe ku isaha ya saa moya na makumyabiri za mugitondo. Amakuru atangwa n’ababonye ibyabaye avuga ko uwateye grenade yari ari kuri moto ariko arengera hagati y’umuhanda wa gatanu n’uwa kane. Abantu bakomeretse ngo bakaba […]

Suzuma amafaranga uhawe ko atari amahimbano

Polisi y’u Rwanda irakangurira abantu kujya basuzuma amafaranga bahawe kugira ngo barebe ko atari amahimbano, kandi igihe bagize uwo bayabonana, bagahita babimenyesha Polisi y’u Rwanda. Ubu butumwa bukurikira ifungwa rya Niyigena Straton, ufite imyaka 22 y’amavuko na Mfitumukiza Emmanuel , ufite 22, aba bombi bakaba, ku itariki 9 Gashyantare, bafatanywe amafaranga y’u Rwanda 60,000 by’amahimbano […]

Somalia: Al Shabab yavumbuweho gushaka kugaba ibitero bikaze yambaye imyambaro y’ingabo za AMISOM

Ingabo za Afurika Yunze Ubumwe zishinzwe kubungabunga amahoro muri Somalia ziratangaza ko abarwanyi b’umutwe wa Al Shabab bafite umugambi wo kwigira nk’ingabo z’uyu muryango bakagaba ibitero. Izi ngabo za Afurika Yunze Ubumwe zibumbiye mu kiswe AMISOM, zivuga ko zifite amakuru y’uko abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab bafite imigambi yo kwambara imyenda y’izi ngabo za […]

Abadepite bo muri Malawi basuye Isange One Stop Center

Itsinda ry’Abadepite bavuye mu gihugu cya Malawi baje kwigira kuri Polisi y’u Rwanda ku buryo yita ku bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina hano mu gihugu. Iri tsinda ryakiriwe na Superintendent Shafiga Murebwayire, akaba n’umuhuzabikorwa wa Isange One Stop Center, wabasobanuriye ku buryo burambuye serivisi ikigo ayobora gitanga. Cecilia Emily B.Chazama, wari uyoboye iri tsinda, yavuze […]

Abasirikare ba FARDC barashinjwa kwica abaturage b’Abahutu

Ubwicanyi bukomeje kugaragara mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo bwicanyi bukaba bukorerwa abaturage bo mu bwoko bw’Abahutu bahora bashyamiranye n’abo mu bwoko bw’Abanande, raporo yashyizwe hanze na Loni igaragaza ko ingabo za Leta ya Congo, FARDC zihishe inyuma y’ubwo bwicanyi. Ubwicanyi bukorerwa abo mu bwoko bw’Abahutu, bukorerwa mu Burasirazuba,Amajyaruguru ndetse n’Amajyepfo […]

RDC: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barategura imyigaragambyo simusiga yo kubuza Kabila kwiyamamaza

Ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri RD Congo barahamagarira abaturage bose batuye mu gihugu kwitabira imyigaragambyo iteganyijwe ku wa gatatu w’icyumweru gitaha Tariki ya 16 Gashyantare 2016 igamije kubuza Perezida kongera kwiyamamaza. Bakaba bavuga ko Perezida Kabila yishe itegeko nshinga agamije kuguma ku butegetsi. Ibinyamakuru bitandukanye muri Kongo Kinshasa bivuga ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bategura iyi […]

Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo umunyamakuru Ntwari Williams aravuga ko ifungwa rye ryateguwe

Nyuma y’itabwa muri yombi akanya gato k’umunyamakuru wa The East African akongera kurekurwa, undi munyamakuru, Ntwari John Williams, we ruracyageretse hagati ye n’ubutabera nubwo yarekuwe by’agateganyo. Umunyamakuru Ntwari John Williams yari aherutse gutabwa muri yombi mu minsi ishize akekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana utarageza imyaka y’ubukure, ariko kuri uyu wa Kabiri ushize yagejejwe […]

Nyuma ya ONU, USA yongeye kurega u Rwanda guhungabanya umutekano w’u Burundi

Ku munsi w’ejo kuwa gatatu tariki ya 10 Gashyantare 2016,Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zongeye kurega guverinoma y’ u Rwanda gushaka guhungabanya umutekano w’u Burundi hifashishijwe gutoza igisirikare impunzi z’u Burundi ziri mu Rwanda zahunze Perezida Pierre Nkurunziza hagamijwe kuzisubiza mu Burundi kujya kumuhirika. Umunyamabanga wa Leta wungirije muri Leta zunze ubumwe za Amerika […]

DPGR irasaba amavugurura mu mategeko agenga amatora n’imitwe ya politiki mbere y’amatora rusange ateganyijwe mu minsi iri imbere

Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gashyantare ishyaka The Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) ryagejeje ku Nteko ishinga Amategeko y’u Rwanda ubusabe busaba kuvugurura itegeko rigenga amatora n’irigenga imitwe ya politiki mu Rwanda. Aya mavugururwa ya politiki ngo akaba akenewe mbere y’amatora ya perezida ateganyijwe mu 2017 ndetse n’ay’abadepite ateganyijwe mu 2018. Bimwe mu […]

Rwamagana: Umucungamutungo wa SACCO afunzwe akekwaho kurigisa amafaranga arenga miliyoni

Ku itariki 8 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rwamagana yafunze Gasengayire Immaculée, akaba akekwaho kurigisa amafaranga y’u Rwanda angana na 1, 2000,000 ayabikuje kuri konti ya VUP muri SACCO ya Fumbwe yari abereye umucungamutungo, iherereye mu murenge wa Fumbwe, muri aka karere, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’uburasirazuba,Inspector of Police (IP) […]

Uganda: Perezida Museveni ngo azava ku butegetsi EAC yabaye igihugu kimwe

Perezida Museveni kuri uyu wa Kabiri yasobanuye kuba ku butegetsi kwe igihe kirekire no kongera manda y’imyaka 5 ku myaka 30 amaze ayobora Uganda avuga ko akeneye gufasha Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kugera ku ntego yawo yo kuba igihugu kimwe. Yagize ati: “Ndi hano kugirango ndebe ko wenda twabafasha kugira Afurika y’Iburasirazuba nk’igihugu kimwe kugirango […]

FDLR ntiteye ubwoba u Rwanda “Minisitiri Mushikiwabo Louise”

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba umuvugizi wa leta aravuga ko FDLR ntawe iteye ubwoba ku buryo yabuza u Rwanda gusinzira. Ibi akaba yabitangaje ubwo yari imbere ya Sena y’u Rwanda. Minisitri Louise Mushikiwabo avuga ko bidashoboka ko umutwe urwanya leta y’ u Rwanda FDLR watera u Rwanda nubwo avuga ko u Rwanda rugomba gushyira […]

Leta ya Vladimir Putin yateye utwatsi Amerika yayisabaga kugabanya intwaro za kirimbuzi

Leta y’Uburusiya yateye utwatsi Leta zunze ubumwe za Amerika ku ngingo y’ibiganiro yabusabaga byo kwigira hamwe uburyo Uburusiya bwagabanya intwaro z’ubumara ( Arsenal nucléaire ). Nk’uko byatangajwe na Visi-Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’Uburusiya, Sergue௠Riabkov, ngo Leta y’Uburusiya ntishobora kwitabira ibiganiro Amerika ibusabamo kugabanya intwaro z’ubumara. Yatangaje ko ari ibidashoboka, ati: “Icyo tugezeho ni ku […]

Nyagatare: Barishimira umusaruro w’ubukangurambaga mu kurwanya ibiyobyabwenge

Ubukangurambaga burwanya itundwa, icuruzwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu karere ka Nyagatare, bwatumye hafatwa ibinyobwa bitemewe birimo amakarito 500 ya Chief Warage na litiro 650 za kanyanga. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyagatare, Senior Superintendent of Police (SSP) Christian Safari avuga ko ibi biyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 9 n’ibihumbi 200 (9,200,000) by’amafranga y’u Rwanda, bikaba […]

RD Congo : Miliyoni hafi 7 z’abaturage ziri mu ntambara nshya yadutse ishyamiranyije Wumela na Yebela

Mu gihugu cya Kongo hadutse intambara y’amagambo ishyamiranyije abashyigikiye ko Perezida Kabila aguma ku butegetsi biyise Wumela ndetse n’abashyigikiye ko ava ku butegetsi biyise Yemera. Iyi ntambara ikaba iri gukorerwa ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter aho bagenda boherezanya ubutumwa bakunze kwita Hastags buri wese agaragaza uruhande arimo. Kugeza ubu Yemela iragenda irya isataburenge Wumela. Iyi […]