Ese kwikinisha ni iki?
Kwikinisha ni igikorwa cyo kwishimira ibyiza by’igitsina cyawe ariko uri wenyine.Bitangira mu gihe umwana akiri muto hamwe aba atangiye kujya akinisha igitsina cye, gusa kuri we ntayindi ntego aba afite.
Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Topsante, Ku bantu bakuru ho kwikinisha bikorwa hagamijwe kugera ku munezero wo kurangiza hadakozwe imibonano mpuzabitsina.
Ku bagabo, yifashisha ikiganza kimubangukiye agapfumbatiza igitsina cye akajya akubaho azamura amanura kugeza asohoye, cyangwa se agakomeza gukorakora cyangwa gucugusa igitsina cye kugeza igihe asohoye.
Ku bagore akoresha urutoki cyangwa intoki, akajya akuba kuri rugongo, rimwe na rimwe akinjiza no mu gitsina, akorakora no ku mabere, kugeza yumvise ageze ku ndunduro y’ ibyishimo bye.
Uko iterambere rikataza ni nako abikinisha bashaka ubundi buryo, ubu hakaba hari n’abakoresha ibitsina by’abagabo bikoreshwa b’imashini ( Pénis à‰lectrique ).

Ese kwikinisha biterwa n’iki?
Impamvu nyamukuru itera kwikinisha ni ubwigunge no kuba wenyine.
Indi mpamvu ni uguhemukirwa n’uwo wakundaga ugasigara wumva wakikemurira ikibazo uri wenyine
Kureba film z’abahuza igitsina no kureba amafoto y’abantu bambaye ubusa ni indi mpamvu ishobora gutera kwikinisha.
Kugira isoni no gutinya nabyo biri mu bitera kwikinisha, cyane cyane ku bahungu.
Gutinya indwara zandurira mu mibonano kimwe no gutera cyangwa guterwa inda nabyo bishobora gutuma umuntu yikinisha
Ku bagore gukora imibonano ntarangize bishobora kumutera kwikinisha kugirango arangize.
Mu gihe abona hari uburyo yakwifashisha bukamugeza ku byishimo bya nyuma akarangiza, umugore ashobora kubwifashisha kugirango yinezeze, hano nibwo afata icyemezo cyo kwikinisha.

Ingaruka: Ku bagabo n’abagore (hari ibyo bahuriraho)
Uwazonzwe no kwikinisha ashobora kugera aho yihagarika inkari zigakurikirwa n’amasohoro,
Ashyukwa buri kanya abitewe n’utuntu tudafashije,
Ubushakashatsi bwerekanye ko mu barwayi 1000 b’igituntu 414 muri bo bagitewe no kwikinisha,
Agera ku rwego rwo kuba yakorana imibonano mpuzabitisna n’uwobagihuje kuko aba atinya ikindi gitsina
Umubiri we ntiwihanganira izindi ndwara,
Kurangiza vuba cyangwa utinze : Uko ugenda urushaho kwikinisha, niko ubushobozi bwo kuba wakora imibonano n’umugore igihe kinini bugenda bugabanuka, aha rero abibwira ko bagiye kwikinisha bashaka kongera ingano y’igitsina ngo bazashimishe abagore babo ngo baba bibeshya ahubwo ahubwo ko bashobora kuzabatera agahinda, hari n’abikisha mbere yo gutera akabariro kugirango batinde kurangiza, byose biterwa n’umubiri w’umuntu
Kuba ikiremba : ibi biza bikurikiranye no kurangiza vuba, noneho ntubashe kongera kugira ubushake bwo gukora imibonano n’umugore wawe cyangwa undi muntu mudahuje igitsina.
Ntabwo kwikinisha bituma umuntu atabyara iyo akibasha kuba yakora imibonano mpuzabitsina agasohora. Ariko twabonyeko kwikinisha bishobora kugira ingaruka ku mibanire yawe n’uwo mwashakanye. Ushobora kwifashisha kwikinisha kugirango wirinde abagore, nibyiza ariko ikibazo n’uko numara gushaka uwawe mugasezerana, ushobora kuzaba waramenyererye kubonera ibyishimo mu kwikinisha, bibe byatuma utabasha kwita ku mugore wawe, aha no ku mugore niko bigenda akaba yahurwa umugabo.
Kwinisha rero biratuma uko ubwonko bukora bigabanuka. Ivyiyumviro vyerekeza cane ku mibonano mpuzabitsina biratuma inguvu ubwonko bukoresha mu kwiyumvira zigabanuka, n’ubwenge buraheza bukagabanuka. Biratuma kandi umuntu adasubira kwumva umunezero mu gihe c’imibonano mpuzabitsina n’uwo bakundana.
Iyo umuntu ashukwa kenshi bituma imitsi nsozabwenge iremamara (affaiblissement des nerfs)
Iyo rero umuntu akunda kwikinisha arakunda gufatwa n’indwara yo kumeneka umutwe, ntasubire kubona neza. Iyo ariko aratambuka canke ahinduye ikibanza(ahagurutse canke yicaye) haca haza ikintu kimeze nk’igitambara cirabura mu maso.
Ku banyeshuri hoho ntibisanzwe kuko ubwenge buragabuka kubera gufata k’umutwe biragabanuka kandi n’inguvu zo kwiga umwanya munini zirabura
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com



