Mu nama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bigize umuryango w’Ubumwe bwa Afurika (AU) bamaze gutorerwa u Rwanda kujya mu kanama k’amahoro n’umutekano k’uyu muryango. Kakazamara kuri uyu mwanya imyaka.
Aya matora yabaye mu masaha ya saa sita yo kuri uyu wa kane tariki ya 28 Mutarama 2016 ku cyicaro gikuru cya AU giherereye muri Ethiopia.
Urubuga nkoranyambaga rwa Twitter rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga rwemeje aya makuru .
Biteganyijwe ko u Rwanda ruzatangira izi nshingano zizamara imyaka ibiri muri Werurwe 2016.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Alphonse Munyankindi / Bwiza.com



