Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko umuyobozi wa IPRC Kigali yatawe muri yombi nyuma y’aho bigaragaye ko habaye ubujura bw’ibikoresho by’iri shuri no kwiha umutungo rusange wa Leta. Kuri ubu hari ibikoresho byatangiye kugaruzwa mu gihe iperereza rigikomeje nk’uko RBA yabitangaje. WASOMA: https://bwiza.com/?IPRC-Kigali-yafunzwe-kubera-iperereza-iri-gukorwaho
Related



