Valdeci Sobrino ni umugabo wiyita umubakozi w’Imana, yabwiye abakirisitu ko Imana yamuhaye amata afite umugisha w’Umwuka Wera akaba ngo ari amasohoro amuturukamo.
Uy mugabo akomoka mu gihugu cya Bresil yabwiye abakirisitu abereye umushumba ko intanga cyangwa amasohoro ava mu gitsina cye ngo imana iba yayahaye umugisha kandi ko bagomba kuyamira nk’uko ikinyamakuru Africa info kibivuga.

Uyu wiyita Pasteur Valdeci Sobrino afite imyaka 59 y’amavuko, yafashwe n’igipolisi cyo muri icyo gihugu ngo arembeje abakobwa n’abagore b’abagabo hamwe n’abagabo aho bashiraga igitsina cye mu minwa yabo (rapport oral) kugeza amasohoro aje.
Akimara gufatwa na polise nta bwoba bwigeze bumuranga kuko yakomeje guhamiriza avuga ko uwo murimo wo gutanga amata biciye mu masohoro azabikomereza aho azafungirwa.

Nubwo abantu benshi bavuga ko akoresha amarozi kugirango abantu batabitekerezaho no kuyoboka andi madini, nyir’ubwite avuga ko atanga buri gihe ubutumwa ahabwa na Yesu.
Nawe ubwawe ushobora kwibaza uti ese koko uyu ni umukozi w’Imana isumba byose, cyangwa ni intumwa ya sekibi wamaze gukatirwaho iteka.
Murasabwa kuba maso kuko abakozi ba satani biyita aba Pasteur bamaze kugwira isi yose kandi rimwe na rimwe nawe barakwigisha, saba imbaraga z’Umwuka w’Imana ubashe kumenya inzira nyayo unyuramo.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com



