Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo aho bushishikariza ababyifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu ko amarembo afunguye ku bujuje ibisabwa bikubiye muri iryo tangazo.
Iri tangazo ryashyizweho umukono n’Umuyobozi Ushinzwe Abakozi, Lt. Col Mutsinzi Peterson, ku wa 3 Mata 2019, asaba abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye, ko bakwihutira kwiyandikisha ku cy’icaro cy’akarere batuyemo guhera tariki 05 kugeza ku ya 15 Mata 2019.
Uwiyandikishije agomba kuba yararangije kwiga ikiciro cya Kabiri cya Kaminuza, kuba ari umunyarwanda, umunyarwanda ufite ubuzima buzira umuzo kandi utarakatiwe n’inkiko,…
Ibindi bisobanura wasoma iri tangazo.





20 Responses
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Kwinjaramo bisaba iki
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Kwinjaramo bisaba iki
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
NDIFUZA KUKIJYAMO NAMASHURI MACYE 2 PFI 28 MUKOZE KD MAZE IJYIHE MBISHA
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
NDIFUZA KUJYA MUNGABO ZIGIHUGU
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
NDIFUZA KUJYA MUNGABO ZIGIHUGU
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
NDIFUZA KUKIJYAMO NAMASHURI MACYE 2 PFI 28 MUKOZE KD MAZE IJYIHE MBISHA
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
ndifuza kujya mugisirikare nkaba mfite amashuri atant yisumbuye s5 ndumunyarwanda nkunda igihugucyanje murakoze?
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
ndifuza kujya mugisirikare nkaba mfite amashuri atant yisumbuye s5 ndumunyarwanda nkunda igihugucyanje murakoze?
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
ndifuza kujya mugisirikare nkaba mfite amashuri atant yisumbuye s5 ndumunyarwanda nkunda igihugucyanje murakoze?
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
ndifuza kujya mugisirikare nkaba mfite amashuri atant yisumbuye s5 ndumunyarwanda nkunda igihugucyanje murakoze?
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Ndumunyarwanda ndifuza kujya mugisirikare cyurwanda mfite amashuri yisumbuye 6 mushami rya HEG icyifuzo nasabaga niba bishoboka mwadufasha nkatwe dukeneye kwinjira murwego rwaba ofisiye mukajya mutwaka byibuze abafite C-D murakoze dutegereje igisubizo cyanyu kiza
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Ndumunyarwanda ndifuza kujya mugisirikare cyurwanda mfite amashuri yisumbuye 6 mushami rya HEG icyifuzo nasabaga niba bishoboka mwadufasha nkatwe dukeneye kwinjira murwego rwaba ofisiye mukajya mutwaka byibuze abafite C-D murakoze dutegereje igisubizo cyanyu kiza
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
ABAFITE AD MWAGA MUBEMERERA KWINJIRA MUBA OFICIE
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
ABAFITE AD MWAGA MUBEMERERA KWINJIRA MUBA OFICIE
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Ndifuza kuba igabo y’urwanda mfite imyaka 18 naragije 3 muri secondry ndifuzako mwamfasha murakoze.
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Ndifuza kuba igabo y’urwanda mfite imyaka 18 naragije 3 muri secondry ndifuzako mwamfasha murakoze.
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Kujya mugabo zingihungu
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Kujya mugabo zingihungu
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Ndifuza kujya mungabo zigihugu nkaba mfite S4, cyangwa x L3 muri networking murakoze
Abifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo
Ndifuza kujya mungabo zigihugu nkaba mfite S4, cyangwa x L3 muri networking murakoze