Umudepite ku rwego rw’intara, Emmanuel Ngaruye, kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 12 Ugushyingo, yashinje inyeshyamba za M23 kwinjiza urubyiruko mu mutwe wabo muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru .
Ubwo yari i Kinshasa, uyu muyobozi watowe ukomoka i Rutshuru avuga ko yabibwiwe n’abaturage bo muri Gurupoma za Busanza na Bukoma, cyane cyane i Mabungu na Mapendo.
Yagize ati: “Uru rubyiruko rurabihatirwa, rugahigwa kugira ngo rwinjizwe ku gahato mu mutwe wa M23. Kandi bafite impungenge cyane kubera ko batabyemera, batiteguye gufatanya n’uyu mutwe w’inyeshyamba. ”
Nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ikomeza ivuga, Emmanuel Ngaruye yahamagariye uru rubyiruko rwa Rutshuru kutemera gukoreshwa y’uyu mutwe w’inyeshyamba.
Ati: “Ndasaba urubyiruko rwacu gukomeza kwanga, nubwo bafashwe bugwate no kwanga kwinjira muri uyu mutwe w’abagizi ba nabi ushaka kubashyira mu rupfu. Ndangije mpamagarira abaturage ba Congo kwerekana ubufatanye ”.




6 Responses
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
AHO URABESHAPE.!! NTARURIMOPE.URABESHA.
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
AHO URABESHAPE.!! NTARURIMOPE.URABESHA.
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
13/112022 .
Reka kubeshya gusa muziguhakirizwa mwagarutse ko ko kwivuko uwo mwita kwari nyiringoma ndabona arimwahunga
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
13/112022 .
Reka kubeshya gusa muziguhakirizwa mwagarutse ko ko kwivuko uwo mwita kwari nyiringoma ndabona arimwahunga
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
abahutu binda nini nuko babayehoinyana zimbwa puu
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
abahutu binda nini nuko babayehoinyana zimbwa puu