Ntakabanyura Claude, wamenekanye nka Papa Charlene bitewe n’uwahoze ari umugore we uzwi nka Mama Charlene, wakunze gutangaza amagambo mu itangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga yavugishije benshi, yeretse inshuti n’imiryango umukobwa witwa Louise bagiye kubana.
Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 4 Nzeri 2022. Mu kiganiro Claude yagiranye na bwiza.com , yatangaje ko igihe ari iki kugirango azane umugore usimbura uwo bahoranye bakanabyarana. “Igihe ni iki , neretse inshuti , imiryango umukobwa nakunze, tugiye kubana kandi ubukwe ni vuba.”
Yakomeje avuga ko umukobwa bagiye kubana yamuhisemo agendeye ku bintu bitatu, birimo ibanga, ubwiza no kuba akunda Imana. uyu mugabo avuga ko n’abana be babimusabye ko yashaka umugore kuko adakwiye kuba wenyine.
Nubwo hashize imyaka 13 atandukanye n’umugore we, avuga ko umukobwa yashimye yujuje ibyo yari akeneye kandi abona ko atandukanye nuwo batandukanye kuko mbere yuko amushima hari benshi bagiye bamenyana ariko akabanga bitewe nuko yasangaga hari ibyo bagendaga bahuriyeho nuwo batandukanye byasaga nkibibyutsa ibikomere.

Papa Charlene yamenywe n’abantu bitewe nuko uwahoze ari umugore we uzwi nk’umuvugabutuwa, yakunze kwigisha ku bijyanye n’ingo akagenda asa nutanga ingero zibyamubayeho kandi atunga agatoki uwari umugabo mu nyigisho n’ibiganiro yagiye atanga. Gusa byaje gutungura benshi ubwo umugabo yagiye mu itangazamakuru agashyira ukuri hanze, bisa naho byacubije umugore we kuko hatongeye kugaragara inyigisho nkizo yatangaga mbere.
Ubukwe bwa Ntakabanyura Claude (Papa Charlene), yatangaje ko buteganyijwe mu kwezi kwa 12 uyu mwaka wa 2022 , kandi bakazasezeranira mu itorero rya ADEPR.





14 Responses
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Nshimye Imana ku kubw’uyu mugabo uteye intambwe nziza. Nyagasani abubakire uruhamye wowe na Louise wawe. Uriya mugore wa mbere uvuga nk’inzogera cga imbwebwe, azakwifuza atakikubonye. Nyamwanga kumva ntiyanga kubona.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Nshimye Imana ku kubw’uyu mugabo uteye intambwe nziza. Nyagasani abubakire uruhamye wowe na Louise wawe. Uriya mugore wa mbere uvuga nk’inzogera cga imbwebwe, azakwifuza atakikubonye. Nyamwanga kumva ntiyanga kubona.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Uriya mugore yarambabaje ntiyaragakwiye gusenya urugo!Umuravye yari umugore mwiza kumubiri w’akaranga!None yapfuye roho!
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Uriya mugore yarambabaje ntiyaragakwiye gusenya urugo!Umuravye yari umugore mwiza kumubiri w’akaranga!None yapfuye roho!
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Uriya mugore yarambabaje ntiyaragakwiye gusenya urugo!Umuravye yari umugore mwiza kumubiri w’akaranga!None yapfuye roho!
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Uriya mugore yarambabaje ntiyaragakwiye gusenya urugo!Umuravye yari umugore mwiza kumubiri w’akaranga!None yapfuye roho!
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Uriya mugore yarambabaje ntiyaragakwiye gusenya urugo!Umuravye yari umugore mwiza kumubiri w’akaranga!None yapfuye roho!
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Uriya mugore yarambabaje ntiyaragakwiye gusenya urugo!Umuravye yari umugore mwiza kumubiri w’akaranga!None yapfuye roho!
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Ese?bapfuye iki?ubizi ambwire.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Ese?bapfuye iki?ubizi ambwire.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Ese? bapfuye iki? ubizi ambwire.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Ese? bapfuye iki? ubizi ambwire.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Ese?bapfuye iki?ubizi ambwire.
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
Ese?bapfuye iki?ubizi ambwire.