G8NVbuyX0AUjoY5

Minisitiri Nduhungirehe yakiriye impapuro zemerera gukorera mu Rwanda ba ambasaderi ba Qatar n’u Buyapani

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yakiriye abahagarariye ibihugu byabo bashya babiri baherutse kugenwa muri izi nshingano.

Ni muri iki gitondo cyo kuwa Mbere, itariki, 15 Ukuboza, aho Minisitiri Olivier Nduhungirehe yabanje kwakira kopi y’inyandiko zatanzwe na Kazuya Nakajo, Ambasaderi-wagenwe n’u Buyapani mu Rwanda.

Minisitiri Nduhungirehe yakiriye kandi kopi y’inyandiko zimwemerera guhagararira igihugu cye, Mansour Ali Fahd Al Shahwani Al Hajri, Ambasaderi wagenwe na Leta ya Qatar mu Rwanda.

 

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *