DUHE IMANA IGIHE – Rev. Nibintije

Amaganya 3:25-26

“ Imana ibera mwiza umwiringira, abera mwiza ubugingo bukomeza kumushaka. Ni byiza ko umuntu ategereza, ndetse agategereza agakiza k’ Imana ye acecetse.”

Byamfashe imyaka 21 kugira ngo ntangize ministere yanjye y’ Ivugabutumwa yitwa MENI ndetse n’ ishuri rya Bibliya ryitwa NEMI INSTITUTE

Byasabye Mose imyaka 80 kugira ngo abe umuyobozi mwiza.

Yesu Kristo Umwami n’ umukiza wacu yakoreshe imyaka 30
mu gutegura ministere ye.

IGIHE NI INSHUTI YAWE.

Wikwihutisha ibintu.

Ibuka “KWIHANGANA” ni intwaro ikomeye idufasha kutibeshya mu rugendo twafashe rutugeza ku ibisubizo byacu biva ku Mana yacu.Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki.

Imana ibidufanyemo ..!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
estachenib@yahoo.com
+14123265034(WhatsApp)

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *