Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo

Umusore witwa Karemera John (amazina yahinduwe) avuga ko yisanze yakunze umukozi wo mu rugo rw’iwabo ariko aba atinya kubivuga bitewe n’ababyeyi be.

Yifashishije info@bwiza.com. Karemera yanditse avuga ko yakunze uwo mukobwa ufite imyaka 23 kandi na we akaba yumva ageze mu gihe cyo gushinga urugo.

Ikimuteye ubwoba ni uko ababyeyi be bagira amahane ku ngingo y’umuntu umuhungu wabo yazashaka. Ati ” Numva bavangura abantu bagendeye ku bo bari bo (status). Natinye kuvuga ko nkunda uriya mukobwa kuko nzi ko iwacu bazabirwanya, bagahita banamwirukana bashaka ko ntazongera kumubona.”

Karemera ati ” Uwo mukobwa iyo mvuye ku kazi nijoro nkamubonaho numva nishimye, aba yakoze buri kimwe mu kutwitaho mu gihe bashiki banjye bo baba biyicariye bareba televiziyo. Mbona na we ubwe nzabimwibwirira n’ubwo antinya.”

Uyu musore avuga ko yifuza inama kuri iki kibazo. Asanga yabana n’uyu mukobwa nta kibazo kuko afite akazi mu gihe uyu mukobwa na we yarangije amashuri yisumbuye, na we yabasha gukora ibindi. Arasaba abakunzi ba Bwiza.com kumuha inama z’uburyo yakemura iki kibazo atagiranye ibibazo n’ababyeyi be.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

24 Responses

  1. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Ababyeyi bo ibibazo muzabigirana rwose umunsi wabibabwiye ko ukunda uwo mukozi wanyu? Kuko ntibazapfa kukwemerera ko mubana? Arko ugomba gutinyuka ukabibwira uwo mukobwa. kuko nawe ashobora gutinya akabyanga? Arko nabikwemerera! uzabibwire n’ababyeyi bawe ubabwire ko umukunda kdi ariwe umutima wawe wahisemo. Ubundi uzamenya icyo gukora nyuma. Gusa urukundo nkurwo ababyeyi ntibapfa kurushyigikira? Gusa nibabyanga uzaba uhuye nikibazo gikomeye? Ushobora kubana n’uwo wakunze arko ugatana n’ababyeyi bawe? Hari umukobwa nzi wabanye n’umuhungu iwabo w’umukobwa badashaka uwo muhungu? Arko kuko bakundanaga bafata icyemezo cyo kubana? Ababyeyi bumukobwa barabanze bifata igihe kinini? Arko baje kugira urugo rwiza barakundana ndetse batera imbere. Biza kurangira family y’umukobwa babagarukiye babasaba imbabazi ko barwanyije urukundo rwabo? Ubu abana nagarutse mumiryango barakunzwe cyane pe! Kdi babanye neza. Ushobora kubikora rero mukabana batabishaka yewe bakaguca no n’umuryango arko nyuma bakazabagarukira kdi ibintu bikagenda neza.Gusa bisaba ubwitonzi n’ubushishozi kuwo muzabana. Kugirango utazatambamira urukundo nyuma ukicuza kdi n’umuryango wawe warakwanze? IMana igufashe kdi uzagire amahitamo meza. murakoze.

  2. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Ababyeyi bo ibibazo muzabigirana rwose umunsi wabibabwiye ko ukunda uwo mukozi wanyu? Kuko ntibazapfa kukwemerera ko mubana? Arko ugomba gutinyuka ukabibwira uwo mukobwa. kuko nawe ashobora gutinya akabyanga? Arko nabikwemerera! uzabibwire n’ababyeyi bawe ubabwire ko umukunda kdi ariwe umutima wawe wahisemo. Ubundi uzamenya icyo gukora nyuma. Gusa urukundo nkurwo ababyeyi ntibapfa kurushyigikira? Gusa nibabyanga uzaba uhuye nikibazo gikomeye? Ushobora kubana n’uwo wakunze arko ugatana n’ababyeyi bawe? Hari umukobwa nzi wabanye n’umuhungu iwabo w’umukobwa badashaka uwo muhungu? Arko kuko bakundanaga bafata icyemezo cyo kubana? Ababyeyi bumukobwa barabanze bifata igihe kinini? Arko baje kugira urugo rwiza barakundana ndetse batera imbere. Biza kurangira family y’umukobwa babagarukiye babasaba imbabazi ko barwanyije urukundo rwabo? Ubu abana nagarutse mumiryango barakunzwe cyane pe! Kdi babanye neza. Ushobora kubikora rero mukabana batabishaka yewe bakaguca no n’umuryango arko nyuma bakazabagarukira kdi ibintu bikagenda neza.Gusa bisaba ubwitonzi n’ubushishozi kuwo muzabana. Kugirango utazatambamira urukundo nyuma ukicuza kdi n’umuryango wawe warakwanze? IMana igufashe kdi uzagire amahitamo meza. murakoze.

  3. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Urashaka kugutera inda nakumvise sigaho. Niba umukunda ubivuge bice mu mucyo ureke kwitwaza irari nimitungo yiwanyu wangize ubuzima bwumwana wa rubanda plz.

  4. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Urashaka kugutera inda nakumvise sigaho. Niba umukunda ubivuge bice mu mucyo ureke kwitwaza irari nimitungo yiwanyu wangize ubuzima bwumwana wa rubanda plz.

  5. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    +250728889209 uzampagare tujye inama

  6. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    +250728889209 uzampagare tujye inama

  7. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Wapi, uyu musore ashobora kuba koko akunda uyu mukobwa bya magara ntunsige. Urukundo rwerekeza inzira rwihitiye mo.iyo uruhaseee ugahatiriza ntimugenda inzira imwe.
    Icyo nibaza kuri iyi nkuru ni kimwe.
    Ese wa musore we, ko uhamya ko ukunda uyu mukobwa, wabwirwa n’iki ko na we ari uko kuri wowe. Mbere y’uko wiyahira muri bene ubwo bwihebe bwo guhangana n’ababyeyi ba we, ik’ingenzi ni ukubanza kumenya nezaaaa udashidikanya ko umukobwa na we akwitumva mo. Niba ataragukunda cg atanakwiyumva mo, ntunibeshye kuigerageza.
    Kuko niba agukunda nawe, mu gihe uzahangana n’iwanyu bamukwangisha, ni nyamukobwa nyine uzajya akuba hafi.
    Wa musore we witondere ikintu cyaguteranya n’babyeyi Ngo maze ejo uwo mukobwa n’umwishyingira, agir’atya abe agutaye mu nzu. Ubakobwa b’ubu urabazi kweri? Cyo kimwe n’uko abasore b’ubu na bo ari uko.

  8. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Wapi, uyu musore ashobora kuba koko akunda uyu mukobwa bya magara ntunsige. Urukundo rwerekeza inzira rwihitiye mo.iyo uruhaseee ugahatiriza ntimugenda inzira imwe.
    Icyo nibaza kuri iyi nkuru ni kimwe.
    Ese wa musore we, ko uhamya ko ukunda uyu mukobwa, wabwirwa n’iki ko na we ari uko kuri wowe. Mbere y’uko wiyahira muri bene ubwo bwihebe bwo guhangana n’ababyeyi ba we, ik’ingenzi ni ukubanza kumenya nezaaaa udashidikanya ko umukobwa na we akwitumva mo. Niba ataragukunda cg atanakwiyumva mo, ntunibeshye kuigerageza.
    Kuko niba agukunda nawe, mu gihe uzahangana n’iwanyu bamukwangisha, ni nyamukobwa nyine uzajya akuba hafi.
    Wa musore we witondere ikintu cyaguteranya n’babyeyi Ngo maze ejo uwo mukobwa n’umwishyingira, agir’atya abe agutaye mu nzu. Ubakobwa b’ubu urabazi kweri? Cyo kimwe n’uko abasore b’ubu na bo ari uko.

  9. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Inama nakugira,bibwire imukobwa noneho umusabe gusezera ako kazi k’iwanyu umufashe gushaka ikindi akora mu gihe yaba yarakwemereye urukundo, nyuma ubone kubibwira ababyeyi.

  10. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Inama nakugira,bibwire imukobwa noneho umusabe gusezera ako kazi k’iwanyu umufashe gushaka ikindi akora mu gihe yaba yarakwemereye urukundo, nyuma ubone kubibwira ababyeyi.

  11. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Abakozi no murugo nabantu nk’abandi rero bimubwire nabyakira neza asezere akazi nyuma uzabibwira ababyeyi

  12. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Abakozi no murugo nabantu nk’abandi rero bimubwire nabyakira neza asezere akazi nyuma uzabibwira ababyeyi

  13. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Uzabanze ubibwire umukobwa nabyemera ahite asezera akazi nukomeza kumukunda bitari kumurarikira uzabe aribwo ubivuga ubibwire ababyeyi

  14. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Uzabanze ubibwire umukobwa nabyemera ahite asezera akazi nukomeza kumukunda bitari kumurarikira uzabe aribwo ubivuga ubibwire ababyeyi

  15. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Mubwire ko umukunda,nawe nabyemera asezere akazi kiwanyu arebe ikindi akora nyuma uzabibwire iwanyu

  16. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Mubwire ko umukunda,nawe nabyemera asezere akazi kiwanyu arebe ikindi akora nyuma uzabibwire iwanyu

  17. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Uwo musore azaze mugire inama nk’umubyeyi
    0788518434

  18. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Uwo musore azaze mugire inama nk’umubyeyi
    0788518434

  19. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Urukundo ujya horushatse niba umukunda nawe akakwemerer akagukunda uzamuhindurire akazi ave iwanyu hanyuma uzabibabwire

  20. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    Urukundo ujya horushatse niba umukunda nawe akakwemerer akagukunda uzamuhindurire akazi ave iwanyu hanyuma uzabibabwire

  21. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    musore,uramenye! uwo mukobwa, umukunda gute? wabuze abo mureshya? udahohotera umuntu w’Imaana. mukobwa,nawe niba ukurikira uru rubuga, utazayoba. urwo rukundo ntiruramba.

  22. Nkunda umukozi wo mu rugo rwacu ariko ntinya kubivuga-Umusore utuye i Gikondo
    musore,uramenye! uwo mukobwa, umukunda gute? wabuze abo mureshya? udahohotera umuntu w’Imaana. mukobwa,nawe niba ukurikira uru rubuga, utazayoba. urwo rukundo ntiruramba.

Leave a Reply to Anonymous Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *