Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma

Nyuma ya Kibumba, umutwe wa M23 watangaje kuri uyu wa Gatandatu ko wigaruriye agace ka Kanyamahoro mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru .

Biravugwa ko Gurupoma ya Buhumba ndetse n’umupaka wa Kabuhanga, i Kibumba kuri ubu bigenzurwa n’inyeshyamba za M23 kandi zikomeje kwegera imbere zisatira Goma.

Ni nyuma y’imirwano ikomeye yatangiye kuva kuwa Gatanu ushize, aho M23 mu itangazo ryayo ivuga ko FARDC yatakaje n’ibikoresho bya gisirikare birimo ibifaru bine byo mu bwoko bwa T-55 byatwitswe na M23 mu mirwano yabereye ahitwa Rugari.

Mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki 12 Ugushyingo, umutwe wa M23 wemeje ko ibitero bya bombe bya FARDC ku rundi ruhande bikomeje kwibasira abasivili b’inzirakarengane.

Iri tangazo rivuga ko ahitwa Kinyandonyi abagore bane n’abana 2 bishwe na bombe za FAARDC, mu gihe i Kanombe hapfuye abasivili batanu, ahitwa Kazuba hagapfa bane, mu gihe abandi benshi bakomeretse.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

20 Responses

    1. Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
      Vuga gahoro kuko Hamani yashingiye igiti moridekayi birangira hamani akimanitsweho. Basabire gutekana.

    2. Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
      Vuga gahoro kuko Hamani yashingiye igiti moridekayi birangira hamani akimanitsweho. Basabire gutekana.

  1. Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
    abaturage barikurenganiramundambaranubutunzibwabo byobirigukorwaho iki?

    1. Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
      inzara nintambara wahita mwiki m23 benewabo simpunzi uzigutega amaboko mufite igihugucyanyu nibyago m23 imana ibahe kunjyambere

    2. Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
      inzara nintambara wahita mwiki m23 benewabo simpunzi uzigutega amaboko mufite igihugucyanyu nibyago m23 imana ibahe kunjyambere

  2. Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
    abaturage barikurenganiramundambaranubutunzibwabo byobirigukorwaho iki?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *