2025-12-04_23-36-08_2

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Trump (Amafoto)

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ukuboza, yagiranye ibiganiro byibanze ku mubano w’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we Donald Trump.

Ibiganiro by’abakuru b’ibihugu bombi byanitabiriwe n’abandi bayobozi ba Amerika, barimo Visi-Perezida JD Vance, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, Umujyanama wa Trump ushinzwe ubufatanye bwa Afurika, Massad Boulos cyo kimwe na Senateri Lindsey Graham.

Ni ibiganiro byabanjirije umuhango w’isinywa amasezerano y’amahoro u Rwanda rwasinyanye na RDC wayobowe na Perezida Trump.

 

 

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *