whatsapp_image_2024-07-03_at_13.53_44.jpg

Kigali: Uko wakwiga cyangwa ugahabwa serivise z’ikoranabuhanga mu gihe gito na ICT FOR ALL IN ALL LTD

Kuva mu 2017, Ikigo cy’ikoranabuhanga n’ibindi bijyanye naryon’igihe kizwi nka ICT FOR ALL IN ALL LTD giherereye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kimironko, akarere ka Gasabo, nyuma y’uburambe mu gukora porogaramu za mudasobwa (Software & websites), gikomeje gukingura amarembo no kubifuza gukarishya ubwenge biga ubumenyi bw’ibanze bwa mudasobwa (computer general literacy), kwiga gukora porogaramu za mudasobwa (ssoftware development), gukora ama websites, kwigisha abakozi ubuhanga bwatuma batanga umusaruro wisumbuye kuwo batangaga, n’ibindi bijyanye n’ikoranabuhanga.

whatsapp_image_2024-07-03_at_13.53_44.jpg

Iki kigo kibanda ku kwigisha cyane cyane:

1. Web technologies
2. Software development
3. Mobile application development
4. Programming based on projects
5. Computer general literacy [MS Word, Excel, Powerpoint, internet]

Bamwe mu bagannye iki kigo kuhavoma ubumenyi mu hanga bwa mudasobwa bavuga ko baribonyemo ibyo bifuzaga byose, ubu bakaba ari bamwe mu bahagaze neza ku isoko ry’umurimo, bakaba baragwije ubuhanga bubafasha gukoresha ikoranabuhanaga mu kazi ndetse no mu buzima bwabo bwa buri munsi.

whatsapp_image_2024-07-03_at_12.46_46.jpg

Umuyobozi mukuru w’iri shuri, Theoneste Uwayezu, avuga ko bafite intego yo gufasha abantu bose kugira ubushobozi bwo gukoresha ikoranabuhanga mubuzima bwabo bwa buri munsi mu rwego rwo kuzamura umusaruro batanga no kwihutisha akazi kabo ka buri munsi. Anasobanurako bagira porogaramu zigwa kuwa kwezi

whatsapp_image_2024-07-02_at_16.02_44.jpg

Ushaka kugana iki kigo anashaka kumenya ibindi bisobanuro, wabasanga aho bakorera i Kimironko, cyangwa ukabahamagara kuri izi nimero 0788302964 | 0788384737.
whatsapp_image_2024-07-02_at_16.02_43.jpg

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *