Ntagikozwe u Burundi butembagajwe n’ ubukene “Andre Nikwigize”

Umuhanga mu by’ ubukungu ukomoka mu gihugu cy’ u Burundi André Nikwigize aratangaza ko mu gihe ntagikozwe kandi cyihuta igihugu cy’ u Burundi kigiye gutembagara burundu bitewe n’ uko ubukungu bw’ iki guhugu bwifashe nabi. André Nikwigize kubwe avuga ko igihugu kigiye gutembagazwa nuko leta itigeze yumva impanuro yagiye ihabwa n’abahanga mu by’ ubukungu […]
Bill Gates agiye gushora miliyari 200 z’amadolari mu bikorwa by’iterambere muri Afurika

Umuherwe w’Umunyamerika akaba n’uwashinze ikigo Gates Foundation, Bill Gates, yatangaje ko agiye gushora agera kuri miliyari 200 z’amadolari y’Amerika mu bikorwa bigamije iterambere rirambye ku mugabane wa Afurika. Ibi yabitangarije mu nama yihariye y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yabereye ku cyicaro cyawo i Addis Ababa, mu nyubako ya Nelson Mandela Hall, aho yari yatumiwe nk’umwe […]
U Rwanda rufite amadolari yarufasha kugura ibyo rwifuza mu mezi 4.7 nta yandi rukeneye – BNR

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) ivuga ko ifite ubwizigame bw’amadovise (Amadorali ya Amerika) ahagije yafasha igihugu kugura ibyo cyifuza byose mu gihe cy’amezi 4,7, ariko igihugu kikaba kigiye gutangira no kuzigama zahabu. BNR ivuga ko u Rwanda rugiye gutangira gushora imari mu kugura zahabu zizifashishwa nk’ubwizigame bw’igihugu nka Amadovize, nkuko byari bisanzwe bikorwa mu madorali ya […]
Abacuruzi bo muri Uganda baravuga ko bagihura n’imbogamizi mu kugeza ibicuruzwa mu Rwanda

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abacuruzi bo mu mujyi wa Kabale (KMTA), Michael Byamungu Turyamureba Rwasabutare, yatangaje ko nubwo umupaka wa Katuna wongeye gufungura mu myaka itatu ishize, abacuruzi bo muri Uganda bagifite imbogamizi zikomeye zo kohereza ibicuruzwa mu Rwanda kubera imisoro ihanitse cyane ku bicuruzwa bya Uganda yashyizweho na Guverinoma y’u Rwanda. Muri Gashyantare 2019, u Rwanda […]
Leta ya California ubu imaze gutambuka ku Buyapani mu bukungu

Ubukungu bwa Leta ya California bwarenze ubw’igihugu cy’u Buyapani, bituma iyi leta, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iza ku mwanya wa kane mu bukungu ku Isi. Guverineri Gavin Newsom yatangaje imibare mishya yatanzwe n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) hamwe na Biro ishinzwe Isesengura ry’Ubukungu muri Amerika yerekana iterambere rya California. Aya makuru yerekana […]
U Bushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa biva muri Amerika kugeza ku 125%

U Bushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa biva muri Amerika kugera ku 125% mu gihe intambara y’ubucuruzi yatangijwe na Donald Trump ifata intera. Pekin yazamuriwe imisoro kugera ku 145% ku bicuruzwa bimwe na bimwe itumiza muri Amerika mbere y’uko na yo yihorera nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Perezida Xi Jinping arahamagarira Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u […]
Ifaranga ry’u Rwanda mu yataye agaciro cyane mu 2024 muri Afurika

Ifaranga rya Nigeria (naira), irya Malawi (kwacha) hamwe n’ifaranga y’u Rwanda (RWF) yashyizwe ku rutonde rw’amafaranga ya Afurika yitwaye nabi kurusha ayandi imbere y’amadorari ya Amerika mu 2024, nk’uko raporo iheruka kubigaragaza, kubera ko yahuye n’ibibazo byinshi, uhereye ku busumbane bukabije mu bucuruzi, izamuka rikabije ry’ibiciro, kugabanuka kw’amafaranga y’amahanga. Izindi nzitizi ifaranga rya Afurika rihura […]
Rubavu: Abakorera mu isoko rya Cyanzarwe barataka ibihombo

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu, bagana n’abakorera mu isoko rya Cyanzarwe barataka ibihombo bikabije baterwa no kuba imvura igwa ikabacikiraho, bamwe mu ribo bagahitamo kujya gukorera mu nkengero ryaryo aho abarisigayemo bavuga ko hatemewe. N’isoko ryubatse mu murenge wa Cyanzarwe, akagari ka Ryabizige ho mu mudugudu wa Musene. Dukuze Jean Pierre, umucuruzi […]
Dr Frank Habineza yemeje ko DGPR iri gukora imishinga y’ubworozi n’ifumbire mu turere 10

Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com , perezida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda , Dr Frank Habineza, yatangaje ko nyuma y’amatora y’abadepite nay’umukuru w’igihugu yatumye iri ishyaka rigumana imyanya ibiri mu nteko , ko ubu bari gushyira mu bikorwa bimwe mu bitekerezo iri shyaka ryagararagazaga mu gihe biyamamazaga, gukora imishinga mu bworozi bw’amatugo magufi, gutunganya […]
Ibiti birenga ibihumbi 214 bigiye guterwa ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu

Mu turere twa Rutsiro na Rubavu hagiye guterwa ibiti birenga ibihumbi 214 byiganjemo iby’imbuto ziribwa ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, ngo bikumire isuri yototera utu duce tw’imisozi miremire yibasirwa n’ibiza, ari nako bigira uruhare mu guhangana n’imirire mibi yiganje mu bana. Ni ibikorwa biri gukorwa mu miganda idasanze yahawe insanganyamatsiko “Igiti ni ukubaho” mu mirenge […]
Gatsibo: Abahinzi b’umuceri baraterwa igihombo n’urugomero rwuzuyemo umucanga

Mu Karere ka Gatsibo,Umurenge wa Rwimbogo hari abahinzi b’umuceri bavuga ko bafite ikibazo cy’uko urugomero rw’amazi rwa Kiliba rwabafashaga kugaburira umuceri amazi,rwuzuyemo umucanga,bakaba bavuga ko ibi birimo kubateza igihombo. Aba bahinzi b’umuceri bibumbiye muri Koperative ya Coproriz Ntende iherereye muri zone ya Humure na Kabeza,bakaba basaba ko rwasiburwa bagakomeza ubuhinzi bwabo. Ugeze muri iki gishanga […]
Rubavu: Intambara y’abahinzi n’aborozi igiye kugira iherezo

Aborozi bo mu Karere ka Rubavu, ni kenshi hagiye humvikana mu makimbirane n’abahinzi b’urutoki, bavuga ko babatemera insina bashaka imitumba yo kugaburira inka, iki kibazo amakuru ahari avuga ko kigiye kuba amateka kuko hagiye guhingwa ubwatsi bw’amatungo ku cyanya cya Hegitari 50, kugira ngo hazamurwe umukamo. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Ukwakira […]
Dr Karangwa yagaragaje ingano y’umusaruro wangirikira mu murima

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko umusaruro w’ibigori wangirikira mu nzira z’isarura ugeze kuri 13%, ndetse ku bihingwa byangirika vuba nk’inyanya byo biri hejuru ya 33% kubera ikoranabuhanga rikiri hasi mu isarura no mu kubika umusaruro. Ibi byatangajwe na Dr Karangwa Patrick,Umuyobozi muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi Ushinzwe Guteza Imbere Ubuhinzi buvuguruye, ubwo yari mu kiganiro […]
Karongi: Abahinzi b’imboga baracyagowe no kubona imirama

Bamwe mu bakora ubuhinzi bw’imboga ku buso buto (Green house) mu karere ka Karongi bavuga ko bakigowe no kubona umurama wazo, bagasaba ubuyobozi ko bwabafasha bakazibonera hafi kandi ku gihe. Ibi aba bahinzi babigarutseho ubwo hatangizwaga Imurikabikorwa ry’ibikorerwa muri aka karere riri kubera mu murenge wa Bwishyura, kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama 2024. […]
Mu myaka irindwi ishize urwego rw’ubwikorezi rwaragutse
Mu myaka irindwi ishize, ni ukuvuga uhereye mu mwaka wa 2017 kugeza ubu iterambere ry’igihugu mu ngeri zitandukanye ryagiye rizamuka ryiyongera ku bikorwa bindi byagezweho biturutse ku miyoborere myiza irangajwe imbere n’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame. Nta wabura kuvuga ko kuri iyi manda y’imyaka irindwi ya Perezida Kagame, ibyo yagiye yemerera abaturage byagezweho […]
Imbamutima z’Umworozi w’inkoko watewe inkunga ya Miliyoni 145 Frw zitishyurwa

Edouard Twizerimana, Umuyobozi wa Eddy Farm Ltd ikora ubworozi bw’inkoko zitera amagi, mu karere ka Rubavu uvuga ko yari asanzwe afite imashini zituraga amagi z’agaciro ka Miliyoni 15 Frw, agaterwa inkunga y’imashini za Miliyoni 145 Frw. Edouard akorera ubworozi bwe mu kagari ka Basa, Umurenge wa Rugerero. Kuri uyu wa gatanu, tariki 14 Kamena 2024, […]
Rusizi: Ambasaderi w’Ububiligi mu Rwanda yashimye umushinga w’ibagiro ry’ingurube rigezweho riri kubakwa

Ambasaderi w’Ububiligi mu Rwanda, Bert Versmessen yashimye umushinga w’ibagiro rigezweho ritunganya ibikomoka ku ngurube, riri kubakwa i Rusizi. Ibi yabigarutseho mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri aka karere, kuri uyu wa kane tariki 13 Kamena 2024. Umunyemari Mugambira Jean Bosco, usanzwe ari umucuruzi akaba n’Umuyobozi mukuru wa Kampani (Kime Ltd) urimo kubaka ibagiro ry’ingurube rigezweho muri […]
Indege zitagira abapilote zashyize igorora aborozi b’ingurube

Uko iterembere riza niko rizana n’ibyaryo, iryo mu Rwanda ntiryibagiwe n’umworozi w’ingurube uri i Mibirizi ho mu karere ka Rusizi, aho hasigaye hifashishwa indege zitagira umupilote (Drone) kugira ngo agezweho intanga mu gihe zarinze mu gihe kitarenze isaha mu gihe imodoka ihagenda amasaha 8 uvuye i Muhanga. Binyuze muri gahunda y’ubutwererane hagati ya Leta y’u […]
Ngororero: Abororera mu nzuri za Gishwati bugarijwe n’ibibazo bibateza ibihombo

Abororera mu nzuri za Gishwati, ku ruhande ruherereye ku karere ka Ngororero bamaze igihe bavuga ko bugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo bikomoka ku kutagira imihanda itunganyije neza bibagusha mu bihombo. Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko hari ikiri gukorwa mu gutunganya iyi mihanda yangiritse. Aba borozi bo mu nzuri za Gishwati bavuga ko ubu bari mu gihombo gikabije cy’umukamo, […]
Karongi: Bahangayikishijwe n’ibihazi bicukura amabuye y’agaciro bikabangiriza imirima yabo

Abaturage bo mu karere ka Karongi bavuga ko bamaze imyaka myinshi bangirizwa imirima yabo n’abo bita ibihazi biyacukuramo amabuye y’agaciro binyuranyije n’amategeko, Ubuyobozi bwabafata bukabafunga iminsi mike bugahita bubafungura. Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko bugorwa no kubona itegeko ribafunga igihe kirekire. Aba biganjemo abatuye mu mirenge ya Rubengera, Rugabano na Gashari ikibazo cyabo si icy’uyu munsi, […]
Nyamasheke: Abashomeri batuye aho icyayi cyabuze abasoromyi bijejwe ubufasha

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura na COOPTHEVIGI bakorana n’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura mu karere ka Nyamasheke barasabwa imbaraga mu kurushaho kucyitaho bacyongereza ubwinshi n’ubwiza, cyane cyane bongera ubuso bw’imirima gihigwaho, kugira ngo kirusheho kubateza imbere. Babisabwe n’uwari uhagarariye Rwanda Mountain Tea, Bugingo Eric, ubwo muri uru runganda ruri mu murenge wa Bushekeri, hizihirizwaga umunsi mukuru […]
Perezida Kagame yakuyeho amahooro kuri serivisi n’ibyemezo 12
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho iteka rihagarika kwishyuza amahoro abantu basaba serivisi n’ibyemezo 12 zikenerwa mu nzego za Leta. Ni iteka n° 075/01 ryo ku wa 04/12/2023 rishyiraho amahoro yakwa kuri serivisi no ku byemezo bitangwa n’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage, ryasohotse mu Igazeti ya Leta, nimero idasanzwe yo ku wa 05/12/2023. […]
Nta mafaranga u Rwanda rwasabye: Minisitiri Cleverly
Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, James Cleverly, yabwiye itangazamakuru ko nta yandi mafaranga u Rwanda rwasabye guverinoma y’igihugu cyabo kugira ngo bivugurure amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu. Minisitiri Cleverly yabitangaje ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023, ubwo we na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Rwanda, Dr Vincent Biruta, bari bamaze […]
Gahunda y’u Rwanda izadufasha kurokora za miliyari: Sunak
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yatangaje ko gahunda y’ubufatanye bw’igihugu cye n’u Rwanda mu gukemura ibibazo by’abimukira n’iterambere ry’ubukungu izabafasha kurokora miliyari z’amapawundi. Sunak yabitangarije abanyamakuru kuri uyu wa 1 Ukuboza 2023 ubwo yari yerekeje i Dubai mu nama ya 28 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku guhangana n’ihindagurika ry’ibihe, izwi nka COP28. Uyu muyobozi yabameneyesheje […]
Mu Rwanda mfite ifamu y’imbwa: Sina Gérard
Umushoramari Sina Gérard yatangaje ko guhorana udushya kwatumye atangira umushinga wo korora imbwa, kuri ubu akaba afite icyo yise « ifamu » yazo kandi ngo azikuramo amafaranga menshi arenze ava mu matungo menshi asanzwe. Ibi yabibwiye abanyeshuri bo muri kaminuza ya UTAB kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023 ubwo biteguraga ibirori byo gusoza amasomo bizwi nka ‘graduation […]
Abanyenganda barakariye umukozi wababwiye ko mu binyobwa benga harimo ibitera indwara
Abanyenganda zenga ibinyobwa barakajwe n’umukozi wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe politiki y’imisoro, Ntegano Abel, wababwiye ko impamvu bacibwa imisoro ari uko hari bimwe mu byo bakora bitera indwara. Mu nama yahuje inzego zifite aho zihurira n’imisoro n’aba banyenganda kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2023, batakambye bavuga ko ikigero cya 30% cy’umusoro bacibwa kuri ibi binyobwa […]
Umushoramari Tuyishimire yateguje ko agiye gusezerera abakozi bose

Tuyishimire Placide ufite inganda ebyiri zitunganya urwagwa mu karere ka Musanze yateguje ko agiye gusezerera abakozi bose, asigarane abashinzwe isuku. Ahamya ko bizaterwa n’uko umusoro yakwa wazamutse cyane. Mu nama yahuje abafite inganda zenga ibinyobwa hamwe n’inzego zirimo Minisiteri y’imari n’igenamigambi, MINECOFIN, Tuyishimire yavuze ko we na bagenzi be batewe ikibazo no kuba umusoro w’ibinyobwa […]
Perezida Kagame yatangaje ikurwaho rya ‘Visa’ ku Banyafurika bose

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rugiye gukuriraho Abanyafurika bose icyangombwa cyemerera umuntu kwinjira no kuba by’agateganyo mu gihugu cy’amahanga kizwi nka ‘Visa’ mu rwego rwo kubafasha kurusura no kurukoreramo ubucuruzi mu buryo buborohereye. Umukuru w’Igihugu yatangarije iki cyemezo mu nama mpuzamahanga y’ubukerarugendo yabereye mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023. […]
Depite yasabiye abakozi bahombya Leta kujyanwa mu ngando
Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Bitunguranye Diogène, yasabiye abakozi ba Leta bakunze kugaragaraho amakosa yo guteza ibihombo kujya bajyanwa mu itorero riciye ingando kuko ngo nta rukundo ruhagije bafitiye igihugu. Ni mu gihe kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2023 Inteko Rusange y’abadepite yagezwagaho ubusesenguzi komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu, PAC, yakoze […]
Umudepite yasabye ko amafaranga ya RAB yakwifashishwa mu guhahira abaturage
Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Mussolini Eugène yasabye ko amafaranga Leta iha ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, yayakoresha ihahira abaturage. Kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2023, komisiyo y’abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu, PAC, yagejeje ku Nteko Rusange ubusesenguzi yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari. Depite Mussolini yagize ati: […]
Biden yashyize nyirantarengwa imbere ya Uganda
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yateguje Uganda ko ateganya kuyikura mu bihugu byo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara bibona inyungu muri gahunda yayo isanzwe ibishyigikira mu rwego rw’ubucuruzi, izwi nka ‘AGOA’. Mu ibaruwa Biden yandikiye umutwe w’abadepite na Sena mu nteko ishinga amategeko ya USA kuri uyu wa 30 […]
Uburayi bwageneye u Rwanda inkunga yo kurufasha guhangana n’inzara
Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) watangaje ko wageneye u Rwanda inkunga y’amayero miliyoni 106 yo kurufasha guhangana n’ikibazo cy’inzara cyugarije benshi batuye iki gihugu. Uyu muryango kuri uyu wa 31 Ukwakira 2023 watangaje ko ingo ibihumbi 211 zo mu cyaro zizahabwa kuri iyi nkunga kandi ko imishinga 14 ifite agaciro karenga miliyoni 11 z’amayero izashyirwa mu […]
Perezida Ruto arasaba ko ‘Viza’ zicibwa hagati muri Afurika
Perezida wa Kenya arabona ko icyangombwa cyemerera umuntu kwinjira cyangwa kuba by’agateganyo mu gihugu cy’amahanga kizwi nka ‘Viza’ (Visa) kidakenewe ku mugabane wa Afurika. Mu nama yiga ku kubungabunga amashyamba n’inzuzi yabereye i Brazaville muri Repubulika ya Congo kuri uyu wa 28 Ukwakira 2023, Ruto yatangaje ko iki cyangombwa gisabwa imbere muri Afurika kibangamira urujya […]
Perezida Ndayishimiye arashaka ko ubukungu bw’u Burundi bushingira ku nkwavu
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arashaka ko iterambere rusange ry’Abarundi rishingira ku bworozi bw’inkwavu kandi ko buri muturage, yaba usanzwe kugera ku bayobozi, bagomba korora byibuze eshanu. Iri bwiriza yarihaye Minisitiri w’umutekano n’iterambere, tariki ya 29 Nzeri 2023 asohora itangazo risaba abayobozi bose, ku bigo bya Leta, yewe no kuri za sitasiyo za Polisi ko […]
Depite Ruku arasaba Leta gufasha Abanyarwanda, bakigondera inyama
Depite Ruku Rwabyoma John yasabye Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome n’uw’ubutegetsi bw’igihugu, Musabyimana Jean Claude, gukoresha ijwi ryabo, hakagabanywa igiciro cy’inyama kuko ngo ubu isigaye irya umugabo, igasiba undi kandi Abanyarwanda bayikunda. Ubu busabe yabutanze kuri uyu wa 17 Ukwakira 2023, Dr Ngabitsinze na Musabyimana bahaga inteko rusange y’abadepite ibisobanuro mu magambo ku […]
RRA yashyizeho uburyo bufasha abakenera ‘mutation’ y’ibinyabiziga kubyikorera

Ikigo cy’imisoro n’amahoro, RRA, cyashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga buzajya bufasha abakenera guhinduranya (mutation) ibinyabiziga kubyikorera bidasabye ko bava mu ngo zabo. Ibi byatangajwe na Komiseri Mukuru wa RRA, Bizimana Ruganintwali Pascal, kuri uyu wa 10 Ukwakira 2023, ubwo iki kigo cyatangiraga icyumweru cyo gufasha abafite ibibazo bigendanye n’imisoro no kumva ibitekerezo n’inama byabo. Ruganintwali mu kiganiro […]
RRA yakemuye ikibazo umuturage yari amaranye imyaka 7

Kuri uyu wa 10 Ukwakira 2023 ikigo gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) cyatangije icyumweru cyahariwe gukemura ibibazo bijyanye n’imisoro n’amahoro, birimo iby’imyenda yabaye myinshi n’iby’abacuruzi ibikorwa byabo byahagaze ariko nimero iranga usora (TIN) igakomeza kugaragara ko ikora. Dusabimana Jean baptiste ni umwe mu baturage twasanze ku biro bya RRA. Yashimiye iki kigo kuba cyamukemuriye ikibazo yari […]
Abahinzi b’ibirayi 85% batera imbuto mbi, itanga umusaruro muke: MINAGRI

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yatangarije inteko rusange y’abadepite ko umusaruro muke w’ibirayi uterwa n’impamvu zikomeye zirimo kuba abahinzi 85% batera imbuto itari nziza. Ibi yabivuze ubwo yasobanuriraga inteko rusange ibibazo bijyanye no kurwanya isuri no kubyaza umusaruro amaterasi y’indinganire, kuri uyu wa 10 Ukwakira 2023. Ubwo yabazwaga kuri uyu musaruro wabaye muke, ukaba […]
Museveni yatangaje ko Uganda ikeneye abaguzi b’ibigori n’amata mu baturanyi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko igihugu cye gikeneye abaguzi ba toni miliyoni 5 z’ibigori n’amata mu bihugu by’abaturanyi birimo u Rwanda. Ibi yabivuze kuri uyu wa 8 Ukwakira 2023 ubwo yari mu masengesho yo ku rwego rw’igihugu hamwe n’abandi bayobozi barimo umugore we, Janet Museveni, usanzwe ari Minisitiri w’uburezi na siporo. Museveni […]
Rusizi: Amarira aratemba muri koperative iherutse gutakambira Perezida Kagame

Abanyamuryango ba koperative Gisuma Coffee y’abahinzi ba kawa ikorera mu murenge wa Giheke, akarere ka Rusizi, babaye nk’abakubiswe n’inkuba ubwo bitabiraga inama y’inteko rusange yabo, biteguye kugabana inyungu, bakabwirwa ahubwo ko bahombye arenga 4.800.000, ko igihombo kizanakomeza kwiyongera, barikubita bataha inama itarangiye. Bavuga ko ibibabayeho byanababayeho umwaka ushize na bwo babwirwa ko bahombye, bibaza icyo […]
Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo zigabanywa kuko ngo ubwinshi bwazo bukomeye kuba intandaro yo kwiyahura kw’abaturage benshi. Izi nguzanyo zitangwa n’ibigo by’imari biciriritse bikorera muri Uganda bibarirwa mu 1500 nk’uko ikinyamakuru The Daily Monitor cyabitangaje, hakaba harimo ibisaba abo biguriza inyungu igera kuri 20% ku kwezi. Museveni mu […]
Umugenzuzi w’Imari nta cyizere afite cy’uko MINECOFIN izishyura ibirarane by’imisoro ya Frw miliyari 553

Umugenzuzi Mukuru w’Imari n’umutungo bya Leta nta cyizere afite cy’uko Minisiteri y’imari n’igenamigambi, MINECOFIN, izabona amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari 553,14 y’ibirarane by’imisoro itarishyuwe n’ibigo ireberera. Mu bugenzuzi yakoze mu mwaka w’ingengo y’imari ushize, yasanze ibi bigo bya Leta MINECOFIN ireberera bifitiye ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) iki giteranyo cy’ibirarane, kirimo Frw miliyari 450,81 cyo […]
Duhangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro, tuzakomeza gukora ubuvugizi: Dr Habineza
Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Dr Frank Habineza, yatangaje ko ahangayikishijwe n’ibiciro bikomeje kuzamuka. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 16 Nzeri 2023 nyuma y’inama y’urubyiruko rwo muri DGPR rwaturutse hirya no hino mu gihugu, yabereye mu mujyi wa Kigali. […]
Ibihugu 10 bya Afurika, aho ibikomoka kuri peteroli bihenze kurusha ahandi
Kuva mu ntangiriro za Kanama 2023, mu bihugu byinshi bya Afurika haranzwe n’izamuka ridasanzwe ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli (lisansi na mazutu). Mu Rwanda ho, urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA) rwazamuye lisansi gusa, ruyivana ku mafaranga (Frw) 1517 kuri litiro, ruyigeze ku 1639 (idolari 1.365). Mazutu yo yagumye kuri Frw 1492 (idolari 1.243). Dr Nsabimana Ernest wari […]
Kenya iravugwaho guca inyuma EAC mu masezerano y’ubucuruzi n’u Bwongereza
Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) birimo u Burundi, u Rwanda, Uganda na Tanzaniya byihoreye bishaka amasezerano yabyo nyuma y’uko Kenya ibisize inyuma mu biganiro by’ubucuruzi n’u Bwongereza. Nyuma y’uko u Bwongereza buvuye mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (E.U) mu kiswe Brexit mu 2019, iki gihugu cyatangiye gushaka amasezerano y’ubucuruzi hanze y’Umuryango w’Ubumwe […]
Ibihembwe bishya bya TVA na TPR, inyungu ku basora bagorwa no guhuza ibyatunze umwuga n’imenyekanisha ry’umusoro ku nyungu
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza mashya agena uburyo bwo kumenyekanisha no kwishyura TVA na TPR mu bihembwe, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasabye abasora basanzwe bamenyekanisha iyi misoro mu bihembwe kumenyekanisha bakanishyura TVA na TPR byakiriwe mu kwezi kwa Gatandatu konyine bitarenze tariki ya 17/07/2023, kugira ngo hatangire gukurikizwa ibihembwe bishya, bihura n’ibihembwe bisanzwe […]
Twitter ishaka kurega Meta kubw’urubuga rushya yazanye rushaka kuyikura ku isoko
Twitter yavuze ko izarega Meta Platforms (META.O) kubera urubuga nkoranyambaga rwayo rushya yise Threads nk’uko bigaragara mu ibaruwa yohererejwe umuyobozi mukuru wa Facebook, Mark Zuckerberg, binyuze ku munyamategeko wa Twitter, Alex Spiro . Meta, yatangije ku mugaragaro Threads kuri uyu wa Gatatu ikaba imaze kugira abantu miliyoni 30 bayikoresha, aho uru rubuga rwaje rusa nk’urushaka […]
Mu 2050 ibihugu 3 bya Afurika bizaba biri mu bikize cyane ku Isi

Itsinda ry’ubugenzuzi n’ubujyanama, PricewaterhouseCoopers (PwC) muri raporo yaryo y’ubukungu bw’Isi yo mu 2016 ryagaragaje kandi rikora urutonde rw’ibihugu 32 bizaba moteri y’ubukungu bw’Isi mu 2050. Ukurikije uru rutonde, ibihugu bitatu byo muri Afurika, Nigeria izaba, mu 2050, iri ku mwanya wa 14 mu bihugu bifite ubukungu bukomeye ku Isi. aho izaba ikurikiwe na Misiri ku […]
Abanyeshuri 320 basoje amahugurwa yo kunganira abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka

Abanyeshuri 320 barimo 284 bigiye mu mujyi wa Kigali na 36 bo mu karere ka Rubavu kuri uyu wa 23 Kamena 2023 basoje amahugurwa yo kunganira abacuruzi bambukiranya imipaka yateguwe n’ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA), ihuriro RWAFFA rigizwe n’abafasha abacuruzi kwinjiza ibicuruzwa kuri za gasutamo n’ihuriro ry’ibigo byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba bishinzwe imisoro. Komiseri […]
Abacuruzi bo muri Uganda banezererewe u Rwanda nyuma yo gukura inzitizi ku mipaka
Abacuruzi bo muri Uganda bagaragaje ko bishimiye Leta y’u Rwanda nyuma y’aho ikuyeho inzitizi zatumaga abaruturukamo batoroherwa no kwambuka imipaka, bajya i Kabale, Kisoro n’ahandi. Imipaka y’u Rwanda na Uganda yafunguwe muri Werurwe 2022 gusa abacuruzi bo muri iki gihugu cy’abaturanyi bari bakigaragaza ko ibikorwa byabo bitagenda neza kubera ko abaturuka i Kigali bari basanzwe […]
Ruto arasaba Afurika kwigobotora idolari

Perezida wa Kenya, William Ruto, ntabwo yumva ukuntu ibihugu byo muri Afurika bicuruza mu madolari ya Leta zunze ubumwe za Amerika (US), aho gukoresha amafaranga yabyo. Ruto tariki ya 11 Kamena 2023 ubwo yaganirizaga abagize inteko ishinga amategeko ya Djibouti kuri politiki y’ubukungu, yavuze ko atumva uburyo ubucuruzi bukorwa hagati y’iki gihugu na Kenya bukoresha […]
U Burundi bugiye gutesha agaciro inoti z’ibihumbi 10 na 5
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRB), Dieudonné Murengerantwari, yatangaje ko mu minsi icumi, inoti z’10,000 n’5000 zakozwe mu mwaka w’2018 zizatakaza agaciro. Muregerantwari yasobanuye ko Abarundi basabwa kujyana izi noti ku mabanki bakazisimburirwa inshya zakozwe tariki ya 7 Ugushyingo 2022 bitarenze tariki ya 17 Kamena 2023. Ariko hari Abarundi bavuga ko aya makuru hari […]
Hashyizweho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN zabo
Nyuma y’ubusabe bwinshi bw’abacuruzi bavugaga ko hari abantu bakoresha nimero ziranga abasora (TIN) zitari izabo mu kurangura ibicuruzwa kandi ba nyirazo batabizi, bityo bikabavangira mu mibare y’ubucuruzi bwabo cyane cyane ku bijyanye n’ibicuruzwa biri mu bubiko bwabo, Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN, bityo bagaca ukubiri n’abamamyi babiyitirira mu […]
U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu byungukiye cyane banki zo muri Kenya
Banki nkuru ya Kenya (CBK) yatangaje ko u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika y’iburasirazuba cyungukira banki zo muri Kenya amafaranga menshi cyane. CBK yatangaje ko mu mwaka ushize, amashami ya banki zo muri Kenya aba mu karere yungutse amashilingi miliyari 32.51. Ni mu gihe mu 2021, zari zarungutse amashilingi miliyari 17.23. U […]
Hari gahunda y’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bazajya bemererwa kwishyura FRW muri Uganda

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Uganda zifitanye gahunda y’uko abacuruzi bakorera muri ibi bihugu bazajya bemererwa kwishyura amafaranga bikoresha (Amanyarwanda n’Amashilingi), bidasabye ko babanza kujya kuyavunjisha. Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, yabyemeje ubwo yari mu nama mpuzamahanga y’igihugu yateguwe n’ishuri rikuru ry’igisirikare, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2023. Yagize ati: “Abacuruzi bo muri […]
RDC yashyizwe mu bihugu 10 bikize muri Afurika
Ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) cyashyize Repubulika ya demukarasi ya Congo mu bihugu 10 bikize ku mugabane wa Afurika. IMF, muri raporo nshya yasohotse muri uyu mwaka, yagaragaje ko umusaruro mbumbe wa RDC wageze kuri miliyari 69 z’amadolari ya Amerika, hakaba harabayeho ubwiyongere bwa miliyari 6 ugereranyije n’umwaka wabanje. Ubwiyongere bw’umusaruro mbumbe burashingira bwatewe n’umusaruro uva […]
U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025
Nyuma y’imyaka itatu ya mbere y’imikoranire, Paris Saint-Germain, imwe mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye ku Isi ndetse ifite izina muri siporo yamamaza u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, yongereye masezerano ifitanye na RDB azageza mu 2025 . Nkuko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, muri aya masezerano Visit Rwanda izakomeza kugaragara ku myambaaro […]
Abadepite ntibashyigikiye igabanywa rya miliyari 14 ku ngengo y’imari y’ubuhinzi
Abadepite bagize komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu bagaragaje ko badashyigikiye igabanywa ry’amafaranga y’u Rwanda akabakaba miliyari 14 ku ngengo y’imari igenerwa Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI. Babigaragaje kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 ubwo baganiraga na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, ku mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka w’2023/2024 igenerwa y’ubuhinzi n’ubworozi ya MINAGRI n’ibigo […]
I&M Bank Rwanda yahishuye ko yibwe n’abatekamutwe asaga miliyari 10 Frw mu mezi 3
Ishami rya I&M Bank Rwanda ryatakaje miliyoni 10.3 z’amadolari ya Amerika (miliyari zisaga 10 Frw) yibwe mu buriganya bw’umukiriya mu gihe cy’amezi atatu, bituma hatangira iperereza ryo kugerageza kugaruza ayo mafaranga . Aya mafaranga, arenga miliyari 10 y’inyungu I&M Group yinjije ku isoko ry’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye mu Kuboza 2022, yabuze hagati […]
Basabwe kumenyekanisha umuceri bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata bagasubizwa TVA
Mu rwego rwo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro byashyizweho ku bicuruzwa by’umuceri, ifu y’ibigori n’ibirayi, Minisiteri y’ubucuruzi (MINICOM) ifatanyije n’izindi nzego ikomeje ubugenzuzi mu Gihugu hose, ho abacuruza umuceri baasabwe kumenyekanisha uwo bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata kugirango basubizwe Umusoro ku nyongeragaciro . Aho ubugenzuzi bwageze ku masoko manini yo mu Mujyi […]